Nigeria: Aryoherwa n’imibonano akorana n’inkende ye kurusha iyo yakorana n’abantu

Sangiza iyi nkuru

Umukobwa wo muri Nigeria yavugishije abakoresha imbuga nkoranyambaga ubwo yatangazaga ko inkende ye imushimisha mu buriri kurusha umuntu.

Ni ubutumwa yashyize kuri Facebook nk’uko Naija Post yatangaje, buriho ifoto ateruye inkende. Yagize ati : « Nashobora nkaryamana n’inkende aho kuryamana n’umuntu. »

Yavuze ko impamvu akunda inkende bigeze aha ari uko yo itagira umuco wo gucana inyuma cyangwa se ngo ikomeretse umutima w’undi.

Yemera ko iyi nkende imushimishisha mu buriri, akagira ati : « Ndetse iranshimisha mu buriri. »

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Nigeria: Aryoherwa n’imibonano akorana n’inkende ye kurusha iyo yakorana n’abantu
    Azabishima imuteye ibirwara bikomoka ku nyamanswa; Cyangwa se abyaranye nayo; KOMEZA USHYEKERWE. ISI IRARANGIYE NEZA NEZA. Imana yaremye abantu, irema n’inyamanswa. Igihe NOE akora inkuge abibwirijwe n’Imana, yamutegetse gushyiramo n’inyamanswa ikigabo n’ikigore. Bivuze ko inyamanswa ku nyamanswa, umuntu ku muntu. Ibitari ibyo ni ukuvuguruza IYATUREMYE KANDI IZABAHANA YIHANUKIRIYE.DORE AHO NIBEREYE. Wasanga n’izi VIRUSI ari akanyafu, ibirinyuma aka wa MUGANI WA PASTERI MPYISI byo muzabifatishe amaboko yombi.

    1. Nigeria: Aryoherwa n’imibonano akorana n’inkende ye kurusha iyo yakorana n’abantu
      Bibiliya ikoresha ijambo ry’Ikigereki Porneia,bisobanura ubusambanyi ubwo aribwo bwose.
      Harimo ubusambanyi busanzwe,kuryamana n’inyamaswa,ubutinganyi,etc…Byose Imana ibifata kimwe.Ababikora bose ntibazaba mu bwami bw’Imana nkuko bible ivuga.

    2. Nigeria: Aryoherwa n’imibonano akorana n’inkende ye kurusha iyo yakorana n’abantu
      Bibiliya ikoresha ijambo ry’Ikigereki Porneia,bisobanura ubusambanyi ubwo aribwo bwose.
      Harimo ubusambanyi busanzwe,kuryamana n’inyamaswa,ubutinganyi,etc…Byose Imana ibifata kimwe.Ababikora bose ntibazaba mu bwami bw’Imana nkuko bible ivuga.

  2. Nigeria: Aryoherwa n’imibonano akorana n’inkende ye kurusha iyo yakorana n’abantu
    Azabishima imuteye ibirwara bikomoka ku nyamanswa; Cyangwa se abyaranye nayo; KOMEZA USHYEKERWE. ISI IRARANGIYE NEZA NEZA. Imana yaremye abantu, irema n’inyamanswa. Igihe NOE akora inkuge abibwirijwe n’Imana, yamutegetse gushyiramo n’inyamanswa ikigabo n’ikigore. Bivuze ko inyamanswa ku nyamanswa, umuntu ku muntu. Ibitari ibyo ni ukuvuguruza IYATUREMYE KANDI IZABAHANA YIHANUKIRIYE.DORE AHO NIBEREYE. Wasanga n’izi VIRUSI ari akanyafu, ibirinyuma aka wa MUGANI WA PASTERI MPYISI byo muzabifatishe amaboko yombi.

  3. Nigeria: Aryoherwa n’imibonano akorana n’inkende ye kurusha iyo yakorana n’abantu
    Nubwo bimushimisha,ntabwo Imana yaturemeye kuryamana n’inyamaswa.Nabyo ni ubusambanyi,nkuko abagabo bamwe baryamana n’inyamaswa.Byitwa Bestiality.

  4. Nigeria: Aryoherwa n’imibonano akorana n’inkende ye kurusha iyo yakorana n’abantu
    Nubwo bimushimisha,ntabwo Imana yaturemeye kuryamana n’inyamaswa.Nabyo ni ubusambanyi,nkuko abagabo bamwe baryamana n’inyamaswa.Byitwa Bestiality.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *