Twe ku ishuri turikinira nta kibazo-Min. Gatabazi avuga uko umwana we yamubwiye ku kwirinda COVID-19

Sangiza iyi nkuru

Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney avuga ko umwana we wiga ku kigo atatangaje amazina, yamubwiye ko ku ishuri yigaho, bikorera ibyo bashaka, harimo gukina n’ibindi batitaye ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus, bigaragara ko yongeye kuba nyinshi mu Rwanda.

Mu kiganiro ku ngamba zafatiwe mu nama y’abaminisitiri idasanzwe yo kuwa 12 Kamena 2021, kuri televiziyo y’igihugu ku Cyumweru, Gatabazi yavuze ko umwana we yamubwiye ko aho yiga bikinira nta kibazo, batitaye ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus.

Gatabazi ati ” Umwana wanjye yambwiye ko aho yiga bikinira nta kibazo. Namutumye ku buyobozi bw’ishuri ko ibyo bintu atari byo.”

Uyu muyobozi yavuze ko hazakorwa igishoboka byose, ingamba nshya zafashwe, zubahirizwe ndetse ko hari “abazabihanirwa mu bayobozi bo mu nzego z’ibanze.” Ati ” Bishoboka bite se ko mu mudugusu bahasanga akabari, gitifu w’kagari n’umurenge batarigeze babivuga, noneho bo tubareke bagume mu kazi.”

Ingamba nshya zafashwe nyuma yo kubona ko Coronavirus yiyongereye cyane nk’aho abandura mu minsi ibiri ishize bari hejuru ya 200 ku munsi.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Twe ku ishuri turikinira nta kibazo-Min. Gatabazi avuga uko umwana we yamubwiye ku kwirinda COVID-19
    Mu kigo cy’abanyeshuri(abana)1000,abarimu 40 bakora iki Nyakubahwa Minister.?

  2. Twe ku ishuri turikinira nta kibazo-Min. Gatabazi avuga uko umwana we yamubwiye ku kwirinda COVID-19
    Mu kigo cy’abanyeshuri(abana)1000,abarimu 40 bakora iki Nyakubahwa Minister.?

  3. Twe ku ishuri turikinira nta kibazo-Min. Gatabazi avuga uko umwana we yamubwiye ku kwirinda COVID-19
    Uwaza kugeza hano Iwacu za Kinyinya Akagali ka Gasharu NGO urebe utubari. Maze Hari nakaba munsi y’Akagali barara banywa. Kdi ikibabaje usanga Hari n’Abayobozi batunyweramo.

  4. Twe ku ishuri turikinira nta kibazo-Min. Gatabazi avuga uko umwana we yamubwiye ku kwirinda COVID-19
    Uwaza kugeza hano Iwacu za Kinyinya Akagali ka Gasharu NGO urebe utubari. Maze Hari nakaba munsi y’Akagali barara banywa. Kdi ikibabaje usanga Hari n’Abayobozi batunyweramo.

  5. Twe ku ishuri turikinira nta kibazo-Min. Gatabazi avuga uko umwana we yamubwiye ku kwirinda COVID-19
    Uwaza kugeza hano Iwacu za Kinyinya Akagali ka Gasharu NGO urebe utubari. Maze Hari nakaba munsi y’Akagali barara banywa. Kdi ikibabaje usanga Hari n’Abayobozi batunyweramo.

  6. Twe ku ishuri turikinira nta kibazo-Min. Gatabazi avuga uko umwana we yamubwiye ku kwirinda COVID-19
    Uwaza kugeza hano Iwacu za Kinyinya Akagali ka Gasharu NGO urebe utubari. Maze Hari nakaba munsi y’Akagali barara banywa. Kdi ikibabaje usanga Hari n’Abayobozi batunyweramo.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *