Umukino wagombaga guhuza Rayon Sports na Le Messager Ngozi y’i Burundi ntukibaye

Umukino wa gicuti wagombaga guhuza Rayon Sports na Le Messager FC de Ngozi y’i Burundi muri iki cyumweru ntukibaye, kuko umutoza w’iriya kipe ari muri Staff Technique y’ikipe y’igihugu y’u Burundi yerekeje muri Bahrain. Mu minsi ishize ni bwo Rayon Sports yari yandikiye iriya kipe iyisaba ko bahurira mu mukino wo kwipima. Le Messager biciye […]

Bugesera: Udusimba tw’amayobera duhangayikishije abahinzi

Abahinzi bahinga imboga mu murenge wa Mareba mu Karere ka Bugesera baratakamba kubera udusimba tw’amayobera twangiza imboga tukabateza igihombo. Rucamumihigo Claver avuga ko igihembwe cy’ihinga gishize udusimba bahimbye Nyirakadori twamangirije impaka agataha amara masa. Ati: “Ubuhinzi bw’imboga hano bumaze gutera imbere kuko duhinga imiteja n’inyanya, ariko ikibazo gikomeye dufite n’udusimba twangiza imyaka. Muri sezo ishize […]

Erik Ten Hag mu muryango winjira muri Manchester United vuba aha

Umutoza Erik ten Hag wa Ajax Amsterdam yo mu Buholandi, ni we uhabwa amahirwe menshi yo kuba umutoza mushya w’ikipe ya Manchester United yo mu Bwongereza mu gihe cya vuba. Ten Hag yatangiye kuvugwa cyane mu ikipe ya Manchester United mu mwaka ushize, ubwo uwari umutoza w’iyi kipe Ole Gunnar Soskjaer yirukanwaga mu kwezi k’Ugushyingo. […]

Perezida Kagame yakiriye abanyamuryango b’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ibigo by’Imari, WAIFC

fodnmk1xoaiorf0_1_.jpg

Perezida wa Repubulika, Paul Kagame yabonanye n’abanyamuryango b’Ihuriro Mpuzamahanga ry’Ibigo by’Imari rizwi nka World Alliance of Financial Centers, aho bari mu Rwanda mu nama yabo ya 3 y’ubuyobozi. U Rwanda rwinjiye muri uyu muryango muri 2020 kandi rwashyizeho ubufatanye n’ibigo by’imari hirya no hino mu mahanga. Rwanda Finance Limited ishizwe guteza imbere Ikigo Mpuzamahanga cya […]

Uganda: Col. Joseph Rutabana yahaye icyubahiro Jacob Olunyah uherutse gupfa

Ambasaderi w’u Rwanda muri Uganda, Col Joseph Rutabana, kuri uyu wa Kabiri yatambukije ubutumwa bufata mu mugongo abanya-Uganda, nyuma y’urupfu rwa Rt. Hon. Jacob Olunyah wari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya kiriya gihugu. Ku Cyumweru tariki ya 20 Werurwe ni bwo Olunyah yapfuye aguye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, aho yari amaze iminsi arwariye. […]

Rusizi: Musenyeri Kayinamura arasaba abakirisitu n’abayobozi babo kwimakaza umuco wo gukorera ku mihigo

img-20220322-wa0034.jpg

Umwepisikopi w’itorero MĂ©thodiste Libre mu Rwanda,Musenyeri Samuel Kayinamura,avuga ko igihe gukorera ku mihigo bizaba byagize ingufu mu muryango, buri wese akabiha agaciro kabyo, abayobozi b’amadini n’amatorero na bo bakabishyiramo imbaraga mu bayoboke babo, nta kabuza iterambere rizarushaho kwihuta, n’imihigo y’uturere ikazamuka biruseho kuko umuyobozi wese aba agomba guha abo ayoboye icyerekezo kizima kibageza ku iterambere […]

Partnership Manager at CHANCEN International

JOB DESCRIPTION Title: Partnership Manager Start date: Beginning of May POSITION: Partnership Manager Department: PEI Management Reporting to: Business Growth Manager Location: Kigali, Rwanda Job type: Full time Job Grade/Class: Manager About CHANCEN International CHANCEN International is a non-profit organization that provides an ethical, fair, and responsible financing model for young people in Africa to […]

RDC: FARDC iravuga ko igenzura ibirindiro byose byari ibya M23 muri Rutshuru

Igisirikare cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, FARDC, kiremeza ko kigaruriye ibirindiro byose by’inyeshyamba za M23 muri Teritwari ya Rutshuru, ho muri Kivu y’Amajyaruguru. Ingabo za RDC guhera kuwa 19 Werurwe ngo ziri mu bikorwa byibasira ibirindiro bya ArmĂ©e rĂ©volutionnaire du Congo y’umutwe wa M23, muri Gurupoma ya Jomba, muri Teritwari ya Rutshuru. Ndetse, igisirikare […]

U Rwanda rwungutse kajugujugu za Gazelles, rwaba ruteganya no kugura Alpha Jets ?

39113117100_16992992a5_b.jpg

Ubwami bwa Qatar bwahaye Igisirikare cy’u Rwanda cyo mu Kirere impano ya kajugujugu ebyiri z’intambara zo mu bwoko bwa SA 342 Gazelle zifashishwa mu bitero byoroheje no gushakisha umwanzi mu rwego rwo kwagura ubufatanye mu by’ubwirinzi hagati y’ibihugu byombi mu gihe bivugwa ko u Rwanda rushaka no kugura indege z’indwanyi za Alpha Jets. Nk’uko tubikesha […]

Lt Gen. Mubarakh Muganga ari muri USA

Umugaba w’ingabo z’u Rwanda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Mubarakh Muganga, guhera kuri uyu wa 21 Werurwe 2022 ari muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), aho yitabiriye inama imuhuza na bagenzi be bahuje inshingano baturutse mu bihugu birenga 40 byo ku mugabane wa Afurika. Ubwo iyi nama yari imaze gutangizwa ku mugaragaro, Gen. Muganga […]

Ikibazo cyo kurangiza vuba : Uburyo bwiza bwo gutera akabariro no gushimisha uwo mwashakanye

Kurangiza vuba (Premature ejaculation) ni ikibazo gikomerera abashakanye ahanini kiri guteza impagara no gusenyuka ku ngo nyinshi. Kurangiza vuba bivugwa igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarashira iminota ibiri ari mu gikorwa. Ikinyamakuru (Healthline.com) kivuga ko nibura umugabo umwe mu bagabo batatu aba afite iyo nenge, mugihe cyose umugabo adashobora gukontorora […]

Lantos ntiyishimiye ibyemezo u Bwongereza bwafashe byerekeye umubano n’u Rwanda

Umuryango Lantos wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (USA), uharanira ubutabera n’uburenganzira bw’ikiremwamuntu, wagaragaje ko utishimiye ibyemezo bibiri u Bwongereza buherutse gufata byerekeye umubano wabwo n’u Rwanda. Mu cyumweru gishize, tariki ya 14 Werurwe 2022, Igikomangoma Charles kizasimbura Umwamikazi Elizabeth II ku ntebe y’ubwami bw’u Bwongereza, cyatangaje ko kizitabira inama izahuza abakuru b’ibihugu na […]

Urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara ryari rimaze ibyumweru risubitswe ryasubukuwe

Nyuma y’ibyumweru bitatu rusubitswe, urubanza ku iyicwa rya Thomas Sankara na bagenzi be rwasubukuwe kuri uyu wa Kabiri, Ouagadougou muri Burkina Faso. Perezida w’Urugereko rw’Ibanze rw’rw’Urukiko rwa Gisirikare rwa Ouagadougou, Urbain MĂ©da, niwe watangaje kuri uyu wa Mbere ushize isubukurwa ry’urubanza ku iyicwa rya Capt. Thomas Sankara kuri uyu wa Kabiri. Ni nyuma y’aho uru […]

Chinese ambassador to Rwanda bids farewell to Kagame

The outgoing Chinese Ambassador to Rwanda, Rao Hongwei, on Monday afternoon, paid a courtesy call on President Paul Kagame at Urugwiro Village, with the purpose of bidding farewell to him, as his tour of duty in Rwanda comes to an end. Amb. Rao Hongwei, who has been making diplomatic rounds to say his goodbyes, has […]

DRC to join EAC next week

The Democratic Republic of Congo will officially be admitted to the East Africa Community (EAC) next week, adding a 90 million market for the bloc. The EAC Secretary-General Dr Peter Mathuki, in a letter to ministers in charge of the EAC docket in member states, confirmed that the Heads of State would approve the admission […]

André Onana yakoze impanuka ikomeye

Umunyezamu AndrĂ© Onana wa Ajax Amsterdam yo mu Buholandi ndetse n’ikipe y’igihugu ya CamĂ©roun, yarokotse impanuka ikomeye y’imodoka. Ibitangazamakuru byo muri CamĂ©roun byatangaje ko AndrĂ© Onana yakoreye iyi mpanuka i YaoundĂ©, yitegura gusanga bagenzi be mu mujyi wa Douala mu mwiherero y’ikipe y’Igihugu. Uyu mujyi ku wa Gatanu w’iki cyumweru CamĂ©roun izawakiriramo AlgĂ©rie, mu mukino […]

25 officiers supĂ©rieurs des RDF suivent un cours d’officiers d’Ă©tat-major de l’ONU

Au total, 25 officiers supĂ©rieurs des Forces rwandaises de dĂ©fense (RDF) ont commencĂ© le lundi 21 mars le cours d’officiers d’Ă©tat-major des Nations Unies Ă  l’AcadĂ©mie rwandaise de la paix (RPA) dans le district de Musanze. Le cours de formation des formateurs des officiers d’Ă©tat-major des Nations Unies est organisĂ© par la RPA en collaboration […]

Inka yakomotse mu za Museveni iherutse kugurwa angana na Frw miliyoni 140

Inka yakomotse mu za Perezida wa Uganda, Yoweri Museveni, yitwa Fafa iherutse kugurwa amashilingi miliyoni 491.5, angana n’amanyarwanda (Frw) miliyoni 140. Iyi nka yo mu bwoko bwa Ankole yaguriwe mu cyamunara cyabereye mu rwuri rwa Perezida wa Afurika y’Epfo ruri mu gace ka Ntaba Nyoni kari mu majyaruguru y’igihugu, tariki ya 5 Werurwe 2022. Nk’uko […]

Musanze/Nkotsi: Bamwe mu bagore bataye ingo bajya kwikodeshereza

Bamwe mu baturage bo mu Midugudu y’Akagari ka Bikara mu Murenge wa Nkotsi mu Karere ka Musanze, baravuga ko hari bamwe mu bagore bamaze guta abagabo n’abana babo, bajya gukodesha amazu ku ruhande, ingingo bavuga ko ari ugushaka gukora uburaya. Bamwe muri aba baturage, BWIZA yabasanze mu isanteri ya Kampala, bavuga ko nta banga ririmo […]

Perezida wa Ukraine yavuze ko yiteguye kuganira n’u Burusiya ku kibazo cya Crimea na Donbass

Nyuma y’igihe gikabakaba ukwezi u Burusiya butangije intambara kuri Ukraine no mu gihe ibisasu bikomeje ku mijyi minini y’igihugu, Perezida wa Ukraine ku nshuro ya mbere yavuze ko yiteguye “kugerageza gukemura ibibazo byose bihangayikishije u Burusiya”, mu kiganiro yagiranye n’ibitangazamakuru byinshi cyatambutse mu ijoro ryo kuwa Mbere rishyira kuri uyu kuwa Kabiri. “Ikibazo cya Crimea […]

Perezida Kagame na bagenzi be bagiye kwinjiza RDC muri EAC

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame na bagenzi be bayoboye ibihugu bitanu biri mu muryango w’akarere ka Afurika y’iburasirazuba (EAC) byitezwe ko mu cyumweru gitaha barinjiza Repubulika ya Demukarasi ya Congo (RDC) muri uyu muryango. Umunyamabanga Mukuru wa EAC, Dr Peter Mathuki mu ibaruwa yandiwe na ba Minisitiri muri ibi bihugu bashinzwe uyu muryango, […]