Kuki dushishikajwe n’iyi ntambara kurusha izindi zabayeho?_Myugariro wa Arsenal ku ntambara yo muri Ukraine
Myugariro w’iburyo wa Arsenal, Héctor BellerÃn, asanga ari ivangura rishingiye ku ruhu ndetse no kudashyira mu gaciro kuba intambara y’u Burusiya na Ukraine ishishikaje cyane Isi kurusha izindi zabayeho. Mu kwezi gushije ni bwo Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yatangije intambara kuri Ukraine ayishinja kubangamira umutekano w’igihugu cye no kugaragaza imyitwarire nk’iy’aba-Nazi. Ni intambara yamaganwe […]
Perezida Kagame ari i Cairo mu Misiri (Amafoto)

Perezida wa Repubulika Paul Kagame yamaze kugera i Cairo mu gihugu cya Misiri, aho yatangiye uruzinduko rw’akazi. Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa Gatanu ni bwo Perezida Kagame yageze i Cairo. Ibiro by’Umukuru w’Igihugu kuri Twitter byatangaje ko agomba kugirana ibiganiro byihariye na mugenzi we Abdel Fattah Al-Sisi wa Misiri. Uruzinduko rwa Perezida Kagame mu […]
U Burusiya bwongeye gutangaza umubare w’abasirikare babwo bwemera ko bapfiriye muri Ukraine
Igisirikare cy’u Burusiya kuri uyu wa 25 Werurwe 2022 cyongeye gutangaza umubare w’abasirikare bacyo cyemera ko bamaze gupfira mu ntambara irimo kubera muri Ukraine. Umuyobozi w’ibikorwa by’igisirikare cy’u Burusiya, Colonel General Sergey Rudskoy yatangaje ko abasirikare babo bamaze gupfira muri iyi ntambara ari 1351, mu gihe abandi 3,825 bakomeretse. Nk’uko ibiro ntaramakuru by’Abanyamerika, AP, bibyemeza, […]
Kigali: Uwatumiye Rose Muhando yamwishyuriye sheki ya baringa kuri hoteli yacumbitsemo

Umuyobozi w’irushanwa rya Rwanda Gospel Stars Live watumiye umuhanzi w’indirimbo z’iyobokamana Rose Muhando ukomoka muri Tanzania mu gitaramo Praise & Worship Live Concert, Nzizera Aimable, yamwishyuriye sheki itazigamiye kuri Classic Hotel/ishami rya Kigali yamaze iminsi acumbitsemo hamwe n’ababinnyi babiri bamuherekeje. Ubuyobozi bw’iyi hoteli buvuga ko Rose Muhando n’ababyinnyi be bageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya […]
Urukiko rwa Afurika y’uburengerazuba rwategetse ihagarikwa ry’ibihano akarere kafatiye Mali
Ku wa Kane, Urukiko rw’Ubutabera rw’ubumwe bw’ubukungu n’ifaranga muri Afurika y’iburengerazuba (UEMOA) rwategetse guhagarika ibihano byafatiwe Mali muri Mutarama kubera guhirika ubutegetsi kw’ igisirikare ariko kiyemeje gusubiza abaturage ku butegetsi vuba. Urukiko rw’ubutabera rw’ubumwe bw’ubukungu n’ifaranga rya Afurika y’iburengerazuba (UEMOA), rwitabajwe n’abavoka ba Leta ya Mali, rwategetse ” irangizwa” ry’ibihano byemejwe ku ya 9 Mutarama […]
Rusizi: 30% by’amashyamba ntagitanga umusaruro ukenewe

Abashinzwe amashyamba muri imwe mu mirenge y’Akarere ka Rusizi, n’uyashinzwe ku rwego rw’aka karere baravuga ko hari ikibazo gikomeye cyane cy’amashyamba y’abaturage n’aya Leta ashaje cyane ku buryo atagitanga umusaruro uhagije, bikagira ingaruka ku butaka ateyeho no ku kubungabunga ibidukikije muri rusange, bakavuga ko agera kuri 30% afite icyo kibazo, akeneye kurimburwa hagaterwa andi nubwo […]
Sales Officer at Grand Investment &Trade Co. Ltd
Job Description: Sales Officer Company Overview Grand Investment &Trade Co. Ltd. was registered in Rwanda in 2019, has a commitment & vision to emerge in Rwanda and other Eastern African countries as the most trusted & committed spare parts supplier. We can supply spares ranging from commercial big trucks to small passenger cars with many […]
Urujeni Martine elected Kigali City Vice Mayor
Urujeni Martine, has been elected the Vice Mayor of Kigali City in charge of Socio-Economic Affairs. Urujeni got 298 out of 397 votes from electing panel during the ceremony that took place Friday, 25. She has been serving as the Head of Access to Justice Department / Principal State Attorney in the Ministry of Justice. […]
Uganda: Anita Among ni we watorewe gusimbura Jacob Oulanyah uherutse gupfa
Rt. Hon Anita Among uhagarariye agace ka Bukedea mu nteko ishinga amategeko ya Uganda, ni we watorewe kuba Perezidante wayo asimbuye Rt. Hon. Jacob Oulanyah uherutse gupfa. Ku Cyumweru gishize ni bwo Oulanyah wari mu banyapolitiki bubashywe muri Uganda yapfuye aguye muri Amerika, aho yari amaze iminsi arwariye. Kuri uyu wa Gatanu ni bwo abadepite […]
Umujyi wa Kigali wabonye umuyobozi mushya ushinzwe Ubukungu n’Imibereho Myiza
Urujeni Martine niwe watorewe kuba umuyobozi w’Umujyi wa Kigali wungirije ushinzwe Ubukungu n’Imibereho Myiza ku majwi 298 kuri 397 y’inteko itora. Yari asanzwe ari Umuyobozi Mukuru wa serivisi ishinzwe kwegereza ubutabera abaturage muri Minisiteri y’Ubutabera. Agiye kuri uyu mwanya asimbuye Nadine Umutoni Gatsinzi, wagizwe Umuyobozi Mukuru w’Ikigo gishinzwe Imikurire no kurengera umwana. Aya matora yabereye […]
Gen. Kainerugaba yemeza ko haburaga gato ngo habe intambara y’u Rwanda na Uganda
Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba usanzwe ari n’umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu by’umutekano, yemeza ko haburaga gato ngo intambara y’u Rwanda na Uganda ibe mu gihe ibi bihugu byari byarananiwe gukemura ibibazo byari bifitanye. Uyu musirikare yabivugiye mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru Arinaitwe Rugyendo, cyari gikubiyemo ingingo zirimo izirebana […]
12 killed in rebel attack in DR Congo’s war-torn Ituri province
AFP Twelve people — one soldier and 11 mainly elderly civilians — were killed in a rebel attack in DR Congo’s troubled northeasterly province of Ituri, hospital sources and local authorities said on Thursday. “We have received 11 bodies of civilian victims of a massacre in the Lopa region at Djugu. There was also the […]
U Rwanda rwababajwe n’uko ibihugu binyuranya ku ntambara ibera muri Ukraine

Guverinoma y’u Rwanda yongeye kwifatanya n’ibindi bihugu 139 mu kwamagana intambara u Burusiya bumaze ukwezi butangije muri Ukraine, kuri iyi nshuro bisaba ko abaturage iri kugiraho ingaruka bagezwaho imfashanyo. Mu itora ryateguwe n’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye kuri uyu wa 24 Werurwe 2022, ibihugu 140 byemeje ko aba bantu bagezwaho imfashanyo, 5 birimo u Burusiya birabyanga, […]
Gen. Kainerugaba aranenga abamusetse yita Perezida Kagame se wabo
Umugaba w’ingabo za Uganda zirwanira ku butaka, akaba n’umujyanama wa Perezida Yoweri Museveni mu by’umutekano, Lt Gen. Muhoozi Kainerugaba aranenga abamusetse yita Perezida w’u Rwanda, Paul Kagame, se wabo. Uyu musirikare aherutse kugirira uruzinduko mu Misiri, yahuriyemo n’abasirikare bakuru b’iki gihugu, rwakurikiye urwo yagiriye mu Rwanda guhera tariki ya 14 kugeza ku ya 16 Werurwe […]
U Butaliyani ntibuzakina Igikombe cy’Isi cya 2022 nyuma yo kubabazwa na Macedonie ya Ruguru
Ikipe y’Igihugu y’u Butaliyani yabuze itike y’Igikombe cy’Isi ku nshuro ya kabiri yikurikiranya, nyuma yo gutsindwa na Macedonie ya Ruguru igitego 1-0. Igitego cyo mu minota y’inyongera cya rutahizamu Aleksandar Trajkovski ni cyo cyashenguye imitima y’Abataliyani, gifasha Macedonia gutera intambwe iyiganisha mu gikombe cy’Isi cya 2022 mu gihe yaba itsinze Portugal ku wa Kabiri w’icyumweru […]
USA, Ubufaransa n’Ubwongereza byifashe ku cyo byakora Uburusiya bukoresheje intwaro z’ubumara muri Ukraine
Mu nama y’abakuru b’Uburayi, Amerika n’ihuriro OTAN i Bruxelles ba perezida Joe Biden, Emmanuel Macron na minisitiri w’intebe Boris Johnson banze kuvuga icyo bakora mu gihe Uburusiya bwakoresha intwaro z’Ubumara muri Ukraine. Bashimangiye ubumwe bwabo mu kwamagana Putin no gufasha Ukraine guhangana n’ibitero by’Uburusiya. Perezida Zelensky wa Ukraine nk’uko BBC yabitangaje, yavuze ko “Uburayi bwatinze […]
Rubavu: Bagurishirijwe imitungo nta deni , urukiko rwaba rwarashimangiye amanyanga yakozwe na Me Uwayezu

Urukiko Rwisumbuye rwa Rubavu kuri uyu wa Gatatu, itariki 23 Werurwe rwashimangiye icyemezo cy’urukiko rwibanze cyo kuwa 7 Werurwe gitesha agaciro ubusabe bwo guhagarika cyamunara y’umutungo wa Irankunze Emmanuel n’umugore we, Uwase Fabiola, bashinja umuhesha w’inkiko guteza cyamunara inzu yabo kandi nta mwenda barimo, ibintu basanga ari akarengane bakomeje gukorerwa ndetse bakavuga ko urukiko rwirengagije […]