Hasakaye ubutumwa bw’umupasiteri witwa Isaac Mzandwile Ngwenya mu itorero rya Pantekote muri Afurika y’Epfo, wabwiraga umukobwa w’umunyeshuri wo kuri kaminuza witwa Sophia Kekana, ko yajya kumureba iwe bagakorana imibonano mpuzabitsina ‘itagatifujwe’, akoresheje igitsina cye cyasizwe ‘amavuta’ (anointed). Amakuru avuga ko pasiteri Ngwenya asanzwe asambanya abakobwa bo kuri kaminuza, abasezeranya kubasengera bityo bakabona amanota menshi. Ikiganiro cyagiye hanze cyanyuze kuri Watsapp aho aba bombi baganiriraga, pasiteri yasabaga Kekana ko ” Wabwira ababyeyi bawe ko turasenga nijoro noneho ukaza tukaryamana bitagatifujwe nkoresha igitsina cyanjye cyasizwe amavuta.” Uyu mupasiteri kandi yasabaga uyu mukobwa ko mbere yo kujya kumureba, ” Wabanza ukanyoherereza akantu kazamura umwuka.” Umukobwa na we ahita amwoherereza ifoto yambaye ubusa igice kimwe. Pasiteri akimara gukubita amaso ifoto, yahise abwira Kekana ko ” Mpise afunguye imigisha iva mu ijuru kuri uwo mukobwa. Ibizamini uzabitsina 100%. Ohereza akandi malaika wanjye.” Ku mubuga nkoranyambaga, benshi bamaganye uyu mupasiteri abandi bavuga ko arya ibiryo bimwizaniye. Bibazaga uko umukobwa wiga muri kaminuza yaba atekereza ku buryo adashobora gutahura umuntu ushaka kumugirira nabi.

Ubutumwa Kekana yandikiranye na Pasiteri Ngwenya (uri mu ifoto)/ Social Media



8 Responses
Pasiteri muri Pantekote yabwiye umukobwa ko baryamana ‘bitagatifujwe’
Yes, nawe yarabishakaga. Gusa barasebya izina ry’ishobora byose.
Pasiteri muri Pantekote yabwiye umukobwa ko baryamana ‘bitagatifujwe’
Yes, nawe yarabishakaga. Gusa barasebya izina ry’ishobora byose.
Pasiteri muri Pantekote yabwiye umukobwa ko baryamana ‘bitagatifujwe’
Uwo mu pasiteri ningozi yibibi
Pasiteri muri Pantekote yabwiye umukobwa ko baryamana ‘bitagatifujwe’
Uwo mu pasiteri ningozi yibibi
Pasiteri muri Pantekote yabwiye umukobwa ko baryamana ‘bitagatifujwe’
Kwa jina la Yesu.aba pasitere bigihe ch’imberuka
Pasiteri muri Pantekote yabwiye umukobwa ko baryamana ‘bitagatifujwe’
Kwa jina la Yesu.aba pasitere bigihe ch’imberuka
Pasiteri muri Pantekote yabwiye umukobwa ko baryamana ‘bitagatifujwe’
Mbo! ntabwotwapinga amasengesho kontacyo amaze ariko tuje tugyenzura imyuka yose siko ariyukuri turimumisi yimperuka, Matayo 24:4-5)
Pasiteri muri Pantekote yabwiye umukobwa ko baryamana ‘bitagatifujwe’
Mbo! ntabwotwapinga amasengesho kontacyo amaze ariko tuje tugyenzura imyuka yose siko ariyukuri turimumisi yimperuka, Matayo 24:4-5)