Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze

Sangiza iyi nkuru

Umukobwa wa Paul Rusesabagina, yanenze imyitwarire y’igihugu cy’u Bubiligi nk’igihugu cya kabiri cya se, nyuma y’itabwa muri yombi rye avuga ko ritubahirije amategeko, ndetse anibaza agaciro ko kugira ubwenegihugu bw’u Burayi ku mfungwa ya politiki.

Paul Rusesabagina, ufite ubwenegihugu bw’u Bubiligi bivugwa ko yakuwe I Dubai akazanwa mu Rwanda ku ngufu nubwo u Rwanda rubihakana, kuri ubu akurikiranweho ibyaha bifitanye isano n’ibikorwa by’iterabwoba.

Umukobwa we, Carine Kanimba ariko, avuga ko kuva yaburirwa irengero mu buryo bw’amayobera, amaze gusurwa rimwe gusa n’umuyobozi w’Umubiligi, kandi nabwo byabereye imbere y’umunyamategeko yahawe na leta.

Mu kiganiro yagiranye na The Guardian, Kanimba w’imyaka 27 yagize ati: “Mu by’ukuri bituma umuntu yibaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze n’icyo status yo kurindwa imaze nk’impunzi ya politiki,”

Yakomeje agira ati: “Ndatekereza ko barimo kugerageza kurushaho kwitonda kandi mfite impungenge z’uko bazabanira neza data. Mfite impungenge bidasubirwaho z’umubano hagati y’u Bubiligi n’u Rwanda.”

Kanimba utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, mu Mujyi wa New York, kuri ubu ari i Buruseli mu Bubiligi, aho arimo aragerageza kumvisha Inteko Ishinga Amategeko y’u Burayi kugira icyo ikora ku itabwa muri yombi rya se.

Ati: “Twizere ko bizaganisha ku kugira igikorwa no kwamaganwa n’Abanyaburayi.”

Umuryango wa Rusesabagina ukaba warakariye igihugu cy’u Bubiligi ku guceceka kwacyo ku ifatwa rye, mu gihe uyu muryango ukomeje no kuzamura ibibazo byinshi ku kuntu yabuze.

Kanimba yavuze ko mu kiganiro gito yagiranye n’umuyobozi muri ambasade, Rusesabagina yavuze ko “yabyutse yisanga” i Kigali. Uyu muryango kandi washakaga amakuru ku muntu uwo ari we wese ushobora kuba yariboneye uko yageze mu Rwanda, bakeka ko yahageze kuwa 28 Kanama, nyuma y’uko Rusesabagina ahatiwe cyangwa akabeshywa gufata indege yihariye yakodeshejwe kuva i Dubai yerekeza i Kigali nk’uko bavuga.

Kuri uyu wa Mbere ushize, nibwo Rusesabagina, u Rwanda rwo ruvuga ko yizanye, yitabye urukiko bwa mbere, aho akurikiranyweho ibyaha by’iterabwoba n’ubwicanyi.

Umuryango we uhakana byimazeyo ibyo birego, ndetse ukavuga ko atemerewe guhura n’itsinda rye ry’abavoka bamuhitiyemo.

Soma Izindi Nkuru

34 Responses

  1. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Uyu mukobwa ntazi se neza yaravangiwe ntazia aho isi igeze. Ruseabagina ntabwo ari imfungwa ya politiki ahubwo ni imfungwa y’intambara yashoje ku Rwanda akayifatirwamo. iyo aba ari mubihugu biteye imbere aba yarishwe agifatwa.

  2. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Uyu mukobwa ntazi se neza yaravangiwe ntazia aho isi igeze. Ruseabagina ntabwo ari imfungwa ya politiki ahubwo ni imfungwa y’intambara yashoje ku Rwanda akayifatirwamo. iyo aba ari mubihugu biteye imbere aba yarishwe agifatwa.

  3. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ariko ge mbona uko yaba yaragejejwe i Kigali kose nta kibazo,icyangombwa ni uko inzego zamushakaga zamubonye.
    Naho ku kijyanye n’ubwene gihugu mbere y’ubundi bwose ni umunyarwanda kuko ntiyigeze ubwamburwa kandi ni nabwo yavukanye nta nuzabumuvutsa.
    Use na Sekuru barabizi ko ari umunyarwanda.

  4. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ariko ge mbona uko yaba yaragejejwe i Kigali kose nta kibazo,icyangombwa ni uko inzego zamushakaga zamubonye.
    Naho ku kijyanye n’ubwene gihugu mbere y’ubundi bwose ni umunyarwanda kuko ntiyigeze ubwamburwa kandi ni nabwo yavukanye nta nuzabumuvutsa.
    Use na Sekuru barabizi ko ari umunyarwanda.

  5. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ariko ge mbona uko yaba yaragejejwe i Kigali kose nta kibazo,icyangombwa ni uko inzego zamushakaga zamubonye.
    Naho ku kijyanye n’ubwene gihugu mbere y’ubundi bwose ni umunyarwanda kuko ntiyigeze ubwamburwa kandi ni nabwo yavukanye nta nuzabumuvutsa.
    Use na Sekuru barabizi ko ari umunyarwanda.

  6. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ariko ge mbona uko yaba yaragejejwe i Kigali kose nta kibazo,icyangombwa ni uko inzego zamushakaga zamubonye.
    Naho ku kijyanye n’ubwene gihugu mbere y’ubundi bwose ni umunyarwanda kuko ntiyigeze ubwamburwa kandi ni nabwo yavukanye nta nuzabumuvutsa.
    Use na Sekuru barabizi ko ari umunyarwanda.

  7. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ariko ge mbona uko yaba yaragejejwe i Kigali kose nta kibazo,icyangombwa ni uko inzego zamushakaga zamubonye.
    Naho ku kijyanye n’ubwene gihugu mbere y’ubundi bwose ni umunyarwanda kuko ntiyigeze ubwamburwa kandi ni nabwo yavukanye nta nuzabumuvutsa.
    Use na Sekuru barabizi ko ari umunyarwanda.

  8. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ariko ge mbona uko yaba yaragejejwe i Kigali kose nta kibazo,icyangombwa ni uko inzego zamushakaga zamubonye.
    Naho ku kijyanye n’ubwene gihugu mbere y’ubundi bwose ni umunyarwanda kuko ntiyigeze ubwamburwa kandi ni nabwo yavukanye nta nuzabumuvutsa.
    Use na Sekuru barabizi ko ari umunyarwanda.

  9. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Hahahaha birutwa niyo yifatira ubw’u Burundi. Akagabo gahimba akandi kataraza

  10. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Hahahaha birutwa niyo yifatira ubw’u Burundi. Akagabo gahimba akandi kataraza

  11. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Uyu mukobwa kanimba narinziko arena kure kurusha se,ariko ndabona nta tandukaniro. Kugira ubwenegihugu bw’iburayi ngo bababeshye ko byabafasha Ku viyora amategeko no kwica inzirakarengane z’abanyarwanda? Ndizera ababiligi batakora ikosa nk’iryo bakoze 94?

    1. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
      nubundi bumaze iki!!!!!nubwo akibimenya. Buriya ntabwo nari nzi ko ubugoryi buhererekanya mu maraso pe, umukobwa aranyumije kabisa, yabonye ko se ariwe umunyamahanga wa mbere ufungiwe mu Rwanda,ahubwo niba akunda se natahe akajya amusura nibura, akamuba hafi, ise yakoze icyaha n’inyoni zo mu giti zamushinja ngo kuba umubiligi!!!!!!mbega amashuli!!!!! mbega kuba iburayi!!!!!uyu mukobwa ndamusuzuguye kabisa.

    2. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
      nubundi bumaze iki!!!!!nubwo akibimenya. Buriya ntabwo nari nzi ko ubugoryi buhererekanya mu maraso pe, umukobwa aranyumije kabisa, yabonye ko se ariwe umunyamahanga wa mbere ufungiwe mu Rwanda,ahubwo niba akunda se natahe akajya amusura nibura, akamuba hafi, ise yakoze icyaha n’inyoni zo mu giti zamushinja ngo kuba umubiligi!!!!!!mbega amashuli!!!!! mbega kuba iburayi!!!!!uyu mukobwa ndamusuzuguye kabisa.

    3. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
      nubundi bumaze iki!!!!!nubwo akibimenya. Buriya ntabwo nari nzi ko ubugoryi buhererekanya mu maraso pe, umukobwa aranyumije kabisa, yabonye ko se ariwe umunyamahanga wa mbere ufungiwe mu Rwanda,ahubwo niba akunda se natahe akajya amusura nibura, akamuba hafi, ise yakoze icyaha n’inyoni zo mu giti zamushinja ngo kuba umubiligi!!!!!!mbega amashuli!!!!! mbega kuba iburayi!!!!!uyu mukobwa ndamusuzuguye kabisa.

    4. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
      nubundi bumaze iki!!!!!nubwo akibimenya. Buriya ntabwo nari nzi ko ubugoryi buhererekanya mu maraso pe, umukobwa aranyumije kabisa, yabonye ko se ariwe umunyamahanga wa mbere ufungiwe mu Rwanda,ahubwo niba akunda se natahe akajya amusura nibura, akamuba hafi, ise yakoze icyaha n’inyoni zo mu giti zamushinja ngo kuba umubiligi!!!!!!mbega amashuli!!!!! mbega kuba iburayi!!!!!uyu mukobwa ndamusuzuguye kabisa.

  12. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Uyu mukobwa kanimba narinziko arena kure kurusha se,ariko ndabona nta tandukaniro. Kugira ubwenegihugu bw’iburayi ngo bababeshye ko byabafasha Ku viyora amategeko no kwica inzirakarengane z’abanyarwanda? Ndizera ababiligi batakora ikosa nk’iryo bakoze 94?

  13. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    ese? bage bibaza ko mbere yububirigi Bari Abanyarwanda nubu kdi nibo rero banibukeko nubwo arabanyamahanga ariko biyita batwiciye Abanyarwanda nabanyarwanda kazi mbere yokwibaza byinshi bage amenya ibyo irishyano ryumukobwa buriya ryamenya Akababaro kabapfuye naryo ripfushije

  14. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    ese? bage bibaza ko mbere yububirigi Bari Abanyarwanda nubu kdi nibo rero banibukeko nubwo arabanyamahanga ariko biyita batwiciye Abanyarwanda nabanyarwanda kazi mbere yokwibaza byinshi bage amenya ibyo irishyano ryumukobwa buriya ryamenya Akababaro kabapfuye naryo ripfushije

  15. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    ese? bage bibaza ko mbere yububirigi Bari Abanyarwanda nubu kdi nibo rero banibukeko nubwo arabanyamahanga ariko biyita batwiciye Abanyarwanda nabanyarwanda kazi mbere yokwibaza byinshi bage amenya ibyo irishyano ryumukobwa buriya ryamenya Akababaro kabapfuye naryo ripfushije

  16. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    ese? bage bibaza ko mbere yububirigi Bari Abanyarwanda nubu kdi nibo rero banibukeko nubwo arabanyamahanga ariko biyita batwiciye Abanyarwanda nabanyarwanda kazi mbere yokwibaza byinshi bage amenya ibyo irishyano ryumukobwa buriya ryamenya Akababaro kabapfuye naryo ripfushije

  17. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Carina we uraho. Ntugatekereze bya cyana kandi ukuze. Kugira ubwenegihugu bw’ahandi ntibigushyira hejuru y’amategeko. Nongere nkwibutse: izo micro hari igihe uzagira imvamutima ziri negatifs(ushobora kugira uburakari ugatukana ) ukagana inkiko. Ibasire Ababirigi ye! Reka inkiko zikore muvandi.wowe iso aremera ibintu ukabihakana . Ishinge abanyamakuru n’abakoshya. Umwana w’inkunguzi arunguruka ababyeyi bari koga.naho ubundi ivugire ko bitakuraho amategeko se.baca umugani ngo: Ingurube yarwaye imisaya ntibuza izindi guhekenya (niba utazi amategeko ntibizayabuza gukora ibiyakubiyemo). Ariko wakitahiye ko nta kiza cyo mu buhungiro. U Rwanda ko ruryoshye ra? Ishinge abagushuka numara kunyerera ukagwa ntawuzakwegura. Uraje wiyite umuvugizi/ umuyobozi usimbuye ise ,nawe wizane. Waje utaranyerera. Ntimugakine n’ubuzima bw’abantu. Iki gihugu gifite intwari nyazo atari izo mu mafirimi. Ubutabera mukore akazi mu bunararibonye,ubushishozi n’ubunyangamugayo musanganywe. Paul Rusesabagina nibimuhama ahanwe hakurikijwe amategeko, nibitamuhama arekurwe hari ikindi.Alleluia!Amen

  18. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Carina we uraho. Ntugatekereze bya cyana kandi ukuze. Kugira ubwenegihugu bw’ahandi ntibigushyira hejuru y’amategeko. Nongere nkwibutse: izo micro hari igihe uzagira imvamutima ziri negatifs(ushobora kugira uburakari ugatukana ) ukagana inkiko. Ibasire Ababirigi ye! Reka inkiko zikore muvandi.wowe iso aremera ibintu ukabihakana . Ishinge abanyamakuru n’abakoshya. Umwana w’inkunguzi arunguruka ababyeyi bari koga.naho ubundi ivugire ko bitakuraho amategeko se.baca umugani ngo: Ingurube yarwaye imisaya ntibuza izindi guhekenya (niba utazi amategeko ntibizayabuza gukora ibiyakubiyemo). Ariko wakitahiye ko nta kiza cyo mu buhungiro. U Rwanda ko ruryoshye ra? Ishinge abagushuka numara kunyerera ukagwa ntawuzakwegura. Uraje wiyite umuvugizi/ umuyobozi usimbuye ise ,nawe wizane. Waje utaranyerera. Ntimugakine n’ubuzima bw’abantu. Iki gihugu gifite intwari nyazo atari izo mu mafirimi. Ubutabera mukore akazi mu bunararibonye,ubushishozi n’ubunyangamugayo musanganywe. Paul Rusesabagina nibimuhama ahanwe hakurikijwe amategeko, nibitamuhama arekurwe hari ikindi.Alleluia!Amen

  19. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    hahah kugira ubwenegihugu bu bubirigi ni fahe nye waba wanze ubwene gihugu bwawe ukagirirwa akamaro nubwabandise ntibishoboka niwicuze nurangiza wihane uze usangeso ujye umutekera agakoma byibuze sibyose ntazabuer byose ntazabure ubu bubirigi ngo ubure nubunyarwanda sha abahezanguni nigute umuntu asenya igihu cye kubera evil yamurenze GOD PUNISH YOU!

  20. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    hahah kugira ubwenegihugu bu bubirigi ni fahe nye waba wanze ubwene gihugu bwawe ukagirirwa akamaro nubwabandise ntibishoboka niwicuze nurangiza wihane uze usangeso ujye umutekera agakoma byibuze sibyose ntazabuer byose ntazabure ubu bubirigi ngo ubure nubunyarwanda sha abahezanguni nigute umuntu asenya igihu cye kubera evil yamurenze GOD PUNISH YOU!

  21. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ariko se kuba umuntu arumunya bubirigi cg umunyaburayi buguha ubudahangarwa ugakora ibyo wishakiye ,ukica ,ugasenya,ugasebanya,…?.

  22. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ariko se kuba umuntu arumunya bubirigi cg umunyaburayi buguha ubudahangarwa ugakora ibyo wishakiye ,ukica ,ugasenya,ugasebanya,…?.

  23. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    uriya mukobwa abanze arebe uruhu rwa se nasanga ari umuzungu akomeze asakuze.

  24. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    uriya mukobwa abanze arebe uruhu rwa se nasanga ari umuzungu akomeze asakuze.

  25. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ko numva uyumukobwa kanimba yashyize imbere umbwenegihugu bwububiligi niba arumubiligi ko adakina politique mububirigi.kubera iki atanga amafaranga mukugaba ibitero murwanda,niba arumubiligi yayatanze mukugaba ibitero mubuliligi

  26. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Ko numva uyumukobwa kanimba yashyize imbere umbwenegihugu bwububiligi niba arumubiligi ko adakina politique mububirigi.kubera iki atanga amafaranga mukugaba ibitero murwanda,niba arumubiligi yayatanze mukugaba ibitero mubuliligi

  27. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Nimba se ububiligi aribwo burimbere yubunyarwanda kuki FLN yaje muri nyungwe mububiligi ntamashyamba ahari ngo akureho leta yaho anahayobore

  28. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Nimba se ububiligi aribwo burimbere yubunyarwanda kuki FLN yaje muri nyungwe mububiligi ntamashyamba ahari ngo akureho leta yaho anahayobore

  29. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Hari abana babaye infubyi ubu ntibazongera kubona ababyeyi babo ukundi, kubera Rusesabagina,
    Twashoye mubukerarugendo ateza umutekano muke muri nyungwe araduhombya nkabanyarwanda twese.
    Nuko twagize igisirikare kidasinzira, naho intambara yari yashoje kurwanda nkuko yabivuze, ubu murwanda ntawarikuba ari kurya atari kwirukankana akarago kumutwe.
    Njye mbona Rusesabagina ntaho ataniye na Osama bin laden kubanyamerika.

  30. Umukobwa wa Rusesabagina aribaza icyo kugira ubwenegihugu bw’u Bubiligi bimaze
    Hari abana babaye infubyi ubu ntibazongera kubona ababyeyi babo ukundi, kubera Rusesabagina,
    Twashoye mubukerarugendo ateza umutekano muke muri nyungwe araduhombya nkabanyarwanda twese.
    Nuko twagize igisirikare kidasinzira, naho intambara yari yashoje kurwanda nkuko yabivuze, ubu murwanda ntawarikuba ari kurya atari kwirukankana akarago kumutwe.
    Njye mbona Rusesabagina ntaho ataniye na Osama bin laden kubanyamerika.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *