Umusore yafatiwe mu cyuho yimya ihene

Sangiza iyi nkuru

Umusore w’Umunya-Nigeria wo mu gace ka Ado Ekit gaherereye muri Leta ya Ekit, yafashwe n’abaturage asambanyiriza ihene mu nzu ituzuye.

Uyu musore wavuze ko yitwa Peter David, yabanje gufatwa n’amashusho asambanya iriya hene, mbere yo gutegekwa gukomeza kuyimya ubwo bamugwaga gitumo ayiri hejuru.

David, yasobanuye ko atari ubwa mbere yari yimije ihene, ngo kuko no mu gihe yabaga ahitwa Akure ho muri Leta ya Ondo yajyaga azisambanya, mbere y’uko yerekeza muri Ekit aho yari agiye kwiga ubukorikori.

Muri videwo yaciye ibintu ku mbuga nkoranyambaga, David yiyemerera ko yabanje kwirukankana iriya hene, hanyuma bagera mu nyubako itaruzura akayihasambanyiriza amaze kuyifata. Ati” Nkibona ihene narayirukankanye, ndayifata nyizana muri iyi nyubako ituzuye kugira ngo turyamane.

Umugore wafashe amashusho ya David asambanya ihene yumvikana muri videwo avuga ko ihene yasigaye imeze nabi, ku buryo itashoboraga no gutambuka bitewe n’uko yasaga n’iyacitse intege.

Soma Izindi Nkuru

10 Responses

  1. Umusore yafatiwe mu cyuho yimya ihene
    ayo n’amahano ntibiho ariko uwo musore n’avuzwe kuko n’umurwayi nah’ubundi afunzwe ntiyabireka n’ingeso yifitiye.

  2. Umusore yafatiwe mu cyuho yimya ihene
    ayo n’amahano ntibiho ariko uwo musore n’avuzwe kuko n’umurwayi nah’ubundi afunzwe ntiyabireka n’ingeso yifitiye.

  3. Umusore yafatiwe mu cyuho yimya ihene
    BANTU DUTUYE ISI DUSHISHOZE CYANE KUKO TURI MUKINYEJANA CYANYUMA

  4. Umusore yafatiwe mu cyuho yimya ihene
    BANTU DUTUYE ISI DUSHISHOZE CYANE KUKO TURI MUKINYEJANA CYANYUMA

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *