Umugore yaguze igikinisho cy’akabariro acyita Mugisha

Sangiza iyi nkuru

Umugore wamenyekanye nka Nomcebo Tshabalala avuga ko yahisemo kugura igikinisho kimeze nk’igitsina cy’umugabo yise Mugisha (Blessing) ngo ajye acyifashisha kuko yari arambiwe kwirirwa yirukanka ku bagabo.

Nomcebo yanyarukiye kuri Facebook avuga icyamuteye kugura icyo gikinisho we yise ko ari umugisha. Yagize ati ” Nari ndambiwe kwiruka ku gitsina cy’abagabo. Nahise nishakira ubwanjye Mugisha.”

Uyu mugore ntiyavuze uko kwiruka ku bagabo bimugoye ndetse n’impamvu yahisemo kwita izina Mugisha.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

6 Responses

  1. Umugore yaguze igikinisho cy’akabariro acyita Mugisha
    oh! mbabajwe nuwomusekirite wishe umukunzi,iyaza kwiyica akareka uwomukunzi,ariko nanone baravugaga ngo birajana

  2. Umugore yaguze igikinisho cy’akabariro acyita Mugisha
    oh! mbabajwe nuwomusekirite wishe umukunzi,iyaza kwiyica akareka uwomukunzi,ariko nanone baravugaga ngo birajana

  3. Umugore yaguze igikinisho cy’akabariro acyita Mugisha
    nibyorwose ikigo gifite abarimubabi kigomba kuba cyakoresha amarobo bitaribyo abanyeshuri baba nkabo .dore ko bavuga ngo uwibahetse ababwira urimumugongo

  4. Umugore yaguze igikinisho cy’akabariro acyita Mugisha
    nibyorwose ikigo gifite abarimubabi kigomba kuba cyakoresha amarobo bitaribyo abanyeshuri baba nkabo .dore ko bavuga ngo uwibahetse ababwira urimumugongo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *