Ntaganzwa Peter, ni umusore w’imyaka 30 , mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV , yavuze ko mu buzima yabayemo kuva ku myaka 6 ubwo Papa we na Mama we bitabaga Imana. Uyu musore avuga ko yarwaye inda akajya azihekenyesha amenyo, ndetse imvunja yari arwaye mu ntoki nazo yazihanduzaga amenyo. Ubwo yajyaga kuba mu muhanda (Mayibobo) yakatishijwe urwembe abwirwa ko abatijwe.
Kurikira ubuhamya bwose muri iyi Video


