Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine

Sangiza iyi nkuru

Umudepite akaba n’umuyobozi w’ishyaka rya PS Imberakuri rifite umurongo utandukanye n’uw’iriri ku butegetsi, Mukabunani Christine asaba Guverinoma y’u Rwanda gukuraho isaha ya saa tatu yashyizweho mu rwego rwo guhangana n’icyorezo cya Covid-19, akabona ko ibangamiye imikorere y’Abanyarwanda biyemeje gukora amasaha 24 ku yandi, igafungura n’utubari kuko n’ubundi dukora rwihishwa

Hon. Mukabunani yabitangarije mu kiganiro yagiranye na Bwiza TV kuri uyu wa 21 Kanama 2020.

Kuri Depite Mukabunani, ngo isaha ya saa tatu ibangamiye abacuruzi batandukanye mu gihugu. Ati : “Ziriya saha zirabangamye. Iyo urebye abacuruzi twaganiriye mu mujyi hariya ndetse no mu ntara ahatandukanye, buriya kugira ngo umuntu abe yubahiriza isaha ya saa tatu, atangira gufunga saa kumi n’ebyiri. Kandi saa kumi n’ebyiri ni ya masaha abantu bavuye mu kazi, batangiye kujya kugira ibyo bagura bitandukanye. Ugasanga rero mu mwanya bari babonye abakiriya, batangiye gufunga.”

Akomeza avuga ati : “Ibyo rero birabangamye cyane cyane ko dushishikariza Abanyarwanda gukora cyane, bagakora amasaha 24/24, ibyo twabishyize ku ruhande ngo ni ukubera Corona, kandi Corona ntituzi igihe izanarangirira. Urumva rero tuzadindira, ni yo mpamvu babirebye neza, iriya saha niba koko ari ukubera Corona, rwose abantu bareba uko babireba bakareka abantu bagakora.”

Ku bijyanye n’utubari dufunze kuva muri Werurwe 2020, Depite Mukabunani yavuze ko byitwa ko dufunze ariko n’ubundi tugikora. Ati: “Ariko kandi nta n’ubwo dufunze no gufunga. Ahantu hose hari utubari, bashyizeho Resto-Bar kugira ngo abantu bumve ko bari muri Restaurant ariko kandi ari akabari karimo gukora. Twe rero tugasanga aho kugira ngo abantu bajye kwifungirana mu nzu aria bantu 50, begeranye kandi turimo gushaka kwirinda Corona ahubwo bafungura utubari hanyuma bagashyiraho ingamba zo kwirinda.»

Depite Mukabunani yavuze ko nyuma yo gufungura utubari, inzego zirimo iz’umutekano zajya zizinjiramo zikareba niba aya mabwiriza arimo guhana intera, yubahirizwa.
Depite Mukabunani amaze imyaka 10 ku buyobozi bw’ishyaka rya PS Imberakuri, akaba ari ryo ahagarariye mu Nteko Ishinga Amategeko. Yagiye muri iri shyaka avuye muri PSD. Mu Nteko, akunze kuzamura ibibazo byihariye, bivugira abaturage rimwe na rimwe bikibazwaho cyane bitewe n’umubare munini w’abantu bikozeho. Ingero zirimo kuzamura ikibazo cy’umushahara muke wa mwarimu ndetse n’iki cy’isaha ya saa tatu, ubwo tariki ya 21 Kamena 2020 yabazaga Minisitiri w’Intebe impamvu yashyizweho.

Soma Izindi Nkuru

m_irene17-ba00e

M Irene yarongoye

August 15, 2026

42 Responses

  1. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Urakina n’ikipe itazi!

  2. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Urakina n’ikipe itazi!

  3. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Nibafungure utubari tubone akazi, ndetse twidagadure, kuko Nubundi utubari turakora rwose. Niwashaka icyo kunywa Ingo ukibure ndakurahiye.

  4. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Nibafungure utubari tubone akazi, ndetse twidagadure, kuko Nubundi utubari turakora rwose. Niwashaka icyo kunywa Ingo ukibure ndakurahiye.

  5. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Ndacyeka udakwiye kuba umudepite kbs! Nonese bashyizeho itegeko rya satatu kunyungu zande? Sizawe nanjye nabandi banyarwanda?ese uvugira utubari wavuze ninsengero? Sinzi niba ariwowe wabivuze koko?arko niba ari wowe ntukwiye kuyobora peee!

  6. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Ndacyeka udakwiye kuba umudepite kbs! Nonese bashyizeho itegeko rya satatu kunyungu zande? Sizawe nanjye nabandi banyarwanda?ese uvugira utubari wavuze ninsengero? Sinzi niba ariwowe wabivuze koko?arko niba ari wowe ntukwiye kuyobora peee!

  7. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Ndacyeka udakwiye kuba umudepite kbs! Nonese bashyizeho itegeko rya satatu kunyungu zande? Sizawe nanjye nabandi banyarwanda?ese uvugira utubari wavuze ninsengero? Sinzi niba ariwowe wabivuze koko?arko niba ari wowe ntukwiye kuyobora peee!

  8. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Ndacyeka udakwiye kuba umudepite kbs! Nonese bashyizeho itegeko rya satatu kunyungu zande? Sizawe nanjye nabandi banyarwanda?ese uvugira utubari wavuze ninsengero? Sinzi niba ariwowe wabivuze koko?arko niba ari wowe ntukwiye kuyobora peee!

  9. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Leta yagombye gufungura imipaka kubacuruzi bakoreraga muli Congo kuko basizeyo ibintu byabo kandi bamwe bafite imitungo y’ amabanki bashoye none banki zatangiye kwishyuza nkuko bemerera abanyekongo gutaha iwabo nibareke n’ abanyarwanda basohoke bajye gukurikirana ibyabo nibagaruka bajye mukato ariko barangije ibibazo bafite bitaribyo baziyahura mu kivu aho kwamburwa amazu. Abanyekongo bazafungura amashuli mu kwa 9 ; abenshi bakodesha amazu mu Rwanda byahaga abantu amafaranga y’ ubukode none basubiye iwabo kubera gufunga imipaka, amazu asigariyaho kandi mu kwa mbere abana bakeneye kwiga; rwose leta nitekereze kubatuye hafi n’ imipaka kuko abenshi tuhashiriye pe.

  10. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Leta yagombye gufungura imipaka kubacuruzi bakoreraga muli Congo kuko basizeyo ibintu byabo kandi bamwe bafite imitungo y’ amabanki bashoye none banki zatangiye kwishyuza nkuko bemerera abanyekongo gutaha iwabo nibareke n’ abanyarwanda basohoke bajye gukurikirana ibyabo nibagaruka bajye mukato ariko barangije ibibazo bafite bitaribyo baziyahura mu kivu aho kwamburwa amazu. Abanyekongo bazafungura amashuli mu kwa 9 ; abenshi bakodesha amazu mu Rwanda byahaga abantu amafaranga y’ ubukode none basubiye iwabo kubera gufunga imipaka, amazu asigariyaho kandi mu kwa mbere abana bakeneye kwiga; rwose leta nitekereze kubatuye hafi n’ imipaka kuko abenshi tuhashiriye pe.

  11. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Leta yagombye gufungura imipaka kubacuruzi bakoreraga muli Congo kuko basizeyo ibintu byabo kandi bamwe bafite imitungo y’ amabanki bashoye none banki zatangiye kwishyuza nkuko bemerera abanyekongo gutaha iwabo nibareke n’ abanyarwanda basohoke bajye gukurikirana ibyabo nibagaruka bajye mukato ariko barangije ibibazo bafite bitaribyo baziyahura mu kivu aho kwamburwa amazu. Abanyekongo bazafungura amashuli mu kwa 9 ; abenshi bakodesha amazu mu Rwanda byahaga abantu amafaranga y’ ubukode none basubiye iwabo kubera gufunga imipaka, amazu asigariyaho kandi mu kwa mbere abana bakeneye kwiga; rwose leta nitekereze kubatuye hafi n’ imipaka kuko abenshi tuhashiriye pe.

  12. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Leta yagombye gufungura imipaka kubacuruzi bakoreraga muli Congo kuko basizeyo ibintu byabo kandi bamwe bafite imitungo y’ amabanki bashoye none banki zatangiye kwishyuza nkuko bemerera abanyekongo gutaha iwabo nibareke n’ abanyarwanda basohoke bajye gukurikirana ibyabo nibagaruka bajye mukato ariko barangije ibibazo bafite bitaribyo baziyahura mu kivu aho kwamburwa amazu. Abanyekongo bazafungura amashuli mu kwa 9 ; abenshi bakodesha amazu mu Rwanda byahaga abantu amafaranga y’ ubukode none basubiye iwabo kubera gufunga imipaka, amazu asigariyaho kandi mu kwa mbere abana bakeneye kwiga; rwose leta nitekereze kubatuye hafi n’ imipaka kuko abenshi tuhashiriye pe.

  13. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Leta yagombye gufungura imipaka kubacuruzi bakoreraga muli Congo kuko basizeyo ibintu byabo kandi bamwe bafite imitungo y’ amabanki bashoye none banki zatangiye kwishyuza nkuko bemerera abanyekongo gutaha iwabo nibareke n’ abanyarwanda basohoke bajye gukurikirana ibyabo nibagaruka bajye mukato ariko barangije ibibazo bafite bitaribyo baziyahura mu kivu aho kwamburwa amazu. Abanyekongo bazafungura amashuli mu kwa 9 ; abenshi bakodesha amazu mu Rwanda byahaga abantu amafaranga y’ ubukode none basubiye iwabo kubera gufunga imipaka, amazu asigariyaho kandi mu kwa mbere abana bakeneye kwiga; rwose leta nitekereze kubatuye hafi n’ imipaka kuko abenshi tuhashiriye pe.

  14. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Leta yagombye gufungura imipaka kubacuruzi bakoreraga muli Congo kuko basizeyo ibintu byabo kandi bamwe bafite imitungo y’ amabanki bashoye none banki zatangiye kwishyuza nkuko bemerera abanyekongo gutaha iwabo nibareke n’ abanyarwanda basohoke bajye gukurikirana ibyabo nibagaruka bajye mukato ariko barangije ibibazo bafite bitaribyo baziyahura mu kivu aho kwamburwa amazu. Abanyekongo bazafungura amashuli mu kwa 9 ; abenshi bakodesha amazu mu Rwanda byahaga abantu amafaranga y’ ubukode none basubiye iwabo kubera gufunga imipaka, amazu asigariyaho kandi mu kwa mbere abana bakeneye kwiga; rwose leta nitekereze kubatuye hafi n’ imipaka kuko abenshi tuhashiriye pe.

  15. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    N’ imipaka ya Congo nifungurwe ku banyarwanda bajyayo kuko basizeyo imitungo.

  16. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    N’ imipaka ya Congo nifungurwe ku banyarwanda bajyayo kuko basizeyo imitungo.

  17. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Rwose bafungure dukore twirinda twekwicwa ninzara

  18. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Rwose bafungure dukore twirinda twekwicwa ninzara

  19. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Wow uvuze ubugoryi

  20. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Wow uvuze ubugoryi

  21. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Nibafungure insengero duhangane na covid dusengera igihugu cyacu ububare bwafunguye kera cyane ahubwo ubu munsi yigitanda byariyongeye abantu baranywa mungo bahindutse abasinzi abana bige ingamba zikurikizwe naho ubundi uyu atanze igitekerezo kiza

  22. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Nibafungure insengero duhangane na covid dusengera igihugu cyacu ububare bwafunguye kera cyane ahubwo ubu munsi yigitanda byariyongeye abantu baranywa mungo bahindutse abasinzi abana bige ingamba zikurikizwe naho ubundi uyu atanze igitekerezo kiza

  23. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Yewe niko babizi ngo utubari ntidukora hhhhhhhh ndabasetse nubu ndigusoma icupa

  24. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Yewe niko babizi ngo utubari ntidukora hhhhhhhh ndabasetse nubu ndigusoma icupa

  25. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Arikoibyo avuganukurinagenzi abantutubanamugipagukimwebajyakunwa bagatahasamunanizijoro kadibakankweramurutwotubaribarihobavuga cg bagateraniramurugongumuntubakaba arihobankwera ubworerobirutwanukobabarekurabakubahiriza amategeko nubudi uhima igisambo arakiridisha

  26. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Arikoibyo avuganukurinagenzi abantutubanamugipagukimwebajyakunwa bagatahasamunanizijoro kadibakankweramurutwotubaribarihobavuga cg bagateraniramurugongumuntubakaba arihobankwera ubworerobirutwanukobabarekurabakubahiriza amategeko nubudi uhima igisambo arakiridisha

  27. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Nonese wowe umugaya kugitekerezo yatanze ugendera kucyi ibyo yavuze nawe niba utuye murwanda urabibona usibye kwirengagiza

    Keretse niba utahatuye nahubundi iby’insengero kuba atarabivuze siwe wenyine mudepite nabandi bazabivuga.jye murinyuma

  28. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Nonese wowe umugaya kugitekerezo yatanze ugendera kucyi ibyo yavuze nawe niba utuye murwanda urabibona usibye kwirengagiza

    Keretse niba utahatuye nahubundi iby’insengero kuba atarabivuze siwe wenyine mudepite nabandi bazabivuga.jye murinyuma

  29. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Nonese wowe umugaya kugitekerezo yatanze ugendera kucyi ibyo yavuze nawe niba utuye murwanda urabibona usibye kwirengagiza

    Keretse niba utahatuye nahubundi iby’insengero kuba atarabivuze siwe wenyine mudepite nabandi bazabivuga.jye murinyuma

  30. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Nonese wowe umugaya kugitekerezo yatanze ugendera kucyi ibyo yavuze nawe niba utuye murwanda urabibona usibye kwirengagiza

    Keretse niba utahatuye nahubundi iby’insengero kuba atarabivuze siwe wenyine mudepite nabandi bazabivuga.jye murinyuma

  31. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Koko nyumvira Kandi uwo numudepite pe esubwo nkuwo utumva akamaro ko gukumira ikwirakwizwa rya covid unuhaye igihugu yakeibuka kumanuka mucyaro kujya kureba abatishoboye batuyeyo ra?

  32. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Koko nyumvira Kandi uwo numudepite pe esubwo nkuwo utumva akamaro ko gukumira ikwirakwizwa rya covid unuhaye igihugu yakeibuka kumanuka mucyaro kujya kureba abatishoboye batuyeyo ra?

  33. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Koko nyumvira Kandi uwo numudepite pe esubwo nkuwo utumva akamaro ko gukumira ikwirakwizwa rya covid unuhaye igihugu yakeibuka kumanuka mucyaro kujya kureba abatishoboye batuyeyo ra?

  34. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Koko nyumvira Kandi uwo numudepite pe esubwo nkuwo utumva akamaro ko gukumira ikwirakwizwa rya covid unuhaye igihugu yakeibuka kumanuka mucyaro kujya kureba abatishoboye batuyeyo ra?

  35. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    manzi niwe nsubiza insengero bazifunuye cyera ahubwo ntuba mugihugu cyeretse ahadafite ibyangombwa byuzuye naho uwo mudepite niwe ushoboye kuko abaza ubibangamiye abaturge

  36. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    manzi niwe nsubiza insengero bazifunuye cyera ahubwo ntuba mugihugu cyeretse ahadafite ibyangombwa byuzuye naho uwo mudepite niwe ushoboye kuko abaza ubibangamiye abaturge

  37. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Ariko Manzi ushobora kuba udakomeye. Umudepit watowe na rubanda ngo ntakwiye kuyobora kuko atavuze ibyo ukunda. Aravugira abanyarwanda Kandi ninsengero uvuga zarafunguwe. Sinzi icyo ushaka ataribyo uri bavugirije

  38. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Ariko Manzi ushobora kuba udakomeye. Umudepit watowe na rubanda ngo ntakwiye kuyobora kuko atavuze ibyo ukunda. Aravugira abanyarwanda Kandi ninsengero uvuga zarafunguwe. Sinzi icyo ushaka ataribyo uri bavugirije

  39. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Utubari nidufungure,insengero bazifungure atari biriya batubeshye ngo barazifunguye kandi nko mu nsengero 1000 hafunguyemo 3 zonyine.Ubwo wavuga ngo barazifunguye?Ingamba zo kwirinda tumaze kuzimenya ni ukwitoza kubana na COVID.

  40. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Utubari nidufungure,insengero bazifungure atari biriya batubeshye ngo barazifunguye kandi nko mu nsengero 1000 hafunguyemo 3 zonyine.Ubwo wavuga ngo barazifunguye?Ingamba zo kwirinda tumaze kuzimenya ni ukwitoza kubana na COVID.

  41. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Uyumumama nakomerezaho ibyavuga nukuri

  42. Saa tatu niveho, abantu bakore, utubari dufungure_Depite Mukabunani Christine
    Uyumumama nakomerezaho ibyavuga nukuri