Uwari umugore wa Pasiteri Bugingo Aloysius, Teddy Naluswa Bugingo, yategetswe n’Urukiko Rukuru rwa Makindye mu Mujyi wa Kampala ruburanisha imanza mbonezamubano, guha umugabo we wamutaye, imitungo irimo imodoka eshatu n’urupapuro rw’uko bashakanye. Urukiko kandi kuwa 31 Werurwe, rwategetse ko uyu mugore agomba guha Bugingo ibyangombwa by’ubutaka birindwi. Kuva aba bombi batandukana, rurageretse mu nkiko kuri gatanya mu gihe Past. Bugingo yahise ashaka undi mugore, Susan Makula. Hategerejwe ko uru rubanza kuri gatanya rusozwa. Ni mu gihe Bugingo na we ari kuburana yidegembya ku kuba yarashatse undi mugore kandi ataratandukana n’uwa mbere, Teddy Naluswa.



8 Responses
Urukiko rwategetse uwari umugore wa Past. Bugingo kumuha imitungo irimo imodoka eshatu
Sindi umunyamategeko ariko inkiko zo muri Uganda zishobora kuba zaramunzwe na ruswa tu!,nigute umuntu ata umugore we bashyingiranywe muburyo bwemewe n’amategeko akazana undi nawe bagashyingirwa n’itorero ntagatanya yigeze ibaho abanyamategeko barangira bagategeka uwatawe guha umutungo uwataye urugo?,kereka niba amategeko ya Uganda ntacyo avuga kubashakanye byemewe namategeko!
Urukiko rwategetse uwari umugore wa Past. Bugingo kumuha imitungo irimo imodoka eshatu
Sha nakumiro
Urukiko rwategetse uwari umugore wa Past. Bugingo kumuha imitungo irimo imodoka eshatu
Sha nakumiro
Urukiko rwategetse uwari umugore wa Past. Bugingo kumuha imitungo irimo imodoka eshatu
None se ntuzi ko muri Uganda nta tegeko rihana umugabo uryamanye n’undi mugore igihe bombi babishakaga nta gahato kabirimo!
Ikindi kandi uganda nta mpamvu yo kwihambira ku mugore niba ubona nta kimivamo(nta bwenge ,nta care,nta kumenya ko ari umugore ukwiriye urugo (aha ndavuga utita kubyo mwashakanye cyangwa uagusanganye yishakira iraha gusa)…
Byongeye kandi gushaka umuhore mugasezerana mu mategeko ntibihabwa agaciro cyane nko mu Rwanda(kubera amategeko akarishye)bo bareba niba mwarabanye mikabyarana mukubakana …iyoumugote agutaye akagenda ntacyo aza kubaza kuko ntacyo aba yarazanye nyacyo,iyo umutaye ukamusigira urugo ushobora kugaruka kuko uba waramusigiye ibyawe.
Ubusanzwe muri Afrika kera umuhabo yatungaga abagore ashatse amadini aje aba ariyo abitegeka ko umuhabo agira umugore umwe ariko biyibagiza ko abakobwa aribo baba benshi kandi bagomba bose kurongorwa…ibyo ninabyo buazanye uburaya.
Urukiko rwategetse uwari umugore wa Past. Bugingo kumuha imitungo irimo imodoka eshatu
None se ntuzi ko muri Uganda nta tegeko rihana umugabo uryamanye n’undi mugore igihe bombi babishakaga nta gahato kabirimo!
Ikindi kandi uganda nta mpamvu yo kwihambira ku mugore niba ubona nta kimivamo(nta bwenge ,nta care,nta kumenya ko ari umugore ukwiriye urugo (aha ndavuga utita kubyo mwashakanye cyangwa uagusanganye yishakira iraha gusa)…
Byongeye kandi gushaka umuhore mugasezerana mu mategeko ntibihabwa agaciro cyane nko mu Rwanda(kubera amategeko akarishye)bo bareba niba mwarabanye mikabyarana mukubakana …iyoumugote agutaye akagenda ntacyo aza kubaza kuko ntacyo aba yarazanye nyacyo,iyo umutaye ukamusigira urugo ushobora kugaruka kuko uba waramusigiye ibyawe.
Ubusanzwe muri Afrika kera umuhabo yatungaga abagore ashatse amadini aje aba ariyo abitegeka ko umuhabo agira umugore umwe ariko biyibagiza ko abakobwa aribo baba benshi kandi bagomba bose kurongorwa…ibyo ninabyo buazanye uburaya.
Urukiko rwategetse uwari umugore wa Past. Bugingo kumuha imitungo irimo imodoka eshatu
Sindi umunyamategeko ariko inkiko zo muri Uganda zishobora kuba zaramunzwe na ruswa tu!,nigute umuntu ata umugore we bashyingiranywe muburyo bwemewe n’amategeko akazana undi nawe bagashyingirwa n’itorero ntagatanya yigeze ibaho abanyamategeko barangira bagategeka uwatawe guha umutungo uwataye urugo?,kereka niba amategeko ya Uganda ntacyo avuga kubashakanye byemewe namategeko!
Urukiko rwategetse uwari umugore wa Past. Bugingo kumuha imitungo irimo imodoka eshatu
Uri Evariste nyine,koko,rwose
Urukiko rwategetse uwari umugore wa Past. Bugingo kumuha imitungo irimo imodoka eshatu
Uri Evariste nyine,koko,rwose