Arashinjwa kumutera inda, yarangiza akamutwika
Urukiko rwo mu Bufaransa rwatangiye kuburanisha umusore ushinjwa gutera inda umukobwa wâumunyeshuri, yarangiza akamutwika kugeza ashizemo umwuka. Kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ni bwo uyu musore yatangiye kujya imbere yâubushinjacyaka kugira ngo abazwe ku byaha ashijwa byo gutera icyuma ndetse no gutwika umukobwa wâumunyeshuri wâimyaka 15 yâamavuko, bikaba binavugwa ngo yari yaranamuteye inda nkâuko […]
Urubanza rwa Dr Kayumba rwongeye gusubikwa
Urukiko Rukuru rwongeye gusubika urubanza rwâubujurire rwâubushinjacyaha kuri Dr Christopher Kayumba wabaye umwarimu muri kaminuza, umunyapolitiki, akanayobora ikinyamakuru The Chronicles. Dr Kayumba tariki ya 22 Gashyantare 2023 yagizwe umwere nâurukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ku cyaha cyo gusambanya undi ku gahato nâubwinjiracyaha kuri cyo, ubushinjacyaha bujurira busobanura ko hari ibimenyetso byirengagijwe. Tariki ya 4 Gicurasi 2023, […]
Nyagatare: Babangamiwe no kumara imyaka 10 badahabwa ibyangombwa by’ubutaka
Hari abaturage batujwe na Leta mu mudugudu wa Rwenyemera, umurenge wa Karangazi mu karere ka Nyagatare bavuga ko bamaze imyaka irenga icumi batarahabwa ibyangombwa byâubutaka bwabo. Bavuga ko batujwe muri uyu mudugudu mu mwaka wa 2012, aho bamaze imyaka irenga 10 batarahabwa ibyangombwa byâubutaka bwabo nkâuko bitangazwa na RBA. Aba baturage bagera kuri mirongo itanu […]
Irerero rya PSG mu Rwanda ryegukanye igikombe cy’Isi

Kuri uyu wa 5 Kamena 2023 ni bwo ikipe yâabana batarengeje imyaka 11 n’iy’abatarengeje 13 yâamavuko barererwa mu irerero rya Paris Saint Germain (PSG) riri mu Karere ka Huye begukanye igikombe cyâIsi batsindiye mu Bufaransa, mu irushanwa ryahuzaga amarerero yose yâiyi kipe ku Isi rizwi nka PSG Academies World Cup 2023. Ni umukino wakinwe iminota […]
Urwego rwahagaritse indege yari kuzana abimukira rurakemangwa
Urukiko rwâi Burayi rushinzwe kurengera ikiremwamuntu rurakemangwa nyuma yo gufata icyemezo cyo guhagarika indege yagombaga gukura abikumira mu Bwongereza, ibazana mu Rwanda. Muri Kamena 2022, ubwo umupilote wa kampani yâubwikorezi bwo mu kirere ya Plivilege Style yari agiye kuzamura mu kirere indege yarimo abimukira, yagejejweho icyemezo cyâuru rukiko kimuhagarika, kinatesha agaciro icyari cyarafashwe nâinkiko zâu […]
Uganda: Undi munyeshuri wa kaminuza yarashwe
Muri Uganda, umukozi ushinzwe umutekano yarashe umunyeshuri wa kaminuza arapfa, nyuma yâuko bagiranye amakimbirane. Polisi ya Uganda yo mu karere ka Mukono iri gukora iperereza ku rupfu rwâumunyeshuri wâimyaka 25 yâamavuko wigaga muri Uganda Christian University, nyuma yâuko arashwe nâushinzwe umutekano kuri uyu wa 4 Kamena 2023. Uyu munyeshuri witwa Rudeny Agaba, akomoka mu gace […]
Mwangachuchu yahawe intwaro zâintambara: Umunyamategeko we
Umunyamategeko wâumushoramari Edouard Mwangachuchu ufite ibirombe muri teritwari ya Masisi, Me Thomas Gamakolo Mputu, yamenyesheje urukiko rukuru rwa gisirikare ko Leta yakoze ikosa, imuha intwaro zâintambara, aho kuba izâubwirinzi. Me Gamakolo yasobanuye ko Mwangachuchu yahawe izi ntwaro, hashingiwe ku ruhushya yahawe na Richard Muyej Mangez wahoze ari Minisitiri wâumutekano wâimbere. Ariko abashinjacyaha nâabacamanza bo bagaragaje […]
Idubu yariye amapaki 60 yâimigati
Idubu yagabye igitero mu nzu ikorerwamo imigati nâandi moko yâibiva mu ifarini, maze iryamo amapaki mirongo itandatu. Inkuru dukesha CNN ivuga ko mu mujyi wa Bedford uherereye muri Massachusetts muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, iduvu yavuye mu ishyamba rya Connectcut, yinjira muri iyi nzu, ni ko kuryamo iyi migati yose. Nyirâiyi nzu avuga ko […]
Muhanga: Utishoboye agiye kunyagwa inka amaranye amezi 6
Umukecuru witwa Mujawamariya Franà §oise utuye mu mudugudu wa Kagitaba, akagari ka Remera, umurenge wa Kiyumba mu karere ka Muhanga aratabaza nyuma yâaho Umunyamabanga Nshingwabikorwa wâakagari afashe icyemezo cyo kumwambura inka yagabiwe muri gahunda ya Gira Inka mu mezi 6 ashize. Mujawamariya avuga ko afite ubumuga buri mu cyiciro cya mbere, ku buryo agendera mu kagare […]
Mwangachuchu wâimyaka 70 ararembye
Edouard Mwangachuchu watawe muri yombi kuva ku ya 1 Werurwe ashinjwa ubutasi hamwe no gukorana na M23, ararembye. Mu gihe abakurikiranira hafi dosiye âMwangachuchuâ bavuga ko bishobora kurangira akatiwe igifungo cya burundu, abamwunganira mu byâ amategeko bakomeje gusaba ko yarekurwa by’agateganyo kubera impamvu z’ubuzima. Mwangachuchu avuga ko afite ubu indwara y’umutima imuteza ububabare bukabije ndetse […]
Tshisekedi yasabwe gukura Kagame ku butegetsi: Ubutasi
Mu makuru yâumutekano hirya no hino ku Isi yakusanyijwe nâubutasi bwa Leta zunze ubumwe za Amerika, CIA, aherutse kujya hanze, hagaragaramo ko Perezida wa Repulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yigeze yasabwe gukura Perezida Paul Kagame wâu Rwanda ku butegetsi. Inyandiko ya CIA ivuga ko Umuyobozi wungirije wâurwego rwâubutasi rwa RDC (ANR) mu ntara […]
Mexico: Polisi yatahuye ibikapu 45 byuzuyemo ibice byâimibiri yâabantu
Polisi ya Mexico yatoye ibikapu mirongo ine na bitanu byuzuyemo ibice byâimibiri yâabantu. Inkuru dukesha igitangazamakuru cya CNN ivuga ko byari bifite ibimenyetso bigaragaza ko ari ibyâabakozi bâikigo cyâUbushinjacyaha cya Jalisco bakoraga muri serivisi yo kwakira abifuza ubufasha kuri telephone, ibi bizwi nka Call Center. Umwe mu bashinjacyaha bakorera muri iki kigo witwa Joaquin Mendez […]
Fulgence Kayishema: ProcĂšs reportĂ© pour “ajouter d’autres crimes Ă Â ses accusations”
Ce Vendredi au Cap, en Afrique du Sud, Fulgence Kayishema a Ă©tĂ© traduit en justice pour une courte pĂ©riode et son affaire a Ă©tĂ© immĂ©diatement reportĂ©e. Les procureurs ont dĂ©clarĂ© au tribunal qu’ils avaient besoin de temps pour prĂ©parer des charges supplĂ©mentaires contre lui, selon le correspondant de la BBC en Afrique du Sud. Lors […]
Nyaruguru: Abahinzi bari mu gihirahiro

Abahinga mu gishanga cyâIkibaza giherereye hagati yâimirenge ya Kibeho na Rusenge mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko mu mpera za Mata 2023, batangiye gutera imbuto yâibirayi bahabwaga nâakarere, ishira hari benshi badateye kandi imirima yabo yari iteguye, nâifumbire iri mu binogo. Magingo aya, nyuma yâukwezi kurenga, ntibarabona imbuto, nâifumbire bashyize mu binogo yamaze kwangirika. Barasaba […]
Perezida Touadéra yasuye RDF (Amafoto)

Perezida Faustin-Archange TouadĂ©ra wa Repubulika ya Centrafrique, kuri uyu wa Gatanu yasuye Ingabo z’igihugu cye ndetse n’iz’u Rwanda i Bangui. Izi ngabo TouadĂ©ra yazisuye mu kigo cya gisirikare mu kigo cya gisirikare cya Camp Beal kiri mu muri uriya murwa mukuru wa Centrafrique. U Rwanda rufite muri iki gihugu Ingabo ziri mu byiciro bibiri, zirimo […]
Ibyaha Kayishema ashinjwa bigiye kongerwa
Kuri uyu wa 2 Kamena 2023, i Cape Town muri Afurika yâEpfo, Fulgence Kayishema yagejejwe mu rukiko umwanya muto urubanza rwe ruhita rusubikwa. Abashinjacyaha babwiye urukiko ko bakeneye igihe cyo gutegura ibindi birego byiyongera kubyo bamurega, nkâuko umunyamakuru wa BBC muri Africa yâEpfo abivuga. Ku wa Gatanu ushize ubwo yagezwaga mu rukiko bwa mbere, yarezwe […]
Musanze: Abakora ‘pavĂ©s’ bafatiriye imodoka ya rwiyemezamirimo
Mu karere ka Musanze, abaturage bafatiriye imodoka ya rwiyemezamirimo bashinja kubambura amafaranga bakoreye ubwo bamukoreraga amapave. Ni abaturage bo mu murenge wa Muko basanzwe bakora akazi ko gutunganya amabuye bayaconga maze bagakoramo amapave. Bakorera mu ruganda rukora amapave ruherereye mu kagari ka Mburabuturo. Aba baturage bavuga ko bamaze amezi abiri badahembwa, bakavuga ko ari ikibazo […]
Senateri yasabye ko ibiruhuko byâakazi byiyongera
Umusenateri witwa Karungo wa Thangwa wo muri Kenya, arasaba ko Leta yakongera ibiruhuko byâakazi mu rwego rwo kwihutisha iterambere. Uyu musenateri wo mu karere ka Kiambu, avuga ko mu cyifuzo cye, iminsi yâibiruhuko yemewe na Leta ikwiye kwiyongera. Ngo nko mu gihe ikiruhuko cya Leta kizaba ari kuwa Kabiri, no ku munsi uwubanziriza wo kuwa […]
HCR yibukije impunzi zâAbanyekongo nâAbanyarwanda gutaha ku bushake
Kuri uyu wa 1 Kamena, i Goma, Komiseri wungirije wâibiro byâumuryango wâabibumbye ishinzwe impunzi (UNHCR) ashinzwe yasabye impunzi zâ abanyekongo ziri mu Rwanda kugira ubwisanzure mu gutahuka. Raouf Mazou yibukije ko Kigali na Kinshasa bari bumvikanye kuri iki kibazo, mu nama yâinyabutatu ku ya 15 Gicurasi 2023 i Geneve. Raouf Mazou yashimangiye gutaha ku bushake […]
Impamvu zatumye Senateri Chambers arega Imana mu rukiko
Muri Nebraska ho muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Ernie Chambers wabaye Senateri kuva mu 1971 kugeza mu 2009 no kuva mu 2013 kugeza mu 2021 yagiye kurega mu rukiko Imana ishobora byose ivugwa mu ‘byanditswe byera’, Abanyamerika benshi baratangara. Chambers uzuzuza imyaka 86 yâamavuko tariki ya 10 Nyakanga yajyanwe mu rukiko n’ibibazo bitandukanye, yagombaga […]
Rwamagana: Umunyeshuri wakuwe amenyo 6 arasaba kurenganurwa
Umunyeshuri utuye mu karere ka Rwamagana, umurenge wa Muyumbu, arasaba kurenganurwa nyuma yo gukubitwa itafari na mwarimu we, akamukura amenyo atandatu. Habineza Mohammed wâimyaka 17 yâamavuko, arasaba kurenganurwa agahabwa insimburangingo zâamenyo, nyuma yâuko mwarimu we wamwigishaga amahame yâIdini ya Islamu amukubise itafari akamukura amenyo agera kuri atandatu. Habineza vuga ko uyu mwarimu yari yemeye ko […]
Umugambi wa jenoside wari waramaze kunozwa: Ambasaderi Nyamitwe
Umudipolomate udasanzwe wâu Burundi wabaye Umuvugizi wâUmukuru wâIgihugu, Ambasaderi Willy Nyamitwe, yasobanuye uburyo ibihugu bikomeye byari byaramaze kunoza umugambi wa jenoside mu gihe Pierre Nkurunziza yari ku butegetsi. Ambasaderi Nyamitwe mu kiganiro yagiranye nâimiryango yigenga ikorera mu Burundi tariki ya 13 Gicurasi 2023, yavuze ko byari byarateganyijwe ko iyi jenoside yagombaga kuba mu 2014, kandi […]
M23 yahaye umukoro abayisabye kujya Rumangabo
Umutwe witwaje intwaro wa M23 wahaye umukoro abakuru bâibihugu byâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba bafashe umwanzuro wâuko abarwanyi bawo bazacumbika bwa mbere mu kigo cya Rumangabo giherereye muri Teritwari ya Rutshuru. Ni icyemezo cyafatiwe mu nama yabereye i Bujumbura kuri uyu wa 31 Gicurasi 2023, yari iyobowe nâUmuyobozi Mukuru wa EAC akaba na Perezida wâu Burundi, […]
Leta iri mu gihombo cyo kwishyura ubukode
Leta yâu Rwanda igaragaza ko yishyura amafaranga (Frw) miliyari 12 mu kwishyura ubukode inzego zayo uko ari 35 zikoreramo mu gihe cyâumwaka. Urugero, nkâuko ikigo cyâigihugu gishinzwe imiturire (RHA) kibisobanura, inyubako ikoreramo Urukiko rwâIkirenga yishyurirwa Frw miliyoni 117 ku kwezi, igiteranyo cyâumwaka wose kikaba ari miliyari 1.4. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri yâibikorweremezo, Abimana Fidele, […]
Gutunga abimuwe nâibiza bitwara Frw arenga miliyoni 100 ku munsi: MINEMA
Minisitiri ushinzwe ibikorwa byâubutabazi, Kayisire Marie Solange, yatangaje ko Leta ikoresha amafaranga yâu Rwanda arenga miliyoni 100 mu gutunga abaherutse mu byabo nâibiza. Kayisire yavuze ko hakenewe amafaranga yâu Rwanda 296 yo kwifashishwa mu gutuza, gutunga no gusana ibikorwaremezo byangijwe nâibi biza, Abanyarwanda nâinshuti zâigihugu bakaba bamaze gutanga inkunga ya Frw miliyoni 800, kandi ko […]
Perezida Ruto yategetse ko buri mukozi akatwa 3% by’umushahara
Perezida wa Kenya, William Ruto yemeje ko buri mukozi wese wa Leta agomba gukatwa 3% by’umushahara we mu rwego rwoĂÂ gufasha abafite ubushobozi buke kubona amacumbi. Ibi Perezida Ruto yabivugiye mu muhango wo kwizihiza umunsi mukuru uzwi nka Madaraka Day uba buri tariki ya 1 Kamena buri mwaka. Muri ibyi birori byabereye ahitwa Gatuzi Embu, Perezida […]
WhatsApp yaciwe amande
Urukiko rwo mu Burusiya kuri uyu wa 1 Kamena 2023 rwaciye urubuga nkoranyambaga rwa WhatsApp amande angana na miliyoni 3 zâamafaranga akoreshwa muri iki gihugu. Ni ukuvuga amadolari ya Amerika 37,080 kubera ko rutajya ruhanagura amakuru nâibiganiro binyuzwa kuri uru rubuga bitemewe. Ikigo cyâitumanaho cya Meta ari nacyo WhatsApp ikomokaho ni cyo cyamamaye cyane mu […]
Bigeze aho abashoferi bitambika âambulancesâ: Polisi
Umuvugizi wa Polisi yâu Rwanda, CP John Bosco Kabera, yatangaje ko hirya no hino mu gihugu hakomeje kugaragaza abatwara imodoka bitambika imodoka zihariye zitwara abarwayi, zizwi mu ndimi zâamahanga nka âAmbulanceâ. CP Kabera mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo yâigihugu cyarebanaga nâumutekano wo mu muhanda, yagaragaje ko iyi myitwarire yâabashoferi iteye impungenge, cyane ko ishyira ubuzima […]
Burera: Bishora mu biyobyabwenge kubera ubushomeri
Bamwe mu bakiri urubyiruko bo mu karere ka Burera bvuga ko impamvu bishora mu biyobyabwenge ari uko nta kandi kazi baba bafite, bagasaba ko Leta yabafasha kubona igishoro mu buryo bworoshye, bagakora bakiteza imbere. Uru rubyiruko ruvuga ko ikibazo cyo kunywa no gucuruza ibiyobyabwenge kigaragara muri aka karere, ahanini ngo giterwa no kuba benshi muri […]
Uganda: Polisi yafunze umuvugabutumwa ikekaho gutingana
Umwarimu wâiyobokamana mu gace ka Bushenyi muri Uganda ari muri babiri bafunzwe bakekwaho gukora ubucuruzi bwâabantu bahuje ibitsina bakabakoresha ubusambanyi. Polisi yo mu karere ka Bushenyi yatangaje ko yafunze abantu babiri barimo nâuyu mwarimu, bakekwaho gucuruza umusore wâimyaka 20 yâamavuko, akanakorerwaho ubusambanyi bwo mu kibuno. Ubuyobozi bwa polisi muri Bushenyi buvuga ko uyu wahoze akora […]
Icyo Leta ivuga ku gukumira abanyamakuru kuri site zâabibasiweĂÂ nâibiza
Guverinoma yâu Rwanda yijeje abanyamakuru imikoranire myiza nyuma yâaho bivuzwe ko hari abahejwe mu masite abibasiwe nâibiza mu ntangiriro za Gicurasi 2023 bacumbikiwemo. Mu minsi ishize, hakwirakwiye amakuru yâuko hari abanyamakuru bagiye gusura site muri Rubavu kugira ngo bamenye imibereho yâabahacumbitse, barakumirwa kuko ngo ntabwo bari basabye uburenganzira bwo kuhagera. Umuvugizi wa guverinoma wungirije, Alain […]
Umwanzuro wafatiwe i Bujumbura uhabanye nâuwo RDC yamaze gufata
Abakuru bâibihugu nâababahagarariye bafashe icyemezo cyo kongerera ingabo zâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba ziri muri Repubulika ya demukarasi ya Congo igihe zizamarayo ho amezi atandatu. Bivuze ko hashingiwe kuri uyu mwanzuro wafashwe kuri uyu wa 31 Gicurasi 2023, ingabo za EAC ziri muri RDC kuva mu mpera zâumwaka ushize zizagumeyo kugeza tariki ya 8 Nzeri. Ni […]
Abaturage barataka kubera idindira ryâumuhanda wa Nyanza-Bugesera-Ngoma
Abaturage baturiye umuhanda uhuza uturere twa Nyanza, Bugesera na Ngoma, barasaba ko imirimo yo gukora kuwukora yakwihutishwa, kubera ko ngo gutinda kwawo bidindiza iterambere ryabo. Aba baturage bavuga ko kuba imirimo yo gukora uyu muhanda yaragiye ihagarara bya hato na hato, byabateje igihombo kubera bimwe mu bikorwa byabo biherereye hafi yâuyu muhanda byarahagaze, ibindi bigenda […]
Birashoboka kongera nimero za telefone zose umucuruzi ashaka ko zihabwa code yo kurangurira kuri TIN ye
Ikigo cyâImisoro nâAmahoro, RRA, kivuga ko bishoboka kongera umubare wa nimero za telefone zishobora kwifashishwa mu gusaba code yo kurangurira kuri TIN yâumucuruzi wese ubyifuza. Ni nyuma yâuko bamwe mu bacuruzi bagaragaje ko hari ubwo batabona umwanya bitewe nâindi mirimo barimo, bityo bagatuma abandi kubarangurira ariko bikabagora gukurikirana ibyo gusaba code kugira ngo abo batumye […]
Lt. Col Katabazi yatanze integuza y’uko muri RDC hagiye kwaduka intambara y’injyanamuntu
Umuyobozi Mukuru wungirije w’Urwego rushinzwe umutekano w’Imbere muri Uganda (ISO), Lt Col Emmanuel Katabazi, yatanze integuza y’uko muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo haba hagiye kwaduka intambara ikomeye. ISO ni yo isanzwe ishinzwe ubutasi bw’imbere muri Uganda. Umuyobozi wayo wungirije yatanze integuza y’uko muri Congo haba hagiye kwaduka intambara ikomeye, ubwo yaganiraga n’abakuriye inzego zishinzwe […]
Rusizi: Uruganda rwâinzoga rumaze imyaka 10 rufunze ruhangayikishije abahinzi nâabayobozi
Ubuyobozi bwâumurenge wa Nkungu mu karere ka Rusizi hamwe nâabahinzi bâurutoki bahangayikishijwe no kuba uruganda rwakoraga inzoga mu bitoki rwarahagaritse imirimo. Aba bahinzi bâurutoki bavuga ko uru ruganda rumaze hafi amezi 10 ruhagaritse imirimo yo gutunganya ibitoki, ngo bikaba byarabateye igihombo kuko batakibona aho bajyana umusaruro wabo. Basaba ko ababishinzwe babafasha uru ruganda rukongera gukora. […]
Kenya: Abamotari bahagaritse akazi kubera isabukuru yaĂÂ mugenziĂÂ wabo
Muri Kenya, abamotari bahagaritse gutwara abagenzi kugira ngo bakorere isabukuru y’amavuko mugenz wabo witwaĂÂ JosephĂÂ Maina. Abatuye mu mujyi wa Naivasha muri Kenya, batunguwe no kubona moto zarimo ziruka cyane kandi nta mugenzi bahetse ku buryo abaturage bagize ubwoba bagatekereza ko ari umujura wibye moto bariho biruka inyuma. Uwo mumotari yamenye amakuru ko bari buze kumumenaho amazi, […]
Kugeza mu 2025 abarimu bose bazaba bafite mudasobwa zigendanwa- Umuyobozi wa REB
Umuyobozi mukuru w’ikigo gishinzwe uburezi mu Rwanda (REB), Nelson Mbarushimana, yatangaje ko hakomeje gukorwa ibishoboka kugira ngo, mu 2025, buri mwarimu azaba afite mudasobwa igendanwa kandi ko ibyo bizamura ikoreshwa ry’ikoranabuhanga n’udushya mu rwego rw’uburezi. Ibi byashimangiwe na Mbarushimana ku ya 30 Gicurasi, ubwo u Rwanda rwizihizaga umunsi mukuru wa mbere wo guhanga udushya muri […]
‘Le M23 se prĂ©pare Ă Â attaquer Goma’- Gen Ekenge
Le commandant militaire de la RD Congo a annoncĂ© que les combattants du M23 – qui, selon lui, sont en collaboration avec l’armĂ©e rwandaise sont maintenant en train de “mener Ă Â la guerre” et d’attaquer la ville de Goma, la capitale de la province du Nord-Kivu. Dans une dĂ©claration qu’il a lue, le gĂ©nĂ©ral de […]
Ingabo za Sudan zanze gutanga agahenge mu mirwano na RSF
Igisirikare cya Sudan cyanze kubahiriza ubusabe bwa Leta Zunze Ubumwe za Amerika bwo kuganira nâingabo zo mu mutwe wa RSF bahanganye ku gutanga agahenge mu ntambara ihanganishije impande zombi. Umwe mu bayobozi ba Sudan yabwiye AFP ko impamvu bafashe icyemezo cyo kwanga gusubika imirwano, ari uko ingabo zo muri uyu mutwe wa RSF nta kintu […]
Igisubizo cya Major Willy Ngoma ku makuru y’uko M23 yaba yitegura gufata Goma
Umutwe wa M23 wahakanye amakuru avuga ko waba uri mu myiteguro yo gutera ugafata Umujyi wa Goma, uvuga ko Guverinoma ya Congo ifatanyije na FDLR ari bo bari mu myiteguro y’intambara. Mu Cyumweru gishize Umuvugizi w’agateganyo wa Guverinoma ya Congo, Augustin Kibassa yari mu nama idasanzwe yâAbaminisitiri yabereye i Kinshasa, yavuze ko M23 imaze iminsi […]
Abashinzwe gutegura gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda bakangishije kwigaragambya
Ihuriro rya PCS (Public and Commercial Services) rikorera mu biro bishinzwe umutekano wâimbere mu Bwongereza ryakangishije ko abarigize bashobora kwigaragambya mu gihe bategekwa gushyira mu bikorwa gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda. Ihuriro risanzwe ritumvikana nâibiro bishinzwe umutekano wâimbere (Home Office) kuri iyi gahunda kuko ngo ntiyemewe nâamategeko, kandi ryanze ko abarigize bagera ku bihumbi […]
Musanze: General Murokore yateguje abakubita abayobozi kunyagirwa n’imvura y’amahindu
Umuyobozi wâInkeragutabara mu ntara yâAmajyaruguru, Major General (Rtd) Murokore Eric, yateguje abaturage bo mu karere ka Musanze bavugwaho gukubita abayobozi babo ko nibabikomeza, imvura yâamahindu izabanyagira. Mu kibaya cya Gatare gihuza akagari ka Kibirizi mu murenge wa Gacaca nâaka Cyabararika muri Muhoza hamaze iminsi havugwa abakora ubucukuzi bwâamabuye yâagaciro bivugwa ko ari âZahabuâ, mu buryo […]
Putin akomeje gushyira Afurika yâEpfo ku gitutu cyâamahanga
Leta ya Afurika yâEpfo igiye gutora itegeko riyiha ububasha bwo kuzafata cyangwa ntifate Perezida wâu Burusiya Vladimir Putin, mu gihe yaba ageze muri iki gihugu. Minisitiri wungirije mu biro bya Perezida wa Afurika yâEpfo, Obed Pabela, ku munsi wâejo yavuze ko igihugu cye kigiye gushyiraho itegeko riha Leta ububasha bwo gufata icyemezo cyo kuba yafata […]
Ingabo za EAC zirarara zimenye niba ziva muri RDC cyangwa zikagumayo
Ingabo ziri mu butumwa bwâamahoro bwâumuryango wa Afurika yâiburasirazuba (EAC) muri Repubulika ya demukarasi ya Congo zirarara zimenye niba zizava muri iki gihugu cyangwa se niba zikigumamo. Nyuma yâaho Perezida wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi, atishimiye umusaruro zatanze mu butumwa zahawe na EAC, muri Werurwe 2023 yanze kuzongeza manda yâamezi 6, aziha amezi atatu yâinyongezo. Tshisekedi, […]
Uturere two muri Kigali twateje igihombo gikomeye mu mavuriro nâibitaro

Uturere tugize umujyi wa Kigali dufitiye ibitaro nâamavuriro imyenda myinshi kubera kunanirwa kwishyurira abantu batishoboye bagiye bivuza, bagataha batishyuye serivisi bahawe. Ibi byaganiriwe kuri uyu wa 30 Gicurasi 2023, mu nama mpuzabikorwa kuri serivise zâubuzima, inama yitabiriwe nâinzego zitandukanye zo mu mujyi wa Kigali zifite aho zihurira cyane nâubuzima ndetse nâimibereho myiza yâabaturage. Yari ifite […]
Umuyobozi wakekwagaho gusambanira mu kabari yarafunguwe
Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge ruherutse gutesha agaciro icyaha Murindababisha Edouard wari ushinzwe kubika amakuru (Data Manager) mu karere ka Nyamagabe yashinjwaga, rutegeka ko ahita afungurwa. Murindababisha yatawe muri yombi nâurwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB) tariki ya 6 Mata 2023, akuriranweho icyaha cyo gukorera ibiterasoni mu ruhame, nyuma yâiminsi hakwirakwira amashusho amugaragaza yicaye mu kabari ko ku […]
Muhanga: Certains Ă©tablissements d’enseignement sont sales et mal gĂ©rĂ©s
Lors de la ConfĂ©rence gĂ©nĂ©rale sur l’Ă©ducation, certaines Ă©coles ont Ă©tĂ© critiquĂ©es pour leurs niveaux Ă©levĂ©s de pollution et leur mauvaise gestion. Au cours de la rĂ©union, le directeur adjoint de la protection sociale du district de Muhanga, Mugabo Gilbert, a d’abord prĂ©sentĂ© un tableau de ce que l’audit a rĂ©vĂ©lĂ© dans diverses institutions. Mugabo […]
Gatsibo: Yatawe muri yombi akekwaho kwiba SACCO Frw miliyoni 37
Urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umuyobozi wa SACCO Kabarore mu karere ka Gatsibo, imukekaho kugira uruhare mu bujura bwâamafaranga yâu Rwanda miliyoni 37 bwabereyemo. RIB isobanura ko iyi SACCO yibwe aya mafaranga ku wa 26 Gicurasi 2023, kuva ubwo ikibimenyeshwa, itangira gukora iperereza ngo imenye abagize uruhare muri ubu bujura. Uwa mbere ukekwaho […]
Umunyakenyakazi watekeraga Arsenal yeguye
Bernice Kariuki wari umutetsi w’ikipe ya Arsenal FC yo mu Bwongereza yamaze kwegura kuri iyi nshingano. Bernice abicishije ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko uyu mwaka w’imikino urangiye wari mwiza kuri Arsenal. Gusa ntabwo yigeze atangaza impamvu yatumye yegura kuri izi nshingano zo gutekera iyi kipe y’ubukombe. Bernice yashimiye byimazeyo Abanyakenya uburyo bagiye bamuba hafi bamutera […]
U Burusiya bwongeye kurasa bikomeye muri Kyiv
Mu masaha yâigicamunsi cyo kuri uyu wa 29 Gicurasi 2023, u Burusiya bwongeye kugaba ibitero bikomeye mu murwa mukuru wa Ukraine, Kyiv ku nshuro ya gatatu yikurikiranya, bisenya inyubako zikomeye ndetse abantu benshi bava mu byabo. Nkâuko BBC ibivuga, ubuyobozi bwâumujyi wa Kyiv buvuga ko ibi bitero byateye inkongi zâumuriro ku nyubako zitandukanye, kugeza ubu […]
Huye: les dĂ©putĂ©s s’engagent Ă Â dĂ©fendre les routes menant Ă Â la zone industrielle de Sovu
Ceux qui travaillent dans la zone industrielle de Sovu en district de Huye, ont prĂ©sentĂ© Ă Â un groupe de dĂ©putĂ©s au Parlement les dĂ©fis auxquels ils sont confrontĂ©s, notamment les mauvaises routes et l’Ă©lectricitĂ© insuffisante, les dĂ©putĂ©s ont promis de plaider pour ces infrastructures. Sur le site industriel de Sovu dans le district de Huye, […]
Mwangachuchu arashinjwa gukoresha abapolisi 80 bâabacancuro
Umunyemari akaba nâumudepite mu nteko ishinga amategeko ya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC), Edouard Mwangachuchu, arashinjwa gukoresha abapolisi 80 bâabacancuro. Komiseri ushinzwe umutekano wâikirombe cyâamabuye yâagaciro cya Bisunzu muri teritwari ya Masisi, Robert Mushamalirwa Balike, ubwo yagezwaga mu rukiko rukuru rwa gisirikare nkâumutangabuhamya, yasobanuye ko gisanzwe kirindwa nâabapolisi 82. Ubushinjacyaha bwâigisirikare, bushingiye ku rutonde […]
Umugaba Mukuru w’ingabo z’u Rwanda yagiye i Bujumbura

Umugaba Mukuru wâingabo zâu Rwanda, General Jean Bosco Kazura, yagiye i Bujumbura mu Burundi kuri uyu wa 29 Gicurasi 2023. Gen. Kazura yitabiriye inama yâumutekano wa Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) yahuriyemo nâabandi bagaba bakuru bâingabo zâibihugu bigize umuryango wa Afurika yâiburasirazuba, EAC, cyangwa se ababahagarariye. Nkâuko bigaragara mu ifoto, abandi bagaba bakuru bitabiriye […]
Ibyabaye kuri FDLR ubwo yafataga agace kâu Rwanda
Amateka agaragaza ko umutwe witwaje intwaro wa FDLR ucyitwa ALiR (ArmĂ©e pour la LibĂ©ration du Rwanda) wigeze gufata byâakanya gato agace kâu Rwanda kari mu kiyaga cya Kivu kazwi nka Iwawa. Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu byâumutekano, General James Kabarebe, avuga ko byabaye mu mwaka wâ1996 ubwo uyu mutwe witwaje intwaro wari muri […]
Uganda: Umwana yishe nyina amuziza ko yamwimye icyayi
Amakuru dutesha Radio Emuria FM, avuga ko uwo nyakwigendera witwa Robin Barasa w’imyaka 53, yishwe n’umuhungu we nyuma y’amakimbirane bagiranye. Uwo musore ngo yasabye nyina icyayi hanyuma nyina amubwira ko ari bukimuhe avuye guhinga mu murima w’ibigori. Uyu musore ngo ntabwo yahise abyumva ahubwo yahise afata umuhoro, atema nyina amuca umutwe. Nyuma y’aho amakuru amenyekanye, […]
Abakozi ba pariki yâibirunga ya Uganda nâiy’u Rwanda barifuza gukorana
Abakozi bo muri pariki zâibirunga mu Rwanda ndetse na Uganda barasaba ko hasubukurwa gahunda zo kugenzurira hamwe ibinyabuzima mu rwego rwo kwirinda ko hari inyamaswa zo gihugu kimwe zazimirira mu kindi. Pariki ya Uganda ihana imbibi na Pariki yâIbirunga yâu Rwanda, iyo uyinjiyemo ngo bigusaba isaha irenga ushakisha inyamaswa zâinkima zirenga 1500 zikunze gusurwa nâabakerarugendo. […]
Gakenke: Umuhesha w’Inkiko mu rungabangabo kubera abagenagaciro
Umuhesha w’inkiko w’umwuga, Me Muhama Franà §ois yaheze mu rungabangabo kubera abagenagaciro babiri badahuza ku gaciro bagenera ubutaka bumwe nk’uko byagenwe mu mwazuro w’urukiko rwisumbuye rwa Musanze wo kuwa 15/02/2023 mu rubanza Nð RCA 00137/2021/TGI/MUS. Ni urubanza rwabaye hagati y’abashakanye mu buryo bwemewe n’amategeko, ari bo: Mugabire Emmanuel Rubel n’umugore we Mukarugina Vestine ariko bikaba ngombwa […]
Kayonza: Lack of access to condoms can lead to HIV infection among young people working in mining
The young people who work in the Mining Company of Precious Stones in Rwinkwavu Wolfram Mining in Kayonza District say that they are worried that the increase of AIDS may be high because they have to wear condoms at their workplaces. When you talk to the youth who work in the company, they tell you […]
Karongi: Baravuga ko inyubako zâamashuri zibateza ibiza
Abatuye mu karere ka Karongi, kamwe mu turere twibasiwe nâibiza byatewe nâimvura nyinshi yaguye mu ntangiriro za Gicurasi 2023, bavuga amazi aturuka ku bisenge byâinyubako za Leta zubatswe ruguru yâingo zabo, abasenyera mu gihe cyâimvura. Nyiramporayonzi Rosa yabwiye ikigo cyâigihugu cyâitangazamakuru ko amazi yâimvura aturuka ku nyubako zâurwungwe rwâamashuri rwa Gishyita, atemba yerekeza aho atuye, […]