dsc_2088_copy_1000x1498.jpg

Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Uwiragiye Théo n’inkumi bitegura kurushingana (Amafoto)

Sangiza iyi nkuru

Uwiragiye Théogene uzwi cyane nka Théo uri muri ba gafotozi babirambyemo mu mujyi wa Gicumbi, ari mu rukundo rugeze kure na Manishimwe Annualite bitegura kurushingana.

Uyu musore unazwi ku kabyiniriro ka Honesto, usibye kuba ari umu-photographe w’umwuga anasanzwe ari umwarimu w’imibare n’ubumenyi mu by’ikoranabuhanga ndetse n’umunyamuziki.

Amakuru yizewe BWIZA ifite ni uko Uwiragiye na Manishimwe bamaze umwaka urenga buri umwe yareguriye undi umutima we.

Uyu musore avuga ko iyi nkumi yayikundiye “imico, imyifatire, imyitwarire, uburere n’ubumuntu” buyiranga, ibyatumye yiyemeza kuyibera umutwe na yo ikamubera umutima.

Nta gihindutse aba bombi bazarushingana mu mwaka utaha wa 2024.

dsc_2088_copy_1000x1498.jpg

dsc_2116_copy_1000x1498.jpg

dsc_2108_copy_1000x1498.jpg

dsc_2111_copy_1000x1497.jpg

dsc_2121_copy_1000x1498.jpg

Soma Izindi Nkuru

One Response

  1. Urukundo rugeze aharyoshye hagati ya Uwiragiye Théo n’inkumi bitegura kurushingana (Amafoto)
    Umva byose urye ubikora

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *