Ingabo z’Abarundi na Gabon zirashinjwa gusambanya no guhohotera abaturage muri Centrafrica
Umuryango w’Abibumbye watangaje ingabo z’Abarundi 25 ndetse n’izo muri Gabon 16 zishinjwa ihohotera mu buryo butandukanye zakoreye abaturage zari zishinzwe gucungira umutekano muri Repubulika ya Centrafrica. [ad id=”44145″] Umuvugizi w’umuryango w’Abibumbye Stephane Dujarric yagize ati iperereza ryerekanye ko ingabo za Gabon n’u Burundi zagize uruhare mu ihohoterwa ryakorewe abaturage ba leta ya Centrafrica mu myaka […]
Ese ibibazo bikiri mu bucukuzi bw’amabuye y’agaciro bizarangira ryari?
Ibikorwa by’ubucukuzi mu Rwanda ni bimwe mu bikorwa by’iterambere, ariko umuntu adapfa guhita abona umusaruro wabyo, dore ko usanga birangwa n’ibibazo bitarangira haba ku babikoresha ndetse no ku babikora. [ad id=”44145″] Amwe mu mabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda ni nka Gasegereti, Colta, ubutare n’andi. Gusa iyo urebye imikorere n’imitunganyirizwe yayo, wakwibaza niba hari inyungu runaka […]
Ikiguzi cya serivisi z’ubuvuzi kigiye kuzamurwa
Ubwo yasozaga itorero ry’abakora mu buzima “Impeshakurama”, minisitiri w’intebe yatangaje ko uku kwezi k’Ukuboza kurarangira ibiciro bya serivise z’ubuvuzi kizamutse kugirango amafaranga yishyurwa izi serivise abe ajyanye n’ibikoresho bikoreshwa mu buvuzi bugezweho ndetse hanaboneke igihembo cy’abatanga izo serivisi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Minisitiri w’Intebe, Anastaze Murekezi yavuze ko ibi biciro bizazamurwa hagendewe ku iteka rya Minisitiri ufite […]
Urukiko rugiye gufata umwanzuro kuri dosiye y’umunyamakuru Eminente
Kuri uyu wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016, ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwize kuri dosiye y’umunyamakuru Eminente nyuma hakaza kuvamo umwanzuro ugomba gushyikirizwa urukiko. [ad id=”44145″] Nk’uko byatangajwe n’umuvugizi w’Ubushinjacyaha bw’u Rwanda Nkusi Faustin, ngo kugeza ubu Dosiye ya Eminente iracyari mu iperereza, bityo uyu munyamakuru n’umwunganira mu by’amategeko bakaba bitabye ubushinjacyaha mu rwego rwo […]
Kenya: Imyigaragambyo y’abaganga ishobora gushyira abarwayi batari bacye mu kaga
Mu gihe mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere tariki ya 5 Ukuboza 2016 abaganga bo mu mujyi wa Nairobi muri Kenya babyukiye mu myigaragambyo basaba kwishyurwa imishahara yabo no kuba leta itubahiziza amasezerano bafitanye, ubuzima bw’abarwayi babarirwa mu Magana ngo buri mu kaga kubera kubura ubitaho abenshi bakaba batakiri mu bitaro. [ad id=”44145″] Inkuru […]
Perezida Kagame yafunguye ku mugaragaro Kigali Heights na CHIC (Amafoto)
Umukuru w’igihugu cy’u Rwanda, Paul Kagame yatangije ku mugaragaro ikoreshwa ry’inyubako z’ubucuruzi ziri mu mujyi wa Kigali zubatswe n’abashoramari bahisemo gushora imari yabo mu Rwanda barimo n’Abanyarwanda. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyubako ya Kigali Heights yatwaye miliyari 30 Frw, iherereye ku Kimihurura mu Mujyi wa Kigali, iruhande rwa Kigali Convention Center. ifite ibiro byo gukorerwamo byakwakira abantu […]
Ghana: Havumbuwe Ambasade y’Amerika ya baringa imaze imyaka 10 ikora
Kuri iki cyumweru tariki ya 4 Ukuboza 2016, nibwo Amerika yatangaje ko muri leta ya Ghana havumbuwe Ambasade yitiriwe Amerika yari imaze imyaka isaga 10 itanga ibyangombwa bitandukanye birimo impamyabumenyi, ibyangombwa byo gutwara ibinyabiziga ib’ingendo bitandukanye n’ibindi bitabo by’ibikorano. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inyubako yakoreragamo iki kiswe Ambasade, ngo iherereye mu murwa mukuru w’iki gihugu Accra, mu […]
Urunturuntu mu mubano wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Israel nyuma y'ibyatangajwe na John Kerry
Umubano wa Israel na Leta Zunze Ubumwe za Amerika urarangwamo urunturuntu nk’ukobyemezwa n’ ibinyamakuru byo muri Israel bivuga ko ijambo minisitiri John Kerry yatangaje kuri iki Cyumweru ryafashwe nk’ibirego bikomeye kandi bitubahiriza amahame agenga imibanire y’ibihugu byombi. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] John Kerry mu ijambo rye yavugiye muri Saban Forum, ibiganiro ngarukamwaka hagati y’abayobozi muri politiki n’imibanire […]
Abasilamu 18 bakurikiranwe ho gutwika ibikorwa by’Abakirisitu
Guhangana kw’amadini bikomeje gufata intera ikomeye mu isi, kuri ubu mu buryo bweruye, isi yose ikomeje kureba no kumva amakuru avuga ku buryo abantu bakomeje guhangana bapfa imyizerere itandukanye. Kuri ubu mu gihugu cya Misiri mu gace kitwa Sohag gaherereye mu majyaruguru y’iki gihugu haravugwa itabwa muri yombi ry’Abayoboke b’idini ya Isilamu 18 bose bacuze […]
Minisitiri Kaboneka yikomye abaha akato abafite ubumuga, nabo abasaba kwirinda gusabiriza
Mu gihe leta y’u Rwanda ikomeje gushyira ingufu mu guca burundu ikibazo cy’abacururiza mu kajagari bazwi nk’abazunguzayi ndetse n’abasabiriza; Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu yasabye abafite ubumuga gucika burundu ku ngeso yo gusabiriza nka bumwe mu buryo bwo kwihesha agaciro no kwikuraho igisuzuguriro cya bamwe mu bakibafata nk’abadashoboye. Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu Francis kaboneka, ubwo yari mu muhango […]
Afurika y’Epfo: Perezida Zuma yasabye guhanagurwaho burundu ibyaha bya ruswa ashinjwa
Nyuma y’uko Perezida w’Afurika y’Epfo Jacob Zuma yenerewe kuguma ku butegetsi ndetse agakomeza kuyobora ishyaka riri ku butegetsi ANC, kuri ubu yasabye urukiko rwa Pretoria ko runamuhanaguraho ibyaha yashinjwaga bya ruswa ndetse n’ibyo gukoresha nabi umutungo w’igihugu mu nyungu ze bwite. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu cyumweru gishize, nibwo Komite y’ishyaka rya ANC yari ishinzwe gukurikirana Perezida […]
UR-Huye: Irushanwa rya nyampinga ryagarutse, Miss Huye Campus
Ubuyobozi bwa Kaminuza y’u Rwanda, koleji ya Huye bwatangaje ko irushanwa rya nyampinga ryari rimaze imyaka itatu ritaba kuri ubu rigiye kugaruka mu rwego rwo guteza imbere imyigadaduro muri iyi koleji iruta izindi zose zo mu Rwanda mu bukuru. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Umuyobozi ushinzwe abanyeshuri muri UR-Huye Ruzigana Fabien yatangaje ko iri rushanwa rigaruwe nyuma y’imyaka […]
Leta y’u Rwanda yahisemo kwigomwa agatubutse igamije guca caguwa
Mu rwego rwo gukomeza guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda no guca burundu caguwa mu gihugu, guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko kuri ubu imisoro yasoreshwaga abinjiza impu n’ibindi bikoresho bikorwamo inkweto n’imyenda yakuweho kugirango inganda zo mu Rwanda zibone ibi bikoresho mu buryo byoroshye. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Icyemezo cyo gukuriraho imisoro abinjiza impu n’ibikorwamo imyenda mu Rwanda […]