Hon. Sebaba aratanga ingamba yarimbura burundu COVID-19
Bakunzi banjye dusangiye ibibazo, ntimugire ngo maze igihe nicariye ubusa kuva iri shyano ngo ni Corona ryagwirira isi. Abaganga, abakomeye, abanyabwenge, bose ubu ntawe uryama, nta n’ugiheka. Baba bo nanjye ntisize, turabaza Imana, tukabaza ubwonko, tukabaza n’umutima ku cyakorwa ngo tuve mu bihe bibi turimo. Ubwo ari mwe mugiye kumbaza muti: Ese noneho Sebaba uteye […]
Tanzania yatangaje abarwayi bashya ba Coronavirus 35 mu munsi umwe
Minisiteri y’Ubuzima muri Tanzania yatangaje ukwiyongera gukabije kw’abantu bagaragaye icyorezo cya Coronavirus (Covid-19), aho ibipimo byafashwe tariki ya 14 n’iya 15 Mata 2020 byagaragaje abarwayi bashya 35. Imibare iheruka yagaragaje ko iki gihugu cyari kimaze kugaragaramo abanduye 53. Imibare dukomora mu itangazo ry’iyi Minisiteri igaragaza ko aba barwayi bashya bose bafite ubwenegihugu bwa Tanzania, 26 […]
Mu Rwanda hagaragaye abantu babiri banduye COVID-19 uyu munsi
Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda iratangaza ko wa gatatu tariki 15 Mata 2020 hagaragaye abandi bantu 2 barwaye Coronavirus, mu bipimo 923 byafashwe mu masaha 24 ashize. Ibi byatumye umubare w’abagaragayeho Coronavirus mu Rwanda ugera kuri 136 (muri aba 54 bakaba barakize, barimo 6 bakize mu masaha 24 ashize). Minisante ivuga ko abo byatahuwe ko bahuye […]
Kenya: Uzafatwa atambaye agapfukamunwa azafungwa amezi 6
Umuyobozi Mukuru w’Igipolisi cya Kenya, IGP Hillary Mutyambai kuri uyu wa 15 Mata 2020 yatangaje ko umuntu uzafatirwa mu ruhame atambaye agapfukamunwa muri ibi bihe byo kwirinda icyorezo cya Covid-19, azakatirwa ibihano birimo igifungo cy’amezi atandatu. Iri ni itegeko ryemejwe n’Umushinjacyaha Mukuru tariki ya 6 Mata 2020. Rivuga ko uza umuntu wese uzafatwa atambaye agapfukamunwa […]
Imibare igaragaza icyuho gikomeye mu gihe Amerika yahagarika inkunga n’umusanzu wayo muri WHO

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Donald Trump yategetse ko inkunga n’umusanzu iki gihugu gishyira mu Muryango Mpuzamahanga wita ku buzima (WHO/OMS) bihagarara. Ibi byatera impagarara ku bihugu bituye Isi cyane cyane ibikennye n’ibyugarijwe n’ibyago bitewe n’uko iki gihangange mu bihugu gisa n’aho ari cyo gihatse uyu muryango. Guhagarika iyi nkunga [bibanza kwemezwa cyangwa bikavuguruzwa […]
Operasiyo El Dorado Canyon: Col. Kadhafi yohererejwe indege 45 zo kumurimburana n’abe, zibundikira ubusa

Tariki ya 15 Mata 1986 ni bwo Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zakoze Operasiyo yari kwitwa simusiga ku ibwiriza rya Ronald Reagan wari Umukuru w’Igihugu, zohereza indege 45 muri Libya ngo zirimbure Col. Muammar Kadhafi n’umuryango we ariko zibundikira ubusa. Col. Kadhafi yari yarafashwe nk’icyigomeke ku bihugu bikomeye ku Isi, rimwe na rimwe ashinjwa kohereza ibyihebe […]
Rwanda: Polisi amsaidia mkazi aliyekuwa anataka kufungwa
Mkazi mmoja eneo la Kicukiro mjini Kigali alikuwa na FRW 500 amemuomba Polisi kufungwa juu ya matatizo aliyonayo nyumbani, halafu polisi akampa Frw 5,000. Mzee mmoja kulingana na taarifa za facebook, ameeleza anakuenda kununua chakula cha familiya yake ya watu tisa. Alipofika mbele, akarudi na kutupa pesa zake na kumuomba polisi amfunge gerezani. Afisa huyo, […]
Uyu munsi : Umunyafurika yemerewe gukina umukino wa mbere muri Baseball
Umunyafurika wa mbere wabaga muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Jackie Robinson, kuwa 15 Mata 1947 ni bwo yemerewe gukina umukino wa mbere wa Baseball muri shampiyona nkuru nyuma y’imyaka 50 abirabura batemerewe gukandagira mu kibuga. Robinson wari ufite imyaka 28 icyo gihe, yakanadagiye mu kibuga cya Ebbets muri Brooklyn mu mukino wahuje ikipe ye […]
Hon. Sebaba ni muntu ki? Bimwe mu byo wamumenyaho
Ku bakunzi n’ abanzi kuko burya bombi babaho mu buzima, Hon. Sebaba agiye kwivuga ariko bitari kinyamwuga kuko burya umwuga utabimwemerera. Muramwihanganire akore ikosa kandi agiye kurikora arizi kuko akiri ku ntebe y’ishuli bamubwiye ko kizira kwiyandikaho no kwivugaho mu nkuru, ibyo bita kwiyicaza mu nkuru, n’ubwo mu muco nyarwanda byemewe kwivuga. Si ngiye gutandukira […]
Musenyeri Gérald Mulumba wari se wabo wa Tshisekedi yitabye Imana
Musenyeri GĂ©rard Mulumba wari ukuriye abarinda urugo rwa Perezida wa Repibulika iharanira Demokarasi ya Congo, FĂ©lix Antoine Tshisekedi akaba na se wabo, yitabye Imana kuri uyu wa gatatu. Amakuru avuga ko Mulumba usanzwe ari umuvandimwe wa nyakwigendera Étienne Tshisekedi yaguye i Kinshasa, akaba yari arwaye Coronavirus. Inkuru y’urupfu rwe yemejwe n’abagize umuryango we.Musenyeri Mulumba witabye […]
Uganda: Leta yahagaritse guha abaturage ibiribwa kubera ibura ry’ibishyimbo
Leta ya Uganda yanzuye ko igiye kuba ihagaritse gutanga ibyo kurya ku baturage bari muri gahunda ya Guma mu Rugo mu Mujyi wa Kampala kuko ibishyimbo byabaye bike. Iki cyemezo gifashwe mu gihe abatuye muri diviziyo eshanu zigize Umujyi wa Kampala ndetse no mu nkenegero zawo bari baherutse gutangaza ko ibiribwa byatinze kubageraho. Ni gahunda […]
Ubwigomeke bw’abanyamadini: Gusuzugura abatware cyangwa gutinya ibyanditswe

Isi yagiye ihura nibibazo byinshi byateje ingaruka zirimo gutakara k’ubuzima bw’abantu kwatewe n’ibirimo imyuzure, imiyaga ikomeye cyane, imitingito, intambara ndetse n’indwara z’ibyorezo nka Ebola na Coronavirus (Covid-19) iyibujije amahwemo muri iki gihe. Byagiye biba ngombwa ko rimwe na rimwe abayobozi baha abaturage amabwiriza y’ukuntu bakwirinda, byaba ngombwa bagasabwa kwimuka bakava aho batuye, cyangwa se bagasabwa […]
Koreya y’Epfo ivuga ko yiteguye kwirwanaho igihe iya ruguru yayishotora
Itangazo ry’Igisirikare cya Koreya y’Epfo rivuga ko iki gihugu cyiteguye kwirwanaho mu gihe mukeba, Koreya ya Ruguru yaba iyigabyeho ibitero. Kuwa 14 Mata uyu mwaka, Koreya ya Ruguru mu gace ka Muncheon yarashe ibisasu byinshi bya misile, ingingo Koreya Yepfo ivuga ko ari ubushotoranyi mu gihe yitegura amatora y’abadepite y’abadepite 300. The NewYork Times dukesha […]
Perezida Tshisekedi yasabye Tambwe Mwamba gusaba imbabazi
Umuvigizi wa Perezida wa Repubulika Iharanira Demukarasi ya Congo, witwa Kasongo avuga ko Perezida wa Sena, Alex Tambe Mwamba agomba gusaba imbabazi ku magambo yabwiye perezida ubwo bahuriraga mu nama. Mwema avuga ko amagambo ya Mwamba yakiriwe nabi, ubwo uyu mugabo wari kumwe na Perezida w’umutwe w’Abadpite, Jeanine Mabunda bahuye na Tshisekedi kuwa 14 Mata […]
Inama y’abakuru b’ibihugu bya EAC yongeye gusubikwa ubugira kane
Inama idasanzwe ya 21 yagombaga guhuza abakuru b’ibihugu by’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba yari iteganyijwe kuri uyu wa gatatu, yongeye gusubikwa, iba incuro ya kane iyi nama isubitswe. Amakuru y’isubikwa ry’iyi nama yemejwe na Dr Vincent Biruta, umuyobozi w’inama y’Abaminisitiri b’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba akaba na Minisitiri w’ubanyi n’amahanga w’u Rwanda; mu ibaruwa yandikiye umunyamabanga mukuru […]
Rwandan economy to do well after COVID-19, says Kagame
The New Times The Rwandan economy will continue to do well post COVID-19, despite the current slowdown during the containment period, President Paul Kagame has told global investors. Kagame made the remarks during a virtual interactive session with Pan-African investors under an umbrella organization dubbed Invest Africa. Invest Africa is a leading pan-African business platform […]
Trump yasabye guhagarika inkunga Amerika yageneraga OMS
Perezida Donald Trump wa Leta zunze ubumwe za Amerika, yatangaje ko yasabye ubuyobozi bwe guhagarika inkunga Amerika yageneraga ishami ry’umuryango w’abibumbye ryita ku buzima, OMS. Perezida Trump muri iyi minsi uri ku gitutu gikomeye, yashinje OMS “kunanirwa inshingano zayo z’ibanze”, ibyatumye icyorezo cya Virusi ya Corona gikomeza gushegesha isi. Aganirira n’itangazamakuru muri White House yagize […]
Umuteramakofe Tyson yigeze kwishyura akayabo ngo arwane n’ingagi

Icyamamare mu iteramakofe cyamaze gusezera muri uyu mwuga, Mike Tyson yahishuye uburyo yigeze kwishyura ibihumbi 10 by’amadolari y’Amerika (arenga miliyoni 9 z’amafaranga y’u Rwanda) kugira ngo yemererwe kurwana n’ingagi y’ingabo. Iby’iyi nkuru ya Tyson bikubiye mu butumwa aherutse gushyira kuri Instagram, avuga ku makosa (amafuti) yigeze gukora mu buzima bwe ku buryo yagombaga no kumuviramo […]
COVID-19: Nta gihugu na kimwe kitazakorwaho n’iri hungabana ry’ubukungu-IMF
Ikigega Mpuzamahanga cy’Imari (IMF) kivuga ko ubukungu bw’Isi buzagabanukaho 3% uyu mwaka muri iki gihe ubukungu bw’ibihugu buri kugabanuka byihuse cyane bwa mbere mu myaka ibarirwa muri za mirongo ishize. IMF ivuga ko iri ari ryo hungabana ry’ubukungu bw’Isi ribi cyane ribayeho nyuma y’iryabayeho mu myaka ya 1930 ryiswe ‘Great Depression’. Ivuga ko icyorezo cya […]
Impunzi zibana zihuje ibitsina ziganjemo izo mu Karere zatangiye kwiyahura
Umuyobozi w’impunzi z’abababana bahuje ibitsina zizwi nka LGBT (Lesbian, Gay, Bisexual, Transgender) Pio Pat atangaza ko kuva mu mezi abiri ashize Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku Mpunzi (UNCHR) ryahagaritse ubufasha kuri bamwe muri bo none batangiye kwiyahura. Aba ba LGBT bagizweho ingaruka n’iki kibazo ni abava mu bihugu by’u Burundi, DR Congo, Ethiopia Uganda n’u […]