IMG-20250717-WA0012

Ukuri ku mashusho y’urukozasoni bivugwa ko ari ay’umunyarwenya Burikantu

Sangiza iyi nkuru

Umunyarwenya Aboudurkalim Mwitende wamenyekanye nka Burikantu akora na mugenzi we Buringuni, yashyize umucyo ku mashusho y’urukozasoni bivugwa ko ari aye.

Mu cyumweru gishize ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hatangiye kuzenguruka amakuru avuga ko hari amashusho y’umunyarwenya Burikantu ari kurigata mu gitsina cy’umukobwa.

Uteye akajijo kuri konti zatangazaga ko zifite ayo mashusho, bose bahurizaga ku ifoto igaragaramo umusore ameze nk’uri kurigata mu gitsina cy’umukobwa, gusa muri iyo foto igitsina cy’umukobwa baba bagihishe.IMG 20250717 WA0012

Nyuma y’uko ayo makuru akomeje gusakara ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye, uyu munyarwenya yaje gutobora agira icyo avuga kuri ayo mashusho y’urukozasoni.

Aganira na Radio Umwezi mu kiganiro “Freaky Friday” uyu musore yahakanye yivuye inyuma amakuru yose amuhuza n’ayo mashusho y’urukozasoni.

Umunyamakuru yamubajije niba ari we ugaragara muri ayo mashusho, undi mu kumusubiza yambwiye ko atari we.

Ati: “Ntabwo arinjye uri muri ayo mashusho.”

Mu gusobanura ko atari we kandi mu mashusho bigaragara ko uwo muntu basa, Burikantu yavuze ko ashobora kuba asa nawe ariko si we kandi ikindi uwo wo mumashusho yambaye iherena kandi we ntajya ayambara.

Ikindi avuga ko na we afite ayo mashusho ari kumwitirirwa ku mbuga nkoranyambaga kandi ko atari we uyarimo.

Uyu munyarwenya akomeza avuga ko abantu batagomba kwemera ibintu byateguwe n’abagome baba mu ruganda rw’imyidagaduro mu Rwanda baba bagamije gusebya abandi kugira ngo babakure ku mugati.

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *