Ku gicamunsi cyo kuwa kane tariki ya 5/1/2017 mu Murenge wa Shyogwe Akarere ka Muhanga ahari kubera itorero ry’abarimu, Umuyobozi w’Akarere ari kumwe n’inzego z’umutekano batangije iryo torero ku mugaragaro.
Umuyobozi w’Akarere ashima uburyo bitabiriye ku kigereranye cya 80% kandi abandi bakaba bakiza, akomeza ababwira ko insanganyamatsiko y’itorero ari ‘’Uruhare rw’umurezi mu kubaka u Rwanda rwifuzwa.
Yababwiye ko bagomba gukurikirana neza amasomo bazahabwa kuko aribo ntangiriro mu burezi bw’abana ko ariyo mpamvu uburezi bugomba kugira ireme, bagakunda Igihugu ndetse bibaye ngombwa ukaba wanakirwanirira.
[xyz-ihs snippet=”google-pub”]
Mu gusoza yabasabye kurangwa na moral kandi bagakora batabusanya bagerageza gukurikira imikorongiro batanga ibitekerezo kuko ni myiza kandi harimo amasomo menshi atandukanye yafasha mu kubaka Igihugu kikabasha gutera imbere.
Iri torero rizamara iminsib 10.
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
@bwiza.com


