Goma: 12 barakekwaho ubwandu bwa Ebola-Ibiro bya Perezida wa Congo
Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo kuri uyu wa 3 Kanama byatangaje ko abandi bantu 12 bashobora kuba bafite ubwandu bwa Ebola mu mugi wa Goma. ” Abantu 12 baturutse mu duce dutandukanye twa Goma bari gusuzumwa indwara ya Ebola.” Ibiro bya Perezida. Aya makuru yatangajwe nyuma y’impuruza yatanzwe n’abashinzwe kurwanya iki […]
Uganda: Stella Nyanzi yiyambitse ubusa mu rukiko nyuma yo gukatirwa
Urukiko rw’i Kampala rumaze gukatira Stella Nyanzi igihano cy’igifungo cy’amezi 18 ahamwe n’icyaha cyo gutuka Perezida Museveni, yahise akora ibikorwa byo kwiyambika ubusa mu rukiko. Kuri uyu wa Kane ushize, Stella Nyanzi yahamijwe icyaha cyo gutuka Perezida Yoweri Museveni wa Uganda akoresheje Facebook. Ubwo umucamanza yariho amusomera ibihano kuri uyu wa Gatanu, madamu Nyanzi yari […]
Rwamagana: Akarere karahumuriza abafundi binubira kudahabwa akazi bazira kuba mu makoperativeÂ
Ubuyobozi bw’Akarere ka Rwamagana bwemeza ko amabwiriza ajyanye no kubakisha amatafari ya Rukarakara batangiye kuyashyira mu bikorwa bafatanyije n’ihuriro ry’amakoperative y’abafundi bafitanye amasezerano ndetse bakazakomeza gukangurira abafundi bose kubahiriza amabwiriza yashyizweho n’ikigo cy’igihugu gishizwe imiturire . Mu nkuru twabagejejeho tariki ya 23 Mata, abafundi nâabayede  binubiraga kudahabwa akazi  bazizwa kubahiriza amabwiriza agenga imyubakire ahubwo kagahabwa abanze kujya […]
Ntuzatuzanire ayo maheru mu rugo- Umusore wâ i Kigali avuga uko bamubujije gushakana nâuwo akunda kubera âirondamokoâ
Umusore witwa Ruhumuriza Jean (amazina yahinduwe) avuga ko iwabo bamubujije gushakana nâumukobwa bakundanaga, bamubwira ko badashaka uwo bise âamaheru mu rugo rwaboâ Abinyujije kuri e-mail yâabatwandikiye (info@bwiza.comn), Ruhumuriza avuga ko atuye mu Karere ka Nyarugenge akaba yari yakundanye nâumukobwa utuye mu Karere ka Gasabo ndetse bemeranya kuzabana ariko umuryango ukaba ukomeje kubyanga. Umuryango we uvuga […]
Ni urwenya! Ikiganiro gishingiye ku busesenguzi bw'uzegukana 'FIFA The Best'
FIFA ni ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru ku isi. Mu minsi ishize ryashize hanze urutonde rw’abakinnyi 10 bazatoranywamo uzaba umukinnyi mwiza w’umwaka (FIFA The Best). Uru rutonde ruriho Cristiano Ronaldo, Lionel Messi, Kylian Mbappe, Eden Hazard, Harry Kane, Virgil Van Djik, Sadio Mane, Mohamed Salah, Matthjis de Ligt na Frenkie de Jong. Abakunzi b’umupira w’amaguru ndetse n’abafana […]
Malawi: Umugore yavuze impamvu  yatumye ashyingiranwa nâumuhungu yabyaye
Umugore wo muri Malawi witwa Njemani wâimyaka 47 yashyingiranwe nâumuhungu we  wâimyaka 30 bitewe nâuko ngo yamutanzeho byinshi ku bijyanye no kumurera. Uyu mugore avuga ko yatakaje amafaranga menshi mu kwishyura amashuri yâumuhungu we, bityo ko atakwishimira kubona hari umukobwa wâundi uje kuryoha mu byo yaruhiye. Ikinyamakuru Nyasa Times dukesha iyi nkuru gitangaza ko uyu […]
Gisenyi: Ku mupaka wa Petite Barrière hashyizwe uburyo bwâisuku nâisukura ku binjira mu Rwanda
Mu rwego rwo gukaza ingamba zo gukumira Ebola, u Rwanda rwashyize uburyo bwo gusukura intoki ku mupaka wa Petite Barrière hagati ya Goma na Gisenyi nka kimwe mu bisubizo byâisuku nâisukura ku baturage binjira mu Rwanda. Mu itangazo yashyize ahagaragara kuri uyu wa Kane ushize, itariki ya 01 Kanama 2019, Minisiteri yâUbuzima yongeye gushimangira ko […]
Lionel Messi yahagaritswe amezi atatu adakinira ikipe y'igihugu, acibwa n'amande
Lionel Messi, umukinnyi wa FC Barcelona n’ikipe y’igihugu y’Argentine yahagaritswe amezi atatu adakina imikino mpuzamahanga nyuma yo gushinja ruswa ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Amerika y’amajyepfo. Kuri iki gihano kandi, Lionel Messi yaciwe amande y’amadolari y’Amerika 50,000. Mu mikino ya Copa America yabaye muri uyu mwaka, Messi ntiyishimiye imisifurire. Yavuze ko iri rushanwa ryamaze kugurwa (abaritegura […]
Burundi: Nyuma yâimyaka 4 Gen. Adolphe Nshimirimana yishwe iperereza rirambuye ntacyo riratangaza
Abasirikare batanu n’abapolisi batatu nibo bafashwe nyuma y’iyicwa rya Lt Gen Adolphe Nshimirimana ku itariki 02 Kanama mu 2015, iperereza rirambuye ku rupfu rwe ntacyo riratangaza kugeza n’ubu. Hari abantu bagishidikanya ko kwica Adolphe Nshimirimana ari umugambi wacuzwe ugashyirwa mu bikorwa na bariya basirikare bato. Uyu mugabo wari ufite imyaka 50, yavukiye i Gishubi mu […]
Tanzania: Umunyamakuru Kabendera ukunda kunenga ubutegetsi yashinjijwe gushaka kugumura abaturage
Abayobozi ba Tanzania kuri uyu wa Gatanu bashinjije umunyamakuru, Erick Kabendera wubashywe ukunze kunenga ubutegetsi, icyaha cyo gushishikariza rubanda kwigumura ku butegetsi gihanwa nâamategeko arwanya ibyaha bikorerwa kuri internet , urubanza abanenga ubutegetsi bemeza ko ari ikindi gitero ku bwisanzure bwâitangazamakuru ku butegetsi bwa Perezida John Pombe Magufuli. Umunyamakuru Erick Kabendera watawe muri yombi kuwa […]
Diamond aravugwaho kuba mu rukundo n'undi mugore
Umuhanzi Diamond Platnumz aravugwaho kugirana ibihe byiza nâundi muririmbyi wo muri Tanzania witwa Lulu Diva. Aya makuru yacicikanye ku mbuga nkoranyambaga mu gihugu cya Tanzania, avuaga ko  Diamond ari mu rukundo na Diva. Ibi byahereye ku mashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyambaga aba bombi bari mu bihe byiza. Ibi byabereye mu gitaramo cyashyiraga hanze alubumu nshya […]
NBA yiyemeje kugira uruhare mu guteza imbere Basketball muri Afurika
Abagabo nâabagore bakanyujijeho mu mukino wâintoki wa Basketball muri shampiyona ya NBA bamaze icyumweru bahugura urubyiruko nyafurika ruturuka mu bihugu 29. Ni amahugurwa yahuje abahungu 40 nâabakobwa 20 muri gahunda ya NBA yiswe basketball itagira imipaka igamije gushakisha abakobwa nâabahungu bafite impano muri uwo mukino. Iyo gahunda imaze imyaka 17. Bamwe mu bakobwa bavuganye nâIjwi […]
Mu turere dutanu hafatiwe amapaki yâamasashi 740 ku bacuruzi batandukanye
Muri gahunda y’ukwezi kwahariwe ibikorwa bya Polisi ifatanyamo n’abaturage ndetse nâizindi nzego hirya no hino mu gihugu. Icyumweru cya Gatatu cyahariwe ubukangurambaga ku kubungabunga no kurengera ibidukikije. Ni icyumweru gifite insanganyamatsiko igira iti: âTubungabunge ibidukikije twiteganyirize ejo heza.” Kuri uyu wa kane tariki 01 Kamena ubu bukangurambaga bwakorewe mu Ntara zose zâigihugu hagenzurwa ndetse hanatoragurwa […]
Komera kandi ntucike integer- Rev. Nibintije
Soma Yosuwa 1:9 Kudacika intege mu bibazo bituruka mu kwizera Imana. Ntabwo biva mu bwenge cyangwa ubumenyi gusa. Muvandimwe, Umukozi wâImana Rev. / Ev. Eustache Nibintije, abinyujije muri Minisiteri ye yâivugabutumwa yise â Nibintije Evangelical Ministriesâ asigaye adufasha mu kugabura ijambo ryâImana nkuko yamuhaye umuhamagaro ikamwuzuza ubwenge bwo kugira ngo agirire abantu benshi umumaro mu […]