Umugabo yarekuwe nyuma y’imyaka 33 afungiwe icyaha atakoze

Nyuma y’iraswa ryabaye ku itariki 27 Ukwakira 1989 muri California ho muri Leta zunze ubumwe za Amerika, Daniel Saldana yahamijwe icyaha cyo kwica akatirwa imyaka 45 y’igifungo. Byavugwaga ko Saldana yari mu bagabo batatu barashe imodoka yari irimo abanyeshuri batandatu bibeshye, bazi ko ari abanyarugomo. Nta wahasize ubuzima ariko babiri muri bo barakomeretse. Kuva icyo […]

Rubavu: Abahinzi b’icyayi bararira ayo kwarika kubera ibiza

Imirima myinshi y’abahinzi yangijwe n’umwuzure uherutse kwibasira intara y’iburengerazuba n’amajyaruguru y’u Rwanda mu ijoro ryo ku ya 2-3 Gicurasi 2023. Akarere ka Rubavu ni kamwe mu twibasiwe cyane. Ku nkombe z’umugezi wa Sebeya, imirima y’icyayi, kimwe mu byo igihugu cyoherezwa mu mahanga mu gihugu, yararengewe n’amazi. Abahinzi batinya ko ibintu nk’ ibi bizagwira n’imihindagurikire y’ikirere. […]

Inkuru ‘isekeje’ General Kabarebe atazibagirwa kuri Minisitiri w’ingabo

Umujyanama wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe, yavuze ikintu gisekeje atazibagirwa kuri Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda, Major General Albert Murasira. Gen. Kabarebe ubwo yaganiraga n’abanyeshuri biga muri kaminuza ya UTB, yabasobanuriye ku mateka y’urugamba rwo kubohora igihugu n’uburyo Inkotanyi zinjije abasirikare ba ‘Ex-FAR’ mu ngabo z’igihugu. Muri ba ‘Ex-FAR’ binjiye mu ngabo […]

Hagiye gutangizwa itorero ryigisha abakozi ba Leta n’abikorera kunoza umurimo

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, ivuga ko igiye gushyiraho Itorero rigenewe ibigo bya Leta n’iby’abikorera, mu rwego kwimakaza imikorere mbonezamurimo. MINUBUMWE isobanura ko iri torero rizajya rikorerwa muri ibi bigo kugira ngo abakozi babikoramo barusheho gusobanurirwa uburyo bwo kunoza umurimo. Minisitiri Dr Bizimana Jean DamascĂšne avuga ko Itorero ry’Igihugu ryagiye rigira uruhare rukomeye mu […]

Telefone ishobora kwangiza ubwonko mu gihe ikoreshejwe nabi

Telefone ni nziza ku muntu ushaka kugendana n’ibigezweho, ushaka gutera imbere mu ikoranabuhanga, ushaka kumenya amakuru yiriwe cyangwa yaraye hirya no hino ku Isi kandi yoroshya cyane itumanaho. Ariko kuyikoresha neza bikwiye kuba ihame. Umuhanga mu bugenge bwa nikeleyeri, Dr Mukarukaka Annely, mu gitabo ‘‘Proper Utilization of Technology Particularly Mobile Phones’, yanditse cyigisha ku gukoresha […]

Zen Karate Do y’i Rubavu yegukanye irushanwa ryo kwibuka jenoside

Sinzi warokoye Abatutsi mu gihe cya jenoside, akoresheje Karate

Ikipe ya Zen Karate Do yo mu karere ka Rubavu yegukanye igikombe cy’irushanwa ryo kwibuka abazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 bakinaga umukino wa Karate, itsinze kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye.4 Iri rushanwa ryabereye muri Saint Andre, i Nyamirambo mu karere ka Nyarugenge kuri uyu wa 28 Gicurasi 2023, ribanzirizwa no kunamira abari abakinnyi […]

Museveni yanenze abasirikare ba Uganda bagabweho igitero na Al-Shabab

Perezida wa Uganda Yoweri Museveni yemeje ko ikigo cy’ingabo za Uganda ziri mu butumwa bw’amahoro muri Somalia cyagabwemo igitero n’intagondwa zibarirwa mu magana ziyitirira idini rya Islam zo mu mutwe wa al-Shabab, mu rukerera rwo ku wa 26 Gicurasi 2023. Mu itangazo yashyize kuri Twitter, yanenze abasirikare ba Uganda bakorera mu kigo cy’i BuloMareer, mu […]

Rejection by the British High Court of the appeal lodged by “WSCUK” against the Association Agreement between the Kingdom of Morocco and the United Kingdom: a new setback for the “polisario”

Rejection by the British High Court of the appeal lodged by “WSCUK” against the Association Agreement between the Kingdom of Morocco and the United Kingdom: a new setback for the “polisario” The rejection by the British High Court of the appeal lodged by the “polisario” through the NGO “WSCUK” against the Association Agreement between the […]

General Kabarebe yahishuye ukuri yabwiwe n’umusirikare w’Umubiligi ubwo yayoboraga ingabo za RDC

Umunyabigwi mu mutekano w’akarere k’ibiyaga bigari, General James Kabarebe yahishuye ukuri yabwiwe n’umuzungu mu gihe yari akiri Umugaba Mukuru w’ingabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo. Gen. Kabarebe yavuze ko ubwo abasirikare ba RPA-Inkotanyi bari bamaze kubohora u Rwanda, bacyuye impunzi miliyoni eshatu zari zarahungiye mu burasirazuba bwa RDC kugira ngo zifatanye n’abandi kubaka igihugu. […]

Se souvenir d’eux, c’est leur donner une voix dans nos vies- Ministre Bayisenge

En commĂ©moration des familles disparues, tuĂ©es dans le gĂ©nocide perpĂ©trĂ© contre les Tutsi, le ministre de l’à‰galitĂ© et du DĂ©veloppement communautaire, le professeur Bayisenge Jeannette a dĂ©clarĂ© que les familles disparues Ă©taient une grande force que le pays a perdue. Dans la soirĂ©e du 27 mai 2023, au stade du district de Bugesera, plus de […]

Kinshasa: Général yatawe muri yombi akekwaho umugambi wo guhirika ubutegetsi

GĂ©nĂ©ral Major mu ngabo za Repubulika ya demukarasi ya Congo, AimĂ© Mbiato Konzoli, yatawe muri yombi n’abakozi b’urwego rushinzwe iperereza (ANR) bamukekaho gutegura umugambi wo guhirika ubutegetsi. Amakuru agera kuri BWIZA avuga ko Gen. Mbiato usanzwe ari umuyobozi w’ibiro bya Minisitiri w’ingabo, Jean Pierre Bemba, yatawe muri yombi mu gitondo cyo kuri uyu wa 27 […]

Colombia: Visi Perezida yategetse ko Igiswahili cyigishwa mu mashuri yaho

Visi Perezida wa Colombia, Francia Marquez, yatangaje ko ururimi rw’Igiswahili rugomba kwigishwa m mashuri mu rwego rwo guhamya isano iri hagati y’abo mu gihugu cye n’Abanyafurika. Nk’uko RFI ibivuga, Marquez yabitangarije imbere y’abanyamakuru tariki ya 26 Gashyantare 2023, ubwo yasobanuraga ibyaranze uruzinduko yagiriye muri Afurika y’Epfo, Kenya na Ethiopia. Uyu muyobozi wa kabiri ufite ijambo […]

Rejet par la justice britannique du recours intentĂ© par “WSCUK” contre l’Accord d’Association entre le Royaume du Maroc et le Royaume Uni: un nouveau revers pour le “polisario”

Le rejet par la Haute Cour britannique de l’appel introduit par le “polisario” à  travers l’ONG “WSCUK” contre l’Accord d’Association entre le Royaume du Maroc et le Royaume-Uni, constitue un nouveau revers pour le “polisario”. Il fait suite à  une premiĂšre dĂ©cision rendue en 1ere instance par la mĂ ÂȘme Cour, le 05 dĂ©cembre 2022, rejetant […]

Igihe bisi nshya zitwara abagenzi zizabonekera cyegejwe inyuma ho amezi ane

Minisiteri y’ibikorweremezo (MININFRA) ifite gutwara abagenzi mu nshingano, yahinduye igihe bisi nshya zitezweho gukemura ikibazo cy’umubyigano muri za gare zo mu mujyi wa Kigali zizabonekera, icyegeza inyuma ho amezi ane. Mu nama y’igihugu y’Umushyikirano yabaye tariki ya 27 Gashyantare 2023, Umunyamabanga wa Leta muri MININFRA, Uwase Patricie, yatangaje ko mu gihe kitarenze amezi atatu uhereye […]

Kibumba: Ingabo za Kenya zabyaje umubyeyi wari ku gise

Ingabo za Kenya ubwo zafashaga uyu mubyeyi wari ku gise

Ingabo za Kenya ziri mu butumwa bw’amahoro bw’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba muri Repubulika ya demukarasi ya Congo zafashije umubyeyi wo muri Kibumba kubyara. Ibiro by’izi ngabo bisobanura ko nyuma yo gufasha uyu mubyeyi tariki ya 26 Gicurasi 2023, yajyanwe ku kigo nderabuzimacya Kanyarucinya kugira ngo ahabwe ubundi bufasha. Nyuma yo kwitabwaho, ingabo za Kenya zamuherekeje […]

General Kabarebe yagaragaje urwango rukomeye abakoloni b’Ababiligi bagiriye u Rwanda

Umujyanama wihariye wa Perezida Paul Kagame mu by’umutekano, General James Kabarebe, yagaragaje urwango rukomeye abakoloni b’Ababiligi bagiriye u Rwanda. Gen. Kabarebe ubwo yaganirizaga abanyeshuri biga muri kaminuza ya UTB mu karere ka Rubavu, yasobanuye ko Ababiligi batigeze bubaka ibikorwaremezo mu Rwanda, mu gihe abakolonizaga ibihugu by’abaturanyi bo bubakagayo amashuri menshi. Yagize ati: “Batangiye amacakubiri u […]

Somalia: U Burusiya bwemereye Somalia ubufasha mu bya gisirikare

Kuri uyu wa 26 Gicurasi 2023, abadipolomate ba Somalia batangaje ko igihugu cyabo kigiye kwakir ubufasha cyahawe n’u Burusiya mu rwego rwo gufasha mu guhangana n’umutwe w’iterabwoba wa Al-Shabab. Inkuru y’ikinyamakuru The Citizens ivuga ko abadipolomate batifuje ko amazina yabo atangazwa kubera ko nta burenganzira bwo kuvugisha abanyamakuru bafite, bavuze ko Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u […]

Ni ikimwaro kuba igihugu kidashobora gutanga abagize uruhare muri jenoside: Me Gisagara

Umunyamategeko Me Gisagara Richard yatangaje ko biteye ikimwaro kuba hari ibihugu bitinda gutanda abakekwaho uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Me Gisagara yavuze ibi, nyuma y’ifatwa ndetse n’itabwa muri yombi rya Fulgence Kayishema wari umaze igihe kinini ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994. Ubwo yari […]

Uganda: Ukekwaho kwiba amashilingi yapfiriye muri kasho ya Polisi

Polisi yo mu karere ka Rukungiri iri gukora iperereza ku rupfu rw’umugabo w’imyaka 26 y’amavuko wapfiriye muri kasho, nyuma yo gufungwa akekwaho kwiba amashilingi ya Uganda 1,600,000. Inkuru dukesha ikinyamakuru Daily Monitor cyo muri Uganda, ivuga ko uyu mugabo wahawe amazina ya Benjamin Akampa a.k.a Kyojo, akaba umuturage wo mu gace ka Kitojo Central, mu […]

Kenya: Abanyeshuri 35 bajyanwe mu bitaro nyuma yo guterwa imyuka mibi

Abanyeshuri 35 bataye ubwenge nyuma yo guterwa ibyuka biryana mu maso, ubwo Polisi yari ihanganye n’abakorera ubucuruzi mu muhanda mu gace ka Kawangware muri Kenya. Inkuru y’ikinyamakuru The Citizens ivuga ko uku gushyamirana kwa Polisi n’aba bucuruzi kwabereye hafi y’ishuri ribanza rya Ndurarua kuri uyu wa 26 Gicurasi 2023. Ubwo abapolisi bageragezaga guhangana no guhosha […]

Ibiza: Jeannette Kagame yagaragaye ateruye uruhinja rwarokotse mu bana 6 bavukanye

Abagizweho ingaruka n'ibiza ndetse n'abayobozi mu nzego z'ibanze muri Ngororero/Kigali Today

Umufasha wa Perezida wa Repubulika, Jeannette Kagame, yagaragaye ateruye uruhinja rumwe rwarokotse mu bana batandatu bavukiye mu muryango umwe mu karere ka Ngororero, ubwo bibasirwaga n’ibiza. Imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira uwa 3 Gicurasi 2023 yateje ibiza birimo inkangu yubitse inzu y’umuryango wa Birikunzira Frodouard na Nyirandagijimana Alphonsine, yica abana […]

Ingufu za Nyiramugengeri zatuma imera nk’ikirunga kiruka: Dr Nzayitegeye

Umushakashatsi w’ikigo cy’igihugu gishinzwe ubuhinzi n’ubworozi (RAB) yahumurije abaturage bakorera ubuhinzi mu gishanga cya Mukunguri gihuriweho n’akarere ka Kamonyi ndetse na Ruhango, nyuma y’iturika rya Nyiramugengeri iri muri icyo gishanga. Mu kiganiro na Radio Rwanda, Dr Ndayitegeye Olivier yavuze ko kuba Nyiramugengeri yaraturitse ari ibintu bisanzwe ndetse asobanura ko impamvu ishobora guturika ari ukubera ingufu […]

Being grandmother at 34 year old, a Rwandan woman reveals her pain

In Rubavu, western part of Rwanda, there lives a 34 year old mother who has a grandchild born to her eldest daughter, who says the bad living conditions are going to make her run to the mountains, but when she looks at her grandchild she feels amazed. The mother, whose name is Gaudence Sumwiza, lives […]

Zelensky a envoyé un message à  Kagame sur la guerre en Ukraine

Le bureau du prĂ©sident du Rwanda a annoncĂ© que le prĂ©sident Paul Kagame a reà§u le ministre des affaires Ă©trangĂšres de l’Ukraine qui a apportĂ© un message du prĂ©sident Volodymyr Zelensky. Kagame et le ministre des Affaires Ă©trangĂšres Vincent Biruta ont reà§u le ministre Dmytro Kuleba et d’autres, ils ont discutĂ© de la guerre en […]

Kayishema n’abo muri Cape Town bari bamuzi nk’Umurundi batunguwe

Kayishema ubwo yatabwaga muri yombi

Umugabo w’imyaka ibarirwa muri 60 y’amavuko wari ufite ibyangombwa byanditseho ko ari Umurundi witwa Nibasumba Donatien, hamwe n’abo mu gace yari atuyemo ka Paarl mu mujyi wa Cape Town muri Afurika y’Epfo, batunguwe n’uko byatahuwe ko ari we Kayishema Fulgence wari umaze imyaka irenga 20 ashakishwa kubera uruhare akekwaho muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. […]

Umukuru wa UN yishimiye bikomeye ifatwa rya Kayishema

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yagaragaje ko yishimiye bikomeye ifatwa rya Fulgence Kayishema wari umaze imyaka irenga 20 ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Umushinjacyaha Mukuru w’urwego IRMCT rwa UN rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda i Arusha (ICTR), Serge Brammertz, yatangaje ko Kayishema yafatiwe mu gace ka […]

Perezida Samia na Museveni bamuritse urugomero rw’amashanyarazi

Museveni na Samia ubwo bamurikaga uru rugomero

Perezida Samia Suluhu wa Tanzania hamwe n’uwa Uganda, Museveni Kaguta, batangije urugomero rw’amashanyarazi rwataye amadolari ($) miliyoni 56, ruzafasha abatuye muri ibi bihugu mu kugerwaho n’ibikorwaremezo. Uru rugomero rukoresha amazi y’umugezi w’Akagera rwamuritswe kuri uyu wa 25 Gicurasi 2023, ahitwa Isingiro muri Uganda. Uru rugomero rwa Kikagati-Murongo Hydropower Plant ruzatanga kilowate 14 z’umuriro. Uyu ni […]

Ubumwe bwa Afurika ni bwo buzayiha ishema n’imbaraga zatakaye: Protais Musoni

Mu gihe umuryango wa Afurika yunze ubumwe (AU) urimo kwizihiza isabukuru ya 60, Umuyobozi Mukuru w’umuryango uharanira ubunyafurika (Pan-African Mouvement) mu Rwanda, Protais Musoni, yemeza ko ubumwe bw’Abanyafurika ari bwo buzagarura ishema n’ imbaraga zatatanyijwe n’amateka. Musoni yabwiye Bwiza.com ko intwari zashinze uyu muryango wa Afurika zabitekereje bizivuye ku mutima ndetse banatanga ibitambo bikomeye kugira […]

Rulindo: Barasaba ko ivuriro ryabitswemo ifumbire rikoreshwa icyo ryubakiwe

Abatuye mu kagari ka Nyirabirori, umurenge wa Tumba mu karere Rulindo barasaba ko ivuriro ry’ibanze (poste de santĂ©) ryaho ryabitswemo ifumbire mvaruganda ryakoreshwa icyatumye ryubakwa. Iri vuriro ryubatswe n’ishyirahamwe ry’abahinzi b’icyayi rizwi nka ASSOPTHE, nk’igisubizo kuri bo n’abaturage muri rusange kubera ko basanzwe bakora urugendo rurerure bajya gushaka serivisi z’ubuvuzi mu bigo nderabuzima birimo: icya […]

Uwabaye Umuvugizi wa Perezida Ndayishimiye yeguye nyuma y’amafoto yateje impaka

Alain-DiomĂšde Nzeyimana wari umuyobozi w’ikigo gishinzwe itumanaho, ikoranabuhanga n’itangazamakuru, yeguye kuri iyi nshingano nyuma y’aho ku rubuga rwe rwa WhatsApp hagaragaye amafoto n’ikiganiro yemezaga ko bidakwiye. Nyuma y’aho aya mafoto n’iki kiganiro bikwirakwiye mu matsinda ya WhatsApp, tariki ya 14 Gicurasi 2023, Nzeyimana wabaye Umuvugizi wa Perezida Evariste Ndayishimiye yasobanuye ko koko konte ari iye. […]

Marekani kwa mara nyingine imewataka Wakongo kusitisha mawasiliano na FDLR

Marekani kwa mara nyingine tena imewataka watu wa Kongo katika Jamhuri ya Kidemokrasia ya Kongo kusitisha mawasiliano na kundi la waasi la FDLR linaloipinga serikali ya Rwanda. Haya yalisemwa na Katibu wa Marekani, Antony Blinken, katika mahojiano na Rais wa RDC, FĂ©lix Tshisekedi, Mei 23, 2023, kwenye laini ya simu. Blinken alisema alimweleza Tshisekedi kwamba […]

Rwanda-GĂ©nocide: Le suspect le plus recherchĂ© arrĂ ÂȘtĂ© en Afrique du Sud

Le fugitif le plus recherchĂ© accusĂ© d’avoir participĂ© au gĂ©nocide rwandais de 1994 a Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ© à  Paarl, en Afrique du Sud, aprĂšs des dĂ©cennies de cavale, selon les autoritĂ©s. Fulgence Kayishema a Ă©tĂ© arrĂ ÂȘtĂ© mercredi aprĂšs-midi dans une opĂ©ration conjointe entre les autoritĂ©s sud-africaines et l’Ă©quipe de recherche des fugitifs du procureur, selon le […]

Kayishema wari umaze imyaka hafi 30 ashakishwa n’u Rwanda yafashwe

Inzego z’umutekano za Afurika y’Epfo zataye muri yombi Umunyarwanda Fulgence Kayishema wari umaze hafi imyaka 30 ashakishwa kubera uruhare akekwaho kugira muri jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Nk’uko CNN yabitangaje, Kayishema yafatiwe ahitwa Paarl kuri uyu wa 24 Gicurasi 2023, bigizwemo uruhare na Polisi n’itsinda ry’ubushinjacyaha bw’urwego IRMCT rw’Umuryango w’Abibumbye rwasigariyeho urukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho […]

Nyamasheke: Umugore aravuga ko yakubiswe n’abaturanyi bimuviramo gukuramo inda

Nyirabakura Julienne w’imyaka 33, utuye mu mudugudu wa Makoko, akagari ka Mubumbano, umurenge wa Kagano mu karere ka Nyamasheke arasaba Meya Mukamasabo Appolonie gukurikirana ikibazo cye, nyuma y’uko ngo akubitiwe mu kimina na bagenzi be bikamuviramo gukuramo inda y’amezi 2,5 akabura ubutabera. Aganira na Bwiza.com, Nyirabakura uvuga ko inda yakuyemo yari iy’imbyaro ya 4, akaba […]

Polisi ya Malawi imaze guta muri yombi impunzi zirenga 400 zirimo Abanyarwanda

Mu byumweru bibiri, Polisi ya Malawi imaze guta muri yombi impunzi zirenga 400 ziganjemo iz’Abanyekongo, Abarundi n’Abanyarwanda nyuma y’aho zanze kujya mu nkambi ya Dzaleka. Minisiteri y’umutekano w’imbere muri Malawi yateguje impunzi zibarirwa mu bihumbi 8 zakwiye mu bice bitandukanye by’igihugu ko nizigeza tariki ya 15 Mata 2023 zitarajya muri iyi nkambi, zizafatwa, zijyanwemo ku […]

The DRC already filed new complaints at the ICC against Rwanda and the M23

The Democratic Republic of Congo has this week filed another formal complaint at the International Criminal Court (ICC) asking the court to ensure that it does not consider what it calls the military coup of its militias in eastern Congo by the Rwandan National Army (RDF) and the M23 rebels. The ICC has already had […]

La FERWAFA envisage d’ aider les personnes touchĂ©es par la catastrophe

La FĂ©dĂ©ration rwandaise de football, FERWAFA, a annoncĂ© qu’elle fournira une assistance aux habitants des provinces qui ont rĂ©cemment Ă©tĂ© frappĂ©s par des catastrophes qui ont causĂ© beaucoup de dĂ©gĂ Âąts et coà»tĂ© la vie à  certains. Dans les provinces de l’Ouest, du Nord et du Sud, il y a eu des catastrophes rĂ©centes qui ont […]

Nyaruguru: Umufatanyabikorwa arashimirwa uruhare mu iterambere ry’umugore

Ntakirutimana Marthe

Abagore basaga 900 bibumbiye mu matsinda 33 yo mu murenge wa Ruheru mu karere ka Nyaruguru, bavuga ko kumara imyaka isaga 7 bakorana umunsi ku wundi n’umufatanyabikorwa ActionAid Rwanda, byabazamuriye imyumvire bizana ubwimvikane mu ngo zabo, bakorera hamwe bongera umusaruro w’ubuhinzi, barizigama bashora imari mu mishinga yinjiza amafaranga. Aba bagore babitangarije Bwiza ubwo bamurikaga umusaruro […]

Musanze: Abarenga 400 bararira kubera igihombo bavuga ko bashowemo

Bavuga ko baguze amabati, bamaze gusakara, ubuyobozi burabasenyesha

Abaturage basaga 400 bo mu karere ka Musanze, bacururizaga mu gasoko kazwi nka “Ryankandagiro” gaherereye mu mudugudu wa Gasanze, akagari ka Cyabararika mu murenge wa Muhoza, bararira ayo kwarika kubera igihombo bavuga ko batewe n’ubuyobozi bw’akarere, bakaba basaba kurenganurwa bakishyurwa ibyo batakaje bashoramo imari yabo. Ni igikorwa kitashimishije benshi, by’umwihariko abaturage bacururizaga muri aka gasoko […]

Rwanda: Ceux qui ont commis le génocide seront formés avant de reprendre une vie normale

Le gouvernement du Rwanda prĂ©voit de former les personnes impliquĂ©es dans le gĂ©nocide de 1994 contre les Tutsis en vue de leur libĂ©ration, avant leur libĂ©ration. Le Ministre de l’UnitĂ© et de la ResponsabilitĂ© Civique, Dr. Bizimana Jean DamascĂšne, a expliquĂ© aux membres de la Commission de l’UnitĂ© Rwandaise, des Droits de l’Homme et de […]

Tanzania: Yakatiwe kunyongwa azira gusambanya umucecuru w’imyaka 94

Muri Tanzania haravugwa inkuru y’umugabo witwa Edmund Emmanuel, wakatiwe igihano cyo kunyongwa azira gufata umucecuru w’imyaka 94 kugeza apfuye. Edmund utuye mu ntara ya Manyara, yabwiye umucamanza ko gukora iki cyaha byaturutse ku bukene yari afite, akajya ku mupfumu akamutegeka kujya gufata uwo mukecuru usanzwe ufite ubumuga bwa kugagara, bimuviramo urupfu nk’uko ikinyamakuru Mwanchi cyandikirwa muri Tanzania […]

Le Sénat approuve le projet de loi modifiant la Constitution

Minisitre Dr Emmanuel Ugirashebuja

Le SĂ©nat Rwandais a approuvĂ© les bases du projet de rĂ©forme constitutionnelle initiĂ© par le PrĂ©sident de la RĂ©publique, dans le but de combiner les Ă©lections du chef de l’Etat avec celles des dĂ©putĂ©s qui se tiendront en 2024. Le projet de loi d’amendement constitutionnel adoptĂ© par le SĂ©nat a Ă©tĂ© rĂ©cemment approuvĂ© par la […]

Abahamijwe uruhare muri jenoside bazajya bahugurwa mbere yo gusubira mu buzima busanzwe

Minisitiri Bizimana ubwo yari imbere y'aba badepite

Guverinoma y’u Rwanda irateganya kujya ihugura abahamijwe uruhare muri jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 bitegura gufungurwa, mbere y’uko barekurwa. Minisitiri w’ubumwe n’inshingano mboneragihugu, Dr Bizimana Jean DamascĂšne, yasobanuriye abadepite bagize komisiyo y’bumwe bw’Abanyarwanda, uburenganzira bwa muntu no kurwanya jenoside ko aya mahugurwa azajya afasha aba bantu kubana neza n’abo bazasanga hanze ya gereza. Uyu muyobozi […]

Hifashishijwe icyemezo cya Covid-19 mu gushinja Mwangachuchu ko ari Umunyarwanda

Ubushinjacyaha bw’igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo bwifashishije icyemezo cy’uko umuntu yipimishije icyorezo cya Covid-19 mu guhamya ko umudepite akaba n’umunyemari, Edouard Mwangachuchu, ari Umunyarwanda. Urubanza rwakomereje mu rukiko rukuru rw’igisirikare ruri kuri gereza ya Ndolo muri Kinshasa kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, rushingira ku mpaka ku bwenegihugu bwa Mwangachuchu. Ubushinjacyaha buherutse kuvuga […]

Minisitiri byahwihwiswaga ko afunzwe yagaragaye mu ruhame

Minisitiri Mimosa ubwo yagaragaye aseka, ubwo yarebaga uyu mukino

Minisitiri wa siporo, Munyangaju Aurore Mimosa, yaragagaye akurikirana umukino wa Basketball muri LycĂ©e de Kigali, nyuma y’amasaha menshi bihwihwiswa ko yatawe muri yombi n’urwego rw’ubugenzacyaha, RIB. Mu gitondo cyo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, ku mbuga nkoranyambaga haramutse amakuru avugwa ko hari Minisitiri watawe muri yombi ngo “ubwo yakiriraga ruswa kuri hotel” i Remera, […]

Gisozi: Inkongi y’umuriro yafashe agakiriro, abagaturiye barahunga

Abaturage basohoye ibikoresho, biteguye guhunga

Mu masaa kumi y’umugoroba wo kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, agakiriro ka Gisozi kibasiwe n’inkongi y’umuriro, abagaturiye batangira guhunga kuko hari impungenge z’uko inzu zabo na zo zafatwa. Umunyamakuru wa BWIZA yatumenyesheje ko iyi nkongi yafashe igice cy’ibarizo ry’ishyirahamwe APARWA muri aka gakiriro, ahaherera mu mudugudu wa Musezero, bikaba bikekwa ko yakomotse ku bice […]

Ron Weiss wari umaze icyumweru asimbuwe ku buyobozi bwa REG yasubijweho

Inama y’ubutegetsi y’ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu, REG, kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023 yasubijeho Ron Weiss ukomoka muri Israel ku buyobozi bukuru bwacyo, nyuma y’icyumweru imusimbuje. Icyemezo cyo gukura kuri uyu mwanya Weiss cyashyizweho umukono na Dr Didacienne Mukanyiligira usanzwe ari Umuyobozi w’inama y’ubutegetsi ya REG tariki ya 15 Gicurasi. Weiss yari yasimbujwe by’agateganyo Gakuba […]

Kenya: Umunyamabanga Uhoraho yeguye nyuma y’icyumweru atowe

Esther Ngero wari umaze icyumweru kimwe atorewe ku mwanya w’umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza muri Kenya yeguye. Kuri uyu wa 23 Gicurasi 2023, Perezida William Ruto yemeye ko yabonye ubwegure bwa Esther, abibwiwe na Felix Koskei ushizwe imirimo mu biro by’Umukuru w’Igihugu. Esther yahawe inshingano yo kuba Umunyamabanga uhoraho mu rwego rw’amagereza tariki ya 16 Gicurasi […]

IBUKA irifuza ko Ingabire Victoire yamburwa imwe mu mitungo

Umuyobozi wa IBUKA muri Nyarugenge

Umuryango IBUKA uharanira inyungu z’abarokotse jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 urifuza ko umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire yamburwa imwe mu mitungo yabaruweho. Perezida w’uyu muryango mu karere ka Nyarugenge, Rukemampunzi Jean Claude, yatangarije Imvaho Nshya ko Ingabire Victoire yibarujeho imitungo y’umubyeyi we, Dusabe ThĂ©rĂšse wahamijwe uruhare muri jenoside yakorewe Abatutsi. Rukemampunzi yagize ati: “Ni umumama witwa […]

Musanze: Umugore arashinja umugabo we kumusuka urusenda mu gitsina

Umugore w’imyaka 37 y’amavuko utuye mu murenge wa Cyuve mu karere ka Musanze yitabaje ubuyobozi ngo bukurikirane umugabo we babyaranye gatanu, amushinja kumusuka urusenda mu gitsina. Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Migeshi, Ishimwe Justin, yatangarije Kigali Today ko uyu mugore yamutabaje mu masaa sita y’ijoro kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023, amumenyesha ko umugabo amukoreye uru […]

Guyana: Abanyeshuri 20 bapfiriye mu nkongi y’umuriro

Abanyeshuri biganjemo ab’abakobwa bahiriye muri mu icumbi bashiramo umwuka. Byabereye mu gihugu cya Guyana muri Amerika y’Epfo mu rukerera rwo kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023. Iyi nkongi y’umuriro yabereye mu macumbi y’abanyeshuri bo mu ishuri ryisumbuye rya Mahdia, abantu benshi biganjemo abana bato b’abakobwa barakomereka, 20 muri bo bahasiga ubuzima. Guverinoma ya Guyana yatangaje […]

Zambia: Umwana w’imyaka 12 yapfuye azize umukino w’abana

Umwana ufite imyaka 12 yapfuye yishwe n’abana bagenzi be batatu ubwo barimo bakina umukino wo guterana amakofi n’inshyi (kick and slap) ari byo byaviriyemo uwo mwana urupfu. Abo bana bari hagati y’imyaka 13, 15 na 16. Muri uyu mukino, uyu mwana baje kumukibita bikomeye ava amaraso menshi, bimuviramo kuhasiga ubuzima. Francis Ngosa witabye Imana yazize kuva amaraso […]

Polisi yahaye gasopo abatwara ibinyabiziga ‘nk’abaguze’ imihanda

Polisi y’u Rwanda yihanangirije abatwara ibinyabiziga uko bishakiye, bakima abanyamaguru umwanya wo kwambuka, ibateguza ko iteganya kujya ibafatira ibihano by’intangarugero. Umuvugizi w’uru rwego, CP John Bosco Kabera, mu kiganiro yagiriye kuri televiziyo y’igihugu kuri uyu wa 22 Gicurasi 2023, yagaragaje ko bibabaje kuba hari abantu bashimira u Rwanda ibindi byose, ariko byagera ku mutekano wo […]

Ibiza biherutse kwibasira u Rwanda bimaze kwirukanisha abayobozi barenga 10

Ibiza byatewe n’imvura nyinshi yishe abantu ikanasenya ibikorwaremezo bitandukanye mu gihugu mu minsi ishize, byatumye hari abayobozi ba Leta batakaza akazi. Nk’uko byatangajwe Christophe Nkusi uyobora akarere ka Ngororero, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’akagari ka Rutare mu murenge wa Matyazo, Dusengimana Pacifique yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo kwaka ruswa abaturage bangirijwe n’ibiza. Meya Nkusi yatangarije Kigali […]

Kagame yasangije abanyeshuri bo muri Amerika urugendo rwo guhindura u Rwanda

Kuri iki cyumweru tariki ya 21 Gicurasi 2023, Perezida Paul Kagame, yakiriye abanyeshuri bo muri kaminuza ya Wartburg iyobowe na Steve Noah wahoze ari Visi Perezida ushinzwe umubano wa Leta n’imishinga idasanzwe muri kaminuza ya William Penn. Perezidansi y’u Rwanda itangaza ko abanyeshuri basangijwe ubunararibonye mu masomo y’uburezi bw’amahoro n’indangagaciro ku rwibutso rwa jenoside rwa […]

Umunyemari Mwangachuchu yahakanye gusaba pasiporo y’u Rwanda

Umunyemari Edouard Mwangachuchu ufite ibirombe by’amabuye y’agaciro muri teritwari ya Masisi muri Repubulika ya demukarasi ya Congo, yabwiye urukiko ko atigeze asaba pasiporo y’u Rwanda, bitandukanye n’ibivugwa n’ubushinjacyaha. Mwangachuchu usanzwe ari n’umudepite amaze igihe aburanishwa n’urukiko rukuru rwa gisirikare, aho ashinjwa ibyaha birimo ubugambanyi no gutunga intwaro mu buryo butemewe n’amategeko. Ubushinjacyaha bwasobanuye ko amakuru […]

Televiziyo y’u Rwanda yasubije igisirikare cy’u Burundi cyayamaganye

Umuyobozi Mukuru w’ikigo cy’igihugu cy’itangazamakuru, Arthur Asiimwe, yasubije igisirikare cy’u Burundi cyamaganye televiziyo yacyo (RTV), kiyishinja guha urubuga abagishinja gukorana n’imitwe yitwaje intwaro irimo FDLR na Nyatura. Tariki ya 14 Gicurasi 2023, kuri iyi televiziyo hatambutse ikiganiro Ishusho y’Icyumweru cyari cyatumiwemo Me Uwizeyimana Evode na Me Gasominari Jean Baptiste basesenguraga ku ngabo z’umuryango wa Afurika […]

Dr Habineza yasuye ibiti yateye mu ishyamba rya UR mu myaka 22 ishize

Muri iri shyamba harimo ibiti byatewe na UNR Wildlife Club mu myaka 22 ishize

Umuyobozi Mukuru w’ishyaka DGPR (Democratic Green Party of Rwanda) riharanira demukarasi no kurengera ibidukikije, Dr Frank Habineza, yasuye ibiti birenga 1000 we na bagenzi be bari bakiri abanyeshuri bateye mu ishyamba rya Kaminuza y’u Rwanda, ishami rya Huye, mu mwaka w’2000 na 2001. Igikorwa cyo gusura ibi biti cyakurikiye inama y’urubyiruko rwo muri iri shyaka […]

Umugore wabyaranye n’umwana w’imyaka 13 yakatiwe iminsi 90

Andrea Serrano w’imyaka 31 uba muri Leta ya Colorado muri Leta zunze ubumwe za Amerika yakatiwe igifungo cy’iminsi 90 nyuma yo guhamywa icyaha cyo gusambanya umuhungu w’imyaka 13, bakabyarana. Serrano yatawe muri yombi muri Nyakanga 2022, muri Gashyantare 2023 akatirwa igifungo cy’imyaka 10 gisubitse, nyuma yo kugirana amasezerano n’ubushinjacyaha, akemera icyaha. Iki gihano nacyo cyagabanyijwe […]

Abaturage bagiriwe inama mu gihe Nyamulagira ikomeje kuruka

Ikigo cy’i Goma gishinzwe gukurikirana ibirunga cyagiriye inama abatuye muri uyu mujyi mu gihe Nyamulagira ikomeje kuruka guhera ku mugoroba w’uyu wa 20 Gicurasi 2023. Umuyobozi w’iki kigo kizwi nka OVG, Dr Muhindo Adalbert, yamenyesheje abatuye i Goma ko kuva saa kumi n’ebyiri n’igice z’umugoroba, Nyamulagira iri kuruka yerekeza mu burengerazuba, muri Pariki ya Virunga. […]