VIDEO: Netanyahu: Umukomando kabuhariwe-Uko yasuye u Rwandaintiti mu bukungu igiye kubarizwa muri Opozisiyo
VIDEO: Minisitiri Businjye n’umuyobozi wa RIB Col Ruhunga bazafatirwa ibihano?- Assouman Abivuye imuzi
David Marshall yasize umugani nyuma yo guhura n’uruva gusenya (Amafoto)

Umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu ya Scotland [Ecosse], David Marshall, yahawe urw’amenyo n’abakoresha imbuga nkoranyambaga nyuma yo guhurira n’uruva gusenya mu mukino ikipe ye yatsinzwemo na Repubulika ya TchĂšque. Scotland na Repubulika ya TchĂšque bari bahuriye mu mukino wa mbere wo mu tsinda D mu irushwa ry’Igikombe cy’u Burayi (Euro), warangiye TchĂšque itsinze ibitego 2-0. Ni ibitego […]
Perezida Ndayishimiye yongeye kwisubiraho, ategeka abayobozi bakuru kwerekana imitungo yabo
Perezida wa Repubulika yâu Burundi, Evariste Ndayishimiye yisubiyeho ku nshuro ya kabiri, yongera gusaba abayobozi bakuru bose kwerekana imitungo bafite kugira ngo harebwe niba bataribye igihugu. Nkâuko igitangazamakuru UBM News cyabitangaje, iki cyemezo gishya Perezida Ndayishimiye yagifashe tariki ya 9 Kamena 2021 ubwo yari ayoboye inama yâabaminisitiri. Mu itangazo ryâibyemezo byâiyi nama ryasomwe nâUmuvugizi wa […]
Aho gutakaza discipline twatakaza igikombe_Lt Gen Muganga avuga kuri Seif
Umuyobozi wa APR FC, Lt Gen Mubarakh Muganga, yakomoje ku myitwarire mibi iheruka kuranga Niyonzima Olivier bita Seif, avuga ko aho kugira ngo APR FC itakaze ikinyabupfura yatakaza Igikombe. Ni nyuma y’uko ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize hamenyekanye inkuru y’uko Seif yasohotse mu umwihirero wa APR FC nta ruhushya, akawugarukamo mu gicuku yasinze. Ni imyitwarire […]
Umuherwe Dr Chris Kirubi yapfuye, hari ubutumwa yasize
Umushoramari wari ukomeye muri Kenya, wayoboraga ikigo cyâitangazamakuru cya Capital Group Ltd, Dr Christopher John Kirubi, yapfuye mu masaha yâikigoroba cyâuyu wa 14 Kamena 2021. Umuryango wa Dr Kirubi wemeje urupfu rwe, watangaje ko yapfiriye mu rugo, azize kanseri yari amaranye imyaka ine. Wagize uti: âTubabajwe cyane no kubamenyesha urupfu rwa Dr Christopher J. Kirubi […]
Umukambwe Keneth Kaunda wabaye perezida wa mbere wa Zambia yajyanwe mu bitaro
Kuri uyu wa Mbere, ibiro byâumukambwe Keneth Kaunda wahoze ayobora Zambia unafatwa nkâumubyeyi wâigihugu byatangajwe ko yajyanwe mu bitaro. Itangazo ryashyizwe ahagaragara, ryavuze ko Kaunda w’imyaka 97, “atameze neza kandi yinjijwe mu bitaro bya Gisirikare bya Maina Soko,biherereyevmu murwa mukuru Lusaka. Nta yandi makuru arambuye yatangajwe ku burwayi bwe. Kaunda yategetse Zambia imyaka 27, aho […]
Umusore w’umunebwe, iyo areba abakobwa abona bose ari indaya-Shaddyboo
Icyamamare, Mbabazi Chadia uzwi nka Shaddyboo avuga ko nta yindi mpamvu yatuma umusore akeka ko abakobwa bose ari indaya atari uko we aba ari umunebwe, nta bushobozi afite ngo yigondere umwe muri abo bose. Kuri Twitter, uyu mugore kuri uyu wa 14 Kamena yagarutse ku ngingo zitandukanye cyane ku bibazo by’abatinda gushaka no gukora cyane […]
Le Rwanda a remis aux autorités ougandaises un soldat intercepté sur le sol rwandais

Le Rwanda a remis dimanche soir aux autoritĂ©s ougandaises un soldat des Forces de dĂ©fense du peuple ougandais (UPDF) qui a Ă©tĂ© interceptĂ© sur le sol rwandais par une patrouille des Forces de dĂ©fense du Rwanda (RDF) samedi matin. RDF a dĂ©clarĂ© que le soldat, identifiĂ© comme le Sdt. Bukuru Muhuba, qui Ă©tait armĂ©, a […]
Twe ku ishuri turikinira nta kibazo-Min. Gatabazi avuga uko umwana we yamubwiye ku kwirinda COVID-19
Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Gatabazi Jean Marie Vianney avuga ko umwana we wiga ku kigo atatangaje amazina, yamubwiye ko ku ishuri yigaho, bikorera ibyo bashaka, harimo gukina n’ibindi batitaye ku mabwiriza yo kwirinda Coronavirus, bigaragara ko yongeye kuba nyinshi mu Rwanda. Mu kiganiro ku ngamba zafatiwe mu nama y’abaminisitiri idasanzwe yo kuwa 12 Kamena 2021, kuri […]
RDC: Umusirikare ufite ipeti rya Colonel, umugore we nâabarinzi be babiri bishwe
Umusirikare wa FARDC ufite ipeti rya colonel nâumugore we nâabarinzi be babiri kuri uyu wa Gatandatu ushize, itariki 12 Kamena biciwe hagati yâuduce twa Lita na Lona, mu Murenge wa Walendu-Tatsi, muri Teritwari ya Djugu. Ku murongo wa telephone, JoĂ«l Mande, umuyobozi wâuyu murenge wahaye aya makuru urubuga 7sur7.cd dukesha iyi nkuru, yavuze ko inyeshyamba […]
Uwashinje Bagosora araburira Isi ku ihakana rya Jenoside yakorewe Abatutsi rikomeje gukwirakwira

Umunyamategeko wâUmunyakanada, Drew White Q.C, wari mu ruzinduko muri Nouvelle-ZĂ©lande, yakoze ku manza zâubushinjacyaha mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha rwashyiriweho u Rwanda, rwashinzwe nyuma gato yâubwicanyi bwâibanze araburira Isi kubera guhakana jenoside yakorewe Abatutsi gukomeje gukwirakwira. Ati: âGuhakana jenoside bikomeje gukwirakwizwa na benshi mu bayikoze bahunze u Rwanda.â Ibi yabitangarije mu kiganiro Q + A. cya […]
Kinshasa: Urubanza uwahoze akuriye ubutasi aregamo umunyamategeko Muyambo
Kuri uyu wa mbere, itariki ya 14 Kamena 2021 mu rukiko rwisumbuye rwa Gombe muri Kinshasa haratangira urubanza rwâuwahoze ari umuyobozi mukuru w’ikigo cy’igihugu gishinzwe iperereza (ANR), Kalev Mutondo, aregamo Jean-Claude Muyambo. Aya makuru yemejwe nanâumunyamategeko Moba Cyprien, umwe mu bagize ihuriro ryâabavoka ryunganira uyu wahoze ari umuyobozi mukuru wa ANR. Nkâuko uyu munyamategeko abitangaza […]
Biravugwa ko Mozambique yifashe ku kibazo cya Ntamuhanga Cassien
Ubuyobozi bwa Mozambique ku mugaragaro bwagarutse ku ifatwa n’ifungwa rya Cassien Ntamuhanga, buvuga ko ari ikibazo kiri mu iperereza butagira icyo bukivugaho. Umuvugizi wa Minisiteri yâUbubanyi nâAmahanga nâUbufatanye ya Mozambique (MINEC), Amb. AntĂłnio Muchave, yavuze ko ifatwa rya Cassien Ntamuhanga barimenye gusa ngo bategereje iperereza. Abakorana na Ntamuhanga (RANP-Abaryankuna) batangaza ko Amb. Muchave yagiranye ikiganiro […]
Mu Rwanda hari abakingiwe bagaragayeho Covid-19
Ikigo cyâigihugu gishinzwe kurwanya no gukumira indwara, Rwanda CDC nâigishinzwe ubuzima, RBC, byatangaje ko hari umubare muto udateye impungenge wâabantu bakingiwe bagaragayeho icyorezo cya Covid-19. Nkâuko The New Times yabitangaje, Dr Aimee Geissler uyobora Rwanda CDC yagize ati: âHari ubwandu bwabonetse mu bantu bahawe ubwoko bwose bwâinkingo ku Isi barimo nâabo mu Rwanda, nâubwo hari […]
Urugendo rwa Netanyahu kugeza yongeye kuba utavuga rumwe nâubutegetsi bwa gatatu
Benjamin Netanyahu kuri ubu yongeye kuba umuyobozi wâabatavuga rumwe nâubutegetsi nâumuyobozi wâishyaka Likud, National Liberal Movement nyuma yo gukurwa ku mwanya wa Minisitiri w’Intebe yabayeho imyaka 15 yose hamwe (Kuva mu 1993-1996 no kuva 2005-2021), aba minisitiri wâintebe wa Israel wamaze igihe kinini mu mateka. Niwe kandi wa mbere wavukiye muri Israel nyuma yâishingwa ryâiki […]
Perezida Samia yategetse amabanki kugabanya inyungu y’umurengera asaba abakiriya
Perezida wa Repubulika Yunze Ubumwe ya Tanzania, Samia Suluhu Hassan kuri uyu wa 13 Kamena 2021 yategetse amabanki kugabanya inyungu yise âiyâumurengeraâ yaka abayisaba inguzanyo, ntirenge 10%. Uyu Mukuru wâIgihugu mu nkuru yâigitangazamakuru Mwananchi, yagize ati: âInyungu ni umurengera, zikwiye kugabanyuka byibuze ntizirenge 10%.â Perezida Samia yavuze ko kuba inyungu ku nguzanyo amabanki yaka ari […]
Perezida Lungu wa Zambia yituye hasi ari mu birori
Perezida Edgar Lungu wa Zambia, ku cyumweru nimugoroba mu murwa mukuru Lusaka, yari ayoboye ibirori by’umunsi w’ingabo ubwo “yagiraga kuzungera gutunguranye” akitura hasi. Perezida Lungu yituye hasi nyuma y’uko yari yamaze kuvuga ijambo rye ry’uyu munsi w’ingabo wizihizwa muri Zambia buri mwaka tariki 13 Kamena. Umunyamabanga wa guverinoma Simon Miti yasohoye itangazo rivuga ko Perezida […]
Sadate yahaye aba-Rayon umukoro mbere yo guhura na APR FC imaze imyaka 2 idatsindwa
Munyakazi Sadate wahoze ari Perezida wa Rayon Sports, yasabye abafana b’iyi kipe gukora ikofi bagatera inkunga ubuyobozi bwayo, mu rwego rwo kubufasha gushaka intsinzi imbere ya APR FC bazahura ku wa Gatatu. Iminsi ibiri yonyine ni yo ibura ngo Rayon Sports icakirane na APR FC, mu mukino w’umunsi wa Gatanu wa shampiyona uzabera kuri Stade […]
Byinshi kuri Antoine AnfrĂ© wirukanwe muri Niger, akaba yagizwe Amb. wâu Bufaransa i Kigali
Nyuma yâimyaka 6 u Bufaransa butagira Ambasaderi mu Rwanda, nyuma yâuruzinduko rwa Perezida Emmanuel Macron, hemejwe ko uwitwa Antoine AnfrĂ© ari we ugiye guhagarira icyo gihugu mu Rwanda. Jeune Afrique yari yatangaje ko uyu mugabo ari we ushobora guhagararira u Bufaransa mu Rwanda. Ibi byaje no kuba impamo mu nama y’abaminisitiri yo kuwa 12 Kamena, […]
Uganda yari yavuze ko umusirikare wayo âyashimusweâ ubwo yibohoraga
Ku gicamunsi cyâejo ku wa 13 Kamena 2021, Minisiteri yâIngabo (MINADEF) yatangaje ko ku wa 12 abasirikare bâu Rwanda bafatiye umusirikare wa Uganda, Pte Baruku Muhuba mu murenge wa Cyanika wâAkarere ka Burera, afite ibikoresho birimo: imbunda ya mashinigani iringaniye, amasasu 100, indebakure na telefone. Ku mugoroba, ingabo zâu Rwanda (RDF) zaraye zishyikirije iza Uganda […]
Dar: Umuryango wa Mutayoberwa wose ‘wishwe n’umukozi wo mu rugo’

Polisi ya Tanzania mu Mujyi wa Dar- Es Salaam (Dar) ivuga ko yataye muri yombi umusore w’imyaka 34 witwa Shedrack Kapanga, wari umukozi wo mu rugo, ukekwaho kwica nyirabuja, Emmy Mutayoberwa n’abana be babiri b’abakobwa; Daniela Mutayoberwa na Damita Mutayoberwa. Polisi nk’uko Millardayo ibitangaza, ivuga ko iperereza ry’ibanze ryerekana ko Kapanga yaba yarishe uyu muryango […]
Imitoma ya Denise ku mugabo we FĂ©lix Tshisekedi, ku munsi w’amavuko
Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo, FĂ©lix Antoine Tshisekedi Tshilombo wagize isabukuru y’amavuko, kuri uyu wa 13 Kamena 2021 yatewe imitoma n’umufasha we, Denise Nyakeru Tshisekedi. Ku rubuga rwa Twitter, Denise yashyize akavidewo k’amasegonda ane, kamugaragaza yicaranye na Tshisekedi, bombi bamwenyura mu buryo bugaragaza ko bari mu bihe byiza. Kuri iyi videwo, yageretseho ubutumwa […]
Abafatanyabikorwa baca inyuma u Rwanda na Lantos isabira abayobozi bakuru ibihano, mu nkuru z’icyumweru gishize

Icyumweru gishize cyatangiye tariki ya 7 Kamena cyaranzwe nâamakuru atandukanye, yiganjemo ay’ingenzi arebana nâubutabera, umutekano na politiki. Ayâingenzi muri yo arimo ko: Perezida Kagame yihanangirije abafatanyabikorwa baca inyuma u Rwanda Perezida wa Repubulika yâu Rwanda akaba nâUmugaba wâIngabo wâIkirenga, Paul Kagame tariki ya 11 Kamena yayoboye umuhango wo guha impamyabumenyi abasirikare 47 basoreje amasomo mu […]
VIDEO: Abantu barenga 40 batawe muri yombi beretswe itangazamakuru\bakekwaho gutwara imodoka basinze
Kurikira ibiganiro nâamavidewo binyura kuri Bwiza TV
Benjamin Netanyahu yavanwe ku butegetsi yari amazeho imyaka 12
Ubutegetsi bw’imyaka 12 bwa Benjamin Netanyahu nka Minisitiri w’Intebe wa Israel, bwageze ku iherezo nyuma y’uko Inteko Ishinga amategeko ya kiriya gihugu ishyizeho Guverinoma nshya igizwe n’Ihuriro ry’amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi. Ni amatora yabaye ejo ku Cyumweru, asiga Naftali Bennett ari we utorewe kuba Minisitiri w’Intebe mushya wa Israel. Bennett wabaye Minisitiri wa Israel ushinzwe […]