UN irashinja Libya na Sudani y’Epfo gutoza abagizi ba nabi bo muri Sudani

Nyuma y’iminsi micye Amerika itangaje ko igiye gukuriraho ibihano bimwe na bimwe Sudani kubera agahenge kahamaze iminsi, Umuryango w’abibumbye wasohoye raporo igaragaza ko abagizi ba nabi bo muri iki gihugu bakomeje imyitozo mu bihugu bya Libya ndetse na Sudani y’Epfo bityo bakaba bashobora kugaruka guteza umutekano mucye mu gihugu. Amakimbirane yo muri iki gihugu yatangiye […]

Uganda: Habonetse umurambo w'umukobwa wo muri Kaminuza ya Makerere wari warabuze

Umunyeshuri w’umukobwa w’imyaka 23 wigaga muri Kaminuza ya Makerere, Enid Twijuke, wari umaze iminsi aburiwe irengero yasanzwe aho yapfiriye umurambo we watangiye kwangirika. Uyu munyeshuri wigaga mu mwaka wa kabiri mu bijyanye na Business mpuzamahanga, yabonywe n’igipolisi kiri gucunga umutekano kuri uyu wa Mbere ahitwa Namanve. Iyi nkuru iravuga ko umuryango wa nyakwigendera wamubuze kuwa […]

Ese ikibuno kinini cyangwa amaribori nibyo byakwereka umugore unyara mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina

Abagabo benshi barangazwa n’abagore babandi bafite ikibuno kinini, rimwe na rimwe ugasanga banibwira ko aribo banaryoshya imibonano mpuzabitsina. Ariko rimwe na rimwe ugasanga izi ntekerezo ziba zidafite aho zishingiye n’ukuri, kuko igikorwa cy’imibonano mpuzabitsina ahanini kiba gishingiye ku mitekerereze, akanya umuntu yahaye iki gikorwa kurusha uko wakoresha imbaraga nyinshi. Kuko kuvuga ngo ikibuno kinini, ibi […]

Perezida Kagame yitabiriye inama ya WEF 2017 mu Busuwisi

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yitabiriye inama yiga ku bukungu bw’isi (World Economic Forum: WEF) ibera mu gihugu cy’Ubusuwisi guhera kuri uyu wa 17 Mutarama 2017 ikazasoza ku wa 20 Mutarama 2017. Inama ya WEF iba buri mwaka, igahuza abayobozi bakomeye ku Isi, aho baba baganira ku bikorwa byo kuzamura ubukungu n’imibereho y’abatuye […]

Umutoza Van Gaal yasezeye ku kazi k’ubutoza

Van Gaal Louis wahoze ari umuyobozi (Manager) wa Man. U, Barcelona ndetse na Nethelands yatangaje ko yavuye burundu ku mirimo ye y’ubutoza nayo yari amazeho igihe nyuma yo kuva kuri uyu mwanya wa manager. Mu kiganiro yagiranye n’ibitangazamakuru byo mu gihugu cy’ u Budage nyuma yo guhabwa ishimwe ry’umutoza waciye agahigo mu guteza imbere umupira […]

Kenya: Umudepite yituye hasi arazimira ari mu nteko

Umudepite wo mu gihugu cya Kenya uhagarariye Isiolo y’Amajyaruguru mu nteko, Joseph Samal kuri uyu wa kabiri ari mu nteko yagize atya yitura hasi arazimira ubwo yari mu karuhuko ahita ajyanwa mu bitaro bya St John. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Inteko Ishinga Amategeko ya Kenya mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri yari yasubitse ibiganirompaka bigamije kureba […]

Gambia: Abandi baminisitiri bitandukanyije na guverinoma ya Yahya Jammeh

Mu gihe habura iminsi 3 gusa ngo manda ya perezida Yahya Jammeh wa Gambia irangire, abandi baminisitiri batatu bo muri guverinoma ye nabo beguye nyuma y’abandi baherutse kwegura. Abaminisitiri beguye harimo uw’ububanyi n’amahanga, Neneh Macdouall-Gaye, uw’imari, Abdou Kolley ndetse n’uw’ubucuruzi, Abdou Jobe. Al Jazeera ikaba ivuga ko na minisitiri w’ibidukikije yeguye. Iri yegura rije rikurikira […]

Umuntu wa nyuma muri 12 bageze ku kwezi yapfuye, yavuze uko ubuzima bwaho bumera

Mbere y’uko apfa, Gene Cernan wanyuma muri 12 bageze k’ukwezi yasobanuye uko hameze avuga n’cyifuzo cye, uyu mugabo wari usigaye mu bari bagize itsinda ryageze ku mubumbe w’ukwezi yapfuye ku wa 16 Mutarama 2017, yakandagiye k’ukwezi ku wa 14 Ukuboza 1974. yaguye mu bitaro bya Hauston muri leta ya Texas mu gihugu cy’Amerika akomokamo. Amakuru […]

U Rwanda mu bihugu 10 bya mbere munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu bijyanye no guhiganwa

U Rwanda rwaje ku rutonde rw’ibihugu 10 bya mbere munsi y’Ubutayu bwa Sahara mu guhiganwa mu bijyanye n’ubukungu rwa Global Talent Competitive Index (GTCI) 2017. Ibyavuye mu bushakashatsi byashyizwe ahagaragara kuri uyu wa Mbere I Davos, mu Busuwisi, bigaragaza ko harebwe uko ibihugu bizamuka, uko bikurura abashoramari n’uko bigumana abanyabwenge babyo biha abafata ibyemezo ubushobozi […]

Zimbabwe: Perezida Mugabe yahanuriwe itariki azapfiraho muri uyu mwaka

Nyuma y’iminsi micye umupasiteri, Patrick Mugadza wo mu gihugu cya Zimbabwe ahanuriye Perezida Mugabe igihe azapfira aho kuri uyu wa mbere tariki ya 16 Mutarama yatawe muri yombi na Polisi yo muri kiriya gihugu ubu akaba afunze kubera ubwo buhanuzi bwe. Umuvugizi w’igipolisi cya Zimababwe Gift Mtisi avuga ko uyu muhanuzi afungiye mu murwa mukuru […]

Umuhanzi Jose Chameleone ashobora kujyanwa mu buroko

Umuhanzi wo muri Uganda uzwi ku mazina ya Jose Chameleone yasabiwe gufungwa mu gihe nta busobanuro bufatika atanze ku mwana w’umusirikare wiciwe mu rugo rwe mu mwaka wa 2012. Maj. Benedict Kyamanywa avuga ko yari mu butumwa bw’amahoro musi Somalia guhera mu 2012 ubwo umuhungu we Karamaji waguye mu rugo rwa Chameleone wishwe atwitswe. [xyz-ihs […]

Impamvu perezida Kagame aherutse kwitabira inama yahuje u Bufaransa na Afurika

Kwitabira inama yahuzaga u Bufaransa na Afurika iherutse kubera I Bamako mu gihugu cya Mali ku matariki ya 13 na 14 Mutarama kwa perezida w’u Rwanda gusa nk’ukwatunguye abantu batari bacye mu gihe muri iyi minsi u Rwanda n’u Bufaransa bitarebana neza, ariko buriya ngo hari impamvu 2 z’ingenzi zatumye perezida Kagame yitabira iyi nama […]

Umucamanza wakatiye Ngirabatware Augustin yajyanwe mu rukiko

Kuri uyu wa 17 Mutarama 2016 nibwo Aydin Sefa Akay wahoze ari umucamanza w’umuryango w’Abibumbye wanaciye urubanza rw’umunyarwanda Ngirabatware Augustin akamukatira imyaka 35 nyuma yo kumuhamya ibyaha muri jenoside yakorewe Abatutsi 1994 yagejejwe imbere y’urukiko rw’i Lahaye kugirango yiregure ku byaha nawe ashinjwa Akay kimwe n’abandi bantu barenga ibihumbi 41 bose batawe muri yombi bakurikiranyweho […]

Ruhango: Abana 2 bari mu bitaro kubera inkoni bakubiswe na se ubabyara

Abana 2 b’abahungu bari mu kigero cy’imya hagati 1-4, ubu barwariye mubi taro bya Gitwe, aba bana bakaba bakubiswe na se ubabyara aho abaturanyi babo bavuga ko uyu mugabo yabitewe n’ibiyobyabwenge. Uyu mugabo witwa Uwimana Prosper utuye mu mudugudu wa Kabadende, akagari ka Bweramvura umurenge wa Kinihira ho mu karere ka Ruhango, ubu acumbikiwe na […]

Pasiteri yafashwe asambana n’umugore w’abandi azengurutswa imihanda yambaye ubusa

Mu gace ka Obi, gaherereye mu Burasirazuba bwa Nigeria, umupasiteri yafashwe asambana n’umwe mu bayoboke be, umugore wari usanzwe afite umugabo, abaturage bamutegeka kwikuramo imyenda yose akazenguruka mu mihanda n’amafoto ye amanikwa hose. Ikinyamakuru Africa365 dukesha iyi nkuru, gitangaza ko ibi byose biba biterwa n’amadini akomeje kuvuka cyane muri Afurika ndetse no ku isi hose, […]

Umwana w’imyaka 16 akurikiranyweho gusambanya umukecuru w’imyaka 62 ku ngufu

Umwana w’imyaka 16 y’amavuko ari mu gihome akurikiranyweho gufata ku ngufu umukecuru w’imyaka 64 mu gihugu cy’u Bwongereza amusanze mu nzu ye. Urukiko rwa Nottingham rwanzuye ko uyu mwana agomba gufungwa imyaka 9 nyuma yo kugaragaza imyitwarire idahwitse bavuga ko ashobora kuba yabitewe no gukoresha ibiyobyabwenge. Uyu mwana utatangajwe amazina kubera akiri munsi y’imyaka 18, […]

Uburasirazuba: Bamwe mu barokotse jenoside batagiraga aho kuba bibutswe

Abarokotse jenoside bo mu ntara y’Uburasirazuba, akarere ka Ngoma mu Murenge wa Ngoma bagenewe inkunga y’amafaranga y’u Rwanda angana na miliyoni 45 yo kubakira abadafite inzu ndetse no gusana inzu zari zaratangiye gusenyuka kubera gusasa. Ni inkunga yatanzwe n’ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro (RRA) cyayishyikirije umuyobozi wa Ibuka, Dr Dusingizemungu Jean Pierre. Komiseri mukuru wa RRA, […]

UPDF yohereje ingabo nyinshi ku mupaka wa Congo mu gihe bivugwa ko M23 yubuye intwaro

Ingabo za Uganda zitwaje ibikoresho bihambaye zoherejwe ku mupaka w’iki gihugu na Congo mu mujyi wa Bunagana mu Karere ka Kisoro nyuma y’aho aha hantu havumbuwe ibikoresho bya gisirikare mu ijoro ryo kuwa Gatandatu ndetse hakanavugwa ko M23 yubuye imirwano. Imbunda 6 za machine gun nto, iyo bita PK machine gun, magazine 5 n’amasasu byafashwe […]