Museveni mu rugendo rwo kwibuka urugamba rwamugejeje ku butegetsi-Amafoto

Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, Abagande, abarwanye Urugamba rwo mu Gihuru cyangwa se urwa Luwero, batangiye urugendo rw’ibilometero 195 rumara icyumweru bibuka inzira banyuzemo n’ubukarihe bw’ubuzima abarwanyi ba NRA banyuzemo barwana urugamba rwo gufata igihugu kimwe n’ubutwari bwabaranze muri uru rugamba. Hari mu 1986 ubwo Yoweri Kaguta Museveni yafataga ubutegetsi ahiritse Milton Obote, abifashijwemo n’ingabo […]
DRC: Ne Mwanda Nsemi wigize perezida, yahaye Kabila amasaha 72 yo kuva mu gihugu
Zacharie Badiengila, umunyapolitiki uzwi ku izina rya Ne Mwanda Nsemi muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo wamaze kwitangaza nk’Umukuru w’Igihugu yasabye Joseph Kabila wari guhunga mu masaha 72 ari imbere. Aya makuru dukesha News.CD na Politico.CD avuga ko Ne Mwanda yasabye Kabila guhitamo igihugu cy’ubuhungiro, maze azagaruke mu myaka itatu nk’umushoramari aho kuba Umukuru w’Igihugu. […]
NERETSE: Urugendo rurerure rwo guhunga ubutabera asanga ubutabera
Umwaka wa 2019 wabaye uw’amateka y’ubutabera hagati y’u Rwanda n’u Bubiligi. Usize hari umuntu wa mbere ubutabera bw’u Bubiligi buburanishije, bukamuhamya icyaha cya jenoside. Noneho ni na Neretse Fabiani w’umunyarwanda! Nyuma y’imyaka 25 yari amaze ahunga ubutabera bw’u Rwanda atazi ko aho ajya ahasanga ubutabera mpuzamahanga! Byari ku wa kane taliki ya 20.12.2019, ahagana saa […]
Iran ivuga ko igiye kwibasira ahantu 35 kuri Amerika, itibagiwe na Telaviv ya Israel
Iran ivuga ko mu rwego rwo guhora urupfu rwa Gen. Soleimani uherutse kwicwa n’Abanyamerika mu gitero cy’i Baghdad, nayo izibasira ahantu 35 havuze byinshi kuri Amerika ndetse ko n’Umujyi wa Telaviv wo muri Israel utazasigara. Aljazeera itangaza ko ibi byavuzwe n’uyobora Ingabo za Iran mu Majyepfo, Gen. Gholamali Abuhamzeh kuri uyu wa 4 Mutarama 2019. […]
Turkiya: Umukinnyi yasinyiye ikipe imwirukana umunsi utararangira

Umukinnyi w’umupira w’amaguru wo muri Gambia, Alpha Jallow yasinyiye ikipe ya Menemen Sport yo muri Turukiya nyuma iyi kipe isesa amasezerano umunsi utararangira imaze kumenya ko yamwitiranyije. Amakuru dukesha ikinyamakuru cyitwa Africa Feeds avuga ko Alpha Jallow wari ugiye gukinira ikipe ikomeye mu buzima bwe kandi yo ku mugabane w’Uburayi yasinye amasezerano tariki ya 8 […]
Uwakoraga ku mupaka wa Rusumo amaze amezi atandatu yaraburiwe irengero
Umuryango wa Evariste Nzabarinda wakoraga mu biro by’abinjira n’abasohoka ku Mupaka wa Rusumo uvuga ko bamaze amezi atandatu batazi aho aherereye. Umuryango wa Nzabarinda uvuga ko uhangayitse ku bwo kutamubona. Uvuga ko avuka mu Ntara y’amajyepfo mu Karere ka Gisagara akaba yari afite imyaka 31 y’amavuko. Uyu muryango wabwiye VOA dukesha iyi nkuru ko Nzabarinda […]
Abahanga bagaragaje isura itamenyerewe ya Yezu

Umuhanga mu by’inyigisho z’inkomoko ya gikiriristu muri Kaminuza ya Londres, Prof. Joan Taylor avuga ko hari ishusho ya nyayo ya Yezu cyangwa Yesu itandukanye n’imenyerewe imugaragaza nk’ufite uruhu rwera, ubwanwa burebure, amaso y’ubururu, imisatsi miremire ndetse akaba yari ananutse. Uyu muhanga we avuga ko Yezu yari afite imisatsi migufi, uruhu rwijimye kandi ko yari afite […]
Data Systems Manager at Laterite
Do you want to make a difference in East Africa through development research? Do you have experience designing and optimizing systems and tools to ensure data quality and security? Do you value mentoring and managing to build a team and grow a cutting-edge business? If yes, then Laterite’s Data Systems Manager position might be the […]
Managing Director at The Nest Group
The Nest Group is a young and hungry hotel and property startup based in Kigali, Rwanda. We have built this business from a 4-bedroom Airbnb to two hotels and fledgling property business. Our ambition does not stop there. But let’s take a step back, why did we start the Nest Group? Create East Africa’s future […]
Communication Specialist at Rwanda Environment Management Authority (REMA)
Rwanda Environment Management Authority (REMA) through the Single Project Implementation Unit (SPIU), has obtained funds from different development partners to support the Government of Rwanda in its commitment to deliver on its development agenda. It is in this framework that REMA would like to recruit competent employees on the positions of communication Specialist. ADVERTISEMENT Position: […]
Nyabugogo: Amayobera ku musore wigishaga kuri Yesu na Iliminati akaza kwikubita hasi
Ni umusore witwa Tugirimana Pacifique akaba atuye mu Murenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali. Kuri Mikoro ya Bwiza Tv, yasobanuriraga abari bamushungereye inkomoko y’umubare 666 ufatwa nk’ikimenyetso cya Iliminati, ndetse akanagaruka no ku ivuka rya Yesu Kirisito. Byaje kurangira afashwe n’isereri, umwuka umubana muke, aho bamwe byababereye amayobera. Reba Video yose
Ubuhamya bw’umubyeyi w’abana bahatiwe gusambanira imbere y’abantu
Amazina yanjye ni Cynthia. Tariki ya 14 Mutarama 2018 nagiye kuryama, mbanza guhitira mu cyumba , nifuriza ijoro ryiza umwana wanjye w’umuhungu(w’imyaka 22 y’amavuko) n’undi w’umukobwa(w’imyaka 18) nuko twese tuba turaryamye. Nka saa cyenda zishyira saa kumi z’igicuku haje abagabo badutera mu nzu yacu baje kutwiba ariko ku bw’amahirwe babuze icyo batwara. Ku bw’uburakari, babwiye […]
Burundi: Hon. Festus Ntanyungu yavuye muri CNDD-FDD ya Nkurunziza yinjira muri FRODEBU

Festus Ntanyungu, umunyapolitiki wari ukomeye mu ishyaka rya rya perezida Nkurunziza (CNDD-FDD ) mu Burundi, nyuma yo kurivamo bitunguranye mu Kwakira 2019, yemerewe kujya muri FRODEBU, amakuru akavuga ko ari uburyo bwo gushaka kwiyamaza mu matora y’Umukuru w’Igihugu azaba muri Gicurasi uyu mwaka. Nk’uko bigaragara mu ibaruwa yashyizweho na Nkurunziza Patrick uri mu bunyamabanga bwa […]
Nta bwoba ntewe na Simba- Haruna Niyonzima
Umukinnyi w’Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Haruna Niyonzima avuga ko nta bwoba atewe n’Ikipe ya Simba FC ifitanye umukino ukomeye na Yanga Africans asigaye akinira kuri uyu wa 4 Mutarama 2020. Haruna yageze muri Tanzaniya mu minsi ibiri ishize aho ari umwe mu bakinnyi bari bwitabire umukino uri bubahuze na mukeba, Simba FC yahoze akinira. Yakiriwe […]
Abavuye muri Congo bari kugenzurwa nyuma y’ifatwa rya Mukandutiye wagize uruhare muri jenoside
Abanyarwanda bavuye mu mitwe irwanya ubutegetsi bw’u Rwanda barimo n’imiryango yabo baturutse muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo bari kugenzurwa kugira ngo havangurwe abakekwaho ibyaha n’abatarabigizemo uruhare. Komiseri muri Komisiyo y’Igihugu yo gusubiza mu buzima busanzwe ingabo n’abahoze ku rugerero, Fred Nyamurangwa, avuga ko iki gikorwa kiri kugenda neza nta makemwa. Mu minsi mike ishize […]
Peter wihanduraga imvunja akoresheje amenyo, agahekenya inda ndetse abatirishwa urwembe-Video
Ntaganzwa Peter, ni umusore w’imyaka 30 , mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV , yavuze ko mu buzima yabayemo kuva ku myaka 6 ubwo Papa we na Mama we bitabaga Imana. Uyu musore avuga ko yarwaye inda akajya azihekenyesha amenyo, ndetse imvunja yari arwaye mu ntoki nazo yazihanduzaga amenyo. Ubwo yajyaga kuba mu muhanda (Mayibobo) […]
Icyo polisi ivuga ku kurasa mu kico ‘uwambaye amapingu’
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, CP John Bosco Kabera, avuga ko bishoboka ko umupolisi arasa umunyacyaha mu gihe yagerageje gucika afite icyaha gikomeye ariko ko atamurasa yabanje kumwambika amapingu. Ibi yabivuzeho nyuma y’ikibazo yari abajijwe mu kiganiro n’abanyamakuru cyabaye ku gicamunsi cyo ku wa Gatanu tariki ya 3 Mutarama 2020, ku Cyicaro Gikuru cya Polisi […]
Uganda: Umusore yari mu myitozo yo kwinjira mu gisirikare bimuviramo gusara
Amakuru aturuka mu gisirikare cya Uganda avuga ko umusore witwa Patrick Olet yatakaje ubwenge (gusara) ubwo yari mu myitozo y’abashaka kwinjira mu gisirikare cya Uganda. Umuvugizi w’igisirikare cya Uganda muri Diviziyo ya 4, Maj. Caeser Olweny yavuze ko uyu musore uturuka mu karere ka Agweng yatakaje ubwenge ubwo yari amaze kwiruka ibilometero bitanu. Nyuma yo […]
Nyamasheke: Imibereho mibi ituma bamwe mu basigajwe inyuma n’amateka bararana n’abakwe n’abakazana

Imiryango 16 y’abasigajwe inyuma n’amateka yatujwe mu midugudu ya Rubyiruko na Nyarugenge mu kagari ka Rushyarara mu murenge wa Karambi mu karere ka Nyamasheke, bavuga ko uburyo babayemo buhabanye cyane n’umuco nyarwanda aho abakwe n’abakazana bararana na ba nyirabukwe na ba sebukwe, abana n’abuzukuru mu nzu imwe. Ibi bigatera agahinda gakomeye aba bakecuru n’abasaza, hakiyongeraho […]
Umugezi wa Mwogo wishe 15 mu kwezi gushize
Abaturage batuye hafi y’Umugezi wa Mwogo baratangaza ko mu kwezi k’Ukuboza 2019, abantu barenga 15 barohamye barapfa. Umwe mu babyeyi ufite umwana w’imyaka 11 waguye muri uyu mugezi avuga ko hari igihe Mwogo yica babiri ku munsi umwe. Ati: “Umwana yoherejwe kurinda umuceri nyuma ajya koga ararohama, uje kumurohora na we ahita agenda yabonywe ejo […]