Kenya: Imiryango ikennye yugarijwe nâinzara
Abakomoka mu miryango ikennye muri Kenya bugarijwe nâikibazo cyâinzara ikabije kubera igabanuka ryâimvura nâubuke bwâ ibyo kurya. Ibyo bikaba bigira uruhare mu izamuka ryâibiciro bitoroheye Abanyakenya benshi. Iki kibazo kikaba cyibasiye cyane abatuye mu byaro bakorera amafaranga make ndetse nâabatuye mu kajagari mu migi. Nkâuko byemejwe nâabashizwe ibyâubumenyi bwâikirere, ibice byinshi byo muri Kenya bizakomeza […]
DRC: Ebola imaze guhitana abarenga 700
 Icyorezo cya Ebola gikomeje guhitana abantu benshi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, aho kugeza ubu kimaze guhitana abarenga 700 kuva icyi cyorezo cyagera muri Congo mu kwezi kwa Kanama 2018. Minisiteri yâubuzima muri iki gihugu yatangaje ko Umubare wâabahitanwe nâiki cyorezo ukomeje kwiyongera aho mu byumweru bitatu gusa, Ebola yahitanye abarenga 100 , […]
Abakuru bâibihugu nâAbaminisitiri baje kwifatanya nâAbanyarwanda mu âKwibuka 25â
Ku munsi wâejo, tariki ya 7 Mata, Abanyarwanda nâisi yose turaba twibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994, ku nshuro ya 25. Abayobozi batandukanye baturuka hanze yâu Rwanda, baje kwifatanya nâAbanyarwanda muri iki gikorwa. Uyu munsi, ku wa 6 Mata, Perezida wa Niger, Mahamadou Issoufou, Minisitiri wâIntebe wâUbubiligi, Charles Michel, Minisitiri wâIntebe wa Ethiopia, […]
Guverineri Mukuru wa Canada yunamiye inzirakarengane zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali- AMAFOTO
Guverineri Mukuru wa Canada, Julie Payette, ari mu Rwanda aho yitabiriye umuhango wo kwibuka ku nshuro ya 25 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Hamwe nâintsinda bari kumwe mu Rwanda, kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 6 Mata 2019, bashyize indabo ku rwibutso rwa jenoside rwa Kigali, ruri ku Gisozi, rushyinguyemo imibiri yâinzirakarengane zisaga ibihumbi 250, […]
Amajyaruguru: Abagabo nâabagore barashinjanya kuba intandaro yâamakimbirane mu miryango
Abagabo nâabagore mu Ntara yâAmajyaruguru baritana ba mwana abagore bashinja abagabo kuba ba nyirabayazana bâamakimbirane mu miryango akomeje kugaragara muri iyi ntara mu gihe abagabo bo babashinja kumva nabi ihame ryâuburinganire. Abagore barashinja abagabo kuba intandaro yâamakimbirane mu miryango, abagabo nabo bakavuga ko abagore bumvise ihame ryâuburinganire nabi bikaba bituma barengera bakanashaka gutegeka abagabo no […]
Nta kigero cyâihakana cyahindura ibyabaye- Min.wâUbutabera wa Gambia
Min. wâUbutabera wa Gambia, Ba Tambadou atangaza ko uko ihakana nâipfobya rya Jenoside yakorewe Abatutsi ryangana kose ntacyo byahindura ku kuba yarabaye kandi isi yose ikaba ibizi. Ibi uyu  muyobozi wabaye nâUmushinjacyaha mu Rukiko Mpanabyaha Rwashyiriweho u Rwanda (ICTR) yabitangarije abantu 500 bari bitabiriye inama mpuzamahanga yigaga kuri jenoside kuri uyu wa Gatanu. Min. Tambadou […]
Perezida Nkurunziza yakiriye umuryango wa Ntaryamira wicanwe na Habyarimana Juvenal
Mu gihe Abarundi bibuka kuri iyi tariki ya 6 Mata, urupfu rwa Perezida wabo, Ntaryamira Cyprien wiciwe mu Rwanda, umukuru wâigihugu Pierre Nkurunziza yakiriye uwari umugore we n’abana be. Nkâuko byatangaje na Perezidansi yâu Burundi, Perezida Nkurunziza yakiriye umupfakazi wa Ntaryamira, abakobwa be babiri ndetse nâumwuzukuru umwe, ngo akaba yabakomeje muri ibi bihe bibuka umubyeyi […]
Gasabo: Babiri bakekwaho kuba mu gatsiko kâabajura ba za moto batawe muri yombi
Abantu babiri, kuri uyu wa Gatanu itariki 05 Mata, batawe muri yombi na polisi bavugwaho kuba mu gatsiko kâabajura ba za moto mu Murenge wa Gisozi, mu Karere ka Gasabo. Umuvugizi wa Polisi mu Mujyi wa Kigali, CIP Marie Goretti Umutesi yavuze ko abatawe muri yombi ari Jean Nshimiyimana nâundi witwa Niyonsenga bakunze kwita Rukara. […]
RDC: Umuyobozi wâinyeshyamba yafashwe na FARDC amaze kuraswa
Umuyobozi wâinyeshyamba za Raia Mutomboki, Masudi Alimasi Kokodiko, zishinjwa gufata abagore nâabakobwa ku ngufu yafashwe nâigisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC). Nkâuko byemezwa nâumuvugizi wâigisirikare cya Congo, Â Capt. Dieudonne Kasereka, avuga ko Masudi Alimasi Kokodiko, yayoboraga inyeshyamba za Raia Mutomboki, yafatiwe ahitwa i Shabunda mu Ntara ya Kivu yâamajyepfo ku wa kabiri wâiki […]
Isezerano ry'Imana ntiribura gusohora kubera uko uteye
Zakariya abaza marayika ati ” ibyo nzabibwirwa nâiki, ko ndi umusaza nâumugore wanjye akaba ari umukecuru?” Aya magambo aboneka mu gitabu cyâinkuru nziza nkuko cyanditswe na Luka 1:18, aho Zakariya yagaragarizaga marayika wâImana ugushidikanya gukomeye ubwo yari amaze kumugezaho isezerano ryâuko azabyara Yohani. Uko gushidikanya kwa Zakariya kwarimo kwizera guke kandi wasuzuma neza ukaba wabona […]
Igipolisi cya Tanzania cyemeje ko kimaze kwica Abarundi 24
Igipolisi cya Tanzania, mu Karere ka Kigoma, gitangaza ko kimaze kwica Abarundi 24 bashinjwa ibyaha, binjiraga ku butaka bwâiki gihugu mu buryo bunyuranyije nâamategeko. Aba barundi 24 ngo bishwe mu mikwabo inzego zâumutekano za Tanzania zakoze mu mashyamba ari ku mupaka, aho ihana imbibi nâu Burundi. Uyu mukwabo ukaba warakozwe mu gihe hari abantu bitwaje […]
Umugore wari urembejwe nâinkari, yanyaye muri Banki Nkuru yâigihugu
Umugore utatangajwe amazina yihagaritse muri Banki Nkuru yo muri Afurika yâEpfo, nyuma yo kumara igihe kirekire ategereje guhabwa serivisi. Uyu mugore asobanura icyamuteye kunyara muri Banki, yagize ati âNagerageje gusunika, isaha yose yashize ngerageza, ubwiherero bwari bufunzeâ. Uyu mugore wamanuye ikariso akanyara ahagaze muri iyi banki, ahagatiye imyenda yo hasi yari yambaye nâisakoshi ye, avuga […]
U Rwanda rwaje mu bihugu 10 byambere ku isi byateje ubukerarugendo imbere muri 2019
 U Rwanda rwaje ku mwanya wa gatandatu(6) ku isi mu guteza imbere urwego rwâubukerarugendo mu buryo bwihuse muri 2019. Nkâuko tubikesha raporo yâikigo gishinzwe ibijyanye nâingendo nâubukerarugendo ku isi cyitwa World Travel and Tourism Council , igihugu cya Ethiopia nicyo kiyoboye ibindi ku isi mu guteza ubukerarugendo imbere muri 2019 naho Uganda iza ku […]
Umugande yareze u Rwanda mu rukiko
Umuturage wa Uganda, Steven Kalali yareze u Rwanda mu rukiko rwâUbutabera rwâAkarere ka Afurika yâIburasirazuba ku cyaha yise icyo gufunga imipaka bitemewe mu gihe gisaga ukwezi. Kuwa 28  Gashyantare 2019 u Rwanda rwatangaje ko  ku mupaka wa Gatuna hari gukorerwa imirimo yâubwubatsi ko amakamyo aremereye yakoresha indi mipaka. Ibi Uganda yabifashe nko gufunga […]
Amerika yatesheje agaciro visa ya Fatou Bensouda kubera iperereza yatangije
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatesheje agaciro visa yâUmushinjacyaha Mukuru wâUrukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha, Fatou Bensouda, nyuma yâuko uyu atangije mu buryo butunguranye iperereza ku byaha byakorewe muri Afghanistan nâabasirikare bâAbanyamerika. Nyuma yo kunengwa nâabatari bacye guhanagura ibyaha ku wahoze ari Perezida wa Cote dâIvoire, Laurent Gbagbo nâUmunyekongo Jean Pierre Bemba, kuri ubu Urukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha […]
Ubuhinde: Umwana yahembwe nk'intwari nyuma yo kuvuna inkoko akayijyana kwa muganga
Derec Lalchhanhima, umwana wâimyaka 6 mu gace ka Mizoran mu Buhinde yajyanye umushwi kwa muganga nyuma yo kuwukomeretsa, ahabwa igihembo ku bwâumutima mwiza. Ni inkuru yasakaye kuri murandasi kuri uyu wa 5 Mata, ivuga ku gihembo(certificat) uyu mwana yahawe nyuma ko kugaragaza umutima wo gutabara umushwi wavunitse awirukaho, yifashishije amafaranga ababyeyi bamuhaye ngo ayagure icyo […]
Paris: Perezida Nkurunziza yatsinzwe mu rubanza yaregagamo abamushinje ubwicanyi
Perezida Nkurunziza wâu Burundi yatsinzwe mu rubanza aregamo Umunyamategeko wâUmubiligi, Bernard Maingain, Umwanditsi wâUmurundi, David Gakunzi ndetse na Televiziyo France 3, ashinja kumuharabika. Mu 2015 ubwo ibintu byari bikomeye mu Burundi, byâumwihariko mu murwa mukuru Bujumbura, uyu munyamategeko wakunze kunenga manda ya gatatu ya Perezida Nkurunziza yaje kwakira amafoto agaragaza ubwicanyi bwari burimo burakorwa. Nyuma […]
RDC: Abantu 10 barimo abasivili babiri baguye mu mirwano hagati yâinyeshyamba
Abantu bagera ku 10 barimo abasivili babiri nibo bivugwa ko baguye mu mirwano yahuje kuwa Kane ushize inyeshyamba za NDC/RĂ©novĂ© zifatanyije na Nyatura zihanganye nâinyeshyamba zo mu mutwe wa APCLS wâuwitwa Janvier Kalahiri. Ni imirwano yabereye ahitwa Rukenge, muri Lukweti, muri groupement ya Bashali Mukoto, ho muri Teritwari ya Masisi nkâuko Radio Okapi dukesha iyi […]
Nyarugenge: Umugabo yafatanwe ibikoresho yifashishaga mu gukora amafaranga y'amiganano
Kuri uyu wa 05 Mata, Polisi yâu Rwanda ikorera mu karere ka Nyarugenge mu murenge wa Kigali yafatanye Bikorimana Fulgence ibikoresho bitandukanye yifashishaga akora amafaranga yâamiganano. Bimwe muri ibyo bikoresho uwo mugabo ukomoka mu karere ka Rutsiro mu murenge wa Kivumu yafatanwe bigizwe na wino, akamashini kamufasha kuyakora, ipamba yifashisha ayahanagura nâurundi rusobe rwâimiti yifashisha […]