Imibare ya Covid-19 mu Rwanda: Habonetse abarwayi 13 n’abakize 2

img-20200603-wa0074.jpg

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 3 Kamena 2020 yatangaje ko hagaragaye abantu 13 banduye Covid-19 mu bipimo 1,033 byafashwe. Abarwayi bashya bagaragaye mu karere ka Rusizi. Bashyizwe mu kato n’abo bahuye bahise bakurikiranwa. Abakize iki cyorezo bageze kuri 271 barimo 2 b’uyu munsi. Muri rusange abamaze kugaragaraho iki cyorezo muri iki gihugu ni […]

Malawi nta mafaranga ifite yo gukoresha mu matora ya Perezida abura ibyumweru bitatu ngo abe

Mu gihe habura ibyumweru bitatu byonyine ngo amatora y’Umukuru w’Igihugu muri Malawi abe, Guverinoma itangaza ko nta mafaranga ahagije ifite yo kuzayakoreshamo kuko aho yakuraga ingengo y’imari yayo hakomwe mu nkokora n’icyorezo cya Coronavirus. Ibi byatangajwe na Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi muri iki gihugu, Joseph Mwanamvekha wavuze ko hari impungenge z’uko aya matora ashobora kutazaba kuko […]

Perezida Kagame yasabye ko ibihano byafatiwe Sudani na Zimbabwe bikurwaho

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, kuri uyu wa gatatu yasabye ko ibihano byafatiwe ibihugu bya Repubulika ya Sudani na Zimbabwe bikurwaho, kugira ngo byombi bifashwe guhangana n’icyorezo cya Covid-19. Umukuru w’igihugu yabitangaje nyuma y’inama idasanzwe yitabiriye, yahuje abakuru n’abahagarariye za Guverinoma zo mu bihugu binyamuryango bya OACPS umuryango uhuriwemo n’ibihugu bya Afurika, ibirwa […]

Urukiko rw’i Paris rwategetse ko Kabuga Félicien yohererezwa urukiko rw’i Arusha

Uyu wa 3 Kamena 2020, Urukiko rw’Ubujurire rw’i Paris mu Bufaransa rwategetse ko Kabuga FĂ©licien yohererezwa urwego rwa IRMCT rwasigaye rurangiza imirimo yasizwe n’Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, i Arusha muri Tanzania. Ni nyuma y’aho abanyamategeko babiri bunganira uyu musaza bifuzaga ko yakomeza kuburanishirizwa mu Bufaransa, kuko bizera ko ubutabera bw’iki gihugu bubifitiye ubushobozi. Gusa Umushinjacyaha Mukuru […]

Chelsea, Liverpool, Dortmund mu makipe akomeje guha icyubahiro George Floyd wishwe na Polisi

9c05a7b0-a41b-11ea-b6a6-4d12ba1d569e.jpg

Abakinnyi n’amakipe yo mu shampiyona akomeye ku isi nk’iyo mu bwongereza (Primier League), iyo mu Butaliyani, muri Espagne n’izindi ntibashyigikiye iyicwa rya Floyd wishwe n’abapolisi muri Amerika. Mu bwongereza abakinnyi b’amakipe nka Chelsea, Liverpool, Leicester na Newcastle bagaragaye bapfukamye mu rwego rwo guha icyubahiro George Floyd wishwe kuwa 25 Gicurasi 2020. Kuwa mbere w’iki cyumweru […]

Guinée Equatoriale yirukanye umurundikazi wari uhagarariye OMS

Leta ya GuinĂ©e Equatoriale yirukanye umukozi wari uhagarariye Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima (OMS) ku butaka bwayo imushinja gutangaza amakuru atari yo ku cyorezo cya coronavirus. Dr Triphonie Nkurunziza arashinjwa na Leta yakoreragamo gutanga imibare itari ukuri ku bijyanye n’uko icyorezo cya coronavirus gihagaze mu gihugu cya GuinĂ©e Equatoriale. Ibiro ntaramakuru by’abafaransa AFP dukesha […]

Kiyovu Sports yasinyishije uwahoze ari Kapiteni wa Police FC

Ikipe ya Kiyovu Sports kuri uyu wa gatatu, yasinyishije Ngendahimana Eric wigeze kuba Kapiteni wa Police FC yari amaze imyaka itandatu akinira. Uyu musore ukina hagati mu kibuga yasinye imyaka ibiri yo gukinira Kiyovu Sports. Kiyovu Sports ibinyujije kuri Twitter yayo yemeje aya makuru igira iti”Eric Ngendahimana wakinaga mu kibuga hagati muri Police FC yadusinyiye […]

Ntera akabariro ari uko nabonye amafaranga yo guhonga umugore-Umugabo w’i Gasabo

Mu butumwa yatwandikiye kuri E-mail ya info@bwiza.com, umugabo utuye mu Karere ka Gasabo wasabye ko amazina ye atatangazwa, yavuze ko arambiwe uburyo umugore we akunda amafaranga ku buryo badashobora gutera akabariro atamusabye amafaranga. Uyu mugabo avuga ko yatangiye kujya ayamuha yumva nta kibazo bimuteye, icyo gihe ngo yari afite akazi kamuhemba neza. Amafaranga 2000 rwf […]

Amashusho ya Tiffah araca amarenga y’umubano mwiza wa Diamond na Zari

Diamond Platnumz uri mu bakomeye mu muziki muri Afurika, yagaragaje umubano udasanzwe afitanye na Zari n’abana be nyuma y’amashusho yashyize ku rubuga rwe rwa Instagram. Nyuma y’inkuru zagiye zijya hanze zivuga uburyo uyu muryango utabanye neza akenshi Diamond yashinjaga Zari kutamuha abana be ngo baganire ndetse akora ibishoboka byose ngo amwangishe abana, kuri ubu bisa […]

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho kwifashisha imitwe ya Mai Mai mu kwivuna umwanzi

Ingabo z’u Burundi ziravugwaho kwifatanya n’imitwe yitwaje intwaro ya Mai Mai mu guhangana n’uwa Red Tabara urwanya ubutegetsi bw’iwabo washinze ibirindiro muri Uvira na Fizi mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo ho muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo. SOS Media yatangaje ko yageze muri Fizi na Uvira,iganira na bamwe mu barwanyi b’iyi mitwe yo muri RDC. […]

Rusizi-Rubavu: Abarwayi 11 muri Rusizi batumye na Rubavu ishyirwa mu kato

Nyuma y’uko akarere ka Rusizi kagaragayemo abarwayi ba coronavirus 11,Inama y’Abaminisitiri yaraye iteranye kuwa 02 Kamena yanzuye ko aka karere ndetse n’aka Rubavu bishyizwe mu kato, nta ngendo ziva cyangwa zijya muri utu turere twombi zemewe. Ibi Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima ushinzwe ubuvuzi bw’ibanze, Dr Mpunga Tharicise yabigarutseho mu kiganiro kirambuye yagiranye na […]

U Rwanda na gereza ya Covid 19

#GumaMuRugo ubeho, niwiha kumangamanga urapfa. Hari ababifashe nka gereza, kubera kumara igihe badakora ibisanzwe muri gahunda zabo za buri munsi. Nyamara imbere ya Covid19 itaragira umuti n’urukingo, kubahiriza kirazira ni rwo rukingo rwa mbere. Ku ngoma ye, mu kinyejana cya 17, umuhanga w’umufaransa Blaise Pascal yarabivuze arabizira ! « Ibyago byose by’abantu biva ku kutamenya […]

Covid-19 : Nihashimwe Imana na Perezida Kagame

Akanyamuneza ni kose ku bamotari bakorera hirya no hino mu gihugu, bishimira icyemezo Guverinoma y’u Rwanda yafashe cyo gukomorera moto zitwara abagenzi kongera gukora nyuma y’iminsi 74 nta mu motari utwara umugenzi. Mu ijoro ryakeye ni bwo Inama y’Abaminisitiri yateraniye muri Village Urugwiro iyobowe na Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yafashe umwanzuro uvuga ko moto […]

Tanzania: Umujura yasinziriye mu modoka agiye kuyisahura nyuma yo kwiba mu nzu [Amafoto]

whatsapp-image-2020-06-02-at-11.45.37.jpg

Mu gihugu cya Tanzania, umujura witwa Suleiman Dauda uzwi ku izina rya Kiboko, yinjiye mu nzu y’umunyamakuru wa ITV, Farouk Karim mu mpera z’icyumweru gishize yiba imyambaro n’inkweto arangije yinjira mu modoka na yo agiye kuyibamo bimwe mu bikoresho biza kurangira ibitotsi bimufatiyemo araryama. Mu kiganiro yagiranye na The Guardian Digital, Farouk yavuze ko nta […]

Tariki ya 03 Kamena: Ibihangange byaravutse – ibyaranze uyu munsi mu mateka

Ku isi yose hari ibintu bitandukanye byabaye ku munsi nk’uyu haba ku bantu babaye ibyamamare no ku bihugu. Hari kuwa 03 Kamena 1940 u Budage bwateye igisasu mu bufaransa mu mujyi wa Paris gihitana abaturage b’abasivile harimo n’abanyeshuri. Ku munsi nk’uyu kandi hari 1943 ubwo mu ntambara y’isi ya kabiri ubwo indege z’abanazi ziri hagati […]

Leta ya Tanzania ivuga ko nta mpunzi y’umurundi izongera kwakira ahubwo ko n’abo ifite bazabacyura

Leta ya Tanzania yavuze ko impunzi z’abarundi itazongera kuzemerera guhungira muri Tanzania, inasonanura neza ko izagirana ibiganiro n’igihugu cy’u Burundi ndetse n’amashyirahamwe agenga impunzi ku isi bakiga ku buryo bwakoreshwa mu gucyura impunzi z’abarundi zikiri muri Tanzania. Ibi byagarutsweho na Guverineri w’intara ya Kigoma Emmanuel Maganga mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru aho yavugaga ku ngamba Tanzania […]

Uganda yangiye impunzi z’Abanyekongo zirenga 10,000 kwinjira ku butaka bwayo

Uganda yanze ko impunzi z’abanye Congo zirenga 10,000 zinjira ku butaka bwayo. Ibi byabaye kuva aho imirwano y’amoko abiri yatangiraga kubera mu Majyaruguru ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Daily Monitor ivuga ko imirwano yatangiye tariki ya 24 Gicurasi uyu mwaka, ikaba iri gushyamiranya abaturage bo mu bwoko bw’Aba Luru n’Aba Lendu baturuka mu bice […]

Floyd Mayweather yemeye kuzishyura ibizagenda mu ishyingurwa rya George Floyd

Icyamamare mu mikino w’iteramakofe Floyd Mayweather, yiyemeje kuzishyura buri kimwe cyose kigendanye n’ishyingurwa ndetse n’ikiriyo nya George Floyd uherutse kwitaba Imana yishwe n’umupolisi w’umuzungu muri Minnesota ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika. Ibi byatangajwe n’Umuyobozi mukuru wa Mayweather Promotions Leonard Ellerbe, wavuze ko ibizasabwa byose mu muhango wo guherekeza George Floyd azabitanga nk’inkunga ye […]

Izamuka ry’ibiciro by’ingendo ridasanzwe mu Ntara na Kigali nyuma y’imyaka ibiri

screenshot_20200601-003610_1590964616892.jpg

Ubusanzwe, ibiciro by’ingendo bigenwa n’Urwego rw’Igihugu Ngenzuramikorere, RURA, ni iby’imodoka zitwara abagenzi mu buryo bwa rusange. Humvikana izamuka ry’ibiciro iyo habayeho izamuka ry’ibiciro by’ibikomoka kuri peteroli gusa nta mpinduka nini zabagaho muri icyo gihe. Ntibisanzwe! Ni koko kuko icyorezo cya Covid-19 cyazanye ingaruka nyinshi ku buzima bw’abatuye Isi, zigera ku Banyarwanda n’abarutuye. Ingendo zarasubitswe, zirasubukurwa […]

Byemejwe ko ingendo hagati y’Intara na Kigali na moto byemewe keretse muri Rusizi na Rubavu

ezi43gtxkaedq2w.jpg

Kuri uyu wa 2 Kamena 2020 mu ngoro ya Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, hateranye Inama y’Abaminisitiri idasanzwe yigaga ku ngamba zo gukomeza gukumira ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19 no kuzahura ubukungu bw’igihugu, hafatwa ibyemezo birimo gusubukura ingendo mu ntara zitandukanye n’Umujyi wa Kigali, keretse mu turere twa Rusizi na Rubavu twashyizwe mu kato. Kujya no […]

Rwanda: Umupolisikazi w’imyaka 24 y’amavuko yishwe na Covid-19

ezilbxgxgaaunnd.png

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 3 Kamena 2020 yatangaje ko kuri uyu wa Kabiri, Umupolisikazi w’imyaka 24 y’amavuko yabaye umuntu wa kabiri wishwe na Covid-19. Uyu yanduriye mu mahanga, aho yari yaragiye mu butumwa bw’akazi, agaruka mu Rwanda amaze kuremba. Abagaragaye iyi ndwara bashya ni 7 banduye Covid-19 mu bipimo 957 byafashwe. Abakize […]