Bwa mbere mu mateka Manchester City yageze ku mukino wa nyuma wa Champions league
Ikipe ya Manchester City yo mu gihugu cy’Ubwongereza, yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions league ku nshuro yayo ya mbere, nyuma yo gusezerera PSG yo mu Bufaransa ku giteranyo cy’ibitego 4-1. Ni ibitego birimo bitatu by’Umunya-Argeria Riyad Mahrez wafashije ikipe ye gutsinda PSG ibitego 2-0, mu mukino wo kwishyura wa 1/2 cy’irangiza wabereye […]
Haravugwa impfu z’impinja 20 mu cyumweru kimwe muri Neo y’Ibitaro bya Ruhengeri
Umwe mu bakorera akazi kabo mu Bitaro Bikuru bya Ruhengeri biri mu Mujyi wa Musanze utashatse ko amazina ye atangazwa kubera uburemere bw’amakuru yatanze, avuga ko mu minsi mike ishize mu cyumweru kimwe muri ibyo bitaro muri Neo yaho hapfuye impinja zigera kuri 20 ku mpamvu yatumye bamwe bakuka umutima. Uyu wahaye amakuru BWIZA yavuze […]
AS Kigali yatsinze Police FC, Espoir yihaniza Mukura VS
Imikino y’umunsi wa kabiri wa shampiyona y’icyiciro ya mbere mu Rwanda yakomeje kuri uyu wa Kabiri, yasize ikipe ya AS Kigali itsinze Police FC igitego 2-0, Mukura VS itsindwa na Espoir. AS Kigali yari yakiriye Police FC kuri Stade Amahoro, mu mukino wari utegerejwe na benshi. Ni nyuma y’uko amakipe yombi yari yitwaye neza ku […]
Burundi: Minisitiri Ndabaneze yazize indege ya Leta yagurishije
ImmaculĂ©e Ndabaneze wari Minisitiri muri Guverinoma y’u Burundi ushinzwe Ubucuruzi, Ubwikorezi, Ubukerarugendo n’inganda, yazize indege ya Leta y’u Burundi aheruka kugurisha. Ku wa Gatandatu w’icyumweru gishize ni bwo Perezidansi y’u Burundi yatangaje ko Perezida Evariste Ndayishimiye yirukanye uriya muminisitiri, kubera “ibikorwa bye byashoboraga guhungabanya ubukungu bw’igihugu no kwanduza isura y’u Burundi.” Icyo gihe Guverinoma y’u […]
José Mourinho yabonye akazi gashya
Umunya-Portugal JosĂ© Mourinho waherukaga kwirukanwa mu kipe ya Tottenham Hotspur yo mu Bwongereza, yamaze kugirwa umutoza wa AS Roma yo mu Butaliyani. Mourinho yasinye muri Roma amasezerano yo kuyitoza kugeza muri Kamena 2024, nk’uko bimaze gutangazwa n’iriya kipe ibinyujije kuri Twitter yayo. Iti: “Ikipe ishimishijwe no gutangaza ku mugaragaro ko yageze ku bwumvikane na JosĂ© […]
Kicukiro: Umusore witeguraga ubukwe yatewe amabuye kugeza apfiriye mu maso y’umukunzi we
Umusore witwa Etienne Ntacyabukura, wo mu Murenge wa Kigarama mu Karere ka Kicukiro yishwe atewe amabuye ari kumwe n’umukunzi we bateganyaga kurushinga, ubwo bateguraga ibijyanye n’ubukwe bwabo. hagana saa tatu z’ijoro ryo ku Cyumweru tariki ya 2 Gicurasi 2021, nibwo uyu musore Ntacyabukura wari kumwe n’umukunzi we yatewe amabuye kugeza ubwo ashizemo umwuka. Amakuru ava […]
Tour du Rwanda 2021: Nta Munyarwanda uza mu 10 ba mbere

Urutonde rusange rw’agateganyo ruragaragaza ko Sanchez Vergara Brayan Stiven watsinze agace ka Kigali-Rwamagana ari we uyoboye. Nta Munyarwanda uza mu icumi ba mbere. Abanyarwanda babiri, Aleluya Joseph na Munyaneza Didier uzwi nka Mbappe yikuye muri iri rushanwa. Kurikira ibiganiro n’amavidewo binyura kuri Bwiza TV XMA Header Image Uwo wahaye kawunga uza kumwaka umusoro? Imisoro nigabanyuke,abantu […]
Uwo wahaye kawunga uza kumwaka umusoro? Imisoro nigabanyuke,abantu barakennye baranashonje-Assouman
IBUKA ibabajwe n’icyemezo cy’ubushinjacyaha bw’ u Bufaransa
Umuryango uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda (IBUKA) uvuga ko wababajwe cyane n’umwanzuro w’ubushinjacyaha bw’Ubufaransa ku kibazo cya Bisesero ariko ngo ntibyatumye ucika intege. Umunyamabanga Nshingwabikorwa wa IBUKA, Ahishakiye Naphtal, yabwiye Ijwi ry’Amerika ko ” Ibimenyetso bigaragaza uruhare rw’Abafaransa muri jenoside yabaye mu Bisesero bihari ahubwo icyabuze ku bushinjacyaha bw’Ubufaransa ari ubushake bwo […]
Le chef des sĂ©paratistes du Polisario convoquĂ© devant la justice espagnole pour une affaire d’enlèvement et de tortures
Le chef des sĂ©paratistes du polisario, le dĂ©nommĂ© Brahim Ghali, admis actuellement dans un hĂ´pital Ă Logrono en Espagne, est citĂ© Ă comparaĂ®tre devant la justice espagnole, le mercredi 05 mai, pour une affaire d’enlèvement et de tortures. Cette convocation, qui fait suite Ă une plainte dĂ©posĂ©e par Fadel Breika et qui a Ă©tĂ© admise […]
Wa mbwakazi we nsohokera mu biro- Umuturage w’ i Karongi avuga uko gitifu yamubwiye

Umuturage witwa Kampeta Florence wo mu Mudugudu wa Rwakigarati mu Kagari ka Gitwa ko mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi avuga ko Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’ Umurenge wa Rubengera, Twamugabo Andre yirengagije ikibazo yari afite, aho kugikemura, akamubwira ko ” ari imbwakazi.” Kampeta avuga ko icyari kimujyane ku Murenge ari uko ubuyobozi bw’umudugudu n’akagari […]
Munyaneza Didier ‘MbappĂ©’ na we yikuye muri Tour du Rwanda 2021
Munyaneza Didie bita MbappĂ© uri mu Banyarwanda basiganwaga muri Tour du Rwanda y’uyu mwaka, na we amaze kwikura mu isiganwa nyuma yo kugira ikibazo cyitaramenyekana. Uyu musore wakiniraga ikipe ya Benediction Ignite Club, yaviriye mu isiganwa mu gasantere k’ahitwa Rugobagoba mu karere ka Kamonyi. Ni ku ntera y’ibirometero 70 uvuye mu mujyi wa Nyanza aho […]
PAC yahamagaje abaminisitiri umunani
Komisiyo y’Inteko ishinga amategeko y’u Rwanda ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari n’umutungo bya Leta, PAC, yatumijeho abaminisitiri 8 bagomba kwitaba muri uku kwezi. Abahamagajwe ni: Minisitiri w’Uburezi, Minisitiri w’Imari n’Igenamigambi, Minisitiri w’Ubutabera, Minisitiri w’Ubuzima, Minisitiri w’Abakozi ba Leta n’Umurimo, Minisitiri w’Ibikorwaremezo, Minisitiri w’Ubuhinzi na Minisitiri mu biro bya Minisitiri w’Intebe. Dr. Muhakwa Valens uyoboye PAC yatangarije […]
Stade RĂ©gional yemerewe kwakira imikino y’amajonjora y’Igikombe cy’Isi
Stade Regional y’i Nyamirambo, iri mu mastade Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF) yahaye uburenganzira bwo kwakira imikino y’amajonjora y’Igikombe cy’Isi cya 2022 kizabera muri Qatar. Mu kwezi gushize ni bwo CAF yari yamenyesheje FERWAFA ko hari ibikwiye gukosorwa kuri Stade ya Kigali bitarenze muri Mata, bitaba ibyo na yo ntiyemererwe kwakira imikino mpuzamahanga nk’uko […]
Itangazo ryo guhindura izina
RDC: Abasirikare bakuru bagiye kuyobora intara ebyiri kugeza igihe umutekano uzagarukira
Umuvugizi wa Perezida wa Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC), Tharcisse Kasongo Mwema, yatangaje ko Intara ya Kivu y’Amajyaruguru n’iya Ituri ziri mu burasirazuba bw’igihugu zigiye kuyoborwa n’abasirikare bakuru kugeza igihe umutekano uzagarukira. Mwema yabitangaje nyuma y’icyemezo Umukuru w’Igihugu, Perezida FĂ©lix Tshisekedi yafashe tariki ya 30 Mata 2021 cyo gushyira izi ntara mu bihe bidasanzwe […]
Nta cyizere na gike mfite ko jenoside yakumirwa- Uwari yungirije Gen. Romeo Dallaire mu Rwanda
Mu kiganiro cyateguwe n’ubutumwa bw’u Rwanda mu muryango w’abibumbye mu rwego rwo Kwibuka ku nshuro ya 27 jenoside yakorewe Abatutsi, Gen. Anyidoho yavuze ko umwanya uwo ari wo wose amateka ashobora kwisubiramo, by’umwihariko muri Afurika. Umunya-Ghana, Gen. Henry Nkwame Anyidoho mu gihe cya jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda, yari yungirije Gen. Romeo Dallaire ku buyobozi […]
Tanzania yashyizeho amabwiriza yo kwirinda Covid-19
Guverinoma ya Leta Yunze Ubumwe ya Tanzania kuri uyu wa 3 Gicurasi 2021 yashyizeho amabwiriza yo kurwanya ikwirakwira ry’icyorezo cya Covid-19, cyibasiye Isi kuva mu mpera z’2019. Nk’uko itangazo ryaturutse mu biro bya Minisiteri y’Ubuzima ribivuga, aya mabwiriza arebana no kwirinda ko ubwandu bushya bw’iki cyorezo bwagiye bugaragara mu bihugu bitandukanye, butagera muri Tanzania. Iri […]
Bill Gates yatandukanye n’umugore we nyuma y’imyaka 27 babana
Umuherwe w’Umunyamerika, Bill Gates n’uwari umugore we Melinda Gates, batangaje ko bamaze gutandukana nyuma y’imyaka 27 bari bamaze babana nk’umugabo n’umugore. Bombi batangaje ko bamaze gutandukana nyuma yo gusanga batacyizera ko bakomeza gukura nk’abakundana. Kuri Twitter bavuze ko “Nyuma yo kubitekerezaho cyane no gukora byinshi ku mubano wacu, twafashe icyemezo cyo guhagarika ishyingiranwa ryacu.” Bill […]