Umugore wanjye namuhozagaho ijisho ntungurwa n’uko yantaye ku rusengero nkasanga arimo gusambanira mu buriri bwanjye- Nkore iki?

Sangiza iyi nkuru

Muraho neza, mfite umugore mwiza nanjye nahozagaho ijisho ngo hatazagira umuntwara cyangwa akaba yanca inyuma ariko naje kubona ko nibeshyaga.

Ubwo amateraniro yari agezemo hagati, yarasohotse ambwira ko abanje gusuhuza umudamu w’inshuti ye hafi aho ngo kugira ngo ninza gutaha dutahane naho ubundi yagira ngo aze kumenya igihe ntahiye.

Ubwo twari dutashye naramuretse ndakomeza nditahira kuko nzi ko musize muri ayo mayira, ariko natunguwe no kugera mu rugo nkasanga ari mu rugo n’umusore nanjye nzi ko bahoze bakundana mbere y’uko tubana.

Nabafatiye mu buriri bwanjye, nabuze icyo nkora kubera kutabura imbaraga, gusa nashimye Imana ko ari inyakuri, ko yanyeretse ibibera iwanjye niyo ntahari, ko uwo tubana aba andi iruhande ku mubiri umutima uri ahandi.

Umusore yanciye mu nzara arancika, ariko umugore nabuze icyo namukorera, natumyeho abantu bake kandi bakuru bo mu muryango ngo mubaregere amasaha yo kuhagera ageze we ahita agenda, basanga yagiye, aho batahiye agaruka mu rugo.

Mungire inama, nkore iki? Narangije kumutangariza ko ntateze kongera kuryamana na we ukundi, kandi ko kwitwa umugore wanjye nabyo nabihagaritse.

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. Umugore wanjye namuhozagaho ijisho ntungurwa n’uko yantaye ku rusengero nkasanga arimo gusambanira mu buriri bwanjye- Nkore iki?
    Wiriwe ho muvandimwe, inama nakugira nuko uwo mugore wawe wamureka kuko kurekana numu ex ntabwo ari ibintu biri hafi hano, ubundi iyo umuntu amaze gushaka niwe wiha icyubahiro akamwicaho banavugana bakavugana bisanzwe, ibaze ako gasuzuguro ko kuza kuryama no murugo rwawe, tekereza umuntu utanashaka gusaba imbabazi? baravuga ngo akabaye icwende ntikoga ubwo niwiyemeza kugumana nawe muzaba mu mutunze muri 2 gusa Imana ikurengere ntabwo byoroshye

  2. Umugore wanjye namuhozagaho ijisho ntungurwa n’uko yantaye ku rusengero nkasanga arimo gusambanira mu buriri bwanjye- Nkore iki?
    Wiriwe ho muvandimwe, inama nakugira nuko uwo mugore wawe wamureka kuko kurekana numu ex ntabwo ari ibintu biri hafi hano, ubundi iyo umuntu amaze gushaka niwe wiha icyubahiro akamwicaho banavugana bakavugana bisanzwe, ibaze ako gasuzuguro ko kuza kuryama no murugo rwawe, tekereza umuntu utanashaka gusaba imbabazi? baravuga ngo akabaye icwende ntikoga ubwo niwiyemeza kugumana nawe muzaba mu mutunze muri 2 gusa Imana ikurengere ntabwo byoroshye

  3. Umugore wanjye namuhozagaho ijisho ntungurwa n’uko yantaye ku rusengero nkasanga arimo gusambanira mu buriri bwanjye- Nkore iki?
    Nukri ico novug numv nogsab ukihangan kk ibhe urimw ntivyorosh, ic nogukugra nkinam icara umubze imv yatumy abikor ham niyagusab imbabzi umuharre vrmt. Wirind kwahukna kuk siw muti vrmt kndi sivyiz kumntu akijjwe murkoz.

  4. Umugore wanjye namuhozagaho ijisho ntungurwa n’uko yantaye ku rusengero nkasanga arimo gusambanira mu buriri bwanjye- Nkore iki?
    Nukri ico novug numv nogsab ukihangan kk ibhe urimw ntivyorosh, ic nogukugra nkinam icara umubze imv yatumy abikor ham niyagusab imbabzi umuharre vrmt. Wirind kwahukna kuk siw muti vrmt kndi sivyiz kumntu akijjwe murkoz.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *