Mu cyumweru kimwe, abantu 60 bamaze gufatirwa mu Murenge wa Mururu mu Karere ka Rusizi bagerageza kujya mu mujyi wa Bukavu mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo yo muri Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo baciye mu nzira zitemewe.
Aya makuru yemejwe na Radio Rusizi kuri uyu wa 13 Kamena 2020.
Aba bantu bagerageje kujya muri RDC mu gihe Leta y’u Rwanda yatangaje ko imipaka ifunze ndetse igashyira akarere ka Rusizi mu kato bitewe n’ubwiyongere bw’abanduye icyorezo cya Covid-19 buhagaragara.
Abantu bakomeje kugaragara muri aka Karere, bikekwa ko ari abambuka bajya muri iki gihugu kuri mu burasirazuba bw’u Rwanda, cyane ko umujyi wa Bukavu wadikanyije na Rusizi wagaragayemo abanduye iki cyorezo benshi.



14 Responses
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
Barahunga inzara mujye muvugisha ukuri imirimzcy’abaturage yarafatiriwe ngo nibasore igihugu kiyobowe bucakara ni muhaguruke mwibohoze naho ubundi muzashira
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
ese wowe wiyita Rugwe paul ubwo uvuze iki? ndumva ntaho bitaniye nubu q
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
ese wowe wiyita Rugwe paul ubwo uvuze iki? ndumva ntaho bitaniye nubu q
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
Barahunga inzara mujye muvugisha ukuri imirimzcy’abaturage yarafatiriwe ngo nibasore igihugu kiyobowe bucakara ni muhaguruke mwibohoze naho ubundi muzashira
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
ndumva ntacyo uvuze banza wibohore ubujiji ufite
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
ndumva ntacyo uvuze banza wibohore ubujiji ufite
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
ndumva ntacyo uvuze banza wibohore ubujiji ufite
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
ndumva ntacyo uvuze banza wibohore ubujiji ufite
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.
Rusizi: Abantu 60 bamaze gufatwa bagerageza kujya muri RDC bitemewe
weho wiyita rugwe uzibohore kugiti cyawe twe twarabohowe.