Muraho neza! Nitwa Annet nkaba ndi umukobwa w’imyaka 24 y’amavuko, mama ni umucuruzi, data akaba afunze. Kugeza ubu mfite icyo nshaka kubagishaho inama kuko namaze kumenya ko Mama yaryamanye n’umusore ubu dukundana.
Uyu musore yakoze iwacu ari umushoferi wa Papa, aho afungiwe yakomeje akazi ariko aragahindurirwa biza no kurangira akavuyeho burundu ajya gukora ahandi.
Mama yaje kumenya ko dukundana arambuza ariko akirinda kumbwira impamvu atifuza ko twakundana kandi ari umuntu nzi imico ye kandi unagenda cyane iwacu. Yaba Papa barumvikana, ubwo rero nanamukunze mbona na mama amwumva.
Naje gufata telefoni ya mama nshaka kumenya niba bajya baganira wenda ngo menye ukuri, nasanze hari aho mama amwiyama, amubuza gukundana nanjye ngo ntabwo baba bararyamanye ngo asubire inyuma angire umugore we.
Ngo kumufata nk’umukwe we bararyamanye ngo byamugora kandi ngo nta nubwo yifuza gusangira n’umwana we umugabo. Mbese Mama byaramubabaje, gusa ku rundi ruhande bombi nta numwe wigeze ambwiza ukuri.
Nkore iki? Umusore nari maze kumwiyumvamo cyane, kandi na mama sinzi niba batakiryamana, kuko bombi nta numwe umbwira ukuri nyako.



28 Responses
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Ubwose koko wwe wumva harumunyenga wurukundo wagira Uzi neza ko uwo musore yaraye mugituza cya mama wawe?ko utarakura cyane shaka undi uwo umurekere mama wawe kdi mama ntuzamubwire ko wabimenye.uzahamagare iyi number tugushumbushe 0783125273
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Ubwose koko wwe wumva harumunyenga wurukundo wagira Uzi neza ko uwo musore yaraye mugituza cya mama wawe?ko utarakura cyane shaka undi uwo umurekere mama wawe kdi mama ntuzamubwire ko wabimenye.uzahamagare iyi number tugushumbushe 0783125273
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Yooo, ngiyo isi mbe mushiki wanjye gusa va mubyo urimo wikuremo uwo musore hakiri kare rwose kuko mubanye nta munezero wumuryango wazigera ugira mubuzima bwawe
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Yooo, ngiyo isi mbe mushiki wanjye gusa va mubyo urimo wikuremo uwo musore hakiri kare rwose kuko mubanye nta munezero wumuryango wazigera ugira mubuzima bwawe
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Murekere nyoko kuko uwo sumugabo nikirara
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Murekere nyoko kuko uwo sumugabo nikirara
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Murekere nyoko kuko uwo sumugabo nikirara
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Murekere nyoko kuko uwo sumugabo nikirara
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Murène kuko niikiz ira kubona ubwambure bwa si uwomfate nkaso kuko ari ihabara ya maman wawe yakomeza gusambana na
Maman wawe
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Murène kuko niikiz ira kubona ubwambure bwa si uwomfate nkaso kuko ari ihabara ya maman wawe yakomeza gusambana na
Maman wawe
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Ihangane kadi usenge Imana izagushumbusha
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Ihangane kadi usenge Imana izagushumbusha
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
uwonguwo nururara nuzongere kumukunda ahubwo nyihera namba yawe mbipa 0783150339
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
uwonguwo nururara nuzongere kumukunda ahubwo nyihera namba yawe mbipa 0783150339
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Wazababara cyane,ahubwo mufate nka So ,ureke akomeze yunganire Papa wawe aho Atari,akomeze atange ibyishimo kuri Mama wawe,abandi basore beza bariho badaca n’unyuma abakunzi babo.
Amasengesho menshi
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Wazababara cyane,ahubwo mufate nka So ,ureke akomeze yunganire Papa wawe aho Atari,akomeze atange ibyishimo kuri Mama wawe,abandi basore beza bariho badaca n’unyuma abakunzi babo.
Amasengesho menshi
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
REKERA ABABYEYI BIRYOHEREZE KUKO MAMAWAWE YARAGUTANZE
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
REKERA ABABYEYI BIRYOHEREZE KUKO MAMAWAWE YARAGUTANZE
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Amahirwe ugize nuko ubimenye hakiri Kate, bivemo umurekere mama wawe ntabwo wajya guhanganira umugabo na mama wawe, ibaze mubanye papa wawe agafungurwa munyuma akaza kunvako nyamusor(umugabo wawe) Yalu samba tire he umugore urunva urwango yamugirira!
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Amahirwe ugize nuko ubimenye hakiri Kate, bivemo umurekere mama wawe ntabwo wajya guhanganira umugabo na mama wawe, ibaze mubanye papa wawe agafungurwa munyuma akaza kunvako nyamusor(umugabo wawe) Yalu samba tire he umugore urunva urwango yamugirira!
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Ntihagire ugushuka
Ngo witeshe umugabo kuko na nyoko yaramukunze !!!
Ikindi gusa nyoko azamugutwara niwe uzagusenyera uzarira ubuzima usigaje kubaho bwose ngaho fatira ho singuciye intege
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Ntihagire ugushuka
Ngo witeshe umugabo kuko na nyoko yaramukunze !!!
Ikindi gusa nyoko azamugutwara niwe uzagusenyera uzarira ubuzima usigaje kubaho bwose ngaho fatira ho singuciye intege
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Koffi olomide yavuze ngo..makango ya Maman babengaga ye Papa..umuhabara wa Mama wawe mwite Papa
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Koffi olomide yavuze ngo..makango ya Maman babengaga ye Papa..umuhabara wa Mama wawe mwite Papa
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Inama nakugira uwomusore mureke kuko nubundi ntacyoyazakumarira usibye ibibazo murugo rwanyu.
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Inama nakugira uwomusore mureke kuko nubundi ntacyoyazakumarira usibye ibibazo murugo rwanyu.
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Umva ibyo bivemo ushak uwae
Papa arafunze none namenye ko mama yasambanye n’umusore dukundana-Nkore iki?
Umva ibyo bivemo ushak uwae