None kuwa gatandatu, tariki ya 09 Gicurasi, perezida Kagame yaganiriye n’abasirikare bakuru mu kigo cya gisirkare i Gako ho mu karere ka Bugesera.
Mu mwaka ushize, mu kwezi kwa kabiri , Perezida Kagame yahuye n’abasirikare bakuru 1000, mu ishuri rikuru rya gisirikare riherereye I Gako mu karere ka Bugesera.

Biteganywa ko Perezida abonana n’abasirikare bakuru byibura rimwe mu mwaka nk’umugaba mukuru w’ikirenga.








