Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe

Sangiza iyi nkuru

Mu cyumweru kimwe, abantu 60 bamaze gufatirwa mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi bagerageza kujya mu mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo baciye mu nzira zitemewe.

Aya makuru yemejwe na Radio Rusizi kuri uyu wa 13 Kamena 2020.

Aba bantu bagerageje kujya muri RDC mu gihe Leta y’u Rwanda yatangaje ko imipaka ifunze ndetse igashyira akarere ka Rusizi mu kato bitewe n’ubwiyongere bw’abanduye icyorezo cya Covid-19 buhagaragara.

Abantu bakomeje kugaragara muri aka Karere, bikekwa ko ari abambuka bajya muri iki gihugu kuri mu burasirazuba bw’u Rwanda, cyane ko umujyi wa Bukavu wadikanyije na Rusizi wagaragayemo abanduye iki cyorezo benshi.

Soma Izindi Nkuru

14 Responses

  1. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    Barahunga inzara mujye muvugisha ukuri imirimzcy’abaturage yarafatiriwe ngo nibasore igihugu kiyobowe bucakara ni muhaguruke mwibohoze naho ubundi muzashira

    1. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
      ese wowe wiyita Rugwe paul ubwo uvuze iki? ndumva ntaho bitaniye nubu q

    2. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
      ese wowe wiyita Rugwe paul ubwo uvuze iki? ndumva ntaho bitaniye nubu q

  2. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    Barahunga inzara mujye muvugisha ukuri imirimzcy’abaturage yarafatiriwe ngo nibasore igihugu kiyobowe bucakara ni muhaguruke mwibohoze naho ubundi muzashira

  3. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    ndumva ntacyo uvuze banza wibohore ubujiji ufite

  4. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    ndumva ntacyo uvuze banza wibohore ubujiji ufite

  5. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    ndumva ntacyo uvuze banza wibohore ubujiji ufite

  6. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    ndumva ntacyo uvuze banza wibohore ubujiji ufite

  7. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.

  8. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.

  9. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.

  10. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.

  11. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.

  12. Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
    weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *