Ubuyapani: Leta ihangayikishijwe n’uko urubyiruko rudakora imibonano mpuzabitsina

Sangiza iyi nkuru

Mu gihe mu bindi bihugu Leta iba ihangayikishijwe n’uko urubyiruko rwishora mu busambanyi, mu gihugu cy’Ubuyapani ho si ko bimeze ahubwo bahangayikishijwe n’uko benshi baba batazi nuko bukorwa.
Ubushakashatsi bwakozwe na “Japan Family Planning association” bugaragaza ko 50,1% by’Abayapani batajya bakora imibonano mpuzabitsina muri abo hakaba harimo 40% b’urubyiruko.
Bwagaragaje kandi ko usanga benshi batagira ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina (Libido), kutagira ubushake ahanini ngo bikururwa no guhora mu kazi (travail), igihe cyose bagahora bananiwe mu mutwe, buhoro buhoro bikarangira batagitekereza kuri iyo ngingo.
20% by’abari mu kigero hagati y’imyaka 25 na 29 bagiye batangariza iki kigo cyakoze ubushakashatsi ko batajya bashishikazwa no gukunda ndetse ko imibonano mpuzabitsina nta nyungu n’imwe bayibonamo.
penis
Kanda hano ujye ubona amakuru yihuse kandi kugihe kuri Facebook no kuri twitter
Theoneste@Bwiza.com

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *