Umupasiterikazi wo muri Nigeria washinze Itorero Life of Faith and Prosperity Ministry, Veronica, yaciye igikuba ubwo yavugaga igitsina cye cyasizwe amavuta ku buryo umugabo baryamanye inshuro imwe ahita akira.
Uyu mugore uyobora itorero ahitwa Asaba muri Leta ya Delta avuga ko ” Kuryamana nanjye kuko igitsina cyanjye cyahawe umugisha bifasha abagabo batabyara guhita bikemuka.” Uyu wari urimo kubwiriza, yatanze nimero ze ku buryo umugabo ufite ikibazo wese yazamuhamagara , bakabikemura. Uretse kubivuga mu rusengero, Veronica yabishyize no kuri Facebook, avuga ngo “Abagabo banyuze mu bubabare buri kuri iyi Si. Imana yaranyohereje ngo mbabohore. Mushobora kubihakana ariko ntibikuraho ko ari ukuri.”



28 Responses
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Tsindwa mwizina rya yesu n’abadayimoni bakwuzuye none ngoni pasteur, pasitorowahehe? yavuzekwashaka abo azarimbukana nabo akareka kubesha! icyakora ntazabur’Impumyi zizamusangango azivure, yewe! isi igeze kumusozopeee!!!7
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
NDUMIWE PE!! NGO PASTEUR? CYANGWA DAYIMONI.
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
NDUMIWE PE!! NGO PASTEUR? CYANGWA DAYIMONI.
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ikibazo nuko ushinze idini wese abona abayoboke kandi benshi.Nta kindi baba bagamije uretse gushaka imibereho.Mu gihe yesu yasabye abakristu nyakuli bose kujya mu nzira bakabwiriza ku buntu,usanga abashinga amadini bose ali ba Gafaranga.Imana idusaba kubahunga kugirango tutazarimbukana nabo ku munsi wa nyuma.
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ikibazo nuko ushinze idini wese abona abayoboke kandi benshi.Nta kindi baba bagamije uretse gushaka imibereho.Mu gihe yesu yasabye abakristu nyakuli bose kujya mu nzira bakabwiriza ku buntu,usanga abashinga amadini bose ali ba Gafaranga.Imana idusaba kubahunga kugirango tutazarimbukana nabo ku munsi wa nyuma.
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Tsindwa mwizina rya yesu n’abadayimoni bakwuzuye none ngoni pasteur, pasitorowahehe? yavuzekwashaka abo azarimbukana nabo akareka kubesha! icyakora ntazabur’Impumyi zizamusangango azivure, yewe! isi igeze kumusozopeee!!!7
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Mumureke’imana’izabimwibariza
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Mumureke’imana’izabimwibariza
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ndumiwe koko uyu ni umukozi wa satani witwaza izina pasteur kazi ni nk’imwe mundaya international , abasenga nimusenge ibintu birakaze isi igeze aharindimuka kandi bamwe mubagore bari kwihutisha indunduro yayo. Imana ariko izakomeza kuba yo Ntago ijya ivangirwa burikintu kigira atangiriro n’iherezo ryacyo. Kandi buriwese imbuto yera nizo zizamushyira aho akwiye kujya.
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ndumiwe koko uyu ni umukozi wa satani witwaza izina pasteur kazi ni nk’imwe mundaya international , abasenga nimusenge ibintu birakaze isi igeze aharindimuka kandi bamwe mubagore bari kwihutisha indunduro yayo. Imana ariko izakomeza kuba yo Ntago ijya ivangirwa burikintu kigira atangiriro n’iherezo ryacyo. Kandi buriwese imbuto yera nizo zizamushyira aho akwiye kujya.
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ariko usibye ko uyu yifashishije igitsina cye yiyogeza n’idini rye, Abanyamadini bandi bo ntibitwaza icya 10 n’amaturo bashyira imbere inda zabo ngo Ni Imana yabatumye?
“Uwavuga ay’inzuki Ubuki ntibwanyobwa”.
Abantu bose bitwaza ko batumwe n’Imana bagira ngo bavucure rubanda cg ngo bamamare, ni ubugwari dukwiriye kurwanya mu isura iyo ariyo yose cyane cyane iwacu mu Rwanda.
Abo bose ni ba “Rusahurira mu nduru”.
“Intore” z’i Rwanda twugarire tutazugarizwa.
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ariko usibye ko uyu yifashishije igitsina cye yiyogeza n’idini rye, Abanyamadini bandi bo ntibitwaza icya 10 n’amaturo bashyira imbere inda zabo ngo Ni Imana yabatumye?
“Uwavuga ay’inzuki Ubuki ntibwanyobwa”.
Abantu bose bitwaza ko batumwe n’Imana bagira ngo bavucure rubanda cg ngo bamamare, ni ubugwari dukwiriye kurwanya mu isura iyo ariyo yose cyane cyane iwacu mu Rwanda.
Abo bose ni ba “Rusahurira mu nduru”.
“Intore” z’i Rwanda twugarire tutazugarizwa.
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
arikokoko imanayakora ibyobintukandi ibyanga? wabaye ari umugore ukunda ubusambanyi akabayaroherejwe nasatani ngo ayobye abantu ariko mwihorere imana izamutwikamo amakara
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
arikokoko imanayakora ibyobintukandi ibyanga? wabaye ari umugore ukunda ubusambanyi akabayaroherejwe nasatani ngo ayobye abantu ariko mwihorere imana izamutwikamo amakara
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ndabaranukije mu izina rya Yesu,twamaganye iyi Satan kubmugaragaro kdi ducecekesheje amajwi y’ikuzimu katika jina la kristo yesu iyi Satan nimuyireke ahubwo akayo karaza gushoboka kdi uwiteka lmana aturinde izi nkozi z’ibibi
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ndabaranukije mu izina rya Yesu,twamaganye iyi Satan kubmugaragaro kdi ducecekesheje amajwi y’ikuzimu katika jina la kristo yesu iyi Satan nimuyireke ahubwo akayo karaza gushoboka kdi uwiteka lmana aturinde izi nkozi z’ibibi
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ndabaranukije mu izina rya Yesu,twamaganye iyi Satan kubmugaragaro kdi ducecekesheje amajwi y’ikuzimu katika jina la kristo yesu iyi Satan nimuyireke ahubwo akayo karaza gushoboka kdi uwiteka lmana aturinde izi nkozi z’ibibi
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Ndabaranukije mu izina rya Yesu,twamaganye iyi Satan kubmugaragaro kdi ducecekesheje amajwi y’ikuzimu katika jina la kristo yesu iyi Satan nimuyireke ahubwo akayo karaza gushoboka kdi uwiteka lmana aturinde izi nkozi z’ibibi
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
tokasatani tokatok
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
tokasatani tokatok
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
byiza cyane we .
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
byiza cyane we .
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
MUBIHEBYIMPERUKA AMADINI AZABAMENSHI NABAYOBYA MWITONDERE IBYOMUBONA IBYERA
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
MUBIHEBYIMPERUKA AMADINI AZABAMENSHI NABAYOBYA MWITONDERE IBYOMUBONA IBYERA
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Uyu mugore ni umushukanyi ujyana abantu munzira yokurimbuka
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
Uyu mugore ni umushukanyi ujyana abantu munzira yokurimbuka
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
MUMP’ AKANOMERO KE SE CHEF!!
Umupasiterikazi yigambye kugira igitsina cyasizwe amavuta gikiza buri uwo baryamanye
MUMP’ AKANOMERO KE SE CHEF!!