Umupasiteri avuga ko yagiye mu ijuru inshuro enye Imana ikaba ariyo imusiga amavuta

Sangiza iyi nkuru

Umugabo wo muri Ghana uvuga ko ari pasiteri, yemeje ko yagiye mu ijuru inshuro enye ndetse ko Imana ariyo yamwisigiye amavuta ngo akore umurimo wayo.

Uyu mugabo utavuzwe amazina, mu kiganiro kuri radiyo Koma FM, yavuze ko yagiye mu ijuru inshuro zitari munsi y’enye.

Umunyamakuru yongeye gusubiramo ikibazo, avuga ko ” Ni uko byagenze, Imana niyo yanyiyimikiye ngo mbwirize ijambo ryayo ku Isi.”

Ku bari bateze amatwi, bavuze ko uwo mugabo ashobora kuba abeshya, ahubwo yishakira abayoboke n’amaronko.

Soma Izindi Nkuru

2 Responses

  1. Umupasiteri avuga ko yagiye mu ijuru inshuro enye Imana ikaba ariyo imusiga amavuta
    “abarokore” baciye amazi Imana.
    Imana imusiga amavuta? Imuca se iki?
    Nabanze asigwe amqvuta n’abantu.

  2. Umupasiteri avuga ko yagiye mu ijuru inshuro enye Imana ikaba ariyo imusiga amavuta
    “abarokore” baciye amazi Imana.
    Imana imusiga amavuta? Imuca se iki?
    Nabanze asigwe amqvuta n’abantu.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *