Franà §ois Mitterand yarinze apfa atamennye ibanga yari afitanye na Perezida Habyarimana
Ubucuti bwa Juvenal Habyarimana nâ abayoboraga u Bufaransa bwatangiye kumenyekana ubwo Gregoire Kayibanda yahirikwaga ku butegetsi ku itariki 5 Nyakanga 1973, ariko buza kurushaho gukomera ubwo Francois Mitterand yasimburaga Valery Giscar dâ Estaing. Imikoranire yo hafi mu bya gisirikare, ubukungu no gusangira ukwemera bishingiye ku idini Gatolika, ni bimwe mu nkingi zaranze umubano hagati ya […]
Ngoma: Gutangira serivisi ubuntu byatumye urubyiruko rwitabira kwikebesha
Urubyiruko rwo mu Murenge wa Mutendeli mu Karere ka Ngoma rusaga 800 rumaze kwitabira ku bwinshi gahunda yo kwikebesha (kwisiramuza) guhera mu mwaka wa 2011 nyuma yuko abaganga bo mu ngabo zâu Rwanda zikorera mu bitaro bya gisirikare i Kanombe batangiriye kuyitangira ku kigo nderabuzima kibarizwa muri uyu murenge kandi ku buntu. Abashakaga iyi serivisi […]
Nyabihu: Gucuruza Mituyu, abayobozi mu karere babifata nk'ibyateza imbere abagore
Bamwe mu bayobozi bo mu karere ka Nyabihu, buvuga ko kateje abagore imbere bo bakabanenga kutababa hafi mu bikorwa byabo bibyara inyungu nyinshi, bamwe bagahitamo gucuruza Mituyu ku mihanda, akazi bafata nk’agasuzuguritse. Mu kiganiro bagiranye na Bwiza.com, abayobozi mu karere ka Nyabihu bavuga ko iterambere ryâumugore rihagaze neza mu bijyanye no kwiteza imbere. Ubwo abakozi […]
Ese koko Dogo Janja yaba afite aho ahuriye nâurupfu rwa Ndikumana Katauti?
Amakuru aturuka mu gihugu cya Tanzania aravuga ko umubano wa Irene Uwoya nâumugabo we baherutse gushyingiranwa, Dogo Janja, waba utifashe neza muri iyi minsi kuva Katauti Ndikumana, wahoze ari umugabo we, yakwitaba Imana. Uwoya ngo akaba anatekereza ko Dogo Janja ari we ntandaro yâurupfu rwa Katauti. Amakuru dukesha urubuga rwa udakuspecially rwo muri Tanzania aravuga […]
BrĂ©sil : Hibutswe abakinnyi nâabayobozi bapfiriye mu mpanuka yâindege
Umwaka urashije abakinnyi nâabayobozi 71 bâikipeyâumupira wâamaguru yo muri BrĂ©sil âChapacoenseâ bitabye Imana bazize impanuka yâindege 2933 LaMia ubwo bajyaga muri Colombie gukina na AthlĂ©tico Nacional umukino wa nyuma wâigikompe cya Copa Sudamericana, kuri uyu wa Kabiri ku musozi witiriwe iyi kipe âChapacoenseâ bahaye icyubahiro izo nzirakarengane. Kuri uyu wa kabiri tariki ya 28 Ugushyingo […]
Niba wajyaga usuzugura avoka, ukwiye kumenya akamaro kayo ku buzima bwawe
Abantu benshi basuzugura urubuto rw’avoka ndetse cyane mu muco wâabanyarwanda ngo avoka ni izâabana. Hari nâumuntu wambwiye ngo ubundi abagabo bo mu Rwanda ntibari bazi kurya avoka ngo babyigishijwe nâabazungu , nabwo ngo babanje kubaseka cyane bavuga ko nta mugabo urya avoka. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Na nâubu hari abumva ko avoka zikiri izâabana.Nyamara abahanga mu buzima […]
Bwa mbere mu mateka ya Bruce Melody, yakandagije ikirenge ku mugabane w'u Burayi
Umuhanzi Bruce Melody arabarizwa ku mugabane w’u Burayi, mu gihugu cy’u Bubiligi aho agiye gutaramira Abanyarwanda n’incuti zabo zihabarizwa, iyi ikaba ari inshuro ya mbere uyu muhanzi abashije gukandagiza ikirenge kuri uyu mugabane. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Mu mateka ya Bruce Melody ni bwo agiye gukorera igitaramo mu Bubiligi kuva yakwinjira mu ruhando rw a muzika mu […]
Guverineri Gatabazi yahaye umukoro abayobozi b'ibitaro n'ab'ibigo nderabuzima
Guverineri wâIntara yâAmajyaruguru, Hon Gatabazi Jean Marie Vianney yasabye Abayobozi bâIbitaro nâIbigo Nderabuzima byo mu Ntara y’Amajyaruguru gushyira imbere isuku no kurangwa n’imyitwarire iboneye ndetse bakabitoza abaturage babagana. Atangiza iyi nama kuri uyu wa Mbere, itariki ya 27 Ugushyingo 2017, Guverineri Gatabazi yasabye Abayobozi bâIbitaro nâIbigo Nderabuzima kurushaho kwita ku isuku yâaho bakorera no kuyitoza […]
Rwamagana: Hashize imyaka 7 basaba ingurane zâibyabo byangijwe hakorwa umuyoboro wâamashanyarazi
Abaturage batuye mu mirenge ya Munyiginya,Mwurire na Rubona yo mu karere ka Rwamagana bavuga ko bamaze imyaka 7 basiragira mu nzego zâibanze basaba guhabwa ingurane ku myaka yabo yangijwe ubwo hakorwaga umuyoboro wâamashanyarazi uva mu murenge wa Munyiginya ujya mu wa Rubona. Abaturage bavuga ko ubwo ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu REG cyakoraga uwo muyoboro bangirijwe […]
U Bushinwa: Gen Zhang waregwaga ruswa yafashe icyemezo cyo kwiyahura
Umusirikare mukuru mu Bushinwa wari ufite ipeti rya General yafashe icyemezo cyo kwiyahura yimanitse mu mugozi nyuma yâuko yari yatangiye gukorwaho iperereza ku birego bya ruswa nkâuko byatangajwe kuri uyu wa Kabiri nâIbiro Ntaramakuru byâu Bushinwa, Xinhua. General Zhang Yang, wahoze akuriye urwego rushinzwe imirimo ya politiki mu gisirikare cyâu Bushinwa, yasanzwe iwe yapfuye kuwa […]
Fred Muvunyi nâabandi banyamakuru bibasiye Min. Uwizeye Evode wabise âAbahirimbiriâ
Abanyamakuru batandukanye barimo na Fred Muvunyi wahoze ari umuyobozi wâUrwego rwâAbanyamakuru Bigenzura (RMC) bibasiye Umunyamabanga wa Leta Ushinzwe Itegeko Nshinga nâandi mategeko, Uwizeyimana Evode, wabise âImihirimbiriâ. Iri jambo Min. Uwizeyimana Evode yarivuze ku wa Kabiri tariki ya 28 Ugushyingo 2017, ubwo yari mu Nteko Ishinga Amategeko haganirwa ku ngingo ihana icyaha cyo gusebanya, agaragaza ubukene […]
Uko umukinnyi wa sinema Sigourney Weaver yakunze Ingagi akifuza no kuba mu Rwanda
Kuri benshi, Sigourney Weaver bamuzi nkâintwari yo muri filimi â Alien â, aho aba yitwa Ripley, ariko ngo uyu mugore ku bwe ngo filimi yakinnye igahindura ubuzima bwe ni iyo yakinnye ari Dian Fossey yitwa â Gorillas In The Mist â yanabonye igihembo cya Oscar mu 1988. Uyu mukinnyi wa filimi wâikirangirire muri Hollywood akaba […]
Muhanga: Abakora isuku mu mihanda barataka inzara baterwa no kumara amezi 6 badahembwa
Abaturage bo mu karere ka Muhanga bakora imirimo y’isuku ku muhanda wa Bulinga-Remera-Kabacuzi ndetse n’umuhanda wa Cyakabiri-Rutobwe-Nyabikenke-Ndusu, bavuga ko inzara ibamereye nabi kubera kumara amezi 6 badahembwa. Ku wa 30 Gicurasi nibwo aba bakozi baheruka ifaranga, amezi 6 akaba ashize badahembwa, bakora buri munsi kuva mu gitondo (06:30) kugera saa sita, umubyizi umwe bagahembwa 1200Frs, […]
Cote dâIvoire: Perezida Kagame mu bakuru bâibihugu bya Afurika bitabiriye inama ihuza Afurika nâu Burayi
Perezida wâu Rwanda, Paul Kagame ni umwe mu bakuru bâibihugu bya Afurika bamaze kugera I Abidjan muri Cote dâIvoire, aho bitabiriye Inama ya 5 ihuza Afurika Yunze Ubuumwe nâUmuryango wâUbumwe bwâu Burayi. Ni inama biteganyijwe ko itangira kuri uyu wa Gatatu, itariki 29 ikazasoza kuwa Kane, itariki 30 Ugushyingo 2017. [xyz-ihs snippet=”google-pub”] Iyi nama ifite […]