Colette, umugore washakanye na Sedar Senghor w’umwirabura mu gihe byari umuziro yatabarutse

Sedar Senghor ibumoso, Colette iburyo

Colette Senghor, umugore wemeye gushakana n’umwirabura Sedar Senghor wabaye Perezida wa mbere wa Senegal, Leopord Sedar Senghor mu gihe byari ikizira yatabarukiye mu Bufaransa kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2019. Iyi nkuru yababaje cyane Perezida wa Senegal Macky Sall ndetse n’Umuryango w’Ibihugu bivuga ururimi rw’Igifaransa (Francophonie/OIF) ivuga ko Colette yapfiriye mu rugo iwe muri Verson/Normandi […]

Umutekano w’ingabo z’u Burundi waba uri mu kaga?

Ubutumwa bw’Umugaba w’Ingabo z’u Burundi. Lt. Gen. Prime Niyongabo bwo kuri uyu wa 19 Ugushyingo 2019 bwatumye hibazwa niba umutekano w’ingabo z’iki gihugu waba uri mu kaga. Gen. Niyongabo yagiranye inama n’ingabo z’u Burundi, azisaba kutivanga muri politiki. Amagambo ye asanishwa n’amakuru yatangajwe mu minsi ishize yavugaga ko hari ingabo z’u Burundi ziri guhungira muri […]

Nigeria: Intare imaze amezi abiri irinda urugo rw’umuturage

lion.jpg

Ubusanzwe tuzi ko ingo za benshi zirindwa n’imbwa ariko umuturage wo muri Nigeria mu murwa wa Lagos we yari amaze amezi abiri arindisha urugo rwe intare ubu yamaze kujyanwa mu rwororero rw’inyamaswa z’inyagasozi. Abaturage bavuga ko babonye iyi ntare y’imyaka ibiri y’amavuko ku rugo rw’uwafashishaga nk’umurinzi bamenyesheje inzego z’umutekano na Minisiteri y’Ibidukikije kugira ngo harebwe […]

Rusizi: Abanyamahanga mu byishimo baterwa n’ibyo bunguka ku muco Nyarwanda

Uyu ngo kimwe mu bimushimisha cyane ni ugukenyera kinyarwanda

Nubwo buri gihugu kigira umuco wacyo ikindi uwacyo,abanyamahanga batandukanye bakora muri ruganda rukora sima rwa CIMERWA bavuga ko bishimira ibyiza byinshi bavoma mu muco nyarwanda birimo gukorera hamwe, umuco w’uburinganire n’ubwuzuzanye hagati y’abagore n’abagabo,indangagaciro z’ubwubahane, umurava,gukunda igihugu n’izindi, bakavuga ko bifuza gusangiza ab’iwabo ibi byiza byose bavoma mu muco nyarwanda nubwo ngo hari byinshi bisa […]

Nahawe ibihumbi 100 by’amadolari ngo nzice Museveni- Umusirikare wa Uganda

Umukozi nu rwego rw’Ubutasi rwa Uganda (CMI), Issa Arinaitwe Furaha avuga ko yahawe ikiraka cyo kwica Perezida Museveni umaze imyaka 33 ayobora iki gihugu. Ibaruwa uyu musirikare w’umu ofisiye yandikiye Perezida Museveni yamutangarije ko yari yahawe ibihumbi 100 by’Amadorali ya Amerika, kugira ngo amwice ndetse ko na Gen Kale Kayihura wari umuyobozi wa Polisi ya […]

Umugore wanjye namuhozagaho ijisho ntungurwa n’uko yantaye ku rusengero nkasanga arimo gusambanira mu buriri bwanjye- Nkore iki?

Muraho neza, mfite umugore mwiza nanjye nahozagaho ijisho ngo hatazagira umuntwara cyangwa akaba yanca inyuma ariko naje kubona ko nibeshyaga. Ubwo amateraniro yari agezemo hagati, yarasohotse ambwira ko abanje gusuhuza umudamu w’inshuti ye hafi aho ngo kugira ngo ninza gutaha dutahane naho ubundi yagira ngo aze kumenya igihe ntahiye. Ubwo twari dutashye naramuretse ndakomeza nditahira […]

Niba uri inkumi cyangwa umusore, nguyu uwo ukwiye gufata nk’impano itagomba kugucika

Kubana ni ikintu cy’agaciro mu buzima. Buri wese yifuza kubona inshuti nziza babana ariko ntibyoroha kuko ahanini tutabigiramo uruhare bitewe n’ububabashaka buke dufite nk’ikiremwamuntu. Ni byo hari igihe duhura n’inshuti mbi tugatandukana mu gihe gito gishoboka ariko tujye ducunga neza tutazatakaza n’izidufitiye umumaro cyane ko ngo ‘uwambaye ikirezi, atamenya ko cyera‘. Hari abasobanura neza ko […]

Umugore wa Rwigara yagaragaye asengera mu itongo ry’ahahoze hoteli y’umuryango we

rwigara.jpg

Umugore wa Rwigara Assinapol, Adeline Mukangemanyi Rwigara yagaragaye kuwa Mbere tariki ya 18 Ugushyingo apfukamye mu kibanza cy’ahahoze hoteli y’umuryango we mbere y’uko isenywa mu 2015. Adeline Rwigara usa n’aho aba ari gusenga, harebwe uko aba apfukamye, atuje mu kibanza cyahoze mu hoteli y’inyenyeri enye, Premiere Hotel, avuga ko yagannye Imana ngo ayiture ibibazo afite […]

Perezida Kagame yagarutse ku cyorohereje uruganda rwa Volkswagen gukorera mu Rwanda

Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame avuga ko amavugurura y’ubucuruzi no koroshya ishoramari iki gihugu cyakoze yagize akamaro ku buryo yafashije uruganda rw’imodoka rwa Volkswagen ruhitamo kuhakorera. Mu ijambo rye i Berlin mu Budage kuri uyu wa Kabiri, aho yitabiriye inama y’ishoramari ihuza ibihugu 20 bikize ku Isi n’ibihugu byo ku mugabane wa Afurika, izwi nka […]

Rwanda: Serikali yapiga marufuku jambo la kupiga magoti kwa kuomba uchumba

Tume Kuu ya Lugha na Utamaduni nchini Rwanda, RALC imewashauri vijana kukoma kupiga magoti ili kuomba wasichana kama watakubali kufunga ndoa nao. RALC imesema jambo hilo ni kinyume na desturi na pia mila za Rwanda. “ Nawapinga mno wale wanaoiga magoti. Unaona mambo hayo katika vyombo vya habari bila familia kujua.” Amesema Dk. Nzabonimpa Jacques. […]

Nyamagabe: Barataka gusiragizwa umwaka urenga basaba ingurane y’ibyabo byangirijwe

Abaturiye umuhanda Huye-Kitabi mu Karere ka Nyamagabe barataka kumara umwaka wose basiragizwa n’ubuyobozi bashaka ingurane y’imitungo yabo yangirijwe mu iyubakwa ry’umuhanda. Aba baturage bavuga ko bamze umwaka urenga bategereje ibngurane y’imitungo yabo, ariko bakaba barahebye. Nsekalije Leonard avuga ko amaze gusiragira inshuro nshinshi ku karere ariko kugeza ubu amaso yaheze mu kirere. Yagize ati ”Kuba […]

Promoters to pay taxes for foreign artists invited for a show in Rwanda

Rwanda Revenue Authority (RRA) has told events organizers and promoters that there will be charged taxes from shows perfomed by foreign artists. During a consultative meeting between promoters, RRA staff, and artistes, it was emphasized that artistes should understand workings and why they should pay. RRA representative, Innocent Kayitana told local newspapers that normally there […]

Kristo akiza kugira ngo ahishure ikuzo rya Data – Rev. Nibintije

ni-6.png

N’uko arabakiza: Ikivunge cy’abari aho baribazaga, ubwo babonaga uwari afite ubumuga bwo kutavuga abashije kuvuga, abakomeretse baromorwa, abamugaye baragenda ndetse n’abatabona barabona, n’uko bakuza Imana ya Israel (Matayo 15:30,31). Yesu yarakizaga kugira ngo aheshe ikuzo Se, mu by’ukuri Yesu yahesheje ikuzo Se. Ukomeje, wabona ko Yesu yajyaga avuga kuri Se. “ “Data yaranyohereje… Data aratunganye… […]

Struggling To Reach Orgasm? These Tricks Will Help You Get There Faster

She’s tried every tactic she knows — from oral sex to various positions endorsed by Kama Sutra — and still, you’re nowhere close to orgasm. Though this might happen from time to time in a long-term, committed relationship, when the issue persists, she might pull out other strategies, like sexy lingerie or dirty talk, all […]

USA: Urujijo ku rupfu rw’Umunyarwanda wiciwe hafi y’akabari

gakuba.jpg

Hakomeje kuba urujijo ku rupfu rw’Umunyarwanda, Yves Gakuba wabaga muri Leta ya Colarado wishwe nyuma yo kuva mu kabari kuwa 2 Ugushyingo hafi y’ahitwa Mariposa. Gakuba w’imyaka 34 nk’uko CBS4 dukesha iyi nkuru ivuga ko amakuru y’uko uyu Munyarwanda yishwe yamenyekanye nyuma y’aho yari avuye mu Kabari kitwa Pioneer kari hafi na kampisi (Campus) ya […]

Tender for Purchasing T-shirt for the graduated AGYW in Muhanga District

B.P 188 Kigali Subject: Tender for Purchasing T-shirt for the graduated AGYW in Muhanga district Tender reference: 037/G/FXB/2019 FXB Rwanda is Rwandan Local Non-Governmental Organization (NGO), whose mission to address the root causes of poverty as a means of securing children’s rights to survive, grow and develop and strives to be a catalyst for long-lasting […]

Warehouse Manager at Sokowatch Ltd

Sokowatch is transforming communities across Africa by revolutionizing access to essential goods and services. By connecting small shops to the digital economy, we fix inefficient supply chains and provide services that were previously unavailable. Sokowatch aims to provide everything a retailer needs, no wholesalers or banks necessary. Our Vision Dominate the duka market across Africa […]

Monitoring and Evaluation Officer at Practical Action

Practical Action is an international non-governmental organisation (NGO) that uses technology to challenge poverty in developing countries. We find out what people are doing and help them to do it better. Through technology we enable poor communities to build on their skills and knowledge to produce sustainable and practical solutions- transforming their lives forever and […]

Tender for Purchasing Different TVET Kits in Muhanga District

B.P 188 Kigali Subject: Tender for Purchasing Different TVET Kits in Muhanga District Tender reference: 037/G/FXB/2019 FXB Rwanda is Rwandan Local Non-Governmental Organization (NGO), whose mission to address the root causes of poverty as a means of securing children’s rights to survive, grow and develop and strives to be a catalyst for long-lasting positive change […]

Irebere amafoto: Uko umugabo yahaswe ikiboko amaze gufatirwa hejuru y’umugore w’abandi

bok.jpg

Ni umugabo wo muri Nigeria, nyuma yo gufatwa asambana n’umugore w’undi mugabo yafashwe ajyanwa ku Karubanda ahatwa ikiboko n’abagabo bagenzi be. Uyu mugabo utatangajwe amazina, agaragara yarambitswe ku ntebe y’urubaho, agaramye umugabo umwe amufashe amaguru, undi ku mutwe uwa gatatu arimo gukubita ku kibuno. Imbaga y’abantu yari ishungereye, uyu mugabo agaragara kandi ahanutse kuri ka […]

Icyo Leta ya Congo ivuga ku bakomando b’u Rwanda bivugwa ko barimo kurwanira kuri ubu butaka

Leta ya Congo yanyomoje amakuru yavugaga ko haba hari ingabo zidasanzwe z’u Rwanda zinjiye ku butaka bwayo mu rugamba rugambije guhashya imitwe y’inyeshyamba irimo na FDLR. Ni nyuma yaho impuzamashyaka MRCD isohoreye itangazo itabariza impunzi z’Abanyarwanda ziri muri Congo ivuga ko zigiye kugabwaho ibitero n’ingabo za Leta y’u Rwanda zinjiye muri Congo ngo zambaye imyenda […]

Gicumbi: Hari abajya muri Uganda ntibagaruke abandi bakaburirwa irengero

Abaturage bo mu Mirenge y’Akarere ka Gicumbi bavuga ko hari abaturage bajya muri Uganda bavuga ko bagiye gushaka imirimo muri Uganda ntibagaruke mu gihe hari n’ababurirwa irengero. Umwe mu baturage yabwiye City Radio dukesha iyi nkuru ko abaturage bambuka mu buryo butemewe, bavuga ko bagiye gusoroma icyayi. Bavuga ko kuba baba begereye Uganda, bituma batajya […]

Rwanda Monitoring & Evaluation Intern at One Acre Fund

One Acre Fund is an agricultural NGO that is innovating a new way of helping farm families to achieve their full potential. In more than five years in Rwanda, We have grown to serve more than 180,000 farm families with 1,500 full-time staff in Rwanda. In Burundi, We have grown to serve 40,000 farm families […]

Huye: Bamwe bakomeretse abandi barakubitwa barwanira inzoga zamenetse mu muhanda

inzoga.jpg

Umwe mu baturage bo mu Murenge wa Mukura, mu Karere ka Huye yakomeretse abandi barakubitwa, mu bushyamirane bw’inzoga zakomotse ku modoka yari izitwaye nyuma igafungukira mu muhanda rwagati. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 18 Ugushyingo nk’uko TV na Radio 1 dukesha iyi nkuru bitangaza, ngo ubwo inzoga zamenekaga mu […]