Prof. Shyaka yasabye abayobozi b'uturere tw'Amajyepfo kureka amatiku bagakora
Ku wa Kane tariki ya 25 Ukuboza 2018, mu muhango w’ihererekanyabubasha hagati ya Guverineri mushya w’Intara y’Amajyepfo, Emmanuel K. Gasana na Mureshyankwano Marie Rose wayiyoboraga, Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof.Shyaka Anastase yihanangirije abayobozi b’uturere tuyigize kureka amatiku bagakora. Umuyobozi w’iyi Ntara yavuze ko ikeneye umuvuduko udasanzwe ngo ishobore gukora ibidasanzwe mu iterambere no gushyira abaturage ku […]
Iyumvire “IBYA-TSI” ya Oda Passy ikomeje kuvugwaho byinsi
Bwa mbere umugore yatorewe kuyobora EthiopiaÂ
Inteko Ishinga Amategeko ya Ethiopia bwa mbere  yatoye Perzida wâUmugore , Sahle-Work Zewde ngo asimbure Molute Teshomu weguye ku mirimo mu buryo budasobanutse. Ni nyuma yaho Minisitiri wâIntebe wâiki gihugu Dr.Abiy Ahmed ashyizeho inteko ishinga amategeko igizwe na 50% byâabagore. Akimara gutorwa, Sahle-Work Zewde wâimyaka 68 yavuze ko ari igihe cyiza cyo kubaka Ethiopia izira […]
Kinshasa: Abarwanya Leta ya Kabila bateguye imyigaragambyo idasanzwe
Umwe mu bakuru b’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi, atangaza ko imyigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu iteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 26 Ukwakira 2018, yamaze kwemererwa kubera mu murwa mukuru Kinshasa. Ni imyigaragambyo yo kwamagana imashini zo gutoresha mu buryo bw’ikoranabuhanga. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bafite ubwoba ko zakwifashishwa mu gukora uburiganya mu […]
Wema Sepetu ari kwitegura ubukwe n'umugabo ufite undi mugore
Wema Sepetu umukinyi wa mafilime akaba yaranabaye nyampinga wa Tanzaniya muri 2006 yatangaje ko ubukwe bwe n’umukunzi we mushya Patrick Christopher buba mu minsi yavuba Ni nyuma yaho ku mbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hakwirakwizwa amashusho uyu mukobwa ari mu buriri n’umukunzi we mushya bisa naho bari mubyishimo by’abakuru bigatungura benshi ubu ikiri kuvugwa ni Ubukwe […]
Muhanga: Abakora mu nzego zâubuzima bagaragaje uruhuri rwâibibazo bibugarije
Mu biganiro byahuje abayobozi nâabakozi ba komisiyo yâIgihugu ishinzwe abakozi ba Leta nâabakozi bâakarere ka Muhanga ku wa Gatatu tariki ya 24 Ukwakira 2018, bamwe mu bayobora ibigo nderabuzima bayigaragarije ibibazo byugarije uru rwego rwâubuzima. Bavuga ko batemerewe gutanga akazi ku baforomo ndetse bakanabwirwa ko akarere nako katabyemerewe, bigatuma abakozi ku mavuriro bakora ari bacyeya […]
Isesengura :Kenyatta na Raila Odinga, urugero rwiza mu bumwe n' ubwiyunge
Hashize igihe gito inkuru nziza isesekaye  muri Komisiyo y’ Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ( African Union) ko utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Bwana Raila Odinga yahawe inshingano zikomeye muri uwo muryango. Izi nshingano zikaba zirebana n’ibyerekeye kuzamura ibikorwaremezo muri Afurika. Uyu mugabo uzwiho cyane kuba yarahanganye mu matora n’uwari Perezida wa Kenya Mwai Kibaki […]
Hon. Dr.Habineza avuga ko nâabanyereza ibya Leta bakwiye kwamburwa Ubutore
Perezida wâIshyaka Riharanira  Demokorasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic Green Party  of Rwanda), ntiyemeranya nâumuyobozi wâitorero ryâu Rwanda, Bamporiki Edouard, wambuye Ubutore umuhanzikazi, Uzamberumwana uzwi ku izina rya Oda Paccy. Ku wa Gatatu tariki ya 24 Ukwakira 2018, nibwo umuyobozi wâitorero ryâu Rwanda, Bamporiki Edouard yasohoye itangazo anarishyiraho umukono avuga ko ku bwâububasha ahabwa […]
Kim Kardashian yibasiwe nâabamukurikirana  kuri instagram
Umunyamideri Kim Kardashian yibasiwe nâabafana be bamukurikirana ku rukuta rwe rwa instagram  bamushinja kubeshya ku ngano y’ikibuno cye mu  ifoto yashyize hanze. Kim Kardashian ahanini washyize iyi foto hanze agamije kwamamaza ibyo bita âmake upâ ariko abamukurikana birebera ku kibuno cye maze batangira kumushinga ko yaba yaritabaje âPhotoshopâ kugira ngo akigire gito. Umwe muri aba […]
Ese umubano wa Ingabire Victoire nâabo kwa Rwigara waba uhatse iki?
Umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire avuga ko ubucuti bwe nâabâabagize umuryango wa Rwigara Assinapol, watangiriye muri gereza, bityo akaba ashimangira ko ibyabo bitakabaye ibintu byo kwibazwaho cyane. ku wa Gatanu tariki ya 14 Nzeri 2018, nibwo Ingabire Victoire yahawe imbabazi nâUmukuru wâIgihugu, Paul Kagame, afungurwa muri gereza ya Nyarugenge i Mageragere, bucyeye bwaho ubwo yageraga mu […]
Mwarabu Fighter yatangaje uburyo Diamond Platnumz yamutotezaga
Uwahoze ari umurinzi wa Dimond Platnumz, Mwarabu Fighter yatangaje ko  ubuzima bwe bwari mu kaga akirinda umuhanzi Diamond  kandi ko yakatwaga umushahara mu buryo budasobanutse. Mu kiganiro na Bongo 5, Mwarabu Selemani Milundi uzwi nka Mwarabu Fighter  avuga ko ubwo yarindaga Diamond Platnumz yakoze impanuka za moto inshuro zirenze enye kubera kwirukanswa nâamabwiriza ya Diamond […]
Abarenga 50 baguye mu mirwano hagati yâamoko muri Somalia
Abantu barenga 50 nibo bamaze kugwa mu mirwano hagati yâamoko zabaye kuwa Kabiri wâiki cyumweru mu  gace ka Somaliland mu gihugu cya Somalia. Umwe mu babonye ibyâizi mvururu  akaba nâumuturanyi wâagace kabereyemo iyi mirwano, Ahmed Ismail wo mu cyaro cya  Dhumey yatangarije Reuters dukesha iyi nkuru ko kugeza ubu imirwano igikomeje. Yagize atiâ Habayeho ugutana […]
Nyamasheke: Barasabwa kwisuzumisha amaso no kurwanya indwara zâubuhumyi
Ubuyobozi bwâakarere ka Nyamasheke, ubwâibitaro bya Kibogora  nâubwâumuryango âThe Fred hollow foundationâ burakangurira abagatuye  kwisuzumisha amaso no kurwanya indwara zâubuhumyi zitarabagiraho ingaruka. Nubwo abakurikiranira hafi ibyâubuvuzi bwâamaso mu bitaro bya Kibogora bavuga ko muri iyi myaka itatu imyumvire yâabaturage mu kuyisuzumisha  yazamutse, ngo haracyari bamwe muri bo batarumva ukuntu bashobora  kwisuzumisha amaso mu gihe batumva […]
Itangazo ry'Ibyemezo byâInama yâAbaminisitiri yo ku wa 24 Nzeri 2018
Ku wa gatatu, tariki ya 24 Ukwakira 2018, Inama yâAbaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.1. Inama yâAbaminisitiri yifurije ikaze nâimirimo myiza Abaminisitiri nâAbanyamabanga ba Leta binjiye muri Guverinoma mu ivugururwa ryayo ryo ku wa 18 Ukwakira 2018. 2. Inama yâAbaminisitiri yishimiye itorwa rya Madamu Mushikiwabo Louise ku mwanya wâUmunyamabanga Mukuru wâUmuryango […]