Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo

Sangiza iyi nkuru

Mu butumwa yatwandikiye kuri E-mail ya info@bwiza.com, umugabo utuye mu Karere ka Gasabo wasabye ko amazina ye atatangazwa, yavuze ko arambiwe uburyo umugore we akunda amafaranga ku buryo badashobora gutera akabariro atamusabye amafaranga.

Uyu mugabo avuga ko yatangiye kujya ayamuha yumva nta kibazo bimuteye, icyo gihe ngo yari afite akazi kamuhemba neza. Amafaranga 2000 rwf ntabwo yari menshi nk’uko abivuga ariko ubu kubera Covid-19, ikigo akorera gisigaye kibahemba make.

Aribaza niba mu gihe ataba abonye aya mafaranga, yaheba kongera gutera akabariro. Yibaza kandi niba ikibazo ari icye bwite, cyangwa se niba ari icy’umugore we. Yibaza icyo yakora, akaba agisha inama ababona ubu butumwa bwe.

Soma Izindi Nkuru

38 Responses

  1. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Mu muco wiwacu ibyo ntibikwiye nagato,umugore nkuwo ntarukundo abafite ahubwo akunda amafranga nawe agukemurire ikibazo.ntazigera atekereza ko mwatera imbere,mureke ntacyo amaze

  2. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Mu muco wiwacu ibyo ntibikwiye nagato,umugore nkuwo ntarukundo abafite ahubwo akunda amafranga nawe agukemurire ikibazo.ntazigera atekereza ko mwatera imbere,mureke ntacyo amaze

  3. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    ibyo ntaho bitaniye nonkujya kugura indaya mugasambana.bivuze ngo babikora umugore ntarukondo abikoranye

  4. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    ibyo ntaho bitaniye nonkujya kugura indaya mugasambana.bivuze ngo babikora umugore ntarukondo abikoranye

  5. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    uwo ntabwo ari umugore ni indayi wasanga anayaka n’abandi iyo udahari kuko urukundo rw’abashakanye waba uyafite utayafite ntimubura gutera akabariro. reka umuntu ushake ubuzima bundi ikibabaje nuko mwaba mufite abana.

  6. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    uwo ntabwo ari umugore ni indayi wasanga anayaka n’abandi iyo udahari kuko urukundo rw’abashakanye waba uyafite utayafite ntimubura gutera akabariro. reka umuntu ushake ubuzima bundi ikibabaje nuko mwaba mufite abana.

  7. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    gusa birasekeje. gusa nukugumicyiriza kuko ugumye gucyo nacyowageraho mazima hano kampala turabakurikirana

  8. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    gusa birasekeje. gusa nukugumicyiriza kuko ugumye gucyo nacyowageraho mazima hano kampala turabakurikirana

  9. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    reka iyo ndaya nubundi udahari yinjiza abandi bagabo.wabuze undi mubana?

    1. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
      rwose uwo mugore nta rukundo agufitiye ahubwo urufitiye amafaranga umuha pe.

      1. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
        BE SORRY UMUBWIRE AZAKORANE UBUKWE NA BANK

      2. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
        BE SORRY UMUBWIRE AZAKORANE UBUKWE NA BANK

    2. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
      rwose uwo mugore nta rukundo agufitiye ahubwo urufitiye amafaranga umuha pe.

  10. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    reka iyo ndaya nubundi udahari yinjiza abandi bagabo.wabuze undi mubana?

    1. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
      Yoo! Ihangane pee ahubwo nugusaba imana ikaguhindurira ubuzima

    2. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
      Yoo! Ihangane pee ahubwo nugusaba imana ikaguhindurira ubuzima

  11. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    uwo rero sumugore ufite ahubwo ntiwamwita umugore wamwita ikiryi cyurugo inama rero njye nakugira mutuze kuri bank ajyende yiturireyo maze atekane woe wizanire undi kuko abagukeneye mwasangira ayo make barahari benshi uwo mureke rwose

  12. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    uwo rero sumugore ufite ahubwo ntiwamwita umugore wamwita ikiryi cyurugo inama rero njye nakugira mutuze kuri bank ajyende yiturireyo maze atekane woe wizanire undi kuko abagukeneye mwasangira ayo make barahari benshi uwo mureke rwose

  13. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Mureke,mureke niba mutari mwabyarana kabiri(2)

  14. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Mureke,mureke niba mutari mwabyarana kabiri(2)

  15. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Mureke,mureke niba mutari mwabyarana kabiri(2)

  16. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Mureke,mureke niba mutari mwabyarana kabiri(2)

  17. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Nukuri ndumva ntaho bitaniye no kugura indaya

  18. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Nukuri ndumva ntaho bitaniye no kugura indaya

  19. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Bene uwo,ntagukunda. Yikundira cash. Wamuretse?

  20. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Bene uwo,ntagukunda. Yikundira cash. Wamuretse?

  21. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Eheeeeee????!!!! Mbega indaya?! Cyakora ubishaka ngo umwice umutima utiwa ndyohereje wayamuha ark bitaragahato kdi nabwo bitarakamenyero?.Paul ahugura abakorinto ati ntimukimane,umugore ahe umugabowe ibimukwiriye, numugabo nawe abigenze atyo kumugorewe. None wowe ibigukwiriye urabigura? Ubwose bitanye bite nokugura indaya? Ese umwita madamu ute cg nimalaya?

  22. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Eheeeeee????!!!! Mbega indaya?! Cyakora ubishaka ngo umwice umutima utiwa ndyohereje wayamuha ark bitaragahato kdi nabwo bitarakamenyero?.Paul ahugura abakorinto ati ntimukimane,umugore ahe umugabowe ibimukwiriye, numugabo nawe abigenze atyo kumugorewe. None wowe ibigukwiriye urabigura? Ubwose bitanye bite nokugura indaya? Ese umwita madamu ute cg nimalaya?

  23. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Birababaje kugira umugore uteye ukoguko

  24. Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo
    Birababaje kugira umugore uteye ukoguko

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *