(Mu mafoto)Perezida Kagame yunamiye intwari z’u Rwanda

Sangiza iyi nkuru

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame yashyize indabo ku rwibutso rw’intwari kuri uyu wa 1 Gashyantare 2017, mu rwego rwo kuziha agaciro ndetse n’icyubahiro zaoranye.
Hari mu muhango wo gutangiza ku mugaragaro igikorwa cyo kwizihiza umunsi mukuru w’intwari mu Rwanda, aho abanyarwanda bose muri rusange bawizihirije hirya no hino mu midigidi yabo aho batuye.
ashyira-indabo
Kuri iyi nshuro, uyu munsi wari wahawe insanganyamatsiko igira iti”ubutwari ni uguhitamo ibitubereye.”
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Perezida wa Repubulika y’u Rwanda Paul Kagame niwe wafunguye uyu muhango mu gikorwa yari yaherekjwemo n’abandi bayobozi bakuru mu gihugu barimo umuyobozi w’Urukiko rw’Ikirenga Sam Rugege, Ambasaderi ucyuye igihe wa Uganda mu Rwanda n’umuyobozi w’urwego rushinzwe intwari impeta n’imidariby’ishimwe Minisitiri w’Intebe Anastase Murekezi, umuyobozi mukuru wa Police y’u Rwanda Minisitiri w’ingabo Kabarebe James, Perezida wa Sena, Makuza Bernard n’abandi
kagame
ingabo
c3lg0gzvyaavvxo c3lsaeewaaalepj c3lsf4uwmaa0j_y c3lsm4bwiaapckv c3lss-vwmaesiox c3lxtvqwaaafboe
Soma inkuru bifitanye isano
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Nsengimana@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *