Ese u Rwanda rwiteguye gutumiza amashanyarazi 400MW muri Ethiopia bitarenze 2019?

Guverinoma y’u Rwanda irateganya kuva mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere bikajya mu gihugu cyinjiza amafaranga make. Kugira ngo iyi ntego igerweho, guverinoma irateganya kubona amashanyarazi angana n’100% mu 2024. Mu rwego rwo kongera ubushobozi bwayo, u Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubwumvikane na Ethiopia yo gutumiza 400MW z’amashanyarazi muri Ethiopia mu gihe giciriritse ariko se Guverinoma […]

Umukobwa wa Perezida Museveni avuga ko yabonye Imana n’amaso ye bagirana ibiganiro

Patience Rwabwogo Museveni, umukobwa wa Perezida Museveni wa Uganda, mu cyumweru gishize nibwo yabwiye imbaga y’abakiristo ko yabonye Imana n’amaso ye, imutangariza ko igiye guhindura igihugu cya Uganda. Patience yatumiwe nk’umushyitsi udasanzwe na Pastor Wilson Bugembe wo mu itorero “Light the World Ministries” ikinyamakuru cyo muri Uganda, Ugchristiannews gitangaza ko ubwo yitabiraga ubutumire ari nabwo […]

MICT ngo si yo yabazwa iby’urupfu rwa Eliezer Niyitegeka wari ufungiye muri Mali kubera jenoside

Urwego rwashyiriweho kurangiza imanza zitarangijwe n’urukiko rwa Arusha (MICT) rwabwiye uwunganiraga Umunyarwanda Eliezer Niyitegeka, witabye Imana kuwa 28 Werurwe 2018 aguye muri gereza yo muri Mali yari afungiyemo, wasabaga ibisobanuro ku rupfu rwe, ko atari rwo rugomba kubazwa ibyo bintu ahubwo ari ubutegetsi bw’iki gihugu yari afungiyemo kuko yari mu maboko yabwo kuva mu 2016. […]

U Budage: Imbwa yo mu rugo yishe umwana w’amezi arindwi

Igipolisi cyo mu gihugu cy’u Budage kiratangaza ko imbwa yarumye mu mutwe uruhinja rw’amezi arindwi ruhita rupfa. Ibi byabaye ku wa mbere nijoro itariki ya 9 Mata 2018, mu gace ka Bad Koenig gaherereye mu Majyepfo y’iki gihugu. Ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, Associated Press biratangaza ko uburyo iyi mbwa yarumye uruhinja butumvikana kubera ko ngo yari […]

Uganda: Batangiye inzira yo gukuraho imyaka y’amavuko ntarengwa ku mukuru w’igihugu

Urukiko rushinzwe kurinda Itegeko Nshinga muri Uganda, rwatangiye  kumva no gusuzuma ubusabe bw’abasabye ko ingingo igena imyaka y’amavuko ntarengwa kuri Perezida yakurwamo. Mu Ukuboza 2017 nibwo inteko ishinga amategeko yashyizeho itegeko rikuraho  ingingo yari mu Itegeko Nshinga yavugaga ko umuntu uri munsi y’imyaka 35 ndetse n’urengeje imyaka 75 atemerewe kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu. Abatavuga rumwe […]

Rwamagana: Ikigo gicukura amabuye y’agaciro abakozi bacyo baherutse guhera mu kirombe cyasubitse imirimo

Ubuyobozi bw’ikigo cy’ubucukuzi bw’amabuye y’agaciro cyo muri Afurika y’Epfo gikorera mu Rwanda kitwa PIRAN Resources Limited, gifite ikirombe giherutse guheramo abakozi bacyo bane mu gihe cy’iminsi itatu, cyabaye gihagaritse imirimo yacyo yo gucukura aho gifite ibirombe hose kivuga ko ari ku mpamvu z’umutekano. Mu kiganiro umuyobozi wacyo, John sanderson yahaye New Times, yavuze ko ibiherutse […]

Umukecuru yabeshye Interahamwe ko ari umurozi ruharwa abasha kurokora Abatutsi basaga 100

Zula Karuhimbi   ni umukecuru w’imyaka isaga 100, avuga ko yarokoye Abatutsi basaga 100 bahigwaga muri jenoside yakorewe Abatutsi, babaga bahigwa n’Interahamwe n’abandi bari bagamije kubica, yakoresheje amayeri yo kwiyita umurozi ruharwa abasha kugera ku ntego. Atuye mu murenge wa Ruhango, akarere ka Ruhango Intara y’Amajyepfo, yemeza ko afite imyaka 106 ariko n’ubwo bigaragara ko […]

Kuwa 10 Mata 1994 Abatutsi 14,500 bari bahungiye mu ngoro ya Muvoma muri Ngororero barishwe

Ku itariki ya 10 Mata 1994 Jenoside yakorewe Abatutsi yari irimo iragenda ifata intera ariko ibitero byo kwica inzirakarengane zaziraga uko zavutse byiyongeraga hirya no hino mu gihugu, aho kuri iyi tariki Abatutsi bakabakaba 15,000 bahungiye mu ngoro ya Muvoma muri Ngororero bishwe. Dore bimwe mu bihe by’ingenzi byaranze iyi tariki mu gihe cya Jenoside […]

Rubavu :Hibutswe Abatutsi biciwe kuri Katedarali ya Nyundo no mu nkengero zayo

Kuri uyu wa Mbere, itariki 9 Mata 2018, Akarere ka Rubavu kibutse ku nshuro ya 24 inzirakarengane zazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 ziciwe kuri Paruwasi Katedarali ya Nyundo no mu nkengero zayo. Ni igikorwa cyabanjirijwe n’ijoro ryo kwibuka ryabaye ku itariki ya 8 mata 2018 aho Umuyobozi w’Akarere ka Rubavu wungirije Ushinzwe Ubukungu, Murenzi Janvier […]