InShot_20250613_201824389

Ykee Benda yambitse impeta

Sangiza iyi nkuru

Umuhanzi w’Umunya-Uganda Ykee Benda yatangaje ko we n’umukunzi we Emily bamaze kwemeranya kurushinga aho byahamijwe no kwambikana impeta.

Ibi byatangajwe ku mugaragaro kuri uyu wa Gatanu, aho Ykee Benda yashimangiye ko urugendo rwabo rw’urukundo rugeze ku ntambwe ikomeye.

Benshi mu bakunzi babo babifurije ibyishimo, bavuga ko ari intambwe ishimishije kuri bombi.

Ykee Benda azwi cyane mu ndirimbo z’urutonde nka Farmer na Superman, akaba asanzwe ari umwe mu bahanzi bakomeye muri Uganda.

Nta byinshi baratangaza ku itariki y’ubukwe, ariko byitezwe ko bazakomeza gusangiza abakunzi babo iby’iyi ntambwe y’ubuzima.

1749839792480 1749839794524 1749839792480 1 1749839790133 17498397858711749838416225 1749838414140

 

Soma Izindi Nkuru

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *