VIDEO: Pasiteri yagaragaye yaryamishije abakirisitu kuri alitari ari kubahata ibiboko ku kibuno

Sangiza iyi nkuru

Umupasiteri utamenyekanye amazina yagaragaye yaryamishije abakirisitu kuri alitari/uruhimbi ari kubahata ibiboko ku bibuno.

Muri iyi videwo yashyizwe hanze n’umukinnyi wa filimi wo muri Nigeria, Victor Osuagwu, pasiteri agaragara afite ikintu kimeze nk’umukandara ari gukubita abakirisitu ku mpamvu itamenyekanye.

Abagore n’abagabo bagaragara baryamye bubamye, pasiteri akabanyuraho abakubita. Si pasiteri kuko n’umwungirije bose babanyuragamo igiti kivuza ubuhuha.

Oswagu kuri Instagram ati ” Imana mu by’ukuri irababarira. Abapasiteri cyangwa ababwirizabutumwa bamwe ni abakozi ba Satani. Munyizere ibi ntawamenya ikigero cy’ubugoryi yabipimiraho.”

VIDEWO

Soma Izindi Nkuru

4 Responses

  1. VIDEO: Pasiteri yagaragaye yaryamishije abakirisitu kuri alitari ari kubahata ibiboko ku kibuno
    nibajye babakubita abantu bayoboka umuntu akabajyana aho ashatse uko abyumva? No mu buyobozi bw’isi ntawe uyobora ari umwe nubwo hari ababyica ariko haba harateganyijwe uko abayobozi bavuguruzwa bibaye ngombwa,uko bagenzurwa………..,. Kuyoboka umuntu buntu ni ukwishyira muri risk ikomeye.

  2. VIDEO: Pasiteri yagaragaye yaryamishije abakirisitu kuri alitari ari kubahata ibiboko ku kibuno
    nibajye babakubita abantu bayoboka umuntu akabajyana aho ashatse uko abyumva? No mu buyobozi bw’isi ntawe uyobora ari umwe nubwo hari ababyica ariko haba harateganyijwe uko abayobozi bavuguruzwa bibaye ngombwa,uko bagenzurwa………..,. Kuyoboka umuntu buntu ni ukwishyira muri risk ikomeye.

  3. VIDEO: Pasiteri yagaragaye yaryamishije abakirisitu kuri alitari ari kubahata ibiboko ku kibuno
    Ahubwo ajye abakubita mu mitwe nicyo cyabashobora

  4. VIDEO: Pasiteri yagaragaye yaryamishije abakirisitu kuri alitari ari kubahata ibiboko ku kibuno
    Ahubwo ajye abakubita mu mitwe nicyo cyabashobora

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *