Rayon Sports igiye kugura abanyamahanga bane bakinira amakipe y’ibihugu byabo

Sangiza iyi nkuru

Umutoza w’Ikipe ya Rayon Sports, Frnacis Haringingo, atangaza ko bari mu biganiro n’abakinnyi bane b’abanyamahanga, basanzwe bakinira amakipe amakuru y’ibihugu byabo.

Mu kiganiro na RBA kuri uyu wa 8 Nyakanga, Haringingo yavuze ko iyi gahunda ihari. Ati ” Kugura abanyamahanga bane bakinira amakipe y’ibihugu byabo. Ni abakina mu busatirizi no mu hagati.”

Abajijwe ibihugu abo bakinnyi bakomokamo, yirinze kugira icyo atangaza. Ati ” Ibyo ntacyo nabivugaho. Iyo amakuru adasohokeye igihe si byiza.”

Haringingo yasabye abafana gukomeza kuba hafi y’ikipe yabo, ati ” Ntimugire ubwoba.”

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Rayon Sports igiye kugura abanyamahanga bane bakinira amakipe y’ibihugu byabo
    Mbega byiza, bizatuma ruhago nyarwanda igira aho igera,nibyiza kugura, gusa bikaba ingora bahizi kwishyura imishahara. Nihitiraga

  2. Rayon Sports igiye kugura abanyamahanga bane bakinira amakipe y’ibihugu byabo
    Mbega byiza, bizatuma ruhago nyarwanda igira aho igera,nibyiza kugura, gusa bikaba ingora bahizi kwishyura imishahara. Nihitiraga

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *