Rwanda: Habonetse abandi barwayi ba Coronavirus babiri

img-20200402-wa0017.jpg

Ministeri y’Ubuzima mu Rwanda kuri uyu wa 2 Mata yatangaje ko habonetse abandi barwayi ba Coronavirus babiri, bose hamwe baba 84. Aba barwayi bombi baherutse kugirira ingendo mu bihugu bitandukanye. Abarwayi bose bari kuvurirwa ahantu habugenewe kandi bari koroherwa; nta n’umwe urembye. Abenshi muri bo nta bimenyetso bya Coronavirus bakigaragaza. Hanashakishijwe kandi abahuye n’abarwayi bagaragaye […]

Ibyo ukwiye kwitwararika mu gihe uteganya kurushinga

Gushaka ni byiza bifite agaciro kandi gushaka ni igikorwa Imana yateguriye umuntu. Ni byiza rero kumenyana neza cyane cyane ku bashakanye. Impamvu ni uko mu buzima bwabashakanye, kumenya bihagije umuntu bigira uruhare runini mu bibazo by’ubuzima bwabo, byaba ibibazo by’iterambere, iby’uburwayi, n’ibindi. Iyo umaze kumenya ibyerekeye uwo mwashakanye ugomba no kugira ubushobozi bwo gutuma mufatanya […]

RDF yatangaje ko abasirikare batatu bakurikiranweho ibyaha bikomeye

Umuvugizi w’Igisirikare cy’u Rwanda, Lt. Col. Innocent Munyengango yatangaje ko abasirikare batatu bakurikiranweho icyaha cy’ihohotera bashinjwa n’abaturage batuye mu mudugudu wa Kangondo II, akagari ka Nyarutarama, Umurenge wa Remera mu karere ka Gasabo. Mu nkuru dukesha Radio Ijwi ry’Amerika, abaturage bavuga ko bamaze igihe bakubitwa n’abasirikare bari ku irondo; bamwe muri bo baba basinze. Si […]

Yirukanwe ku kazi ku bwo gutinda ku musarani

Umugabo w’Umunya-Malawi yirukanwe ku kazi yakoraga muri Hoteli yitwa Amaryllis iri mu Mujyi wa Blantyre bitewe no gutinda mu bwiherero. Uyu mugabo utatangajwe amazina na Nyasa Times dukesha iyi nkuru, umukoresha we yaje kumureba ku kazi uwo bakorana amubwira ko yagiye mu bwiherero. Bosi yaramutegereje kuko yamushakaga cyane, undi ngo yamaze nk’iminota 30. Igihe aziye […]

Bamwe mu mfungwa muri za kasho n’amagereza bagiye gufungurwa

Ubushinjacyaha Bukuru bwafashe umwanzuro wo kugabanya imfungwa muri za kasho no mu magereza mu rwego rwo kwirinda ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19. Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwatangaje ko bugiye gukora urutonde rw’abantu bafungiye muri za kasho bashobora gufungurwa mu kwirinda gukwirakwiza iki cyorezo muri za gereza, bitewe n’uko zimaze kugaragaramo ubucucike kandi imirimo y’inkiko yarahagaze abari muri […]

Ubushinwa: Umujyi wa Shenzhen wahagaritse kurya inyama z’imbwa n’iz’injangwe

Shenzhen yabaye Umujyi wa mbere mu gihugu cy’Ubushinwa uhagaritse ubucuruzi bw’inyama z’imbwa n’iz’injangwe, nyuma y’uko bigaragaye ko icyorezo cya Virusi ya Corona cyugarije Isi cyakomotse mu nyamaswa z’agasozi. Itegeko ryo kurya inyama z’imbwa n’iza nyirahuku muri Shenzhen rizatangira kubahirizwa guhera ku itariki ya 01 Gicurasi uyu mwaka. Umuryango Humane Society International uvuga ko muri Aziya […]

Kenya iri imbere mu kugira abantu benshi banduye COVID-19 muri EAC

Umubare w’abanduye coronavirus muri Kenya wazamutseho 29 bituma umubare rusange w’igihugu ugera ku 110. Ibi kandi byatumye iki gihugu kigira abantu benshi banduye muri EAC ugereranyije n’ibindi bihugu. Nkuko citizen ibitangaza Minisitiri w’ubuzima Mutahi Kagwe , yavuze ko kuri uyu wa kane abagera kuri 29 bapimwe , basanzwemo coronavirus. Ibi byatumye Kenya iyobora akarere ka […]

Haravugwa kubeshyerwa k’umunyeshuri wa UR watawe muri yombi akurikiranweho ihohotera rishingiye ku gitsina

Umunyeshuri wiga muri Kaminuza y’u Rwanda mu ishami rya Huye witwa Izabayo William yatawe muri yombi na Polisi y’igihugu tariki ya 30 Werurwe 2020 akurikiranweho gusambanya abakobwa babiri b’abavandimwe; umwe w’imyaka 17 n’undi w’imyaka 20 y’amavuko [nk’uko byatangiye bivugwa], gusa amakuru yo kuri uyu wa 1 Mata avuga ko habayemo kubeshyerwa no guharabikwa. Izabayo ni […]

Kigali: Wanaosubiri msaada wa serikali wapia mayowe

Wakazi Tarafa la Bumboko kijijini Ngara wametangaza kukumbwa na njaa baada ya kusubiri msaada wa serikali wakaukosa wakati wa kutotoka nyumbani kwa ajili ya Virus vya Corona. Baadhi yao wameambi Bwiza.com kuwa waliandikwa na viongozi wao wiki iliyipita ila bado hawajapokea kitu. ” Waliandika majina yetu wiki iliyopita, wengine wamepata chakula lakini sisi hatujapokea.” Mmoja […]

Kwibuka26: Abazagira ihungabana bazafashirizwa mu ngo kubera Coronavirus

Komisiyo y’Igihugu yo Kurwanya Jenoside (CNLG) itangaza ko kwibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi bizabera mu ngo ku bwo kwirinda icyorezo cya Coronavirus , ariko kubazagira ihungabana bazafashirizwa mu rugo hifashijwe uburyo butandukanye. Mu itangazo CNLG yashyize ahagaragara, rivuga ko “ Abaturage bazibukira mu ngo babifashijwemo n’ibiganiro bizahita mu itangazamakuru: Radiyo, Televiziyo, imbuga […]

Gasabo-Bumbogo : Abatarahabwa ubufasha bwa Leta baratabaza

Bamwe mu baturage bo mu Mudugudu wa Gisasa mu Kagari ka Ngara mu Murenge wa Bumbogo mu Karere ka Gasabo, baravuga ko bataragerwaho n’ubufasha bw’ibiribwa Leta yageneye abatishoboye muri ibi bihe ibikorwa byinshi byinjiza amafaranga byahagaze kubera Coronavirus. Aba baturage babwiye Bwiza.com ko batorohewe ninzara muri ibi bihe nyuma y’aho bashyizwe ku rutonde rw’abazafashwa ariko, […]

Nyarugenge: Umubyeyi w’abana 16 arataka inzara-Video

Umubyeyi witwa Uwase Jeane wabyaye abana 16 , utuye mu mudugudu wa Byimana, mu kagari ka Kimisagara, mu murenge wa Kimisagara w’akarere ka Nyarugenge, arataka inzara ikomeye muri iki gihe cya guma mu rugo cyashyizweho mu rwego rwo kwirinda COVID-19. Uwase wemeza ko yavutse mu 1983, afite abana 13 muri 16 yabyaye. Ni abana yabyaranye […]

Biravugwa ko Kayumba Nyamwasa yanduye Coronavirus

whatsapp_image_2020-04-02_at_09.37.55.jpg

Itangazo ryagaragaye ku mbuga nkoranyambaga riravuga ko Ishyaka rya RNC (Rwanda National Congress) ritavuga rumwe na leta y’u Rwanda kuri uyu wa 2 Mata 2020 ryatangaje ko umuyobozi waryo, Faustin Kayumba Nyamwasa yanduye indwara y’icyorezo ya Coronavirus. Bivugwa ko mu gicuku cy’uyu wa gatatu ni bwo ibizamini ku bipimo byafashwe kuri Kayumba Nyamwasa byemeje ko […]

Rwanda extends nationwide lockdown as 82 test positive for COVID-19

Rwanda on Wednesday extended its lockdown to April 19 as part of efforts to curb the spread of the novel Coronavirus. “Unnecessary movement and visits outside the home are not permitted except for essential services such as healthcare, food shopping or banking and for personnel performing such services,” Prime Minister Dr Edouard Ngirente said in […]

Afurika y’Epfo: Umuyobozi yashyinguwe mu modoka ya Mercedes-Benz-AMAFOTO

Muzehe Pitso bamwicaje mu modoka nk'umuntu muzima

Tshekede Pitso wari umuyobozi w’ishyaka rya UDM (United Democratic Movement) mu burasirazuba bwa Cape muri Afurika y’Epfo kuri uyu wa 28 Wrurwe 2020 yashyinguwe mu modoka ye ya Mercedes-Benz nk’uko yari yarabisabye umuryango we. Amafoto agaragaza Muzehe Pitso yicaye muri iyi modoka, yambaye umukandara, bigaragara ko ameze nk’uri kuyitwara; nyamara nta buzima agifite. Iyi modoka […]