Icyatumye umunyamakuru wo mu Rwanda afungirwa mu Burundi
Umunyamakuru Jean Paul Nkundineza ukurikirana byâumwihariko inkuru zâubutabera, avuga ko aherutse gufungirwa mu Burundi hamwe nâumufotozi we n’undi witwa Niyongabo Eric, azira gufotora itangazo riteguza ibazwa rya Alain-Guillaume Bunyoni. Nkundineza asobanura ko ubwo yari akiri mu Rwanda, yabanje kwandikira Perezida wâurukiko rwâikirenga wâu Burundi, Emmanuel Gateretse kuri Email tariki ya 5 Gicurasi 2023, amusaba uburenganzira […]
U Rwanda rwaba ruteganya kugura indege yâigisirikare muri Brazil
U Rwanda rugaragara ku rutonde rwâibihugu biteganya kugura indege zâubwikorezi zâigisirikare yâubwoko bwa KC-390 Millenium zikorwa n’uruganda Embraer rwo muri Brazil. Aya makuru yatanzwe nâUmugaba wâingabo za Brazil zirwanira ku butaka, Lt Brig. Marcelo Kanitz Damasceno, ubwo yaganiraga na komisiyo ya sena ishinzwe ububanyi nâamahanga. Lt Brig. Damasceno, muri iki kiganiro cyabaye mu ntangiriro zâuku […]
Rubavu: Umuturage aratakamba nyuma yâaho abagiraneza bamusaniraga bahagaritswe

Muhoza Ndayambaje utuye mu mudugudu wa Rurembo, akagari ka Byahi, umurenge wa Rubavu mu karere ka Rubavu aratakamba nyuma yâaho tariki ya 17 Gicurasi 2023 ubuyobozi buhagaritse abagiraneza bo mu muryango we bamusaniraga inzu ye iherutse gusenyuka. Ndayambaje asobanura ko mbere yâuko imvura isenya igisenge cyâiyi nzu, yari ifite ibiti bishaje, byavungagurikiraga hasi ku buryo […]
Igisirikare cy’u Burundi cyikomye Televiziyo y’u Rwanda
Igisirikare cy’u Burundi cyamaganye amakuru y’uko Ingabo zacyo ziri muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikorana n’imitwe yitwaje intwaro; gishinja Televiziyo y’u Rwanda kugira uruhare mu kuyakwirakwiza. U Burundi ni kimwe mu bihugu bigize umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba byohereje Ingabo muri Congo, mu rwego rwo kuhagarura amahoro. Ingabo zabwo zikorera ibikorwa byazo muri Teritwari ya […]
General Kazura abona inenge mu butumwa bwâamahoro bwa UN
Umugaba Mukuru wâingabo zâu Rwanda, General Jean Bosco Kazura, arasaba ko mu butumwa bwâamahoro bwâUmuryango wâAbibumbye habamo impinduka, hakajya hibandwa cyane ku kugarura amahoro nâumutekano. Mu nama yâumutekano yateguwe nâishuri rikuru ryâigisirikare cyâu Rwanda yakomeje kuri uyu wa 19 Gicurasi 2023, Gen. Kazura yasobanuye ko ubutumwa bwâamahoro bwa UN buba bufite intego yo kubungabunga amahoro […]
Ubusesenguzi bwâabanyamategeko ku rubanza rwa Tity Brown rusubitswe gatanu

Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge kuri uyu wa 18 Gicurasi 2023 rwasubitse urubanza rwâubujurire rwâumubyinnyi wâimbyino zigezweho, Ishimwe Thierry wamamaye nka Tity Brown, ku ifungwa nâifungurwa ryâagateganyo. Icyemezo ajuririra cyafashwe nâurukiko rwâibanze rwa Kicukiro mu Kuboza 2021, ubujurire busubikwa nâurukiko rwisumbuye tariki ya 30 Ugushyingo 2022, ku ya 8 Gashyantare 2023, ku ya 22 Gashyantare, ku […]
Kalehe: Abanyarwanda barashinjwa guteza ibiza byishe abarenga 400
Guverinoma ya Repubulika ya demukarasi ya Congo irashinja impunzi zâAbanyarwanda bo mu bwoko bwâAbahutu guteza ibiza biherutse kwica abantu barenga 400 muri teritwari ya Kalehe, intara ya Kivu yâAmajyepfo. Ibi biza (inkangu nâimyuzure) byakomotse ku mvura nyinshi yaguye muri Kalehe mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira uwa 3 Gicurasi 2023. Iyi mvura yanaguye no […]
Rubavu: Umwarimu watanze amakuru ku kiraro cyacitse ntiyorohewe

Umwarimu wigisha mu ishuri ribanza rya Karambo mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, Turikubwimana Daniel, ntabwo yorohewe nyuma yo guha umunyamakuru amakuru ku kiraro cyacitse abanyeshuri banyuragaho bakambakamba. Nyuma yâaho Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Musabyimana Jean Claude, atangarije ko abanyamakuru babaye ba Rusahuriramunduru nâabakomisiyoneri, akabishingira ku nkuru yâiki kiraro yahamyaga ko cyakozwe mu buryo […]
FARDC yarahiriye kwikubita agashyi, ikigaranzura umwanzi
Igisirikare cya Repubulika ya demukarasi ya Congo, FARDC, cyarahiriye kwikubita agashyi, kikigaranzura umutwe witwaje intwaro wa M23 ukorera mu ntara ya Kivu yâAmajyaruguru nâuwâiterabwoba wa ADF. Kuri uyu wa 17 Gicurasi ubwo FARDC yizihirizaga umunsi mukuru wayo mu mujyi wa Goma, Guverineri wa Kivu yâAmajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen. Constant Ndima, yatangaje ko […]
Polisi yatangaje ko hari abo ifata biyogosha ubwanwa banatwaye imodoka
Polisi yâu Rwanda yatangaje ko hari abagabo ifata biyogosha ubwanwa banatwaye imodoka ndetse nâabagore bafatwa bisiga ibirungo (makeup). Mu kiganiro yatangiye mahugurwa ku mutekano wo mu muhanda yabereye ku Kacyiru kuri uwa 18 Gicurasi 2023, Polisi yasobanuye kandi ko aba babikora banirebera mu ndorerwamo zâimbere mu modoka, ku buryo haba hari ibyago byinshi byo gukora […]
Floriane Irangabiye yaba ari gutoterezwa muri gereza
Umunyamakuru wâUmurundikazi wigeze kuba mu Rwanda nkâimpunzi, Floriane Irangabiye, yaba ari gukorerwa itotezwa muri gereza afungiwemo ya Muyinga. Radio Inzamba ivuga ko abatangabuhamya bayibwiye ko umuyobozi wa gereza tariki ya 16 Gicurasi 2023 yajyanye nâabantu babiri bambaye gisivili nâabapolisikazi bane, bajya mu cyumba Irangabiye araramo kugira ngo bamusake. Marie Louise Baricako uyobora umuryango Inamahoro uharanira […]
Sadate avuga ko yagaburiraga abana 40 buri munsi, agaharikwa nâababikangamo abajura
Umushoramari wabaye Perezida wa Rayon Sports, Munyakazi Sadate, yasobanuye uburyo yari yariyemeje kugaburira abana 40 bo mu muhanda buri manywa, agahagarikwa nâubuyobozi bwabikanzemo abajura. Sadate utuye Kibagabaga mu karere ka Gasabo, yatangaje ko igikorwa cyo kugaburira abana bo ku muhanda cyatangiriye kuri babiri bamusabye amafaranga. Ati: âAho ntuye Kibagabaga nigeze guhura n’abana babiri basabiriza mu […]
Mu Rwanda hazamuwe amabendera menshi ashyigikira abaryamana bahuje ibitsina

Kuri ambasade zâibihugu bitandukanye bigize umuryango wâubumwe bwâu Burayi (EU) mu Rwanda hazamuwe amabendera menshi ashyigikira umuryango uhuza abarimo abaryamana bahuje ibitsina nâabihinduza ibitsina uzwi nka LGBTIQ+. Ambasade zazamuye aya mabendera zirimo: iyâu Bubiligi, u Bwongereza, Sweden, u Buholandi. Byakozwe kuri uyu wa 17 Gicurasi 2023. Ambasade ya EU mu Rwanda yasobanuye ko byakozwe mu […]
Ingabo zari ziyobowe na James Kabarebe zafashe Kinshasa mu myaka 26 ishize

Hari mu gitondo cyo ku wa Gatandatu, tariki ya 17 Gicurasi 1997, abarwanyi barimo abo mu mutwe witwaje intwaro wa AFDL wa Laurent DesirĂ© Kabila, Abanyarwanda nâabanya-Uganda bari bayobowe na James Kabarebe binjira mu murwa mukuru wa Repubulika ya demukarasi ya Congo yitwaga ZaĂ ÂŻre, Kinshasa. Icyagejeje aba barwanyi bari urubyiruko i Kinshasa ni ugukuraho ubutegetsi […]
Urukiko rw’ubujurire rwanzuye ko Sarkozy wayoboye u Bufaransa afungwa
Urukiko rwâubujurire rwa Paris rwashimangiye igifungo cyâimyaka itatu kuri Nicolas Sarkozy wabaye Perezida wâu Bufaransa, kirimo umwaka agomba kumara afunzwe nâindi ibiri isubitse. Iki cyemezo cyari cyarafashwe nâurukiko rwâibanze muri Werurwe 2021 ubwo rwari rumaze kumuhamya icyaha cya ruswa yakoze mu mwaka wâ2014. Gusa ariko, urukiko rwashyizeho umwihariko wâuko Sarkozy atazafungirwa muri gereza, ahubwo azafungirwa […]
Inyeshyamba zâAbanyarwanda zateze igico Imbonerakure
Abarwanyi bâumutwe witwaje intwaro wa FLN urwanya ubutegetsi bwâu Rwanda, bafite ibirindiro muri ishyamba rya Kibira, bateze igico urubyiruko rwo mu ishyaka riri ku butegetsi bwâu Burundi ruzwi nkâImbonerakure. Ikinyamakuru SOS Medias kivuga ko Imbonerakure zaguye muri iki gico mu ijoro ryo ku wa 14 Gicurasi 2023, ahagana ku musozi wa Rutorero, komini Mabayi, intara […]
Minisitiri Musabyimana yise abanyamukuru ba âRusahuriramunduruâ

Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu, Musabyimana Jean Claude, yise abanyamakuru barimo aba Mama Urwagasabo ba Rusahuriramunduru ashingiye ku nkuru bakoze, bo bahamya ko bayifitiye ibimenyetso bifatika. Umunyamakuru wâiki kinyamakuru tariki ya 11 Gicurasi 2023 atangaje inkuru yâimpuruza yerekana abanyeshuri biga mu ishuri ribanza rya Karambo riherereye mu murenge wa Kanama mu karere ka Rubavu, bambuka umugezi bakambakamba […]
Rusizi: Meya ahangayikishijwe nâabakozi bâakarere bagera ku kazi bakerewe

Umuyobozi wâakarere ka Rusizi, Dr Kibiriga Anicet, avuga ko mu bakozi ayoboye hari abokamwe nâingeso yo gukerererwa mu kazi, bakageraho mu masaa tatu nâigice ndetse na saa yine zâigitondo kandi amasaha mashya yagenwe ari saa tatu zâigitondo, akavuga ko bahagurukiwe, uzagirwa inama agakomeza iyo ngeso azafatirwa ibihano hakurikijwe amategeko. Uku ni ukwezi kwa 5 amasaha […]
Abagaba b’Ingabo za SADC bacuze umugambi wo gutsinsura M23
Abagaba bakuru b’Ingabo z’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Amajyepfo SADC baheruka guhurira mu nama yari igamije gucuriramo umugambi w’uko bafasha RDC kwigobotora imitwe yitwaje irimo n’uwa M23. SADC iheruka gufata umwanzuro wo kohereza Ingabo zayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwego rwo gufasha iki gihugu kwigobotora imitwe yitwaje intwaro yo mu burasirazuba bwacyo. […]
Les Etats-Unis saluent “la voix cruciale” de SM le Roi dans la promotion de la paix rĂ©gionale et d’un avenir “sà »r et prospĂšre” pour les IsraĂ©liens et les Palestiniens
15 mai 2023 Washington – Le secrĂ©taire d’Etat amĂ©ricain, Antony Blinken, a saluĂ© “la voix cruciale” de SM le Roi Mohammed VI dans la promotion de la paix au Proche-Orient et d’un avenir “sà »r et prospĂšre” pour les IsraĂ©liens et les Palestiniens. “Le secrĂ©taire a saluĂ© la voix cruciale de SM le Roi Mohamed VI […]
Sahara Issue: U.S. Reiterates Support for Autonomy Plan, Deeming it ‘Serious, Credible and Realistic’ 16 mai 2023
Washington – The United States on Monday reiterated its support for Morocco’s autonomy plan, deeming it “serious, credible and realistic” with a view to settling the regional conflict over the Moroccan Sahara. “We continue to view Moroccoâs autonomy plan as serious, as credible, as realistic”, said the U.S. State Department Principal Deputy Spokesperson, Vedant Patel, […]
Musanze: Bafashwe bamaze gusenya moto, ibyuma byayo babibitse mu mufuka
Urwego rwâigihugu rwâubugenzacyaha rufungiye muri sitasiyo yarwo ya Muhoza mu karere ka Musanze abagabo batatu bafashwe bamaze gusenya moto bakekwaho kwiba, ibyuma byayo bakabibika mu mufuka. SP Ndayisenga Alex Ndayisenga ushinzwe guhuza ibikorwa bya Polisi nâabaturage mu ntara yâAmajyaruguru, yatangaje ko aba bagabo batawe muri yombi nâuru rwego rushinzwe umutekano, ku wa 14 Gicurasi 2023 […]
MINAFFET itewe ipfunwe nâimodoka ba Ambasaderi 6 bâu Rwanda bakoresha
Minisiteri yâububanyi nâamahanga nâubutwererane (MINAFFET) yatangaje ko itewe ipfunwe nâimodoka ba Ambasaderi bâu Rwanda mu bihugu 6 bakoresha bitewe nâuko zishaje cyane. Izi modoka zirimo ikoreshwa nâIntumwa Nkuru yâu Rwanda mu Bwongereza, Ambasaderi wâu Rwanda muri Tanzania, uri mu Misiri, uri mu Burusiya, uri mu Bufaransa nâuri muri Ethiopia. Minisitiri Dr Vincent Biruta ubwo yari […]
Abagaba bakuru b’Ingabo za SADC bikomye RDF
Abagaba b’Ingabo zo mu muryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Afurika y’Amajyepfo (SADC), baheruka kwikoma Ingabo z’u Rwanda (RDF) bazishinja guha ubufasha umutwe wa M23. SADC iheruka gufata umwanzuro wo kohereza Ingabo zayo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu rwego rwo gufasha iki gihugu kwigobotora imitwe yitwaje intwaro yo mu burasirazuba bwacyo. Ni umwanzuro wafatiwe […]
Turahirwa Moses ajyanwe muri gereza, ahafungiwe abo yasabiye imbabazi
Urukiko rwâibanze rwa Nyarugenge rwategetse ko umunyamideli Turahirwa Moses afungirwa iminsi 30 yâagateganyo muri gereza mu gihe ategereje kuburana mu mizi. Turahirwa akurikiranweho ibyaha birimo gukoresha ikiyobyabwenge cyâurumogi no gukoresha inyandiko mpimbano, byose bishingira ku byo yitangarije ku mbuga nkoranyambaga ze. Mu iburanisha ryabaye, ubushinjacyaha bwagaragarije urukiko ko hari impamvu zikomeye zituma Turahirwa akekwaho kuba […]
Umugore wa Lebron James yavuze ko yahisemo kwita ku kuba umubyeyi mwiza kuruta kuba icyamamare
Savannah James, umugore w’umukinnyi ukomeye cyane mu mukino wa Basketball, Lebron James, babanye guhera mu mwaka w’2013, ntakunze kugaragara mu ruhame. Savannah mu kiganiro yagiranye n’ikinyamakuru The Cut, yavuze ku mpamvu zatumye ahitamo kutigaragaza cyane nk’uko abandi bagore b’abakinnyi bakomeye babigenza, bakajya mu biganiro bya televiziyo cyangwa bakaba abavuga rikumvikana. Yavuze ko yashakaga gukomeza kwishimira […]
Karasira ‘ufite uburwayi bwo mu mutwe’ yasohotse urubanza rutarangiye
Karasira Uzaramba Aimable byemejwe nâumuganga ko afite uburwayi bwo mu mutwe yasohotse mu rukiko rukuru, urugereko rwihariye ruburanisha ibyaha mpuzamahanga nâibyambukiranya imipaka rwa Nyanza, urubanza rutarangiye. Muri uru rukiko, habaye impaka hagati yâuruhande rwa Karasira nâubushinjacyaha, niba yakomeza kuburana ku byaha birimo: gupfobya jenoside, kuyiha ishingiro no kubiba amacakubiri. Zashingiye kuri raporo yakozwe na muganga […]
U Rwanda na RDC byahuriye mu nama yo gucyura impunzi
Guverinoma yâu Rwanda nâiya Repubulika ya demukarasi ya Congo (RDC) zahuriye mu nama yo gucyura ku bushake impunzi zâAbanyarwanda nâAbanyekongo zikiri mu bihugu byombi. Umuvugizi wa guverinoma yâu Rwanda wungirije, Alain Mukuralinda, yatangaje ko iyi nama iri kubera i Geneva mu Busuwisi. Ni ku cyicaro gikuru cyâishami ryâUmuryango wâAbibumbye rishinzwe impunzi, UNHCR, ryateguye iyi nama. […]
Urupfu rwâumunyeshuri wigaga muri E.S Musanze rwateje impagarara

Mu ishuri ryisumbuye ryigisha siyansi rya Musanze (Ecole des Sciences de Musanze) haravugwa inkuru yâurupfu rwâumunyeshuri wâimyaka 12 yâamavuko witwa Umuhire Ange Cecile, bikekwa ko yabanje kwimwa uruhushya ngo ajye kwivuriza iwabo, agasabwa kwivuriza mu ivuriro ryâikigo. Bivugwa ko Umuhire wigaga mu mwaka wa mbere yari amaze ibyumweru bibiri arwariye muri iki kigo, akaba yarapfuye […]
Ruto yagaragaje icyatumye azamura mu ntera General wagerageje kuburizamo intsinzi ye
Perezida wa Kenya, Dr William Samoei Ruto, yagaragaje impamvu zikomeye zatumye azamura General Francis Omondi Ogolla ku mwanya wâUmugaba Mukuru wâingabo kandi ari mu bagerageje kuburizamo intsinzi ye. Mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru ku biro bye kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023 cyibandaga kuri gahunda afitiye igihugu, Perezida Ruto yagize ati: âGeneral Ogolla ari mu bantu […]
Iradukunda Bertrand yatangaje icyatumye adakina umukino APR FC yasezereyemo Kiyovu Sports

Rutahizamu Iradukunda Jean Bertrand yatangaje icyatumye adakina mu mukino wâigikombe cyâamahoro APR FC yasezereyemo Kiyovu Sports kandi nta kibazo cyâubuzima afite. Kuri sitade ya Kigali Pele habereye umukino wo kwishyura wa Ăœ cyâirangiza. APR FC yasezereye Kiyovu Sports ku bitego 3-2 birimo 2-1 yayitsinze kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023. Icyakoze, Iradukunda ntabwo yigeze agaragara […]
Impamvu abasirikare ba Uganda bari Rutshuru bagaragaye batambaye ikirango cya EACRF yamenyekanye

Igisirikare cya Uganda, UPDF, cyasobanuye impamvu abasirikare bacyo bari mu butumwa bwâamahoro muri teritwari ya Rutshuru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo bagaragaye batambaye ikirango cyâumutwe wâingabo zâakarere ka Afurika yâiburasirazuba, EACRF. Tariki ya 3 Gicurasi 2023, umunyamakuru Justin Kabumba wari waherekeje ingabo za RDC zari zagiye gusura Rutshuru, yafotoye ingabo za Uganda, yerekana ko […]
Gatabazi JMV yasabiye Jeannette Kagame umugisha
Gatabazi Jean Marie Vianney wabaye Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu yasabiye umufasha wa Perezida Paul Kagame, Jeannette Kagame, umugisha ku munsi mpuzamahanga wâababyeyi bâabagore. Uyu munyapolitiki, mu butumwa yashyize kuri Twitter kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023, yagaragaje ko Jeannette yakoze ibintu byinshi bituma amushimira uyu munsi, birimo gufasha abaciye bugufi. Yagize ati: “Happy Motherâs Day Your […]
M23 yatangaje ko ingabo zâu Burundi zatengushye EAC byeruye

Umutwe witwaje intwaro wa M23 wagaragaje ko ingabo zâu Burundi ziri mu butumwa bwâamahoro bwa EAC zatandukiriye inshingano zahawe muri teritwari ya Masisi, intara ya Kivu yâAmajyaruguru muri Repubulika ya demukarasi ya Congo. Perezida wa M23, Bertrand Bisimwa, kuri uyu wa 14 Gicurasi 2023 yatangaje ko agace ka Mushaki uyu mutwe witwaje intwaro wari warasigiye […]
Nyaruguru: Ngendahayo yegukanye irushanwa rya Duathlon Nyaruguru ‘Race To Remember’

Ngendahayo Jeremy yegukanye irushanwa rya âDuathlonâ ryo kwibuka abakoraga siporo (sport) bazize jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, akoze ibilometero 20 Km nâigare na 7,5 Km nâamaguru mu isaha imwe, iminota 12 nâamadakika 20 (1h12â20). Irushanwa ryabaye kuri uyu wa 13 mu karere ka Nyaruguru. Ni irushanwa ryateguwe nâishyirahamwe rya Triathlon mu Rwanda rifatanyije nâakarere ka […]
FIFA yafashe ingamba zatuma ruswa ihwihwiswa muri ruhago y’u Rwanda iba amateka
Ishyirahamwe ryâumupira wâamaguru ku Isi, FIFA, ryafashe ingamba zishobora gutuma ruswa ihwihwiswa muri iyi siporo mu Rwanda, byâumwihariko mu cyiciro cya mbere iba amateka. Ni kenshi mu bakurikiranira hafi umupira wâamaguru muri iki gihugu humvikana amakuru yâuko hari penaliti zitangwa bitari bikwiye, ibitego byemezwa habayemo kurarira, ibidatangwa kandi nta kurarira kwabayemo, kugurisha imikino, kwitwara nabi […]
Général Ndima yagaragaje ko inshingano zamunaniye kubera u Rwanda
Guverineri wâintara ya Kivu yâAmajyaruguru ku rwego rwa gisirikare, Lieutenant-GĂ©nĂ©ral Constant Ndima Kongba, yagaragaje ko u Rwanda ari rwo rwatumye inshingano yo kugarura umutekano nâamahoro imunanira. Perezida wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, FĂ©lix Tshisekedi, yashyize Kivu yâAmajyaruguru na Ituri mu bihe bidasanzwe, aziha abayobozi bo ku rwego rwa gisirikare, Lt Gen Ndima na Lt […]
Musanze: Gitifu yahannye umuturage akoresheje umusuderi

Abaturage bo mu murenge wa Nkotsi, by’umwihariko abo mu kagari ka Bikara barashinja bamwe mu bayobozi b’inzego z’ibanze barimo Umunyamabanga Nshingwabikorwa wako, ba mudugudu, bamwe mu bagize urwego rw’umutekano ruzwi nka DASSO ndetse n’umukozi ushinzwe ubutaka n’imiturire mu murenge kubahohotera. Bavuga ko bahohotewe mu bihe bitandukanye bigera aho bihagurutsa izindi nzego zo hejuru ndetse n’iz’umutekano […]
Abantu 13 bibasiwe nâibiza baracyari mu bitaro

Minisiteri yâubutabazi (MINEMA) yatangaje ko abantu 13 mu bibasiwe nâibiza mu ijoro ryo ku wa 2 rishyira uwa 3 Gicurasi 2023 bakiri mu bitaro. Muri raporo nshya yasohotse kuri uyu wa 13 Gicurasi 2023, iyi Minisiteri ivuga ko abishwe nâibi biza ari 135, abakomeretse ni 110, abamaze kuva ku bitaro bo bakaba bageze kuri 97. […]
Umufaransakazi washinjwaga guhakana jenoside yakorewe Abatutsi yatsinze urubanza rwâubujurire
Umunyamakuru wâUmufaransakazi, Natacha Polony, washinjwaga guhakana jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994 yatsinze urubanza rwâubujurire. Mu mwaka ushize, urukiko rwo mu Bufaransa rwagize Natacha umwere kuri iki cyaha gifitanye isano nâamagambo yavugiye ku France Inter mu mwaka wâ2018 kuri jenoside yakorewe Abatutsi, yashinjwe nâumuryango IBUKA urengera abarokotse na MRAP urwanya ivangura. Uyu mwanzuro washimangiwe […]
Umuturage yasabye Perezida Kagame akazi nyuma yo kumufasha kwiga âMastersâ

Umuturage wo mu kagari ka Nyundo, umu murenge wa Nyundo mu karere ka Rubavu witwa Nshizirungu Aimable, yasabye Perezida Paul Kagame kumuha ubutumwa (akazi) nyuma yo kumufasha kwiga icyiciro cya gatatu cya kaminuza kizwi nka âMastersâ. Ubwo Perezida Kagame yari yagiriye uruzinduko muri Rubavu muri Gicurasi 2019, Nshizirungu yamwibukije ko ubwo yasuraga abanyeshuri bigaga muri […]
Uko muhangayitse natwe biraduhangayikishije: P. Kagame ahumuriza ab’i Rubavu
Perezida wa Repubulika, Paul Kagame, yijeje ubufasha bwihuse abaturage bagizweho ingaruka n’ibiza biheruka kwibasira ibice bitandukanye by’igihugu, abasezeranya ko Leta yiteguye gukora ibishoboka byose ikabasubiza mu buzima busanzwe. Umukuru w’Igihugu yabivuze kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Gicurasi, ubwo yari yasuye abaturage bo mu karere ka Rubavu kari mu twibasiwe n’ibiza biheruka guhitana abantu […]
Perezida Kagame agiye gusura abibasiwe nâibiza i Rubavu
Perezida Paul Kagame arasura abaturage baherutse kwibasirwa nâibiza mu murenge wa Rugerero wâakarere ka Rubavu kuri uyu wa 12 Gicurasi 2023. Umukuru wâIgihugu arasura ibice bitandukanye byibasiriwe nâinkangu nâimyuzure muri Rubavu, aganagire nâabimuriwe byâagateganyo mu kigo cyâInyemeramihigo. Muri iki kigo hamaze gutegurwa. Abaturage, abayobozi mu nzego zitandukanye, abashinzwe umutekano ndetse nâabanyamakuru bâibinyamakuru bitandukanye bamaze kuhagera. […]
Ubutaka Perezida Kagame yahawe n’umuturage bugiye kubakwaho ishuri rya Frw miliyari 7
Ubutaka Perezida Paul Kagame yahawe na Nyirangoragoza Marianne wari utuye kagari ka Nyarusange, umurange wa Bushekeri, mu karere ka Nyamasheke bugiye kubakwaho ishuri rizatwara amafaranga yâu Rwanda miliyari 7. Ubu butaka burimo isambu ifite ubuso bwa metero kare 586, ifite ubwa metero kare 168, ubufite metero kare 776 nâubundi bwa metero kare 1,259. Minisitiri mu […]
Nyaruguru: Abasoromyi b’icyayi nâubuyobozi bwâuruganda ntibavuga rumwe
Abasoromyi bâicyayi cyâuruganda rwa Mata mu karere ka Nyaruguru ntibahuza imvugo nâabayobozi babo ku bijyanye nâamasezerano yâakazi bose bemera ko bashyizeho imikono. Abasoromyi bavuga ko buri mwaka bashyira umukono ku masezerano yâakazi ariko ngo nta musoromyi nâumwe uhabwa kopi (copie) yayo. Na ho ubuyobozi bukavuga ko umusoromyi wese washyize umukono ku masezerano yahawe kopi yayo […]
Bemba yagaragaye mu mahanga arashisha imbunda igezweho

Minisitiri wâingabo nâabahoze ari abasirikare wa Repubulika ya demukarasi ya Congo, Jean Pierre Bemba, yagaragaye mu mahanga arashisha imbunda iri mu zigezweho. Ibiro bye bisobanura ko yabikoreye mu ruzinduko ari kugirira muri Indonesia, rwatangijwe no gusura inganda zâiki gihugu zicura intwaro zâubwoko butandukanye kuri uyu wa 11 Gicurasi 2023. Nkâuko bigaragara mu mafoto, Minisitiri Bemba […]
Afurika yâEpfo mu iperereza ryo kumenya niba hari umuyobozi wohereje intwaro mu Burusiya
Ibiro bya Perezida wa Afurika yâEpfo byatangaje ko guverinoma igiye gushyiraho itsinda ryigenga riyobowe nâuwahoze ari umucamanza, rizakora iperereza rimenye niba koko hari uwo mu butegetsi bwâiki gihugu uherutse kohereza intwaro mu Burusiya. Ni nyuma yâaho Leta zunze ubumwe za Amerika (USA) zigaragarije Afurika yâEpfo impungenge zâuko ubwato bunini bwitwa Lady R bwo mu Burusiya […]
Burundi: Bunyoni yaba yarahaswe ikiboko kugeza yemeye ko yashakaga guhirika ubutegetsi
Mu gihe cyâibyumweru bibiri yamaze afungiwe muri kasho yâurwego rwâigihugu rwâubutasi mu Burundi (SNR), ngo uwahoze ari Minisitiri wâIntebe, Guillaume Bunyoni, yaba yarakorewe iycarubozo kugirango yemere kuvuga abo bari bafatanyije umugambi wo gushaka guhirika ku butegetsi Perezida Ndayishimiye . Ni amakuru aturuka muri bamwe mu bakada ba CNDD-FDD agera ku rubuga UBMNews rwo mu Burundi […]
U Bwongereza bwahaye Ukraine misile ziraswa mu bilometero 250
Umunyamabanga wâu Bwongereza ushinzwe ingabo, Ben Wallace, yatangaje ko boherereje Ukraine misile ziraswa mu ntera yâibilometero 250 zitwa Storm Shadow, kugira ngo ziyifashe kwirwanaho mu ntambara yashojweho nâu Burusiya. Wallace mu kiganiro yagiranye nâabanyamakuru kuri uyu wa 11 Gicurasi 2023, yasobanuye ko izi misile zizaha Ukraine amahirwe yo âgusubiza imyuma ingabo zâu Burusiya ziri ku […]
Zimbabwe iri gukusanya inkunga yo gufasha abagizweho ingaruka nâibiza mu Rwanda
Guverinoma ya Zimbabwe iri gukusanya inkunga yo gufasha abo ibiza biherutse kugiraho ingaruka mu Rwanda, Repubulika ya demukarasi ya Congo na Malawi. Minisitiri wâubutegetsi bwâigihugu nâimirimo rusange, July Moyo, yabimenyesheje abaminisitiri bagenzi be ubwo bari mu nama, nkâuko byatangajwe na Minisitiri wâitumanaho akaba nâUmuvugizi wa guverinoma, Monica Mutsvangwa, mu kiganiro nâabanyamakuru. Minisitiri Mutsvangwa yagize ati: […]
Ingabo za Armenia nâiza Azerbaijan zongeye kurasanaho hafi yâumupaka
Kuri uyu wa Kane, Ingabo za Armenia na Azerbaijan zarasanyeho ku birindiro byazo mu gace ko ku mupaka, aho impande zombi zivuga ko abasirikare bazo bakomeretse . Armenia yavuze ko igisirikare cya Azerbaijan cyagabye igitero cyâintwaro ziremereye ku basirikare bayo hafi y’umudugudu wa Sotk ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri za mu gitondo ku isaha […]
Umunyakenya ntazigera agambanira Umunyarwanda â Mukoko ku mpamvu RDC ikwiye kuva muri EAC
Umunyekongo Fils Mukoko wiyita “Umurinzi w’urusengero rwa demokarasi”, avuga ku bibazo bya politiki na diplomasi muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye guverinoma kwitandkanya nâumunryano wa EAC ikagumana na SADC gusa kuko abona ari yo yabafasha . Mu kiganiro nâabanyamakuru cyabaye kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 10 Gicurasi, Fils Mukoko usanzwe ri umuyoboke ukomeye […]
PM Ngirente akutana na bosi wa shirika la World Vision USA

Waziri Mkuu Edouard Ngirente alifanya mkutano ‘wenye matunda’ na Edgar Sandoval, Rais na Mkurugenzi Mtendaji wa World Vision USA, ofisini kwake Jumatano. Majadiliano hayo yalilenga katika maeneo mbalimbali ya ushirikiano . Wakati wa mkutano huo, viongozi hao wawili walichunguza miradi inayohusiana na maji na usafi wa mazingira, elimu, na huduma za afya. Msisitizo mkubwa uliwekwa […]
RDC: Nyuma yâibiza byibasiye Kalehe abasaga 5000 baburiwe irengero baracyashakishwa
Mu midugudu ya Nyamukubi na Bushsh muri Teritwari ya Kalehe muri Kivu yâAmajyepfo mu burasirazuba bwa DRC, hakomeje gushakishwa imirambo yâabantu baburiwe irengero. Ku wa gatatu mu masaha ya mbere, abakorerabushake bakomeje gushakisha nkâuko umunyamakuru wa Ouragan.cd woherejwe aho avuga. Umubare wâabahitanwe nâibiza byibasiye iki gice uragenda urushaho kwiyongera mu gihe imirambo 423 ari yo […]
Umuntu utazwi yatwitse indege ya gisirikare yâu Burusiya abayobozi babimenyera ku mbuga nkoranyambaga
Amakuru aturuka mu bitangazamakuru byigenga byo mu Burusiya aravuga ko umuntu utazwi yinjiye mu kibuga cyâindege za gisirikare zâu Burusiya maze atwika indege yo mu bwoko bwa supersonic (igendera ku muvuduko ukubye uwâijwi inshuro runaka), kandi abayobozi babimenya babibonye ku mbuga nkoranyambaga . Amashusho yâindege igurumana yagaragaye ku wa Mbere ku muyoboro wa Telegram wa […]
Museveni yatangaje ko ahembwa umushahara muke

Perezida wa Uganda akaba nâUmugaba wâIkirenga wâingabo zâiki gihugu, General (Rtd) Yoweri Kaguta Museveni, yatangaje ko guhemba abasirikare umushahara munini bitashoboka, atanga urugero ko na we ahembwa make. Yabivuze kuri uyu wa 10 Gicurasi 2023, ubwo yari ku kibuga cya Kololo mu muhango wo gusezera ku wahoze ari Minisitiri wâumurimo, Colonel (Rtd) Charles Engola, uherutse […]
Umusenateri wâUmunyamerika arashinjwa uburiganya no kunyereza umutungo
Umusenateri wâUmurepubulikani muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, George Santos, wanze kwegura kubera kubeshya ku mwirondoro we, yashinjwe uburiganya, iyezandonke no kwiba amafaranga ya Leta, nk’uko Minisiteri y’Ubutabera yabitangaje kuri uyu wa Gatatu . Byari byitezwe ko yitaba ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gataatu mu Rukiko rwa New York. Ku wa Kabiri, uwunganira Santos […]
RDC: Barasaba leta kubanza gusobanura neza ikizaba kizanye ingabo za SADC mbere yâuko zihagera
Mu kiganiro yagiranye na Actu30.cd, kuri uyu wa Kabiri, itariki ya 9 Gicurasi 2023, umuhuzabikorwa wa Sosiyete Sivile Nshya ya Congo (NSCC), Jonas Tshiombela, yahamagariye Guverinoma ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo gusobanura neza inshingano zâingabo za SADC byemejwe kuwa Mbere ko zigiye koherezwa mu burasirazuba bwâigihugu . “Ubu kuva Umukuru wâigihugu ahindukiriye SADC, turizera […]
Ibihugu bifite amategeko yemerera abahuje igitsina gushyingiranwa nâigihe yatorewe
Kuva mu 2001, ibihugu bitandukanye byiganjemo ibo mu Burayi na Amerika byamaze kwemerera abahuje ibitsina gushyingiranwa mu mategeko, ho u Buholandi bwabimburiye ibindi mu gihe muri Afurika igihugu kigaragara kuri uru rutonde dukesha World of Statistics ari Afurik yâEpfo gusa. 2001: U Buholandi 2003: U Bubiligi 2005: Canada, Espagne 2006: Afurika yâEpfo 2009: Norvege, Sweden […]
France: Hatangiye urubanza rwa Hategekimana ukurikiranweho uruhare muri jenoside
Kuri uyu wa Gatatu, itariki 10 Gicurasi 2023, uwahoze ari umujandarume mu Rwanda yatangiye kuburanishwa mu Bufaransa, akurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi no mu byaha byibasiye inyokomuntu mu 1994 . Philippe Hategekimana w’imyaka 66 yahungiye mu Bufaransa nyuma ya jenoside, ahabwa ubuhungiro nyuma yo gukoresha amazina y’impimbano. Ni ku nshuro ya gatanu mu Bufaransa […]