Urukiko rwafashe umwanzuro ku mugabo n’umugore bari babanye imyaka 21 bataratera akabariro

Sangiza iyi nkuru

Urukiko mu gace ka Buguruni muri Tanzania rwahisemo gutandukanya umugore witwa Rebecca Magaba n’umugabo we, Maselege Zabron bari bamaze imyaka 21 babana ariko batarakora imibonano nk’abashakanye.

Urukiko rwavuze ko aba bombi bagomba kugabana bakaringaniza ibyo bungutse muri iyo myaka y’urushako.

Magaba kugira ngo ahabwe gatanya, yavuze ko mu myaka 21 amaranye n’umugabo we, batarakora imibonano mpuzabitsina kuko Maselege afite indwara yitwa cryptorchidism. Ni ikibazo cyo mu ibya.

Umucamanza Mwinyiheri Kondo yavuze ko banzuye gutandukanya aba bombi kuko ibyo bakoze binyuranye n’ibyitezwe mu rushako nk’uko The Citizen ibitangaza.

Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *