Prof. Shyaka yasabye abayobozi b'uturere tw'Amajyepfo kureka amatiku bagakora

Ku wa Kane tariki ya 25 Ukuboza 2018, mu muhango w’ihererekanyabubasha hagati ya Guverineri mushya w’Intara y’Amajyepfo, Emmanuel K. Gasana  na Mureshyankwano Marie Rose wayiyoboraga,  Minisitiri w’Ubutegetsi bw’Igihugu, Prof.Shyaka Anastase yihanangirije abayobozi b’uturere tuyigize kureka amatiku bagakora. Umuyobozi w’iyi Ntara yavuze ko ikeneye umuvuduko udasanzwe ngo ishobore gukora ibidasanzwe mu iterambere no gushyira abaturage ku […]

Bwa mbere umugore yatorewe kuyobora Ethiopia 

Inteko Ishinga Amategeko ya Ethiopia bwa mbere  yatoye Perzida w’Umugore , Sahle-Work Zewde ngo asimbure Molute Teshomu weguye ku mirimo mu buryo budasobanutse. Ni nyuma yaho Minisitiri w’Intebe w’iki gihugu  Dr.Abiy Ahmed ashyizeho inteko ishinga amategeko igizwe na 50% by’abagore. Akimara gutorwa,  Sahle-Work Zewde w’imyaka 68 yavuze ko ari igihe cyiza cyo kubaka Ethiopia izira […]

Kinshasa: Abarwanya Leta ya Kabila bateguye imyigaragambyo idasanzwe

Umwe mu bakuru b’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi, atangaza ko imyigaragambyo y’abatavuga rumwe n’ubutegetsi bw’iki gihugu iteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 26 Ukwakira 2018, yamaze kwemererwa kubera mu murwa mukuru Kinshasa. Ni imyigaragambyo yo kwamagana imashini zo gutoresha mu buryo bw’ikoranabuhanga. Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bafite ubwoba ko zakwifashishwa mu gukora uburiganya mu […]

Wema Sepetu ari kwitegura ubukwe n'umugabo ufite undi mugore

Wema Sepetu umukinyi wa mafilime akaba yaranabaye nyampinga wa Tanzaniya muri 2006 yatangaje ko ubukwe bwe n’umukunzi we mushya Patrick Christopher buba mu minsi yavuba Ni nyuma yaho ku mbuga nkoranyambaga hamaze iminsi hakwirakwizwa amashusho uyu mukobwa ari mu buriri n’umukunzi we mushya bisa naho bari mubyishimo by’abakuru bigatungura benshi ubu ikiri kuvugwa ni Ubukwe […]

Muhanga: Abakora mu nzego z’ubuzima bagaragaje uruhuri rw’ibibazo bibugarije

Mu biganiro  byahuje abayobozi n’abakozi ba komisiyo y’Igihugu ishinzwe abakozi ba Leta n’abakozi b’akarere ka Muhanga ku wa Gatatu tariki ya 24 Ukwakira 2018, bamwe mu bayobora ibigo nderabuzima bayigaragarije ibibazo byugarije uru rwego rw’ubuzima. Bavuga ko batemerewe gutanga akazi ku baforomo ndetse bakanabwirwa ko akarere nako katabyemerewe, bigatuma abakozi ku mavuriro bakora ari bacyeya […]

Isesengura :Kenyatta na Raila Odinga, urugero rwiza mu bumwe n' ubwiyunge

Hashize igihe gito inkuru nziza isesekaye   muri Komisiyo y’ Umuryango wa Afurika Yunze Ubumwe ( African Union) ko utavuga rumwe n’ubutegetsi muri Kenya, Bwana Raila Odinga yahawe inshingano zikomeye muri uwo muryango. Izi nshingano zikaba zirebana n’ibyerekeye kuzamura ibikorwaremezo muri Afurika. Uyu mugabo uzwiho cyane kuba yarahanganye mu matora n’uwari Perezida wa Kenya Mwai Kibaki […]

Hon. Dr.Habineza avuga ko n’abanyereza ibya Leta bakwiye kwamburwa Ubutore

Perezida w’Ishyaka Riharanira  Demokorasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda (Democratic  Green Party  of Rwanda), ntiyemeranya n’umuyobozi w’itorero ry’u Rwanda, Bamporiki Edouard, wambuye Ubutore umuhanzikazi, Uzamberumwana uzwi ku izina rya Oda Paccy. Ku wa Gatatu tariki ya 24 Ukwakira 2018, nibwo umuyobozi w’itorero ry’u Rwanda, Bamporiki Edouard yasohoye itangazo anarishyiraho umukono avuga ko ku bw’ububasha ahabwa […]

Kim Kardashian yibasiwe n’abamukurikirana  kuri instagram

Umunyamideri Kim Kardashian yibasiwe n’abafana be bamukurikirana ku rukuta rwe rwa instagram  bamushinja  kubeshya ku ngano  y’ikibuno cye mu  ifoto yashyize hanze. Kim Kardashian ahanini washyize iyi foto hanze agamije kwamamaza ibyo bita ‘make up’ ariko abamukurikana birebera ku kibuno cye maze batangira kumushinga ko yaba yaritabaje ‘Photoshop’ kugira ngo akigire gito. Umwe muri aba […]

Ese umubano wa Ingabire Victoire n’abo kwa Rwigara waba uhatse iki?

Umunyapolitiki Ingabire Umuhoza Victoire avuga ko ubucuti bwe n’ab’abagize umuryango wa Rwigara Assinapol, watangiriye muri gereza, bityo akaba ashimangira ko ibyabo bitakabaye ibintu byo kwibazwaho cyane. ku wa Gatanu tariki ya 14 Nzeri 2018, nibwo Ingabire Victoire yahawe imbabazi n’Umukuru w’Igihugu, Paul Kagame, afungurwa muri gereza ya Nyarugenge i Mageragere, bucyeye bwaho ubwo yageraga mu […]

Mwarabu Fighter yatangaje uburyo Diamond Platnumz yamutotezaga

Uwahoze ari umurinzi wa Dimond Platnumz, Mwarabu Fighter yatangaje ko  ubuzima bwe bwari mu kaga akirinda umuhanzi Diamond  kandi ko yakatwaga umushahara mu buryo budasobanutse. Mu kiganiro na Bongo 5, Mwarabu Selemani Milundi uzwi nka Mwarabu Fighter  avuga ko ubwo yarindaga Diamond Platnumz yakoze impanuka za moto inshuro zirenze  enye kubera kwirukanswa n’amabwiriza ya Diamond […]

Abarenga 50 baguye mu mirwano hagati y’amoko muri Somalia

Abantu barenga 50 nibo bamaze kugwa mu mirwano hagati y’amoko zabaye kuwa Kabiri w’iki cyumweru mu  gace ka Somaliland mu gihugu cya Somalia. Umwe mu babonye iby’izi mvururu  akaba n’umuturanyi w’agace kabereyemo iyi mirwano, Ahmed Ismail  wo mu cyaro cya  Dhumey yatangarije Reuters dukesha iyi nkuru ko  kugeza ubu imirwano igikomeje. Yagize ati” Habayeho ugutana […]

Nyamasheke: Barasabwa kwisuzumisha amaso no kurwanya indwara z’ubuhumyi

Ubuyobozi bw’akarere ka Nyamasheke, ubw’ibitaro bya  Kibogora  n’ubw’umuryango  ‘The Fred hollow foundation’ burakangurira abagatuye  kwisuzumisha amaso no kurwanya indwara z’ubuhumyi zitarabagiraho ingaruka. Nubwo abakurikiranira hafi iby’ubuvuzi bw’amaso mu bitaro bya Kibogora  bavuga ko muri iyi myaka itatu imyumvire y’abaturage mu kuyisuzumisha  yazamutse, ngo haracyari bamwe muri bo batarumva ukuntu bashobora  kwisuzumisha amaso mu gihe batumva […]

Itangazo ry'Ibyemezo by’Inama y’Abaminisitiri yo ku wa 24 Nzeri 2018

Ku wa gatatu, tariki ya 24 Ukwakira 2018, Inama y’Abaminisitiri yateranye iyobowe na Nyakubahwa Perezida wa Repubulika, Paul Kagame.1. Inama y’Abaminisitiri yifurije ikaze n’imirimo myiza Abaminisitiri n’Abanyamabanga ba Leta binjiye muri Guverinoma mu ivugururwa ryayo ryo ku wa 18 Ukwakira 2018. 2. Inama y’Abaminisitiri yishimiye itorwa rya Madamu Mushikiwabo Louise ku mwanya w’Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango […]