Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni kuri uyu wa 27 Mutarama 2021 yamuritse umuti witwa UBV-01N yizera ko ushobora kuvura abarwayi b’icyorezo cya Covid-19.
Nk’uko ibiro by’Umukuru w’Igihugu byabitangaje, uyu muti wakozwe n’abahanga mu by’imiti bo muri Uganda, ku bufatanye na Minisiteri y’Ubuzima, Ishami ry’Ubuvuzi muri Kaminuza ya Makerere n’ibitaro bikuru bya Mulago.
Uyu Mukuru w’Igihugu mu ijambo yafashe ubwo yamurikaga uyu muti utunganyijwe mu bimera by’iwabo, yashimiye abahanga mu bya siyansi by’umwihariko aba baganga bakoze uyu muti, ku bw’uruhare bagira mu gufasha Uganda kwigira, ntitegereze inkunga z’amahanga.
Ati: “Ntabwo tuzemera gutega amaboko. Tugomba kubaka Uganda yigenga, idategereza ubufasha buturutse hanze.” Aboneraho no gusezeranya abahanga muri siyansi ko muri iyi manda ya gatatu aherutse gutorerwa, bagomba kuzajya bahembwa neza, ati: “Muri iyi manda, imwe mu ntego zanjye zirindwi ni uko abahanga muri siyansi bajya bahembwa neza. N’ubwo twaba tudafite amafaranga, abahanga bacu bagomba kujya babona umushahara uhagije.”
Ku nshuro ya mbere uyu muti urageragerezwa ku barwayi 128 barwariye Covid-19 mu bitaro bikuru bya Mulago. Mu cyiciro cya kabiri, uzageregerezwa ku bantu 120,000.



14 Responses
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
Well done Ugandans. Yes prove your know how. Keep it up.
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
Well done Ugandans. Yes prove your know how. Keep it up.
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
Uganda barakoze gusa nabo bazi umugabane dutuyeho abakoroni bacu ntibatuma wemerwa. Gusa bari guharanira ukwigira kwa Africa. Mu Rwanda se ko ntacyo baratangaza nta bahanga tugira Leta iba yararihiye ngo byibura bagere ikirenge mu cya DRC, Madaghascar na Uganda? Cg abo mu Rwanda nta laboratoire bagira.?
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
mu Rwanda nta bahanga mu by miti tugira bose n abahari batwanira kwirorwa babara za paracetamol muri pharmacie gusa,no gushaka guhembwa umurengera cg ngo bahombye ba boss babo with too much prides
leta nigire icyebure urugaga rw abapharmacien, na FDA, ininjire mu mikorere y umwuga wa pahrmacie mu Rwanda kuko harimo amanyanga menci
kandi urebye amafr leta yabatanzeho ntibayabyaza umusaruro, ahubwo baharanira guhombya no kwiba ba shebuja.
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
mu Rwanda nta bahanga mu by miti tugira bose n abahari batwanira kwirorwa babara za paracetamol muri pharmacie gusa,no gushaka guhembwa umurengera cg ngo bahombye ba boss babo with too much prides
leta nigire icyebure urugaga rw abapharmacien, na FDA, ininjire mu mikorere y umwuga wa pahrmacie mu Rwanda kuko harimo amanyanga menci
kandi urebye amafr leta yabatanzeho ntibayabyaza umusaruro, ahubwo baharanira guhombya no kwiba ba shebuja.
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
urasetsa mu Rwanda ni nkaho nta bahanga mu by imiti dufite,njye nanibaza icyo leta yabatangiyeho akayabo ko kwiga bikancanga.n abahari bose wagirango bigiye kubara paracet mu mapharmacie no guhombya sbashoramari ba boss babo.
no kugura kwiyemera kwinci ariko nta n uwe wakora uko bikwoyw bo icyabo ni uguhembwa gusa.
let ni igire ibyinjiremo irebe ukuntu umwuga qa pharmacie harimo kwiharira uburenganzira bikozwe n igice cy aba pharmacist bo muri fda na urugaga rw aba pharmacien.bagamije guhombay ba shebuja ngo umwuga uzabe uwabo gusa
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
urasetsa mu Rwanda ni nkaho nta bahanga mu by imiti dufite,njye nanibaza icyo leta yabatangiyeho akayabo ko kwiga bikancanga.n abahari bose wagirango bigiye kubara paracet mu mapharmacie no guhombya sbashoramari ba boss babo.
no kugura kwiyemera kwinci ariko nta n uwe wakora uko bikwoyw bo icyabo ni uguhembwa gusa.
let ni igire ibyinjiremo irebe ukuntu umwuga qa pharmacie harimo kwiharira uburenganzira bikozwe n igice cy aba pharmacist bo muri fda na urugaga rw aba pharmacien.bagamije guhombay ba shebuja ngo umwuga uzabe uwabo gusa
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
urasetsa mu Rwanda ni nkaho nta bahanga mu by imiti dufite,njye nanibaza icyo leta yabatangiyeho akayabo ko kwiga bikancanga.n abahari bose wagirango bigiye kubara paracet mu mapharmacie no guhombya sbashoramari ba boss babo.
no kugura kwiyemera kwinci ariko nta n uwe wakora uko bikwoyw bo icyabo ni uguhembwa gusa.
let ni igire ibyinjiremo irebe ukuntu umwuga qa pharmacie harimo kwiharira uburenganzira bikozwe n igice cy aba pharmacist bo muri fda na urugaga rw aba pharmacien.bagamije guhombay ba shebuja ngo umwuga uzabe uwabo gusa
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
urasetsa mu Rwanda ni nkaho nta bahanga mu by imiti dufite,njye nanibaza icyo leta yabatangiyeho akayabo ko kwiga bikancanga.n abahari bose wagirango bigiye kubara paracet mu mapharmacie no guhombya sbashoramari ba boss babo.
no kugura kwiyemera kwinci ariko nta n uwe wakora uko bikwoyw bo icyabo ni uguhembwa gusa.
let ni igire ibyinjiremo irebe ukuntu umwuga qa pharmacie harimo kwiharira uburenganzira bikozwe n igice cy aba pharmacist bo muri fda na urugaga rw aba pharmacien.bagamije guhombay ba shebuja ngo umwuga uzabe uwabo gusa
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
Uganda barakoze gusa nabo bazi umugabane dutuyeho abakoroni bacu ntibatuma wemerwa. Gusa bari guharanira ukwigira kwa Africa. Mu Rwanda se ko ntacyo baratangaza nta bahanga tugira Leta iba yararihiye ngo byibura bagere ikirenge mu cya DRC, Madaghascar na Uganda? Cg abo mu Rwanda nta laboratoire bagira.?
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
Ibyo ni Sciences icuramye…ariko ntawamurenganya ku myaka 87 ugashyiraho iyo yabaye mwishyamba…ntazageza 92 ya Robert Mugabe arishuka. Abandi batangira kugerageza umuti, bakamenya ngo uvuga abantu…bato abakuru…abashaje..kurugero rwa 50,60,80 98% none bo bawushyize mwicupa ryiza bawita izina..barapfundikira nta test barakora…bataramenya ko uvura cg utavura…bashaka amafoto gusa kdi bayariye ga!!!
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
Wowe se John ukora imiti? Ubwo urumva Dr Nambatya ufite PhD muli Medicinal Chemistry na Dr Kirenga bamuritse ibyo batapimye bagerageje? Museveni we ni umuyobozi aba afite ingabo zamoko yose guhera ku bukorikori kugeza kubuhanga buhanitse……. bose aba abafite singombwa ko we abimenya….. impungenge zawe ntakibazo kuko nubundi ntabwo bawuguhaye ngo uwunywe kuko ntabwo uvura ubucucu uvura covid wa musenzi we.
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
Wowe se John ukora imiti? Ubwo urumva Dr Nambatya ufite PhD muli Medicinal Chemistry na Dr Kirenga bamuritse ibyo batapimye bagerageje? Museveni we ni umuyobozi aba afite ingabo zamoko yose guhera ku bukorikori kugeza kubuhanga buhanitse……. bose aba abafite singombwa ko we abimenya….. impungenge zawe ntakibazo kuko nubundi ntabwo bawuguhaye ngo uwunywe kuko ntabwo uvura ubucucu uvura covid wa musenzi we.
Perezida Museveni yamuritse ‘umuti wa Covid-19’ wakorewe muri Uganda
Ibyo ni Sciences icuramye…ariko ntawamurenganya ku myaka 87 ugashyiraho iyo yabaye mwishyamba…ntazageza 92 ya Robert Mugabe arishuka. Abandi batangira kugerageza umuti, bakamenya ngo uvuga abantu…bato abakuru…abashaje..kurugero rwa 50,60,80 98% none bo bawushyize mwicupa ryiza bawita izina..barapfundikira nta test barakora…bataramenya ko uvura cg utavura…bashaka amafoto gusa kdi bayariye ga!!!