Niba ukunda gutera akabariro mu gitondo, dore amabanga 5 uzifashisha

Sangiza iyi nkuru

Umugabo wese mu masaha y’igitondo aba yumva ashaka gukora imibonano mpuzabitsina kurusha umugore maze agahita amukangura niyo yaba agisinziriye. Dore inama ugirwa kandi zizagufasha kunezerwa.

1.Iyo mwembi mukangutse kandi mugifite amavunane nta mpamvu yo kwivunisha cyangwa kwihwanyagura ngo mukoreshe imbaraga nyinshi ahubwo murapfumbatana bisanzwe nk’abantu biryamiye maze umugabo agakora ikigomba gukorwa kandi birangira neza nta mvune.

2.Guturuka inyuma,umugore yaba aryamye yubitse inda cyangwa apfukamye ku buriri ni uburyo abagabo bakunda cyane ariko bikaba akarusho iyo ari mu gitondo,abashakanye bagifite agashyuhe ko mu buriri.

3.Ubundi buryo bukoreshwa mu gitondo n’uburyo bwo kuzamura amaguru ku mugore akayashyira ku bitugu by’umugabo maze umugabo nawe akajya mu maguru neza y’umugore.

4.Umugore iyo aryamye agaramye umugore akamujya hejuru nabyo ngo ni uburyo bubanguka kandi bworohera abashakanye n’ubwo bamwe bavuga ko ari uburyo bushaje ariko mu mibonano mpuzabitsina nta buryo bushaje bubaho ahubwo abantu bagenda bavumbura ubundi buryo bakurikije bakurikije ibibaryohera.

5. Guterera akabariro mu bwiyuhagiriro nabyo ntako bisa kuko abantu iyo barebana batambaye cyane cyane ku bagabo iyo bareba ubwambure bw’abagore babo,bibakururira ubushake bwo gukora imibonano.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *