Umugabo witwa Nsabigaba Jean Paul wari utuye mu Mujyi wa Nyamata mu Karere ka Bugesera, mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere bamusanze amanitse mu cyuma kiri mu kibuga cyo hafi y’aho yari atuye yapfuye, nyuma yo guherekeza inshuti ze zari zamusuye.
Nyakwigendera w’imyaka 25 wari uzwi ku izina rya Danny, yabaga mu Mudugudu wa Gasenda II, Akagari ka Nyamata Ville, mu Murenge wa Nyamata.
Umuvugizi wa Polisi mu Ntara y’Iburasirazuba, CIP Hamduni Twizeyimana yavuze ko “Nsabigaba Jean Paul twasanze amanitse ntabwo tuzi icyamumanitse.”
CIP Twizeyimana yavuze ko bishobora kuba byabaye mu rukerera rwo kuri uyu wa Mbere, uretse gutanga amakuru y’ibanze yavuze ko ibindi ari Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rubikurikirana.
Amakuru BWIZA yamenye ni uko ku mugoroba wo ku Cyumweru Nyakwigendera yari yasuwe n’inshuti ze, biba ngombwa ko aziherekeza ariko asiga mu rugo undi mugenzi we babanaga mu nzu.
Mugenzi we nyuma yo kubona nyakwigendera agiye ntagaruke, ngo yahisemo kuryama yibwira ko ari buhindukire, kugeza mu ma saa kumi n’imwe y’igitondo cyo kuri uyu wa Mbere ubwo bamukanguraga bamubwira ko mugenzi we bamusanze amanitse mu kibuga kiri hafi y’aho bari batuye.
Andi makuru avuga ko mu rukerera abatuye muri kariya gace bumvise imodoka iza kuri kiriya kibuga ndetse n’amapine yayo akaba ahagaragara, bigakekwa ko ari yo yazanye umurambo wa Nyakwigendera ikawuhamanika nyuma yo kumwica.
Umuvugizi wa RIB, Dr Murangira B Thierry, yabwiye Umuseke ko hagikorwa iperereza ngo hamenyekane abari inyuma y’urupfu rw’uriya mugabo.
Ati: “Ati “Abaturage ni bo bamubonye batabaza RIB, irahagera ibimenyetso byakusanyijwe, umurambo ugiye kujyanwa muri Laboratoire ipima ibimenyetso kugira ngo ukorerwe isuzuma, n’iperereza rirakomeje kugira ngo hamenyekane icyateye urwo rupfu.”
Nyakwigendera yari amaze igihe ashakanye n’umukobwa uba muri Amerika, ariko we akaba yabaga mu Rwanda aho yakoraga akazi gasanzwe ndetse akaba yari umwe mu baririmbyi ba Chorale Kingdom of God Ministries.
Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV



26 Responses
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Nkurikije uko mbonye uyu mujene ntabwo ari ukwiyahura kdi hakurikiranwe ibyiyo modoka
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Umusore aratubabaje twese.Niyigendere.Ni iwabo wa twese.Ejo tuzamukurikira.Aho agiye mu gitaka,natwe tuzamusangayo.Ariko tujye twizera ko abantu bapfa bizeraga Imana kandi bayishaka bashyizeho umwete,ntibibere gusa mu by’isi,izabazura ku munsi wa nyuma ikabaha ubuzima bw’iteka nkuko Yezu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Mbere y’uwo munsi,ijambo ry’Imana rivuga ko umuntu aba ameze nk’usinziriye mu kuzimu.Roho idapfa kandi itekereza yahimbwe n’umugereki witwaga Socrates.Umubwiriza 9,umurongo wa 5 havuga ko upfuye atongera gutekereza.Nta kindi gice cy’umubiri gitekereza uretse ubwonko bubora iyo dupfuye.
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Umusore aratubabaje twese.Niyigendere.Ni iwabo wa twese.Ejo tuzamukurikira.Aho agiye mu gitaka,natwe tuzamusangayo.Ariko tujye twizera ko abantu bapfa bizeraga Imana kandi bayishaka bashyizeho umwete,ntibibere gusa mu by’isi,izabazura ku munsi wa nyuma ikabaha ubuzima bw’iteka nkuko Yezu yavuze muli Yohana 6,umurongo wa 40.Mbere y’uwo munsi,ijambo ry’Imana rivuga ko umuntu aba ameze nk’usinziriye mu kuzimu.Roho idapfa kandi itekereza yahimbwe n’umugereki witwaga Socrates.Umubwiriza 9,umurongo wa 5 havuga ko upfuye atongera gutekereza.Nta kindi gice cy’umubiri gitekereza uretse ubwonko bubora iyo dupfuye.
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Nkurikije uko mbonye uyu mujene ntabwo ari ukwiyahura kdi hakurikiranwe ibyiyo modoka
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Hello guys turashima ko mukora inkuru neza gusa mujye mugerageza mukore nubuvugizi nko kubibazo mwakozeho inkuru ,urugero nkikibazo cyabantu babaga muri company yitwa unlimited wealth mwigeze gukoraho inkuru ntituzi uko uko byarangiye thx
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Hello guys turashima ko mukora inkuru neza gusa mujye mugerageza mukore nubuvugizi nko kubibazo mwakozeho inkuru ,urugero nkikibazo cyabantu babaga muri company yitwa unlimited wealth mwigeze gukoraho inkuru ntituzi uko uko byarangiye thx
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Hello guys turashima ko mukora inkuru neza gusa mujye mugerageza mukore nubuvugizi nko kubibazo mwakozeho inkuru ,urugero nkikibazo cyabantu babaga muri company yitwa unlimited wealth mwigeze gukoraho inkuru ntituzi uko uko byarangiye thx
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Hello guys turashima ko mukora inkuru neza gusa mujye mugerageza mukore nubuvugizi nko kubibazo mwakozeho inkuru ,urugero nkikibazo cyabantu babaga muri company yitwa unlimited wealth mwigeze gukoraho inkuru ntituzi uko uko byarangiye thx
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Biteye agahinda kubwinkuru numvise haruguru
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Biteye agahinda kubwinkuru numvise haruguru
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Mwiriwe neza!
Ndabashimira ibiganiro byiza muduha.
Rero nagirango ntange inama ku mwali wigeze kuzisaba.
Mubyukuri niba ubabona bakaza bakagenda hari ibyo mutemeranyijeho ikibazo numva kitari kuri wowe kuko wenda ni nawe uzi impamvu aha nini iteye kuba nta mukunzi ufite gusa ntugashyire amafaranga imbere kuko benshi mu bagabo babifata nkaho ari ukubasuzugura cg akaza ari ashaka wowe ntamwanya agufiteho uzabanze usesengure neza ibindi bizizana hato utazazinukwa urukundo ukiri na muto nkatwe twese uko byatugendekeye bitewe n ‘ amateka wowe shishoza kuko kurubu isi kubu ntarukundo rw umwimerere rugihari cyane benshi n’ubusambanyi nay mafaranga numvise uvuga.
Murakoze mugire ibihe byiza
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Mwiriwe neza!
Ndabashimira ibiganiro byiza muduha.
Rero nagirango ntange inama ku mwali wigeze kuzisaba.
Mubyukuri niba ubabona bakaza bakagenda hari ibyo mutemeranyijeho ikibazo numva kitari kuri wowe kuko wenda ni nawe uzi impamvu aha nini iteye kuba nta mukunzi ufite gusa ntugashyire amafaranga imbere kuko benshi mu bagabo babifata nkaho ari ukubasuzugura cg akaza ari ashaka wowe ntamwanya agufiteho uzabanze usesengure neza ibindi bizizana hato utazazinukwa urukundo ukiri na muto nkatwe twese uko byatugendekeye bitewe n ‘ amateka wowe shishoza kuko kurubu isi kubu ntarukundo rw umwimerere rugihari cyane benshi n’ubusambanyi nay mafaranga numvise uvuga.
Murakoze mugire ibihe byiza
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Nukuri Imana imwakire mubayo uwo mugabo kd dutegereje kumva icyaba cyishe uwo mugabo murakoze
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Nukuri Imana imwakire mubayo uwo mugabo kd dutegereje kumva icyaba cyishe uwo mugabo murakoze
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Yeewee!!! Imana imuhe iruhuko ridashira kd nasabaga burimuntuwese uziko aricyitegererezo kubandi ajyegenzura inziraze kuko benadamu sibeza kuko njyendumva nyakwigendera yari umusitari abasigaye turibazima figure gushishoza mubuzima nubwo ntawuruhunga rwamubonye
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
IMANA IMWAKIRE MU BAYO . MWIBAZE NAMWE GUHEREKEZA UMUNTU NTAGARUKE… AHUBWO BAGASANGA AMANITSE MU GITI YAPFUYE!!! AHA HARI UBUGAMBANYI PE…
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
IMANA IMWAKIRE MU BAYO . MWIBAZE NAMWE GUHEREKEZA UMUNTU NTAGARUKE… AHUBWO BAGASANGA AMANITSE MU GITI YAPFUYE!!! AHA HARI UBUGAMBANYI PE…
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Yeewee!!! Imana imuhe iruhuko ridashira kd nasabaga burimuntuwese uziko aricyitegererezo kubandi ajyegenzura inziraze kuko benadamu sibeza kuko njyendumva nyakwigendera yari umusitari abasigaye turibazima figure gushishoza mubuzima nubwo ntawuruhunga rwamubonye
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Yeewee!!! Imana imuhe iruhuko ridashira kd nasabaga burimuntuwese uziko aricyitegererezo kubandi ajyegenzura inziraze kuko benadamu sibeza kuko njyendumva nyakwigendera yari umusitari abasigaye turibazima figure gushishoza mubuzima nubwo ntawuruhunga rwamubonye
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Yeewee!!! Imana imuhe iruhuko ridashira kd nasabaga burimuntuwese uziko aricyitegererezo kubandi ajyegenzura inziraze kuko benadamu sibeza kuko njyendumva nyakwigendera yari umusitari abasigaye turibazima figure gushishoza mubuzima nubwo ntawuruhunga rwamubonye
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Rest in peace kuri Danny Imana imwacire rwose????
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Morning inkuru numvise hejuru irambabaje cyane gusa uko ndikubyumva ndumva uwo muntu wundi babanaga abiziho ahubwo bamugambaniye pe Rib ibikurikirane ndumva kuruhande rwange uwo babanaga baba bamufunze akerekana abo bashuti ba Danny bari bamusuye kuko ndumva aribo bamwishye ahubwo bazanyenye umurambo manawe ndababaye cyane imana imuhe iruhukiro ridashira
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Morning inkuru numvise hejuru irambabaje cyane gusa uko ndikubyumva ndumva uwo muntu wundi babanaga abiziho ahubwo bamugambaniye pe Rib ibikurikirane ndumva kuruhande rwange uwo babanaga baba bamufunze akerekana abo bashuti ba Danny bari bamusuye kuko ndumva aribo bamwishye ahubwo bazanyenye umurambo manawe ndababaye cyane imana imuhe iruhukiro ridashira
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Rest in peace kuri Danny Imana imwacire rwose????
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Imana irarora,kandi yemerako nibibi bitubaho gusa uwamwishe ahari Imana imugaragaze nkubu niyo waba ufite ico upfa numuntu kugera kurwego rwokumwica ,umuntu wese nukumwitondera
Nyamata: Yaherekeje abari bamusuye nimugoroba, bukeye bamusanga amanitse ku gasozi yapfuye
Imana irarora,kandi yemerako nibibi bitubaho gusa uwamwishe ahari Imana imugaragaze nkubu niyo waba ufite ico upfa numuntu kugera kurwego rwokumwica ,umuntu wese nukumwitondera