Uzwi nka Rambo yahanaguweho icyaha cyo gusambanya ku ngufu
Sylvester Stallone uzwi nka Rambo, yahanaguweho icyaha yari akurikiranweho cyo gufata umugore ku ngufu. Mu kwezi kâUkuboza umwaka ushize, nibwo umugore ubu ufite imyaka 48 yâamavuko, yashinje Rambo kumufata ku ngufu, avuga ko ku nshuro ya mbere byabaye mu 1987. Nkâuko ikinyamakuru TMZ kibitangaza, uyu mugore yavugaga ko Rambo yamusambanyije ku ngufu ubugira kabiri mu […]
Isesengura: Joseph Kabila azigana Vladimir Putin mu kongera kugaruka 2023 ?
Mu gihe manda ya kabiri ndetse ya nyuma ya Perezida wa Congo-Kinshasa, Joseph Kabila yarangiye mu Ukuboza 2016, nkâ uko bitegenywa nâ Itegekonshinga rya Congo-Kinshasa, ishyaka PPRD Kabila abarizwamo ryamaze kwemeza ko rizahagararirwa na Emmanuel Shadary. Ibi Kabila yabyemeye akurikije inyurabwenge rya politiki ya Perezida wâ u Burusiya, Vladmir Putin aho yasimbuwe na Dimitry Medvedev […]
Nyamasheke: Barasabwa kwisuzumisha kenshi indwara zitandura
Ubuyobozi bwâIkigo Nderabuzima cya Kamonyi, kiri mu murenge wa Ruharambuga, mu karere ka Nyamasheke, buvuga ko bwahagurukiye gukangurira abaturage bose kwisuzumisha nibura rimwe mu mwaka indwara zitandura nka Diyabete, Kanseri, umuvuduko wâamaraso nâizindi. Kera indwara zitandura bamwe bazitaga izâabakire ariko nâabadafite nâabadafite ubushobozi ntizaburaga kubica,  bamwe bakikoma abaturanyi babo ngo barabaroze, ngo ni ibyo barenze […]
Tariki 2 Ugushyingo: Haile Selassia wimitswe nkâumwami wâ abami ni umuntu ki?
Kuwa 2 Ugushingo 2018, Aba Rasta bo ku Isi barizihiza umunsi udasanzwe igikomangoma cyo muri Ethiopia Haile Selassia yimitswe akitwa umwami wâ abami. Haile Selassie  yavutse yitwa Tafari Makonnen Woldemikael avuka ku ya  23 Nyakanga 1892 yitaba Imana ku ya 27 Kanama 1975. Selassie yabaye umuyobozi ukomeye wa Ethiopia kuva 1916 kugeza mu 1930 no […]
Congo-Brazaville: Louise Mushikwabo yatangiye gushimira abamushyigikiye
Nyuma yo gutorerwa kuyobora Umuryango wâ Ibihugu bikoresha ururimi rwâ Igifaransa(OIF), Louise Mushikwabo yatangiye gushimira abamushyigikiye ndetse aniyemeza kuzaba hafi agace ka Afurika yo hagati. Ibi yabitangaje ubwo yageraga muri Congo-Brazaville, agira atiâ Muri manda yanjye nzaba hafi Afurika yo hagati kuko yashyigikiye kandidatire yanjye niyo mpamvu muzambona kenshi muri aka karere ndushaho guteza imbere […]
Umukobwa wa Mbonyumutwa yavuye imuzingo uburyo se yakubiswe ku manwa yâihangu
Umukobwa wâuwabaye Perezida wa mbere wa Repubulika yâU Rwanda Dominiko Mbonyumutwa ari we Marie Claire Mukamgema yavuze uburyo se yakubitiwe mu Byimana mu 1959. Mu kiganiro na Radiyo BBC kuwa 1 Nzeri 2018, Mukamugema yemeje ko se yakubiswe nâabasore umunani ubwo yavaga kumusura ku ishuri arikoko nawe yirwanyeho ku buryo yahavunikiye ukuboko. Mukamugema avuga ko […]
Urujijo ku gatsiko kâabasirikare binjiye muri Congo bavuye ku butaka bwâu Burundi
Abaturage bo muri Uvira, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, batangaza ko babonye abantu igihiriri bambuka bava i Burundi bajya mu gihugu cyabo, ariko uburyo byakozwemo bukaba butaramenyekana. Iki gihiriri cyari kigizwe nâabantu basaga 100, ngo bakaba bari bafite intwaro, bambuka umugezi berekeza muri Uvuri, muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo. Nkâuko Radiyo Ijwi rya […]
Perezida Kagame yasabye ubufatanye mu kubungabunga urusobe rw'ibinyabuzima
Perezida wâU Rwanda, Paul Kagame yasabye abayobozi bo ku mugabane wâAfurika gushyira imbaraga mu bufatanye kugira ngo urusobe rwâibinyabuzima rubungwabungwe uko bikwiriye. Ibi Perezida Kagame yabitangaje kuri uyu wa 1 Ugushyingo 2018 ubwo yafunguraga ku mugaragaro inama nyafurika ku bijyanye no kubungabunga urusobe rw’ibinyabuzima. Yagize atiâ Nubwo dukomeje gukora cyane duharanira ukwishyira ukizana ku bantu […]
Uganda: Umuhanzi Navio yarwaniye nâumukobwa mu kabari
Daniel Lubwama Kigozi uzwi ku izina ryâubuhanzi rya Navio, aravugwaho kurwanira mu kabari gaherereye mu gace ka Kololo, mu Mujyi wa Kampala. Uyu muraperi avuga ko atigeze arwana, ahubwo agashimangira ko yashyamiranye nâumukobwa witwa Carol wiga muri Kaminuza ya Makerere, aho banyweraga mu kabari kitwa âWave Lougeâ. Nkâuko bitangazwa nâikinyamakuru cyo muri Uganda, Pmldaily, ngo […]
Ishyaka rikomeye muri Congo rivuga ko amatora ya Perezida atiteguwe
Ishyaka rya UDPS (Union pour la DĂŠmocratie et le Progrès Social), rimwe mu atavuga rumwe na Leta ya Congo, ritangaza ko iki gihugu kititeguye amatora yâumukuru wâigihugu ateganyijwe mu Ukuboza. UDPS riza ku isonga mu mashyaka atavuga rumwe na Leta, umuvugizi waryo, Augustin Kabuya aganira na AFP ku wa kabiri tariki ya 30 Ukwakira 2018, […]
Kuva navuka si nigeze ubwishingizi bwo kwivuza- Diamond Platnumz
Umuhanzi Diamond Platnumz  yatangaje ko kuva yavuka atari yarigeze atunga ikarita yâubwishingizi bwâubuzima. Ibi Diamond Platnumz yabitangaje Kuwa 31 Ukwakira 2018 uwo Kompanyi ya Resolution yamushyikirizwaga amakarita yâubwishingizi bwe nâubwâabana be, Tyffah, Nillan na Dylan. Mu kiganiro na Bongo TV, Diamond avuga ko we nâubwo ari bwo buzima yakuriyemo, yafashe icyemezo cyo gutangira kwishyura ubwishingizi […]
Gupfira hano no gupfira mu Rwanda tubona byose ari kimwe- Abahoze muri FDLR
Abahoze mu nyeshyamba za FDLR, mu mwaka wa 2014 bakemera gushyira intwaro hasi ndetse bakanatuzwa byâagateganyo mu nkambi ya Kisangani, mu gihe basabwa gutaha mu Rwanda, bavuga ko badashobora kuhakandagiza ikirenge. Aba barwanyi nâimiryango yabo, bose hamwe basaga 800, bavuga ko hari amakuru bahabwa yâuko umutekano wo mu Rwanda itifashe neza, iki ngo nicyo bashingiraho […]
Gen. Muntu arahakana guteza umwiryane mu barwanya Perezida Museveni
Uwahoze ari Umuyobozi wâIshyaka ritavuga rumwe nâubutegetsi bwa Perezida Museveni, Rtd Gen. Â Mugisha Muntu arahakana ko nta ruhare ari kugira mu kuvana abayoboke muri FDC abajyana mu ishyaka aherutse gushinga. Mugisha Muntu yakomeje kunengwa nyuma yaho abari abayobozi 63 ba Forum for Democratic Change bo mu gace ka Ankole beguye maze bakiyunga ku ishyaka rye […]
Rusizi: Impanuka y'imodoka yahitanye babiri bane barakomereka
Mu mudugudu wa Nyagatare, akagari ka Shagasha, mu murenge wa Gihundwe, mu karere ka Rusizi habereye impanuka ikomeye yaturutse ku ikamyo yari itwaye lisansi yerekeza mu mujyi wa Rusizi, yagonze ivatiri yavaga mu mujyi wa Rusizi yerekeza mu murenge wa Giheke muri aka karere ka Rusizi, umugore wari uyitwaye nâumuforomo bari kumwe bitaba Imana, abana […]