Musanze: Inzu nziza yatumye umugabo agarukira umugore yari amaze imyaka ibiri yaramutaye

Muhawenimana na Karekezi babyaranye abana bane

Kuri uyu wa 2 Ugushyingo 2019, Karekezi Syridio utuye mu kagari ka Bukinanyana, umurenge wa Cyuve mu karere ka Musanze, yagarukiye umugore we yari amaze imyaka ibiri ataye ubwo yamaraga guhabwa inzu n’urugaga rw’abagore bari mu muryango wa RPF Inkotanyi mu Ntara y’Amajyaruguru. Uyu mubyeyi wari waratawe aba mu icumbi yitwa Muhawenimana Assuma, akaba yarasigiwe […]

Abasirikare ba Mali basaga 50 biciwe mu gitero kimwe

Intagondwa mu majyaruguru ashyira uburasirazuba bwa Mali zishe abasirikare 53 n’umuturage w’umusivile umwe mu gitero ku kigo cya gisirikare, nkuko byatangajwe na leta y’iki gihugu. Iki gitero kibaye kimwe mu byahitanye abantu benshi muri iki gihugu mu myaka icumi ishize. Mu butumwa bwo ku rubuga nkoranyambaga rwa Twitter, igisirikare cya Mali cyavuze ko ari “igitero […]

Abayobozi b’inyeshyamba za FLN, FDLR na RUD-Urunana bari ku rutonde rw’abinjiza akayabo

Abayobozi b’inyeshyamba za FDLR, Lt. Gen. Byiringiro Victor Rumuri, uwa FLN, Gen. Hamada na RUD-Urunana, Gen. Africa Jean Michel bari mu bafite ibikorwa byinjiza amafaranga menshi mu Burasirazuba bwa Congo. Ni ubucukumbuzi bwakozwe na Rwandatribune.com yifashishije ibinyamakuru bitandukanye nka Iminembwe iwacu,Gatoyi actualites,binzainfo ndetse na Raporo yo kuwa 18 Ukuboza 2018yakozwe n’Itsinda ry’inzobere z’Umuryango w’Abibumbye zikora […]

Haravugwa ukurebana nabi hagati ya Messi na Griezmann

Hari amakuru avuga ko hari ukurebana nabi hagati ya Kapiteni w’Ikipe ya Barcelona, Lionel Messi na mugenzi we, Antoine Griezmann. Aya makuru avuga ko Messi nk’umwe mu bantu baha ikaze abakinnyi bashya muri Barcelona, kugeza ubu ngo asa n’utarareba neza Griezmann. Uyu mwuka mubi ngo uraturuka ku kuba Griezmann ataratanga umusaruro yari yitezweho ubwo yagurwaga […]

Ububiligi: urubanza rw’umunyarwanda Neretse rurabura iminsi itanu rugatangira

Mu gihugu cy’Ububiligi harategurwa urubanza rw’umunyarwanda Neretse Fabien uregwa ibyaha bya Jenoside yakoreye mu Rwanda mu 1994. Abanyamakuru ba bwiza.com, bakaba bazakurikirana uru rubanza imbonankubone. Uru rubanza ruzatangira kuwa kane tari 7 Ugushyingo 2019, rwibazwaho byinshi: azaburana adafunze, inzira zanyuzwemo, uko urubanza ruteganijwe kugenda n’ibindi. Mu nama y’umunsi umwe yahuje abanyamakuru basaga 30 b’umuryango PAXPRESS […]

Kigali: Agatsiko kiyise ‘Abanya-Butare’ kakayogoza abaturage kahagurukije meya

Umuyobozi w’Akarere ka Nyarugenge, Kayisime Nzaramba yigereye mu Murenge wa Kigali uvugwamo agatsiko k’abantu biyise ‘Abanya-Butare’ bahohotera abaturage ariko ntibabiryozwe. Bamwe mu batuye imidugudu ya Akirwanda na Muganza mu kagari ka Kigali, Umurenge wa Kigali, mu karere ka Nyarugenge bari batangaje ko babangamiwe n’urugomo rubera muri aka gace aho Abanya Butare hari babakubita bakanabambura inzego […]

Perezida Nkurunziza yakoze impinduka zitunguranye mu butasi bw’Uburundi

Perezida w’Uburundi, Pierre Nkurunziza yakoze impinduka zitari zitezwe mu nzego z’ubutasi z’Uburundi (SNR) aho yasimbuje Gen. Etienne Ntakirutimana wari umaze igihe ayobora uru rwego. Amakuru yizewe Bwiza.com ifite ni uko Nkurunziza yagize Gen. Gervais Ndirakobuca uzwi nka Ndakugarika, umuyobozi mukuru wa SNR naho Gen. Ntakirutimana yimurirwa mu biro by’umukuru w’igihugu mu mwanya w’umuyobozi mukuru ushinzwe […]

Bamwe mu banyamategeko bavuga ko itegeko ry’umusoro ku butaka ryigiriza nkana ku baturage

Bamwe mu banyamategeko baravuga ko bitumvikana uko umturage ufite inzu yo kubamo ayisorera kurusha ufite iyo akoreramo ubucuruzi. Umwe muri bo, Edouard Murangwa wanatanze ikirego mu rukiko rw’ikirenga kuri iki kibazo, mu kirego cye, avuga ko iri tegeko ririmo ingingo zambura umuturage uburenganzira ku mutungo we kandi zikanabamo ubusumbane mu basoreshwa. Murangwa avuga ko itegeko […]

Nyarugenge/Mageragere: Bamwe mu baturage basubiye kuvoma Nyabarongo ibamo ingona

Abaturage bo mu Kagari ka Kavumu, mu Murenge wa Mageragere bavuga ko n’ubwo mumyaka ibiri ishize ari bwo bahawe amazi nyuma y’aho bahoze bavoma amazi ya Nyabarongo ingona zikarya abantu batanu ], bahawe amazi bariruhutsa ariko nyamara hari abahisemo gusubira kuvoma Nyabarongo dore ko amazi bahawe arimo icyo bo bita umunyu mwinshi. Aba baturage bavuga […]