Ikinyamakuru cyari igitoni kuri Leta yâu Burundi cyahagaritswe
Urubuga rwa Internet Ikiriho cyari gisanzwe gikorera mu kwaha kwa Leta yâ u Burundi iyobowe Perezida Pierre Nkurunziza cyahagaritswe. Icyemezo gihagarika iki gitangazamakuru Ikiriho News cyafashwe nâ Umucamanza Mukuru wa Repubulika yâ U Burundi, Sylvestre Nyandwi, nkâ uko byagaragajwe mu ibaruwa uyu muyobozi yanditse kuwa 12 Ukwakira 2018 agashyikiriza kopi yayo Perezida wâ Inama yâ […]
Tanzaniya: Abantu 30 batawe muri yombi baryozwa ishimutwa ry'umuherwe
Polisi ya Tanzaniya yataye muri yombi abantu basaga 30 mu rwego rwâiperereza ryâishimutwa ryâumugabo w’umuherwe, Mohammed Dewji ryabaye kuwa Kane wâiki cyumweru. Uyu mugabo yashimuswe nâitsinda ryâabagabo bitwaje intwaro ubwo yinjiraga mu cyumba ngororamubiri muri imwe muri hoteli yo mu majyaruguru yâ iburengerazuba bwa Dar Es- Salaam. Umuyobozi wa Polisi mu mujyi wa Dar Es- […]
Nyamasheke: Yishe umugore we amuca umutwe n'amabere
Habigena Claude wâimyaka 35 yâamavuko utuye mu mudugudu wa Gasasa, Akagari ka Bisumo mu murenge wa Cyato, ho mu karere ka Nyamasheke ari mu maboko ya polisi, Sitasiyo ya Kanjongo, aho akurikiranyweho kwica urwâagashinyaguro umugore we, Nyirasafari JosĂ©phine wari ufite imyaka 33 yâamavuko. Uyu nyakwigendera Nyirasafari yari atwite inda y’ amezi arindwi yishwe aciwe umutwe […]
RFI Prix Decouverte 2018: Yvan Buravan yahinduriwe igitsina
Umunyamakuru wa Radio Mpuzamahanga yâ Ubufaransa (RFI) yavuze ko Ivan Buravan uri mu irushanwa rya Radiyo yâabafaransa ryitwa Prix Decouverte uyu mwaka ari umuhanzi wâigitsinagore. Ibi byabaye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018 aho umunyamakuru wa RFI yatangaje inshuro ebyiri  zose avuga ko umuhanzi Buravan ari umunyarwandakazi ufite indirimbo […]
Min. Mushikiwabo yatorewe kuyobora Umuryango w'Ibihugu Bikoresha Ururimi rw'Igifaransa
Minisitiri wâUbubanyi nâAmahanga wâu Rwanda, Louise Mushikiwabo, atsinze amatora yari ahanganyemo nâundi mukandida w’umunya Canada, Michaà «lle Jean, y’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Ibihugu Bihuriye ku Rurimi rw’Igifaransa. Ni amatora yaberaga mu gihugu cya Armenia kuri uyu wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018, akaba yari yitabiriwe nâabakuru bâibihugu bigize uyu muryango wâibihugu buhuriye ku gukoresha Ururimi rwâIgifaranda OIF […]
Icyo Min. Busingye avuga ku icungwa ryâimitungo yasizwe na bene yo
Minisitiri w’Ubutabera akaba nâ Intumwa Nkuru ya Leta, Busingye Johnston, arasaba abagize Inama Mpuzabikorwa ya Komite z’Uturere zishinzwe gucunga imitungo yasizwe na bene yo, kuyicunga neza, ahari abayizungura bakayihwabwa. Ibi yabivuze mu nama bagiranye ku wa Gatanu tariki ya 12 Ukwakira 2018, akaba avuga ko kuva mu mwaka wa 2000, Leta yâu Rwanda imaze kubona […]
Burundi: Urwibutso rwari rwiswe urwa jenoside yakorewe Abahutu rwasenywe
Urwibutso rwiswe urwa jenoside yakorewe Abahutu mu Burundi rwari rwubatswe i  Mutumba wa Nyambeho muri Komini Giheta, Intara ya Gitega, mu Burundi, rwasenywe nâabantu bari bahagarikiwe nâubuyobozi bwâintara na Komini. Mu ijoro ryo ku wa Gatatu tariki ya 10 Ukwakira 2018, nibwo uru rwibutso rwiswe urwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1972, rwasenywe nâabari bahagarikiwe na […]
Amafoto yâurukozasoni ya Eddy Kenzo agiye gushyirwa hanze nâuwo yavuze ko azakata ibinwa
Umugore Eddy Kenzo avuga ko azaca ibinwa nakomeza kumuvugaho, Ritah Kaggwa yatangaje ko agiye gushyira hanze amafoto yâurukozasoni yâuyu muhanzi ari kumwe nâumukobwa w’umuhanzi witwa Pia Pounds. Kaggwa ubusanzwe wibera i London mu Bwongereza kuri uyu wa 11 Ukwakira 2018 abinyujije kuri Facebook yavuze ko yakiriye amafoto ya Eddy Kenzo na Pia Pounds bambaye ubusa […]
Rusizi: Abayobozi barasabwa kongera ingufu mu kurwanya ihohoterwa rikorerwa abana
Mu karere ka Rusizi ngo haracyagaragara ibikorwa binyuranye bijyanye nâihohoterwa rikorerwa abana hasi mu midugudu, ba Gitifu bâimirenge bagasabwa kurushaho gucukumbura ibi bibazo byose no gufasha mu kubishakira umuti kuruta uko byari bisanzwe. Babisabwe mu nama yahuje abarebwa bose nâuburenganzira bwâumwana no kumurinda ihohoterwa, yahuje nâabakozi bâumuryango âHope and Homes for Children Rwandaâ nâ abakozi […]
Ubushinwa: Umunyarwanda agiye guhangana nâibihanganjye mu mukino wa Billards ku isi
Umunyarwanda, Jean Claude Nyirimanzi agiye kwitabira irushanwa mpuzamahanga ryâ umukino wa Biyari(billards) uzabera mu gace ka Nanchang, I Shangai mu Bushinwa. Mu Kiganiro kirambuye na Bwiza.com, Jean Claude Nyirimanzi wâ imyaka 28 yâ amavuko yatangaje ko akimara kumva inkuru yemeza ko azitabira aya marushanwa mpuzamahanga yabyakiranye ibyishimo byinshi. Yagize atiâ Nubwo nzi ko ngiye guhangana […]
Mbarara:Inzego zâumutekano zambitse ubusa Abanyarwandakazi ngo zireba uko bateye
Abakozi bâinzego zâumutekano zirimo Urwego rushinzwe iperereza mu gisirikare cya Uganda (CMI) nâ Urwego rushinzwe umutekano wâimbere mu gihugu (ISO) baravugwaho kuba barambitse ubusa buri buri  Abanyarwandakazi batatu; Dinah Kamikazi  Agasaro Vanessa na Jessica Muhongerwa, kugira ngo barebe uko umugore w’Umunyarwandakazi aba ateye. Ibi ni ibyabaye kuwa 16 Ukuboza umwaka ushize nkâuko ikinyamakuru Virunga Post […]
Kigali: Polisi yaguye gitumo abajura bari bamaze gutobora inzu
Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Gasabo, ku wa 10 Ukwakira 2018, yaguye gitumo abajura batanu bari bamaze gutobora inzu yâumuturage witwa Ntahomvukiye Hermes utuye mu murenge wa Kacyiru mu karere ka Gasabo. Ni nyuma yâuko mu murenge wa Gisozi hamaze iminsi havugwa ubujura butobora amazu. Umuvugizi wa Polisi mu mujyi wa Kigali, Chief […]
OIF: Min. Mushikiwabo uhanganye na Michaà «lle Jean ni bantu ki?
Mu gihugu cya Armenia hitezwe inama idasanzwe y’umuryango w’abakoresha Igifaransa, Francophonie, hanatorwe umuyobozi musha wawo. Prezida w’Ubufaransa Emmanuel Macron na ministiri w’intebe wa Canada, Justin Trudeau, bamaze kugera muri Armenia ahagomba kubera iyo nama. Igifaransa ntabwo ari ururimi rukoreshwa muri Armenia, ariko Ubufaransa bucumbikiye Abanyarmenia benshi, harimo n’umuririmbyi aheruka kwitaba Imana, Charles Aznavour. Abitabye iyo […]